{"id":8551,"date":"2017-12-19T10:07:16","date_gmt":"2017-12-19T10:07:16","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/19\/mu-2024-abanyarwanda-35-bazaba-baba-mu-mijyi-minisitiri-w-intebe\/"},"modified":"2017-12-19T10:07:16","modified_gmt":"2017-12-19T10:07:16","slug":"mu-2024-abanyarwanda-35-bazaba-baba-mu-mijyi-minisitiri-w-intebe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8551","title":{"rendered":"Mu 2024 Abanyarwanda 35% bazaba baba mu mijyi \u2014 Minisitiri w\u2019Intebe"},"content":{"rendered":"<p>U Rwanda rurateganya gukora ibishoboka ku buryo mu myaka 7 iri imbere Abanyarwanda batuye mu mijyi bazava kuri 17% bakagera kuri 35% nk\u2019uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere na Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente, mu Nama y\u2019Umushyikirano ku nshuro ya 15, agaragaza imirongo migari igaragaza aho u Rwanda rwifuza kugera muri iyi myaka irindwi iri imbere.<\/p>\n<p>Mu ijambo rye, Minisitiri w\u2019Intebe, Edouard Ngirente asobanura imirongo migari igaragaza aho u Rwanda rwifuza kugera mu myaka 7 iri imbere, yakomoje ku kibazo cy\u2019iterambere ry\u2019imijyi, avuga ko mu bindi by\u2019ingenzi Guverinoma y\u2019u Rwanda yiyemeje kugeraho mu rwego rw\u2019ubukungu, harimo kwihutisha iterambere rirambye ry\u2019imijyi ku buryo mu 2024 abantu bazaba bayituyemo bazaba bageze kuri 35% bavuye kuri 17,5% dufite muri iki gihe.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Minisitiri w\u2019Intebe yatangaje ko u Rwanda ruteganya kongera imijyi yunganira umurwa mukuru mu rwego rwo kugirango ibi bizashoboke mu 2024.<\/p>\n<p>Ni mu gihe Ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019imiturire (Rwanda Housing Authority) kivuga ko imijyi 6 yunganira umurwa mukuru; Musanze, Rusizi, Bugesera, Huye, Rubavu na Nyagatare nayo irimo gufashwa kuba ahantu hakurura ishoramari ryigenga binyuze muri serivisi za kinyamwuga zihatangirwa.<\/p>\n<p>Mu bindi Minisitiri w\u2019Intebe yakomojeho muri iyi nama, harimoKurushaho kwihutisha iterambere rishingiye ku ishoramari ry\u2019Abikorera; hashyirwaho ingamba ziboneye zizafasha u Rwanda kugira umwanya mu ruhando rw\u2019ibihugu bifite ubukungu bushingiye ku bumenyi (Knowledge-Based Economy).<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Ni muri urwo rwego Guverinoma y\u2019u Rwanda yiyemeje gukomeza guha urubyiruko umwihariko mu gushyira mu bikorwa iyi gahunda y\u2019iterambere<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko imibare igaragaza ko muri uyu mwaka wa 2017 urubyiruko ruri mu kiciro gishobora gukora akazi (working age) rungana na 27% y\u2019abaturage bose, mu gihe biteganyijwe ko muri 2024 bazaba bagera kuri 29%.<\/p>\n<p>Mu rwego rwo gufasha urubyiruko kurushaho kwitegura kujya ku isoko ry\u2019umurimo, Guverinoma y\u2019uRwanda ikaba yafashe umurongo wo kujya igaragaza ahakiri icyuho mu bumenyi n\u2019ubumenyingiro bikenewe (skills gap) mu bice byose by\u2019ubukungu nk\u2019uko Dr Ngirente yakomeje avuga.<\/p>\n<p>Ibi ngo bikazafasha urubyiruko kubaka ubumenyi n\u2019ubumenyingiro rushingiye ku bikenewe ku isoko ry\u2019umurimo ndetse no kugira uruhare rugaragara muri gahunda zose ziteganyijwe.<\/p>\n<p>Ibindi by\u2019ingenzi Guverinoma ikomeje kwitaho nk\u2019uko Minisitiri w\u2019Intebe yakomeje avuga ni:<\/p>\n<ul>\n<li>\nUguteza imbere ububanyi n\u2019amahanga, ubutwererane n\u2019ubuhahirane hagamijwe gutsura iterambere ry\u2019u Rwanda n\u2019iry\u2019Afurika;<\/li>\n<li>\nKurushaho guha ingufu urwego rw\u2019ubutabera hakomeza no gushimangirwa iyubahirizwa ry\u2019uburenganzira bwa muntu.<\/li>\n<\/ul>\n<p>Iyi Nama y\u2019Umushyikirano ku nshuro ya 15 biteganyijwe ko isoza kuri uyu wa kabiri, yahuriyemo Abanyarwanda bagera mu 2000, barimo abayobozi mu nzego zitandukanye za Guverinoma, abanyemari, abahagarariye Sosiyete sivile, Abanyarwanda baba muri diaspora ndetse n\u2019abadipolomate b\u2019abanyamahanga.<\/p>\n<p>Inama y&#8217;Umushyikirano ikaba iba buri mwaka mu rwego rwo gusuzuma ibimaze kugerwaho mu myaka mikeya ishize no gutegura ibigomba kwitabwaho mu gihe runaka kiri imbere.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>U Rwanda rurateganya gukora ibishoboka ku buryo mu myaka 7 iri imbere Abanyarwanda batuye mu mijyi bazava kuri 17% bakagera kuri 35% nk\u2019uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere na Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente, mu Nama y\u2019Umushyikirano ku nshuro ya 15, agaragaza imirongo migari igaragaza aho u Rwanda rwifuza kugera muri iyi myaka irindwi iri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-8551","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mu 2024 Abanyarwanda 35% bazaba baba mu mijyi \u2014 Minisitiri w\u2019Intebe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8551\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mu 2024 Abanyarwanda 35% bazaba baba mu mijyi \u2014 Minisitiri w\u2019Intebe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"U Rwanda rurateganya gukora ibishoboka ku buryo mu myaka 7 iri imbere Abanyarwanda batuye mu mijyi bazava kuri 17% bakagera kuri 35% nk\u2019uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere na Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente, mu Nama y\u2019Umushyikirano ku nshuro ya 15, agaragaza imirongo migari igaragaza aho u Rwanda rwifuza kugera muri iyi myaka irindwi iri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8551\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-19T10:07:16+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8551#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8551\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Mu 2024 Abanyarwanda 35% bazaba baba mu mijyi \u2014 Minisitiri w\u2019Intebe\",\"datePublished\":\"2017-12-19T10:07:16+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8551\"},\"wordCount\":472,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8551#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8551\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8551\",\"name\":\"Mu 2024 Abanyarwanda 35% bazaba baba mu mijyi \u2014 Minisitiri w\u2019Intebe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-12-19T10:07:16+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8551#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8551\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8551#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mu 2024 Abanyarwanda 35% bazaba baba mu mijyi \u2014 Minisitiri w\u2019Intebe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mu 2024 Abanyarwanda 35% bazaba baba mu mijyi \u2014 Minisitiri w\u2019Intebe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8551","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mu 2024 Abanyarwanda 35% bazaba baba mu mijyi \u2014 Minisitiri w\u2019Intebe - BWIZA","og_description":"U Rwanda rurateganya gukora ibishoboka ku buryo mu myaka 7 iri imbere Abanyarwanda batuye mu mijyi bazava kuri 17% bakagera kuri 35% nk\u2019uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere na Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente, mu Nama y\u2019Umushyikirano ku nshuro ya 15, agaragaza imirongo migari igaragaza aho u Rwanda rwifuza kugera muri iyi myaka irindwi iri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8551","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-19T10:07:16+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8551#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8551"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Mu 2024 Abanyarwanda 35% bazaba baba mu mijyi \u2014 Minisitiri w\u2019Intebe","datePublished":"2017-12-19T10:07:16+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8551"},"wordCount":472,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8551#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8551","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8551","name":"Mu 2024 Abanyarwanda 35% bazaba baba mu mijyi \u2014 Minisitiri w\u2019Intebe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-12-19T10:07:16+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8551#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8551"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8551#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mu 2024 Abanyarwanda 35% bazaba baba mu mijyi \u2014 Minisitiri w\u2019Intebe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8551","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8551"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8551\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8551"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8551"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8551"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}