{"id":8763,"date":"2018-01-03T22:01:55","date_gmt":"2018-01-03T22:01:55","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/01\/03\/abaperezida-10-ba-afurika-bagiye-bishingikiriza-imbaraga-z-039-abapfumu\/"},"modified":"2025-02-12T14:55:08","modified_gmt":"2025-02-12T12:55:08","slug":"abaperezida-10-ba-afurika-bagiye-bishingikiriza-imbaraga-z-039-abapfumu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8763","title":{"rendered":"Abaperezida 10 ba Afurika bagiye bishingikiriza imbaraga z&#039;abapfumu zikabatenguha"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Bitewe n\u2019 imyemerere yabo, abaperezida bayoboye ibihugu bya Afurika bagiye bavugwaho gukorana n\u2019 abapfumu kugirango bagume ku butegetsi batinya guhirikwa ariko bikarangira badahiriwe.<\/em> <\/strong><br \/>\nHamwe na hamwe muri Afurika hari baperezida bagiye bavugwaho kugira abajyanama b\u2019 abapfumu, iyi myumvire rero ifitanye isano n\u2019 umuco nyafurika wa kera aho wasangaga buri mwami akikijwe n\u2019 abapfumu ndetse n\u2019 abiru bamufashaga mu mihango yo kuyobora ndetse no gufata ibyemezo.<br \/>\nMuri aba baperezida 10 bavuzweho gukora n\u2019 abapfumu , umwe niwe usigaye ku butegetsi kuko bamwe bagiye bapfa abandi bavanywa ku ngoma biciye mu buryo bunyuranye harimo n\u2019 amatora.<br \/>\n <strong>10. Idriss D\u00e9by Itno (Tchad) : <\/strong> Amateka  avugwa kuri  uyu mugabo yemeza ko yari afite umupfumu (marabout) we ngo akaba ari nawe yamuburiye mbere ko azaba Perezida.<br \/>\nIbi byagiye bitangazwa na mugenzi we babanye mu ishyamba, Gen. Gouara Lassou, agira ati &#8220;Njyewe na Idriss D\u00e9by twigeze kujyana kureba umupfumu atwizeza ko Debby agiye kuyobora Tchad bidatsinze \u00bb.<br \/>\n <strong>9.Blaise Compaor\u00e9 (Burkina Faso) : <\/strong> Yagiye avugwaho kubonana n\u2019 abapfumu benshi kandi baturuka mu bihugu binyuranye mbere y\u2019 uko yirukanwa ku butegetsi.<br \/>\nIbi byatangajwe cyane na Mustapha Chafi  wari usanzwe ari inshuti ya Compaore wanagize uruhare runini mu kurekuza abafatwaga bunyago n\u2019 intagondwa za Al Aqmi) muri Sahel.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMustapha Chafi ufite inkomoko muri Mauritania na Niger utuye i Ouagadougou muri  Burkina Faso) ni umuntu ukomeye cyane ku buryo nta wapfa kumukoraho ndetse akaba anavugwa gukorana cyane n\u2019 abandi baperezida benshi bo muri Afurika y\u2019 i Burengarazuba.<br \/>\n <strong>8.Boni Yayi (B\u00e9nin) : <\/strong> Uyu wavuzweho kuba umurokore ngo yagiye akorana n\u2019 abapasiteri b\u2019 abanyamerika bavugwaho kugira imbaraga z\u2019 umwijima.<br \/>\nIshusho y\u2019 umucuruzi cyangwa umurokore ya Thomas Boni Yayi yagiye yibazwaho na benshi ku buryo byateraga amakenga.<br \/>\nPasiteri Michel Aloko  yagiye agaragara cyane ku ruhande rwa Perezida Boni Yayi mu gihe yategekaga Benin.<br \/>\n <strong>7.Fran\u00e0\u00a7ois Boziz\u00e9 (Centrafrique) : <\/strong> Uyu nawe yagaragazaga ko ari umukatolika wuzuye ariko ku rundi ruhande yemera imbaraga z&#8217;abakurambere.<br \/>\nIbi byagaragaye cyane mu gihe politiki yamucangaga agatangira gushinga umutwe w\u2019 abarwanyi wa Anti-balaka ufite imyemerera ya gipagani ariko witwaza ko ugengwa n\u2019 imyemerere ya gikristu.<br \/>\n <strong>6<\/strong> . <strong>Mouammar Kadhafi (Libye)<\/strong>  :  N&#8217;ubwo yari afite inshuti nke  mu Burayi ntabwo yemeraga ubupfumu bwabo ariko bucye bucye avugwaho gutangira kuyoboka ubupfumu bw\u2019 abanyafurika kubera impungenge yaterwaga n\u2019 abamuhigaga (abazungu).<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAbakurikirana amateka ya Khadaffi bavuga ko bitangiye kumukomerana yashatse abapfumu bamukingira kutaraswa ubwo yajyaga kwihisha mu gace ka Syrte aho avuka.<br \/>\n <strong>5. Abdoulaye Wade (S\u00e9n\u00e9gal) :  <\/strong> Inshuti ze zo mu myaka ya  1974 &#8211; 1980 , zaje kumugira inama yo kwirinda ibyabaye kuri mugenzi we wa Tunisia Zine el Abidine Ben Ali.<br \/>\nIcyo  gihe  Abdoulaye Wade  wayoborga  S\u00e9n\u00e9gal yasubije ati \u00ab  Abo batekereza ko nshobora kwicwa  baribeshya kuko abapfumu banjye barakomeye cyane  ahubwo ni abagome bagenzwa n\u2019 ishyari gusa\u00bb.<br \/>\nIkinyamakuru 7su7, Bwiza.com ikesha iyi nkuru, gitangaza ko Wade wari uzi ko azategeka kugeza apfuye yaje gutungurwa ku itariki  17 Werurwe  2012, ubwo yatsindwaga amatora aboneraho kwemera ko ububasha bw\u2019 abaturage bwigaranzuye abapfumu be.<br \/>\n <strong>4.Omar Bongo Odimba (Gabon) : <\/strong> Uyu yavuzwe kuba umuyoboke wa <strong>  <\/strong> franc-ma\u00e0\u00a7on, yabyigiye mu gace ka  Angoul\u00e0\u00aame ndetse bishoboka ko yabiraze umwana we Ali Bongo Odimba.<br \/>\nUmukambwe Bongo yari asanzwe agengwa n\u2019 imyemerere y\u2019 Imana nyafurika ndetse yari akikijwe n\u2019 amatsinda y\u2019 abapfumu kabuhariwe.<br \/>\nKugeza apfuye, uwayobora imihango ya Vodou muri Benin ,Sossa Gu\u00e8d\u00e8houngu\u00e8 yatangaje akababaro gakomeye y\u2019 uburyo bari babuze umuyoboke ukomeye.<br \/>\n <strong>3.Seyni Kountch\u00e9 (Niger) : <\/strong> Yari afite umupfumu wemewe witwaga Amadou Oumarou dit Bonkano  (umunyamahirwe) wavugwagaho gutera igihugu cya Niger amahirwe menshi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUyu mupfumu  wa Perezida wa Niger <strong> Seyni Kountch\u00e9,<\/strong>  Amadou  Oumarou yaje  yabanjije kuba umuboyi yaje gukira muri 1983 atangira kwifuza kuba perezida agerageza gukora Coup d\u2019 Etat biramunanira bituma yigizwayo.<br \/>\n <strong>2. Gnassingb\u00e9 Eyadema (Togo) : <\/strong> Uyu azwiho gukorana n\u2019 amatsinda y\u2019 abarozi b\u2019 abazungu kuko yari asanzwe amanyereye amarozi y\u2019 abanyafurika kandi yari yarayarenze na kure.<br \/>\nMu bihe bya nyuma , kugeza muri 2005, Gnassingb\u00e9 Eyadema yari afite umupfumu we w\u2019 umufaransa,  Charles Debbasch.<br \/>\n <strong>1. Mathieu K\u00e9r\u00e9kou (B\u00e9nin) :  <\/strong> Muri 1977, ubwo umucanshuro  Bob Denard yateraga Benin, Perezida Mathieu K\u00e9r\u00e9kou yahise yiyambaza abapfumu kugirango arwanye igitero gikaze cyari cyibasiye ingabo ze.<br \/>\nYayoboye iki gihugu imyaka myinshi cyane gusa na none kugirango atange imyanya runaka muri Guverinoma cyangwa mu bigo bikomakomeye yiyambazaga  abapfumu be.<br \/>\nGusa byaje kumukomerana cyane muri  1980 ubwo abaturage bamurambirwaga bituma bigumura basaba Demokrasi icyo yashyizeho impapuro mpuzamahanga zita muri yombi umupfumu we Mohamed Ciss\u00e9.<br \/>\nMuri icyo gihe, umupfumu Mohamed Ciss\u00e9 yafatiwe muri  C\u00f4te d\u2019Ivoire, Perezida F\u00e9lix-Houphou\u00e0\u00abt-Boigny amusubiza muri Benin.<br \/>\n <strong> K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <em> <strong>Assumpta Gema\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bitewe n\u2019 imyemerere yabo, abaperezida bayoboye ibihugu bya Afurika bagiye bavugwaho gukorana n\u2019 abapfumu kugirango bagume ku butegetsi batinya guhirikwa ariko bikarangira badahiriwe. Hamwe na hamwe muri Afurika hari baperezida bagiye bavugwaho kugira abajyanama b\u2019 abapfumu, iyi myumvire rero ifitanye isano n\u2019 umuco nyafurika wa kera aho wasangaga buri mwami akikijwe n\u2019 abapfumu ndetse n\u2019 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8763","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abaperezida 10 ba Afurika bagiye bishingikiriza imbaraga z&#039;abapfumu zikabatenguha - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8763\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abaperezida 10 ba Afurika bagiye bishingikiriza imbaraga z&#039;abapfumu zikabatenguha - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bitewe n\u2019 imyemerere yabo, abaperezida bayoboye ibihugu bya Afurika bagiye bavugwaho gukorana n\u2019 abapfumu kugirango bagume ku butegetsi batinya guhirikwa ariko bikarangira badahiriwe. Hamwe na hamwe muri Afurika hari baperezida bagiye bavugwaho kugira abajyanama b\u2019 abapfumu, iyi myumvire rero ifitanye isano n\u2019 umuco nyafurika wa kera aho wasangaga buri mwami akikijwe n\u2019 abapfumu ndetse n\u2019 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8763\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-01-03T22:01:55+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:55:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8763#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8763\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abaperezida 10 ba Afurika bagiye bishingikiriza imbaraga z&#039;abapfumu zikabatenguha\",\"datePublished\":\"2018-01-03T22:01:55+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:55:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8763\"},\"wordCount\":753,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8763#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8763\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8763\",\"name\":\"Abaperezida 10 ba Afurika bagiye bishingikiriza imbaraga z&#039;abapfumu zikabatenguha - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-01-03T22:01:55+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:55:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8763#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8763\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8763#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abaperezida 10 ba Afurika bagiye bishingikiriza imbaraga z&#039;abapfumu zikabatenguha\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abaperezida 10 ba Afurika bagiye bishingikiriza imbaraga z&#039;abapfumu zikabatenguha - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8763","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abaperezida 10 ba Afurika bagiye bishingikiriza imbaraga z&#039;abapfumu zikabatenguha - BWIZA","og_description":"Bitewe n\u2019 imyemerere yabo, abaperezida bayoboye ibihugu bya Afurika bagiye bavugwaho gukorana n\u2019 abapfumu kugirango bagume ku butegetsi batinya guhirikwa ariko bikarangira badahiriwe. Hamwe na hamwe muri Afurika hari baperezida bagiye bavugwaho kugira abajyanama b\u2019 abapfumu, iyi myumvire rero ifitanye isano n\u2019 umuco nyafurika wa kera aho wasangaga buri mwami akikijwe n\u2019 abapfumu ndetse n\u2019 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8763","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-01-03T22:01:55+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:55:08+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8763#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8763"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abaperezida 10 ba Afurika bagiye bishingikiriza imbaraga z&#039;abapfumu zikabatenguha","datePublished":"2018-01-03T22:01:55+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:55:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8763"},"wordCount":753,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8763#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8763","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8763","name":"Abaperezida 10 ba Afurika bagiye bishingikiriza imbaraga z&#039;abapfumu zikabatenguha - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-01-03T22:01:55+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:55:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8763#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8763"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8763#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abaperezida 10 ba Afurika bagiye bishingikiriza imbaraga z&#039;abapfumu zikabatenguha"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8763","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8763"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8763\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8763"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8763"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8763"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}