{"id":8613,"date":"2017-12-24T09:30:05","date_gmt":"2017-12-24T09:30:05","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/24\/uganda-iritegura-gusubiza-u-rwanda-ku-birego-byo-guhohotera-bamwe-mu\/"},"modified":"2017-12-24T09:30:05","modified_gmt":"2017-12-24T09:30:05","slug":"uganda-iritegura-gusubiza-u-rwanda-ku-birego-byo-guhohotera-bamwe-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8613","title":{"rendered":"Uganda iritegura gusubiza u Rwanda ku birego byo guhohotera bamwe mu Banyarwanda no ku gufatanya na RNC"},"content":{"rendered":"<p>Abayobozi ba Uganda barateganya gutanga ibisobanuro ku birego by\u2019Umunyarwanda, Fidele Gatsinzi, uvuga ko yakorewe iyicarubozo n\u2019abakozi b\u2019urwego rw\u2019ubutasi mu gisirikare cya Uganda (CMI) muri imwe mu nzu yabo y\u2019ibanga muri Kampala.<\/p>\n<p>Gatsinzi akaba yaratawe muri yombi ubwo yari i Kampala kuwa 09 akuwe mu isoko rizwi nka Capital Shoppers riri ahitwa Ntinda.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Amakuru ikinyamakuru Chimpreports dukesha iyi nkuru cyabashije kubona, avuga ko Gatsinzi yabanje kuzengurukwa n\u2019abayobozi b\u2019ishyaka RNC rya Kayumba Nyamwasa muri Uganda ari bo; Rugema Kayumba n\u2019uwitwa Mukombozi mbere yo kumutwara.<\/p>\n<p>Umwe mu mpunzi z\u2019Abanyarwanda muri kampala wabonye uko byagenze agira ati: \u201cTwabonye Gatsinzi kuri Capital Shoppers adukurikira. Buri kanya yari kuri telephone. Ubwo yasohokaga mu nyubako, Mukombozi na Rugema bamwinjije ku ngufu mu modoka yari itegereje\u201d<\/p>\n<p>Uyu yakomeje agira ati: \u201cTuri impunzi z\u2019Abanyarwanda zirwanira uburenganzira bwacu\u201d.<\/p>\n<p>Abajijwe impamvu batashyikirije Gatsinzi polisi, uyu munyarwanda yasubije agira ati: \u201cNtabwo twizera Igipolisi cya Uganda kubera ko giherutse kugira uruhare mu gucyura binyuranyije n\u2019amategeko impunzi z\u2019Abanyarwanda.\u201d<\/p>\n<p>Muri iki Cyumweru dusoza nibwo Gatsinzi yaje kugezwa ku mupaka wa gatuna aho yakuwe ajyanwa I Kigali.<\/p>\n<p>Gatsinzi avuga ko yapfutswe mu maso, akajya akubitwa, akamburwa imyenda akarazwa hasi ahantu hari ubukonje bukabije ku buryo yumvaga ategereje urupfu.<\/p>\n<p>Gatsinzi mu kiganiro yagiranye na The New Times akaba yarongeyeho ko kimwe mu bintu yabazwagaho harimo gukangurira impunzi z\u2019Abanyarwanda gutaha mu gihugu cyazo.<\/p>\n<p>Abayobozi bavuganye na Chimpreports bavuga ko Gatsinzi yakekwagaho kuba mu bikorwa byo kujujubya impunzi z\u2019Abanyarwanda muri Uganda.<\/p>\n<p>Uyu Gatsinzi bivugwa ko yahoze ahagarariye FPR muri Mbarara mu myaka ya za 90, yanashinjwaga ibikorwa by\u2019ubutasi no gukusanya amafaranga yo gutera inkunga ibikorwa byo guhungabanya umutekano wa Uganda.<\/p>\n<p>Ubwo yasabwaga kugira icyo avuga ku iyicarubozo gatsinzi avuga ko yakorewe, umuvugizi w\u2019igisirikare cya Uganda, Brig. Richard Karemire yasubije ko hari uburyo iki kibazo kizasubizwa.<\/p>\n<p>Naho Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga ya Uganda, Ambasaderi Patrick Mugoya, akomeza gushimangira ko umubano wa Uganda n\u2019u Rwanda ukimeze neza nubwo Abanyarwanda baba muri Uganda bamaze iminsi batabwa muri yombi.<\/p>\n<p>Ati: \u201cImibanire yacu irenze ibi bintu\u201d<\/p>\n<p>Mu minsi ishize nibwo u Rwanda rwari rwandikiye Uganda inyandiko yamagana itabwa muri yombi rya hato na hato ry\u2019Abanyarwanda muri iki gihugu ndetse runasaba ibisobanuro ku kuba RNC irimo kwiyegereza impunzi z\u2019Abanyarwanda ishaka kuzitoza igisirikare.<\/p>\n<p>Mugoya akaba agira ati: \u201cTuri gusaba abayobozi bireba gusubiza kuri ibi bibazo nyuma tuzohereza igisubizo.\u201d<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abayobozi ba Uganda barateganya gutanga ibisobanuro ku birego by\u2019Umunyarwanda, Fidele Gatsinzi, uvuga ko yakorewe iyicarubozo n\u2019abakozi b\u2019urwego rw\u2019ubutasi mu gisirikare cya Uganda (CMI) muri imwe mu nzu yabo y\u2019ibanga muri Kampala. Gatsinzi akaba yaratawe muri yombi ubwo yari i Kampala kuwa 09 akuwe mu isoko rizwi nka Capital Shoppers riri ahitwa Ntinda. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Amakuru [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-8613","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uganda iritegura gusubiza u Rwanda ku birego byo guhohotera bamwe mu Banyarwanda no ku gufatanya na RNC - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8613\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uganda iritegura gusubiza u Rwanda ku birego byo guhohotera bamwe mu Banyarwanda no ku gufatanya na RNC - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abayobozi ba Uganda barateganya gutanga ibisobanuro ku birego by\u2019Umunyarwanda, Fidele Gatsinzi, uvuga ko yakorewe iyicarubozo n\u2019abakozi b\u2019urwego rw\u2019ubutasi mu gisirikare cya Uganda (CMI) muri imwe mu nzu yabo y\u2019ibanga muri Kampala. Gatsinzi akaba yaratawe muri yombi ubwo yari i Kampala kuwa 09 akuwe mu isoko rizwi nka Capital Shoppers riri ahitwa Ntinda. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Amakuru [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8613\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-24T09:30:05+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8613#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8613\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Uganda iritegura gusubiza u Rwanda ku birego byo guhohotera bamwe mu Banyarwanda no ku gufatanya na RNC\",\"datePublished\":\"2017-12-24T09:30:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8613\"},\"wordCount\":430,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8613#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8613\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8613\",\"name\":\"Uganda iritegura gusubiza u Rwanda ku birego byo guhohotera bamwe mu Banyarwanda no ku gufatanya na RNC - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-12-24T09:30:05+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8613#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8613\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8613#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uganda iritegura gusubiza u Rwanda ku birego byo guhohotera bamwe mu Banyarwanda no ku gufatanya na RNC\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uganda iritegura gusubiza u Rwanda ku birego byo guhohotera bamwe mu Banyarwanda no ku gufatanya na RNC - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8613","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uganda iritegura gusubiza u Rwanda ku birego byo guhohotera bamwe mu Banyarwanda no ku gufatanya na RNC - BWIZA","og_description":"Abayobozi ba Uganda barateganya gutanga ibisobanuro ku birego by\u2019Umunyarwanda, Fidele Gatsinzi, uvuga ko yakorewe iyicarubozo n\u2019abakozi b\u2019urwego rw\u2019ubutasi mu gisirikare cya Uganda (CMI) muri imwe mu nzu yabo y\u2019ibanga muri Kampala. Gatsinzi akaba yaratawe muri yombi ubwo yari i Kampala kuwa 09 akuwe mu isoko rizwi nka Capital Shoppers riri ahitwa Ntinda. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Amakuru [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8613","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-24T09:30:05+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8613#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8613"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Uganda iritegura gusubiza u Rwanda ku birego byo guhohotera bamwe mu Banyarwanda no ku gufatanya na RNC","datePublished":"2017-12-24T09:30:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8613"},"wordCount":430,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8613#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8613","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8613","name":"Uganda iritegura gusubiza u Rwanda ku birego byo guhohotera bamwe mu Banyarwanda no ku gufatanya na RNC - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-12-24T09:30:05+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8613#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8613"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8613#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uganda iritegura gusubiza u Rwanda ku birego byo guhohotera bamwe mu Banyarwanda no ku gufatanya na RNC"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8613","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8613"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8613\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8613"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8613"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8613"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}