{"id":8608,"date":"2017-12-23T09:49:57","date_gmt":"2017-12-23T09:49:57","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/23\/ibyiza-twakoze-tubohora-igihugu-cyacu-ntitugomba-kubyirata-cyangwa-kubiterekera\/"},"modified":"2025-02-12T14:56:26","modified_gmt":"2025-02-12T12:56:26","slug":"ibyiza-twakoze-tubohora-igihugu-cyacu-ntitugomba-kubyirata-cyangwa-kubiterekera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8608","title":{"rendered":"Ibyiza twakoze tubohora igihugu cyacu ntitugomba kubyirata cyangwa kubiterekera- Hon Rucibigango"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Iyi ntero ivuga ku kwishimira ibyiza u Rwanda rwagezeho nyuma ya 1994 ndetse no kubabazwa n\u2019 abantu bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi, yashimangiwe na Hon. Jean Baptiste Rucibigango  wari umunyamakuru wa Radio Muhabura ya FPR\/Inkotanyi ubwo yari ku rugamba rwo kubohora u Rwanda hagati ya 1990 na 1994.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com,  ashimangira ibyiza FPR\/Inkotanyi yagezeho ubwo yarwanaga intambara yo kubohora u Rwanda  ku nyungu y\u2019 umuryango mugari nyarwanda, ko atari ngombwa kwirata ibyakozwe ku rugamba rwo kubohora igihuu.<\/p>\n<p>Ati &#8220;Ntabwo turi ibitangaza kuko ibyo twakoze n\u2019 abandi bari kubikora, niyo mpamvu rero tutakagombye kubyirata  cyangwa tubiterekereho kuko byari inshingano zacu , twabikoze kubera akababaro k\u2019 amateka yacu\u201d.<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko abantu bose bagomba  gukurikiza urugero rwa Afande Fred Rwigema  witanze ku bw\u2019 impamvu z\u2019 umuryango mugari w\u2019 Abanyarwanda.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Hon. Jean Baptiste Rucibigango usanzwe ari na Perezida w&#8217;ishyaka rya Gisosiyalisiti rirengera Abakozi mu Rwanda (PSR), akomeza avuga ko intego ya mbere y\u2019 urugamba yari ukubohora igihugu bakakivana ku ngoyi y\u2019 ivanguramoko n\u2019 amacakubiri byabibwe n\u2019 abakoloni bakoresheje cyane abamisiyoneri.<\/p>\n<p>Agendeye ku mugani ugira uti \u201c Umutwe umwe  ntiwigira inama&#8221; yagize, ati &#8221; Twese hamwe tutagendeye ku bwoko twahisemo kwisubiza agaciro twari twarambuwe n\u2019 abazungu baje kuducamo ibice batwumvisha ko  inkomoko zacu zitandukanye\u201d.<\/p>\n<p>Kuri iyi ngingo y\u2019 amoko , Hon. Rucibigango yerekanye uburyo ku rugamba rwo kurwanya Leta ya Habyarimana , Inkotanyi zari zishyize hamwe kuko mu ngabo hari amoko yose uko ari atatu.<\/p>\n<p>Ati &#8220;Icyo twari twashyize imbere ni ubumwe, kubuka ubukungu ndetse no kuzubaka igihugu kigendera ku mategeko (Etat de Droit) kuko twabonaga ari ibyo bibazo by\u2019 ingutu byatumye n\u2019 igihugu cyacu  kigwa mu icuraburindi\u201d.<\/p>\n<p>Rucibigango yavuze ko urugamba rwo kwibohora rwabaye mu gihe ikoranabuhanga ryari rikiri hasi, we akaba abona ko urubyiruko rw\u2019 ubu rushobora gukora ibyiza cyane kuko ubu isi ikomeje kwihuta mu iterambere.<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <em> <strong><br \/>\nGaston Rwaka\/Bwiza.com <\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iyi ntero ivuga ku kwishimira ibyiza u Rwanda rwagezeho nyuma ya 1994 ndetse no kubabazwa n\u2019 abantu bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi, yashimangiwe na Hon. Jean Baptiste Rucibigango wari umunyamakuru wa Radio Muhabura ya FPR\/Inkotanyi ubwo yari ku rugamba rwo kubohora u Rwanda hagati ya 1990 na 1994. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8608","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibyiza twakoze tubohora igihugu cyacu ntitugomba kubyirata cyangwa kubiterekera- Hon Rucibigango - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8608\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibyiza twakoze tubohora igihugu cyacu ntitugomba kubyirata cyangwa kubiterekera- Hon Rucibigango - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Iyi ntero ivuga ku kwishimira ibyiza u Rwanda rwagezeho nyuma ya 1994 ndetse no kubabazwa n\u2019 abantu bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi, yashimangiwe na Hon. Jean Baptiste Rucibigango wari umunyamakuru wa Radio Muhabura ya FPR\/Inkotanyi ubwo yari ku rugamba rwo kubohora u Rwanda hagati ya 1990 na 1994. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8608\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-23T09:49:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:56:26+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8608#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8608\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibyiza twakoze tubohora igihugu cyacu ntitugomba kubyirata cyangwa kubiterekera- Hon Rucibigango\",\"datePublished\":\"2017-12-23T09:49:57+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:56:26+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8608\"},\"wordCount\":327,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8608#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8608\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8608\",\"name\":\"Ibyiza twakoze tubohora igihugu cyacu ntitugomba kubyirata cyangwa kubiterekera- Hon Rucibigango - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-12-23T09:49:57+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:56:26+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8608#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8608\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8608#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibyiza twakoze tubohora igihugu cyacu ntitugomba kubyirata cyangwa kubiterekera- Hon Rucibigango\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibyiza twakoze tubohora igihugu cyacu ntitugomba kubyirata cyangwa kubiterekera- Hon Rucibigango - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8608","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibyiza twakoze tubohora igihugu cyacu ntitugomba kubyirata cyangwa kubiterekera- Hon Rucibigango - BWIZA","og_description":"Iyi ntero ivuga ku kwishimira ibyiza u Rwanda rwagezeho nyuma ya 1994 ndetse no kubabazwa n\u2019 abantu bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi, yashimangiwe na Hon. Jean Baptiste Rucibigango wari umunyamakuru wa Radio Muhabura ya FPR\/Inkotanyi ubwo yari ku rugamba rwo kubohora u Rwanda hagati ya 1990 na 1994. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8608","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-23T09:49:57+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:56:26+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8608#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8608"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibyiza twakoze tubohora igihugu cyacu ntitugomba kubyirata cyangwa kubiterekera- Hon Rucibigango","datePublished":"2017-12-23T09:49:57+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:56:26+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8608"},"wordCount":327,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8608#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8608","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8608","name":"Ibyiza twakoze tubohora igihugu cyacu ntitugomba kubyirata cyangwa kubiterekera- Hon Rucibigango - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-12-23T09:49:57+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:56:26+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8608#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8608"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8608#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibyiza twakoze tubohora igihugu cyacu ntitugomba kubyirata cyangwa kubiterekera- Hon Rucibigango"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8608","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8608"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8608\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8608"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8608"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8608"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}