{"id":8681,"date":"2017-12-28T12:24:36","date_gmt":"2017-12-28T12:24:36","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/28\/abarwanya-ubutegetsi-bw-u-rwanda-mu-myiteguro-yo-gushoza-intambara\/"},"modified":"2017-12-28T12:24:36","modified_gmt":"2017-12-28T12:24:36","slug":"abarwanya-ubutegetsi-bw-u-rwanda-mu-myiteguro-yo-gushoza-intambara","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681","title":{"rendered":"Abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda mu myiteguro yo gushoza intambara"},"content":{"rendered":"<p>Nyuma yo kubona urugamba rwa politiki rusa nk\u2019urutazabahira, Abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda kuri ubu basa nk\u2019abagiye kuyoboka inzira y\u2019intambara, aho kugirango babone amafaranga azabafasha mu rugamba bateganya gushyira ku isoko impapuro z\u2019agaciro (Bons du Tr\u00e9sor) zifite agaciro ka miliyoni 10 z\u2019Amayero.<\/p>\n<p>Izi mpapuro ngo zishobora kuzongerwa bitewe n\u2019ibizakenerwa nyuma yo kwigwa n\u2019impuguke nk\u2019uko bigaragara mu nyandiko ndende ya Abdallah Akishuli wo mu ishyaka FPP Urukatsa wahoze muri guverinoma ikorera mu buhungiro kuri ubu akaba yiyita impirimbanyi y\u2019ubwigenge.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google&#8221;]<\/p>\n<p>Muri iyi nyandiko, havugwamo ko izi mpapuro nizishyirwa ku isoko Abanyarwanda ari bo bazahabwa amahirwe ya mbere uo kuzigura, amafaranga azavamo akazakoreshwa mu bikorwa by\u2019impinduramatwara bigamije guhirika ubutegetsi buriho mu Rwanda.<\/p>\n<p>Iyi nyandiko igakomeza ivuga ko Abanyarwanda nibatitabira kugura izi mpapuro hazahamagarwa abashoramari b\u2019abanyamahanga bakazigura kandi ngo bizeye ko bazabyitabira.<\/p>\n<p>Si ibyo gusa, kuko aba banateganya gushishikariza Abanyarwanda bose gutanga imisanzu kubera ko ngo ubushobozi bw\u2019amafaranga butabonetse intambara bateganya gushoza ku Rwanda itashoboka.<\/p>\n<p>Muri iyi nyandiko kandi uwayanditse yagerageje gushyiramo amagambo agamije kureshya abasanzwe mu nzego z\u2019umutekano z\u2019u Rwanda ngo bazabiyungeho, agenda agaragaza ibihembo bitandukanye bazahabwa hakurikijwe ibyiciro barimo cyangwa amapeti bafite.<\/p>\n<p>Abanyapolitiki bazemera gufatanya nabo iyi ntambara kandi nabo ngo bazahabwa imyanya mu butegetsi bushya bazaba bazanye nibaramuka batsinze intambara.<\/p>\n<p>Tugarutse kuri izi mpapuro z\u2019agaciro, ngo abazazigura bazishyurwa amafaranga batanze hiyongereyho inyungu zingana na 5% cyangwa indi izumvianwaho n\u2019abo bireba.<\/p>\n<p>Aba kandi ngo bazagabanyirizwa imisoro ho 30% ku bikorwa byabo by\u2019ubucuruzi mu gihe cy\u2019imyaka 5.<\/p>\n<p>Abarwanya ubutegetsi ntibari kureshya abasirikare cyangwa abanyapolitiki gusa<\/p>\n<p>Iyi nyandiko ikomeza ireshya abahanzi ivuga ko abazatanga inkunga bakoresheje ibihangano byabo nk\u2019indirimbo n\u2019imivugo, bazagenerwa ishimwe rikubye kabiri igiciro byabatwaye bahimba no gukosora ibihangano byabo.<\/p>\n<p>Havugwamo kandi abanyamakuru, ngo aho abazakoresha ibinyamakuru byabo mu kubashyigikira bazahabwa inkunga yo kwiyubaka kugirango barusheho gukora neza.<\/p>\n<p>Iyi nyandiko ikomeza ivuga ko umuryango wa Rwigara Assinapol uzasubizwa imitungo yawo ndetse ugahabwa indishyi z\u2019akababaro zingana n\u2019agaciro k\u2019inzu yabo yasenywe, mu gihe ngo Rujugiro Tribert nawe azasubizwa inzu ye (Union Trade Center). Ba nyiri inyubako ya Top Towers Hotel yasenywe ku mpamvu zo kutuzuza ubuziranenge nabo ngo bazahabwa indishyi.<\/p>\n<p>Mu kwezi kwa 11 uyu mwaka nibwo twari twabagejejeho inkuru yavugaga ko uyu Abdallah Akishuli, wanditse iyi nyandiko, yitandukanyije na guverinoma y\u2019u Rwanda ikorera mu buhungiro yashingiwe mu Bufaransa kuwa 20 Gashyantare 2017, Padiri Nahimana akaba ari we perezida wayo mu gihe we yasezeye ari umushinjacyaha mukuru wa repubulika muri iyi guverinoma.<br \/>\n<figure id=\"attachment_84837\" aria-describedby=\"caption-attachment-84837\" style=\"width: 800px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Capture-5.png\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-84837\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Capture-5.png\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"535\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-84837\" class=\"wp-caption-text\">Akishuli yari umwe mu bagize guverinoma yo mu buhungiro<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Itangazo ryo gusezera yashyize ahagaragara ryari rifite umutwe ugira uti: \u201cGusezera mu Bikorwa bya guverinoma ikorera mu buhungiro\u201d, Abdallah Akishuli yagize ati: \u201c <em>Ba nyakubahwa mwese, nyuma yo gufata igihe gihagije cyo kubitekerezaho neza nifuje kubamenyesha icyemezo nafashe cyo gusezera ku mirimo nari nshinzwe y\u2019umushinjacyaha mukuru ndetse no mu bikorwa byose bya guverinoma y\u2019abaturage ikorera mu buhungiro<\/em> .\u201d<br \/>\n\u00a0<br \/>\nhttp:\/\/www.bwiza.com\/umwe-mu-bari-bakomeye-muri-guverinoma-yu-rwanda-ikorera-mu-buhungiro-yitandukanyije-na-yo\/<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma yo kubona urugamba rwa politiki rusa nk\u2019urutazabahira, Abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda kuri ubu basa nk\u2019abagiye kuyoboka inzira y\u2019intambara, aho kugirango babone amafaranga azabafasha mu rugamba bateganya gushyira ku isoko impapuro z\u2019agaciro (Bons du Tr\u00e9sor) zifite agaciro ka miliyoni 10 z\u2019Amayero. Izi mpapuro ngo zishobora kuzongerwa bitewe n\u2019ibizakenerwa nyuma yo kwigwa n\u2019impuguke nk\u2019uko bigaragara mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-8681","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda mu myiteguro yo gushoza intambara - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda mu myiteguro yo gushoza intambara - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma yo kubona urugamba rwa politiki rusa nk\u2019urutazabahira, Abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda kuri ubu basa nk\u2019abagiye kuyoboka inzira y\u2019intambara, aho kugirango babone amafaranga azabafasha mu rugamba bateganya gushyira ku isoko impapuro z\u2019agaciro (Bons du Tr\u00e9sor) zifite agaciro ka miliyoni 10 z\u2019Amayero. Izi mpapuro ngo zishobora kuzongerwa bitewe n\u2019ibizakenerwa nyuma yo kwigwa n\u2019impuguke nk\u2019uko bigaragara mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-28T12:24:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Capture-5.png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8681#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8681\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda mu myiteguro yo gushoza intambara\",\"datePublished\":\"2017-12-28T12:24:36+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8681\"},\"wordCount\":512,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8681#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/12\\\/Capture-5.png\",\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8681#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8681\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8681\",\"name\":\"Abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda mu myiteguro yo gushoza intambara - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8681#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8681#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/12\\\/Capture-5.png\",\"datePublished\":\"2017-12-28T12:24:36+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8681#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8681\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8681#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/12\\\/Capture-5.png\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/12\\\/Capture-5.png\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8681#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda mu myiteguro yo gushoza intambara\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda mu myiteguro yo gushoza intambara - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda mu myiteguro yo gushoza intambara - BWIZA","og_description":"Nyuma yo kubona urugamba rwa politiki rusa nk\u2019urutazabahira, Abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda kuri ubu basa nk\u2019abagiye kuyoboka inzira y\u2019intambara, aho kugirango babone amafaranga azabafasha mu rugamba bateganya gushyira ku isoko impapuro z\u2019agaciro (Bons du Tr\u00e9sor) zifite agaciro ka miliyoni 10 z\u2019Amayero. Izi mpapuro ngo zishobora kuzongerwa bitewe n\u2019ibizakenerwa nyuma yo kwigwa n\u2019impuguke nk\u2019uko bigaragara mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-28T12:24:36+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Capture-5.png","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda mu myiteguro yo gushoza intambara","datePublished":"2017-12-28T12:24:36+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681"},"wordCount":512,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Capture-5.png","articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8681#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681","name":"Abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda mu myiteguro yo gushoza intambara - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Capture-5.png","datePublished":"2017-12-28T12:24:36+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8681"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Capture-5.png","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/12\/Capture-5.png"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8681#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abarwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda mu myiteguro yo gushoza intambara"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8681","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8681"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8681\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8681"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8681"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8681"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}