{"id":8703,"date":"2017-12-29T22:00:30","date_gmt":"2017-12-29T22:00:30","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/12\/29\/ese-haba-hari-ingaruka-zizavuka-mu-gihe-usa-izaba-yagabanyije-inkunga\/"},"modified":"2025-02-05T14:21:10","modified_gmt":"2025-02-05T12:21:10","slug":"ese-haba-hari-ingaruka-zizavuka-mu-gihe-usa-izaba-yagabanyije-inkunga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8703","title":{"rendered":"Ese haba hari ingaruka zizavuka mu gihe USA izaba yagabanyije inkunga yageneraga u Rwanda?"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Iki kibazo gitangiye kwibazwaho cyane mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangarije  ko zigiye kugabanya inkunga zageneraga ibihugu bikiri mu nzira y\u2019 amajayambere harimo n\u2019 u Rwanda nk\u2019 uko byatangajwe na Perezida Trump mu ntangiriro za 2017.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Inkunga yatewe u Rwanda rwonyine muri 2016 yagenewe ibikorwa by\u2019 iterambere, ubuvuzi n\u2019 ubuzima ndetse n\u2019 ibikorwa bya gisirikare.<\/p>\n<p>Mu gihe habayeho kugabanya by\u2019 intangarugero aya madorali,  Abanyamerika basanzwe bagenerwa u Rwanda, bishobora kugira ingaruka cyane cyane ku igabanuka ry\u2019 amafaranga yagenerwaga igisirikare ndetse n\u2019 ishami rirwanya Malaria.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>N&#8217;ubwo igabanya ry\u2019 inkunga iki gihugu cyageneraga ibihugu bikennye ridafitanye isano na politiki , si bwo bwa mbere  Leta Zunze Ubumwe  za Amerika zaba zihagarikiye u Rwanda inkunga kuko mu  2013, Amerika yahagaritse inkuga ihwanye n\u2019ibihumbi 400 by\u2019amadolari ya Amerika, iki gihugu cyageneraga igisirikare cy&#8217;u Rwanda kirushinja gufasha inyeshyamba za M23 ubwo zarwanaga n\u2019 ingabo za FARDC mu Burasirazuba bwa Congo-Kinshasa kuva muri Mata 2012.<\/p>\n<p>Si ibihugu bya Afurika gusa, kuko mu ntangiriro z\u2019 iki cyumweru, Perezida Donald Trump yashimangiye ko igihugu cye kigiye kugabanya inkunga cyageneraga Loni yabarirwaga kuri 22%.<\/p>\n<p>Mu mwaka wa 2016 , Leta Zunze Ubumwe za Amerika zageneye u Rwanda inkunga ingana n\u2019 amadorari miliyoni 168, u Bwongereza butanga miliyoni 107, Banki Nkuru y\u2019 Isi itanga miliyoni 286.<\/p>\n<p>Muri Mutarama 2016, hari raporo yakozwe  mu ibanga na Loni yashyiraga mu majwi Leta y\u2019 u Rwanda irega iki gihugu kwinjiza mu ngabo no gutoza abashaka kurwanya Perezida w\u2019 u Burundi, Pierre Nkurunziza.<\/p>\n<p>Kuri iyi ngingo, iperereza rya Loni ryavugaga ko ingabo z\u2019 u Rwanda zigishiriza urubyiruko rw\u2019 impunzi z&#8217;abarundi mu nkambi ya Mahama. <\/p>\n<p>Na mbere yaho, Umuryango w\u2019 Abanyamerika utegamiye kuri Leta,  Refugees International  wari watangaje ko hari imitwe yitwara gisirikare ivana abantu mu Rwanda ikabinjiza mu gisirikare.<\/p>\n<p> <strong>Ese Ikigega agaciro kirahagije?<\/strong> <\/p>\n<p>N&#8217;ubwo u Rwanda rubarizwa mu bihugu bitunzwe ahanini n\u2019 inkunga , iki gihugu  cyagiye cyigira ku mateka mu bihe bitandukanye  ubwo cyafatirwaga ibihano.<\/p>\n<p>Ibyo nibyo byatumye bamwe mu bayobozi bakuru b\u2019 igihugu batekereza gushinga ikigega \u201cAgaciro Development Fund\u201d.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ku ikubitiro , iki gitekerezo cyatanzwe n\u2019 impuguke zabonaga ko u Rwanda rushobora gufatirwa ibihano cyangwa rukaba rwahagarikirwa inkunga .<\/p>\n<p>Ibi byabereye  mu nama y\u2019 umushyikirano  muri Kanama 2011 bikomeza no kwigwaho muri 2012  ndetse biza no kwemezwa na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ukunze no gusaba abagize Guverinoma muri rusange gufasha abaturage mu rugamba rwo kwigira no kwibeshaho badateze amaboko, kuko ngo \u201cinkunga itesha<br \/>\nagaciro<br \/>\nuyihawe \u201d.<\/p>\n<p>Binyuze mu kigega cy\u2019inkunga idasanzwe ya Ambasaderi y\u2019ubufasha bwo kwifasha, mu 2015 Ambasaderi wa Leta zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda, Erica J. Barks-Ruggles yasinyanye amasezerano n\u2019abahagarariye amakoperative 7 yagaragaje imishinga myiza, izaterwa inkunga ya 53 970 by\u2019 amadolari ya Amerika, ni ukuvuga asaga miliyoni 40 z\u2019 amafaranga y\u2019 u Rwanda.<\/p>\n<p>Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigaragaza ko zishimira uruhare zagize mu rugamba rwo gufasha u Rwanda kugabanya umubare w\u2019impfu z\u2019abana bari munsi y\u2019imyaka itanu, ahanini binyuze muri gahunda ya Perezida wa Amerika igamije kurwanya malariya, (President\u2019s Malaria Initiative), PMI.<\/p>\n<p>Imibare y\u2019Ikigega cya Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga, USAID, yerekana ko kuva mu mwaka w\u2019ingengo y\u2019imari wa 2006 kugeza mu 2015, icyo gihugu kimaze guha u Rwanda $163,206,000, binyuze muri PMI.<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>Gaston Rwaka\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iki kibazo gitangiye kwibazwaho cyane mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangarije ko zigiye kugabanya inkunga zageneraga ibihugu bikiri mu nzira y\u2019 amajayambere harimo n\u2019 u Rwanda nk\u2019 uko byatangajwe na Perezida Trump mu ntangiriro za 2017. Inkunga yatewe u Rwanda rwonyine muri 2016 yagenewe ibikorwa by\u2019 iterambere, ubuvuzi n\u2019 ubuzima ndetse n\u2019 ibikorwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[421],"tags":[],"class_list":["post-8703","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-ubukungu-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese haba hari ingaruka zizavuka mu gihe USA izaba yagabanyije inkunga yageneraga u Rwanda? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8703\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese haba hari ingaruka zizavuka mu gihe USA izaba yagabanyije inkunga yageneraga u Rwanda? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Iki kibazo gitangiye kwibazwaho cyane mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangarije ko zigiye kugabanya inkunga zageneraga ibihugu bikiri mu nzira y\u2019 amajayambere harimo n\u2019 u Rwanda nk\u2019 uko byatangajwe na Perezida Trump mu ntangiriro za 2017. Inkunga yatewe u Rwanda rwonyine muri 2016 yagenewe ibikorwa by\u2019 iterambere, ubuvuzi n\u2019 ubuzima ndetse n\u2019 ibikorwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8703\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-12-29T22:00:30+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-05T12:21:10+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8703#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8703\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ese haba hari ingaruka zizavuka mu gihe USA izaba yagabanyije inkunga yageneraga u Rwanda?\",\"datePublished\":\"2017-12-29T22:00:30+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-05T12:21:10+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8703\"},\"wordCount\":543,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Ubukungu\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8703#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8703\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8703\",\"name\":\"Ese haba hari ingaruka zizavuka mu gihe USA izaba yagabanyije inkunga yageneraga u Rwanda? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-12-29T22:00:30+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-05T12:21:10+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8703#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8703\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8703#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese haba hari ingaruka zizavuka mu gihe USA izaba yagabanyije inkunga yageneraga u Rwanda?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese haba hari ingaruka zizavuka mu gihe USA izaba yagabanyije inkunga yageneraga u Rwanda? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8703","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese haba hari ingaruka zizavuka mu gihe USA izaba yagabanyije inkunga yageneraga u Rwanda? - BWIZA","og_description":"Iki kibazo gitangiye kwibazwaho cyane mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangarije ko zigiye kugabanya inkunga zageneraga ibihugu bikiri mu nzira y\u2019 amajayambere harimo n\u2019 u Rwanda nk\u2019 uko byatangajwe na Perezida Trump mu ntangiriro za 2017. Inkunga yatewe u Rwanda rwonyine muri 2016 yagenewe ibikorwa by\u2019 iterambere, ubuvuzi n\u2019 ubuzima ndetse n\u2019 ibikorwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8703","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-12-29T22:00:30+00:00","article_modified_time":"2025-02-05T12:21:10+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8703#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8703"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ese haba hari ingaruka zizavuka mu gihe USA izaba yagabanyije inkunga yageneraga u Rwanda?","datePublished":"2017-12-29T22:00:30+00:00","dateModified":"2025-02-05T12:21:10+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8703"},"wordCount":543,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Ubukungu"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8703#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8703","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8703","name":"Ese haba hari ingaruka zizavuka mu gihe USA izaba yagabanyije inkunga yageneraga u Rwanda? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-12-29T22:00:30+00:00","dateModified":"2025-02-05T12:21:10+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8703#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8703"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8703#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese haba hari ingaruka zizavuka mu gihe USA izaba yagabanyije inkunga yageneraga u Rwanda?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8703","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8703"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8703\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8703"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8703"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8703"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}