{"id":8591,"date":"2017-12-21T16:16:37","date_gmt":"2017-12-21T16:16:37","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/21\/ghana-umwalimu-muri-kaminuza-avuga-ko-bibiliya-yose-ishingiye-ku-binyoma\/"},"modified":"2025-02-25T14:15:07","modified_gmt":"2025-02-25T12:15:07","slug":"ghana-umwalimu-muri-kaminuza-avuga-ko-bibiliya-yose-ishingiye-ku-binyoma","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8591","title":{"rendered":"Ghana : Umwalimu muri kaminuza avuga ko Bibiliya yose ishingiye ku binyoma"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Umuabo witwa Dr Obadele Kambon akaba n\u2019umwalimu muri kaminuza ya Ghana aherutse gutungura abantu ubwo yavugaga ko Bibiliya ari igitabo gishingiye ku binyoma no ku nyandiko mpimbano gusa.<\/em> <\/strong><br \/>\nDr Obadele avuga ko Bibiliya yanditswe hifashishijwe izindi nyandiko zirimo inyandiko ya mbere yagaragaye mu gihugu cya misiri yari ikunze gukoreshwa muri za piramide, bakazigenderaho bandika ibyo bita ko ari ibya mwuka.<br \/>\nUyu mwalimu avuga ko aho abantu bamenyeye kwandika bakoresheje izo nyandiko bakihimbira ibintu bijyanye n\u2019imyizerere yabo nko gupfa no kuzuka, bahimba ibijyanye n\u2019urubanza nyuma y\u2019izuka babishyira mu nyandiko, bahimba amategeko 10 yo kugenderaho nka bimwe mu biranga umuco karande w\u2019Abanyafurika n\u2019ibindi.<br \/>\nUyu mugabo atanga ingero cyane ku nsengero zagaragaraga mu gihugu cya Misiri, aho wasangaga ku nkuta handitseho amagambo adafite aho atandukaniye cyane n\u2019ibivugwa muri bibiliya, urugero urusengero rwa Kemmet, n\u2019ibindi wasangaga byanditse ku mabuye kuko nta terambere ry\u2019impapuro ryariho mu myaka ibihumbi 5 ishize.<br \/>\nMu nsengero zimwe na zimwe zanabayeho mbere y\u2019uko Bibiliya ibaho, usangamo amagambo agaragaza ukuvuka k\u2019umukiza, umukobwa w\u2019isugi n\u2019ibindi, ibi bikaba byaragenderaga ku myizerere y\u2019abari bariho muri icyo gihe.<br \/>\nAvuga ko amateka menshi yanditse muri Bibiliya yibanda ku bintu byabayeho mu myaka ibihumbi mbere y\u2019ivuka rya Yesu, mu gihe abanyaburayi bari bakivangavanze n\u2019abo muri Aziya, igihe igihugu cya misiri cyavogerwaga n\u2019ibindi byinshi byabaye mu myaka isaga 1700 mbere y\u2019uko Yesu avuka.<br \/>\nDr. Kambon akomeza avuga ko izo nyandiko zose zabayeho mbere y\u2019ivuka rya Yesu ari zo zandukuwe izindi zikiganwa hagamijwe kwandika bibiliya ngo abantu bigishwe hagendewe ku marangamutima n\u2019ugushaka kwa bamwe ndetse n\u2019ibyo bizera.<br \/>\nAha agaruka ku mabwiriza cyangwa amategeko yagengaga abantu bo mu gihe cya mbere ya Yesu, nk\u2019abuza abantu kwimura imbibi cyangwa imambo ku murima w\u2019umupfakazi, kutagira ikintu wakora mu murima w\u2019imfubyi n\u2019ibindi avuga ko ari byo byandukuwe bikandikwa mu gitabo cy\u2019imigani 23 gukomeza.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAho Bibiliya isaba kuba maso no gutega amatwi ngo bumve ibyo umwuka wera abwira abantu, uyu mushakashatsi we avuga ko ari amagambo yakoreshwaga n\u2019abanyabwenge bo muri icyo gihe basaba abantu kumva ubumenyi bw\u2019ibibera ku isi.<br \/>\nAnagaruka ku mateka avugwa muri Bibiliya y\u2019uko inyanja yatandukanye abisiraheri bakambuka, akavuga ko ari amagambo yanditswe na Seneferu wari se wa Khufu wubatse piramide nini mu gihugu cya Misiri ku ngoma ya kane muri kiriya gihugu.<br \/>\nAkomeza avuga ko hari imvugo zakoreshwaga n\u2019abanyamisiri nk\u2019ijambo \u00ab Yah, \u00bb  ryagaragazaga ubutagatifu Abanyamisiri bari barahaye imana y\u2019ukwezi, bikaba byarakomokaga ku mana y\u2019Abaheburayo yitwaga \u2018Yaweh\u2019.<br \/>\nUyu mugabo mu magambo ye yakanguriye Abanyafurika gusoma cyane ibintu by\u2019amateka bakamenya imyizerere y\u2019abantu ba kera n\u2019isano ifitanye n\u2019iy\u2019ubu.<br \/>\n<a href=\"mailto:Gentille@Bwiza.com\">Gentille@Bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuabo witwa Dr Obadele Kambon akaba n\u2019umwalimu muri kaminuza ya Ghana aherutse gutungura abantu ubwo yavugaga ko Bibiliya ari igitabo gishingiye ku binyoma no ku nyandiko mpimbano gusa. Dr Obadele avuga ko Bibiliya yanditswe hifashishijwe izindi nyandiko zirimo inyandiko ya mbere yagaragaye mu gihugu cya misiri yari ikunze gukoreshwa muri za piramide, bakazigenderaho bandika ibyo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-8591","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ghana : Umwalimu muri kaminuza avuga ko Bibiliya yose ishingiye ku binyoma - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8591\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ghana : Umwalimu muri kaminuza avuga ko Bibiliya yose ishingiye ku binyoma - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuabo witwa Dr Obadele Kambon akaba n\u2019umwalimu muri kaminuza ya Ghana aherutse gutungura abantu ubwo yavugaga ko Bibiliya ari igitabo gishingiye ku binyoma no ku nyandiko mpimbano gusa. Dr Obadele avuga ko Bibiliya yanditswe hifashishijwe izindi nyandiko zirimo inyandiko ya mbere yagaragaye mu gihugu cya misiri yari ikunze gukoreshwa muri za piramide, bakazigenderaho bandika ibyo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8591\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-21T16:16:37+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:15:07+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8591#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8591\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ghana : Umwalimu muri kaminuza avuga ko Bibiliya yose ishingiye ku binyoma\",\"datePublished\":\"2017-12-21T16:16:37+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:15:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8591\"},\"wordCount\":454,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8591#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8591\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8591\",\"name\":\"Ghana : Umwalimu muri kaminuza avuga ko Bibiliya yose ishingiye ku binyoma - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-12-21T16:16:37+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:15:07+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8591#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8591\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8591#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ghana : Umwalimu muri kaminuza avuga ko Bibiliya yose ishingiye ku binyoma\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ghana : Umwalimu muri kaminuza avuga ko Bibiliya yose ishingiye ku binyoma - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8591","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ghana : Umwalimu muri kaminuza avuga ko Bibiliya yose ishingiye ku binyoma - BWIZA","og_description":"Umuabo witwa Dr Obadele Kambon akaba n\u2019umwalimu muri kaminuza ya Ghana aherutse gutungura abantu ubwo yavugaga ko Bibiliya ari igitabo gishingiye ku binyoma no ku nyandiko mpimbano gusa. Dr Obadele avuga ko Bibiliya yanditswe hifashishijwe izindi nyandiko zirimo inyandiko ya mbere yagaragaye mu gihugu cya misiri yari ikunze gukoreshwa muri za piramide, bakazigenderaho bandika ibyo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8591","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-21T16:16:37+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:15:07+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8591#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8591"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ghana : Umwalimu muri kaminuza avuga ko Bibiliya yose ishingiye ku binyoma","datePublished":"2017-12-21T16:16:37+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:15:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8591"},"wordCount":454,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8591#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8591","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8591","name":"Ghana : Umwalimu muri kaminuza avuga ko Bibiliya yose ishingiye ku binyoma - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-12-21T16:16:37+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:15:07+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8591#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8591"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8591#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ghana : Umwalimu muri kaminuza avuga ko Bibiliya yose ishingiye ku binyoma"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8591","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8591"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8591\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8591"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8591"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8591"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}