{"id":8607,"date":"2017-12-23T09:06:00","date_gmt":"2017-12-23T09:06:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/23\/abanyamadini-bo-mu-rwanda-ntibavuga-rumwe-ku-mwuka-mubi-trump-yazuye-hagati-ya\/"},"modified":"2025-02-25T14:15:05","modified_gmt":"2025-02-25T12:15:05","slug":"abanyamadini-bo-mu-rwanda-ntibavuga-rumwe-ku-mwuka-mubi-trump-yazuye-hagati-ya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607","title":{"rendered":"Abanyamadini bo mu Rwanda ntibavuga rumwe ku mwuka mubi Trump yazuye hagati ya Isirayeli na Palestine"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Nyuma yaho Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangarije ko zigiye kwimurira ambasade yayo mu Mujyi wa Yeruzalemu ndetse na Isirayeli ikaboneraho gutangaza ko Yerusalemu igiye gusubira kuba umurwa wayo mukuru, abanyamadini mu Rwanda barabibona mu buryo butandukanye.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Mu rwego rwo kumenya icyo abanyamadini b\u2019 abanyarwanda babivugaho Bwiza.com yaganiriye n\u2019 umupasiteri umwe w\u2019 umushakashatsi mu bijyanye n\u2019 iyobokamana (Theology) ndetse n\u2019 umwalimu w\u2019 Idini rya Isilamu w\u2019 impuguke muri bya Korowani.<\/p>\n<p> <strong>Abayisilamu babibona bate?<\/strong> <\/p>\n<p>Mufti Mukuru w\u2019 u Rwanda , Sheikh Salim Hitimana yatangaje ko iki cyemezo  cya Perezida Trump kibangamiye idini rya Isilamu muri rusange.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ati\u201d Twebwe nk\u2019abemera  Imana, dusanga Yerusalemu, Maka na Madina  hafite icyubahiro gikomeye ku myememerere yacu kuko hubatswe imisigiti mikuru ku buryo abantu baturuka imihanda yose y\u2019 Isi bahagirira umutambagiro mutagatifu, ibyo ubwabyo byakagombye kubahwa\u201d.<br \/>\n<figure id=\"attachment_84498\" aria-describedby=\"caption-attachment-84498\" style=\"width: 761px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/hiti.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-84498 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/hiti.jpg\" alt=\"\" width=\"761\" height=\"600\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-84498\" class=\"wp-caption-text\"><strong> <em>Sheikh Salim Hitimana<\/em> <\/strong><\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Ku bijyanye n\u2019 uko hari abavuga ko mu gihe iki cyemezo cyo kwimurira umurwa mukuru wa Isirayeli i Yerusalemu gishobora gutera intambara ntagatifu , Djihad ku ruhande rw\u2019 Abasilamu ndetse na Armagedoni ku bakristu , Sheikh Salim Hitimana asanga abantu bakoresha amarangamutima ashingiye mu kutamenya.<\/p>\n<p>Aha yakomeje agira ati\u201d Nta gikuba kiracika  kuko ikibazo kikiri mu biganiro bya politiki kandi ko kireba amadini, Umujyi wa Yerusalemu urimo abagatolika, abayisalamu, abaporoso n\u2019 ayandi madini yose ashoboka kuko uyu ni umurwa w\u2019 amateka\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Kuri iyi ngingo, Sheikh Salim yongeye gushimangira ku busobanuro bw\u2019 ijambo \u2018 <strong>Djihad<\/strong> \u2019 rikunzwe kuvugwa kwinshi avuga ko Djihad ifite amahame ashingiye kuri Korowani Ntagatifu.<\/p>\n<p>Ati \u201dNsanga abanyamadini bagomba gusesengura ibyo bagiye kuvuga cyangwa gukora, urugero ijambo \u201cDjihad\u201d ni ikintu gikomeye cyane,  rikomoka ku ijambo \u201cjudi\u201d bisobanura umurava, umwete ariko na none umurava wo guharanira ukuri kandi mu gihe umuntu yakurengereye aguhohotera kandi nabwo kugirango wirwaneho byemewe, bigomba kunyura mu nzira nyinshi\u201d.<\/p>\n<p>Ku ruhande rw\u2019 abafite imyemerere ya gikristu mu Rwanda, Bwiza.com yaganiriye na Pst. Desire Habyarimana, atangaza ko uku gutangaza ko Yerusalemu ibaye umurwa wa Isirayeli ari ubuhanuzi bukomeye.<\/p>\n<p>Ati \u201dYerusalemu nk\u2019 ibuye riremerera Isi , iheruka kwitwa umurwa mukuru wa Isirayeli mu myaka ibihumbi 3 bishize ubwo iki gihugu cyategekwaga n\u2019 umwami Dawidi kuko nyuma yaho Abaroma nibo  bahise bahindura amateka\u201d.<\/p>\n<p> <strong>Abakristu bavuga iki kuri iki kibazo cyo mu Burasirazuba bwo Hagati?<\/strong> <\/p>\n<p>Agendeye ku ijambo ry\u2019 Imana ryanditswe mu gitabo cya Zakariya 12, Pst. Desir\u00e9 Habyarimana avuga ko hari hategerejwe igihangange kizakoma rutenderi kugirango ubuhanuzi busohorwe.<br \/>\n<figure id=\"attachment_84499\" aria-describedby=\"caption-attachment-84499\" style=\"width: 657px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/des.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-84499 \" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/des.jpg\" alt=\"\" width=\"657\" height=\"438\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-84499\" class=\"wp-caption-text\"><strong> <em>Rev.Pst. Desire Habyarimana<\/em> <\/strong><\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Akomeza agira ati \u201dIsirayeli yari ifite igikomere gikaze kuko yari imaze gukusanya no gutegura ibikoresho byose bikenewe bizubaka urusengero Dawidi yari yaremereye Imana rwasenywe\u201d.<\/p>\n<p>Rev .Pst. Desir\u00e9 abajijwe niba uyu mwuka mubi ushobora gutera intambara y\u2019 Isi cyangwa niba ifitanye amahuriro n\u2019 intambara ntagatifu zitwa DJihad ku bisilamu na Armagedoni ku bakristu, ku bwe avuga ko intambara ishobora kuba.<\/p>\n<p>Agira ati \u201dSinzi uburyo Abisalamu babifata ariko intambara yo irahari, mu buryo bumwe cyangwa ibindi, kuko bivugwa ko amahanga yose azahagurukira rimwe arwanye Isirayeli ariko  hari isezerano rivuga ko Imana izarwanira ubwoko bwayo\u201d.<\/p>\n<p>Rev, Pst Habayarimana usanzwe ari umumisiyoneri, abajijwe niba igihe cya Armagedoni kizaba kigeze, yagize ati \u201d Oya Armagedoni izaba ari uko Kristu azaba amaze kujyana itorero mu ijuru\u201d.<\/p>\n<p>Rev, Pst Habyarimana Desire yanaboneyeho umwanya wo  kuvuga ko inama  yahuje ibihugu 52 by\u2019 Abarabu iherutse kubera muri Misiri, ibi bihugu byose birwanya Isirayeli, ko ari ikindi kimenyetso kigaragaza ko ibyanditswe byatangiye gusohora.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Iki kibazo hagati ya Isirayeli na Palestine kimaze imyaka myinshi cyane ariko cyatangiye guhangayikisha umuryango mpuzamahanga nyuma y\u2019 intamabara ya 2 y\u2019 Isi, ubwo Isirayeli yongeraga kwiyubaka no kwigaruriraga tumwe mu duce twayo.<\/p>\n<p>Ijambo rya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump niryo ribaye imbarutso, ritera  Abarabu kurushaho kwigumura ndetse banatangaza ko hatabayeho kureka icyo gikorwa biteguye kurwana intambara ntagatifu.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/jel.png\"><img decoding=\"async\" class=\"aligncenter wp-image-84500 \" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/jel.png\" alt=\"\" width=\"692\" height=\"528\" \/><\/a><\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>Gaston Rwaka.Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma yaho Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangarije ko zigiye kwimurira ambasade yayo mu Mujyi wa Yeruzalemu ndetse na Isirayeli ikaboneraho gutangaza ko Yerusalemu igiye gusubira kuba umurwa wayo mukuru, abanyamadini mu Rwanda barabibona mu buryo butandukanye. Mu rwego rwo kumenya icyo abanyamadini b\u2019 abanyarwanda babivugaho Bwiza.com yaganiriye n\u2019 umupasiteri umwe w\u2019 umushakashatsi mu bijyanye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-8607","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abanyamadini bo mu Rwanda ntibavuga rumwe ku mwuka mubi Trump yazuye hagati ya Isirayeli na Palestine - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abanyamadini bo mu Rwanda ntibavuga rumwe ku mwuka mubi Trump yazuye hagati ya Isirayeli na Palestine - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma yaho Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangarije ko zigiye kwimurira ambasade yayo mu Mujyi wa Yeruzalemu ndetse na Isirayeli ikaboneraho gutangaza ko Yerusalemu igiye gusubira kuba umurwa wayo mukuru, abanyamadini mu Rwanda barabibona mu buryo butandukanye. Mu rwego rwo kumenya icyo abanyamadini b\u2019 abanyarwanda babivugaho Bwiza.com yaganiriye n\u2019 umupasiteri umwe w\u2019 umushakashatsi mu bijyanye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-23T09:06:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:15:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/hiti.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8607#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8607\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abanyamadini bo mu Rwanda ntibavuga rumwe ku mwuka mubi Trump yazuye hagati ya Isirayeli na Palestine\",\"datePublished\":\"2017-12-23T09:06:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:15:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8607\"},\"wordCount\":649,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8607#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/12\\\/hiti.jpg\",\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8607#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8607\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8607\",\"name\":\"Abanyamadini bo mu Rwanda ntibavuga rumwe ku mwuka mubi Trump yazuye hagati ya Isirayeli na Palestine - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8607#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8607#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/12\\\/hiti.jpg\",\"datePublished\":\"2017-12-23T09:06:00+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:15:05+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8607#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8607\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8607#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/12\\\/hiti.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/12\\\/hiti.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8607#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abanyamadini bo mu Rwanda ntibavuga rumwe ku mwuka mubi Trump yazuye hagati ya Isirayeli na Palestine\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abanyamadini bo mu Rwanda ntibavuga rumwe ku mwuka mubi Trump yazuye hagati ya Isirayeli na Palestine - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abanyamadini bo mu Rwanda ntibavuga rumwe ku mwuka mubi Trump yazuye hagati ya Isirayeli na Palestine - BWIZA","og_description":"Nyuma yaho Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangarije ko zigiye kwimurira ambasade yayo mu Mujyi wa Yeruzalemu ndetse na Isirayeli ikaboneraho gutangaza ko Yerusalemu igiye gusubira kuba umurwa wayo mukuru, abanyamadini mu Rwanda barabibona mu buryo butandukanye. Mu rwego rwo kumenya icyo abanyamadini b\u2019 abanyarwanda babivugaho Bwiza.com yaganiriye n\u2019 umupasiteri umwe w\u2019 umushakashatsi mu bijyanye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-23T09:06:00+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:15:05+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/hiti.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abanyamadini bo mu Rwanda ntibavuga rumwe ku mwuka mubi Trump yazuye hagati ya Isirayeli na Palestine","datePublished":"2017-12-23T09:06:00+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:15:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607"},"wordCount":649,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/hiti.jpg","articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8607#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607","name":"Abanyamadini bo mu Rwanda ntibavuga rumwe ku mwuka mubi Trump yazuye hagati ya Isirayeli na Palestine - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/hiti.jpg","datePublished":"2017-12-23T09:06:00+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:15:05+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8607"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/hiti.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/hiti.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8607#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abanyamadini bo mu Rwanda ntibavuga rumwe ku mwuka mubi Trump yazuye hagati ya Isirayeli na Palestine"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8607","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8607"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8607\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8607"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8607"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8607"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}