{"id":8782,"date":"2018-01-05T14:56:04","date_gmt":"2018-01-05T14:56:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/01\/05\/ubuhamya-icyambabaje-cyane-ni-uko-muri-jenoside-abanjye-bishwe-n-inshuti-yanjye\/"},"modified":"2025-02-12T14:54:59","modified_gmt":"2025-02-12T12:54:59","slug":"ubuhamya-icyambabaje-cyane-ni-uko-muri-jenoside-abanjye-bishwe-n-inshuti-yanjye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8782","title":{"rendered":"Ubuhamya: Icyambabaje cyane ni uko muri jenoside abanjye bishwe n\u2019 inshuti yanjye &#8211; Samputu JP"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Umuhanzi Jean Paul Samputu yabuze umuryango muri jenoside yakorewe Abatutsi bimutera ihungabana rikomeye bituma atangira kwiyahuza ibiyobyabwenge , yifuza no kwihorera ariko bizakurangira Imana umukoresheje.<\/em> <\/strong><br \/>\nKubabarira , kwiyunga  n\u2019 abamwiciye ndetse no kwigisha abatuye Isi niwo muhamagaro wa Jean Paul Samputu umaze imyaka agenda mu mahanga akangurira abantu kuyoboka umuco wo kubabarira  abona nk\u2019 umuti urambye wo gukemura amakimbirane  no kurandura  burundu imizi ya jenoside.<br \/>\nIkiganiro Jean Paul Samputu yagiranye na Love Rules Mouvement.<br \/>\n <strong>LRM<\/strong> :Umuhamagaro w\u2019 ubuzima bwawe n&#8217;umuziki wawe ni uwuhe?<br \/>\n <strong>JPS<\/strong> :  Kwiyunga no kubabarira. Nibyo ndirimba ndetse ni nabyo mvuga.<br \/>\nMu ngendo nkora hirya no hino nshyira imbere kwamamaza umuco wo kubabarira n\u2019 akamaro kabyo.<br \/>\nNiyo nzira yo nyine yo kurandura no gukumira jenoside n\u2019 ubundi bugizi bwa nabi bwose ku isi.<br \/>\n <strong>LRM<\/strong> :  Ni ryari watangiye kuganira ku mbabazi n\u2019 ubwiyunge ?<br \/>\n <strong>JPS<\/strong> : Hashize imyaka 15, kuko natangiye muri 2003, nibwo Imana yantegetse kubabarira umugabo(Vincent) wanyiciye ababyeyi.<br \/>\nIbyo  byahise biba inshingano z\u2019 ubuzima bwanjye, Ntabwo ari akazi gusa kuko kubabarira no kubyigisha abandi nibyo niyemeje gusakaza ku isi yose ndetse no mu buzima mfite ku Isi.<br \/>\nInshuti yanjye twabyirukanye niyo yanyiciye umuryango.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>LRM<\/strong> :  Wari ufite imyaka ingahe mu gihe jenoside yabaga?<br \/>\n <strong>JPS<\/strong> : Imyaka 32 y\u2019 amavuko.<br \/>\n <strong>LRM<\/strong> : Ushobora kudusangiza ubu bunararibonye?.<br \/>\n <strong>JPS<\/strong> : Data umbyara n\u2019 abandi bantu dufitanye isano benshi bishwe muri jenoside. Ndi mu bantu babiri bo muryango wanjye bacitse ku icumu nari muri Uganda mu gihe cya jenoside ndibuka ko nageragezaga gushaka amakuru y\u2019 abanjye ariko simbigereho.<br \/>\nNtabwo nari kwiyumvisha uburyo Vincent , inshuti yanjye twabyirukanye ari mu bantu banyiciye umuryango wose, byarangoye cyane!Gusa mama wanjye yishwe n\u2019 umuntu utaramenyekana.<br \/>\nYego abantu benshi babuze ababo muri jenoside ariko icyambabaje kurushaho ni uko abanjye bishwe n\u2019 inshuti yanjye ibyo byakomerekeje umutima bituma nanjye nifuza kwihorera ariko sinashoboraga kumubona.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNyuma y\u2019 ibyo , nifuje gutangira ubundi buzima mu mahanga ariko umubabaro n\u2019 agahinda byakomezaga kunsenya ntangira kwiyahuza  iboyobyabwenge n\u2019 inzoga mu rugero rurenze. Nagerageje kwiyahura ariko naje kubona ibyiringiro muri Bibiliya kuko nubwo nifuzaga gutangira ubuzima bushyashya ntabwo agahinda n\u2019 akababaro byari kunkiza njyewe na sosiyete yanjye(inshuti n\u2019 abandi bantu twari dusangiye ako gahinda, umubabaro, kiheba\u2026.).<br \/>\nimbabazi<br \/>\n <strong>JPS<\/strong> : Maze kwiyemeza gufata umwanzuro wo gutangira ubuzima bushyashya no kureka kubatwa n\u2019 amakuba , agahinda, akabaro n\u2019 agahinda kenshi, nahisemo gutumira abishe umuryango wanjye niyemeza kubabarira no kwiyunga nabo.<br \/>\n <strong>LRM<\/strong> : Twizeye ko ukurikirana intambara ibera muri Kenya aho amoko ya Luo na Kikuyu bicana, Ese aria ho bihuriye na jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda?<br \/>\n <strong>Umukoloni yifuje gucamo abantu ibice kugirango abategeke<\/strong><br \/>\n <strong>JPS<\/strong> : Yego bifitanye amasano cyane kuko , byose byatangiye muri 1933 ubwo abakoloni b\u2019 ababiligi bashiraga ubwoko mu ndangamuntu .<br \/>\nMuri izi ndangamuntu, umukoloni yashyizemo amoko 3, Hutu, Tutsi na  Twa ubwo gahunda yo kuducamo ibice yari irangiye ni uko umuzungu yegukana intsinzi.<br \/>\n <strong>LRM<\/strong> :  Ni irihe tandukanyo abakoloni bagendeyeho mu gucamo ibice abanyarwanda no kubatandukanya, Ese izo ndangamuntu ubwzo zari zihagije ?<br \/>\n <strong>JPS<\/strong> :Twebwe, Abanyarwanda, dufite ururimi rumwe gusa n\u2019 amoko 3.Ibyo byari kubagora gutegeka igihugu gifite ururimi rumwe niyo mpamvu bagombaga kuducamo ibice.<br \/>\nBemeza ko umututsi ari muremure afite izuru rirerire, umuhutu ari mugufi ndetse anakomeye afite n\u2019 amazuru magufi\u2026ndetse afite n\u2019 ijwi ritandukanye cyane n\u2019uwa mbere.<br \/>\nUbu nibo buryo umukoloni yatangiye kuroga abantu mu mitwe kugirango agree ku ntego ye.<br \/>\nJenoside yabaye nyuma y\u2019 imyaka 61 yigishwa<br \/>\n <strong>LRM<\/strong> :  Ni ukuvuga ngo uyu mugambi mubi w\u2019 abakoloni niwo wabyaye jenoside  itaraboneka na hamwe muriAfurika nyuma y\u2019 imyaka 61?<br \/>\n <strong>JPS<\/strong> : Ntakundi! Izo nyigisho z\u2019 abakoloni zatumye haza umuco wo kwihorera no guhohoterana kugeza jenoside ibaye.<br \/>\nUburyo bwo kurandura ibyo(kwihorera ,ubwicanyi, ivanguramoko, amacakubiri, jenoside\u2026) ni ukwisunga no kwiyambaza umuco wo kubabarira vuba na bwangu.<br \/>\n <strong>LRM<\/strong> : Urashaka kuvuga ko ingaruka z\u2019 urwango hagati y\u2019 amoko nk\u2019 uko byigishijwe n\u2019 umukoloni niyo ntandaro ya jenoside ?<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>JPS<\/strong> : Yego cyane!Barabikoze kandi n\u2019 ubu tutitabaje umuco wo kubabarira no kubabarina muri twebwe(Abanyarwanda n\u2019 abatuye Isi yose) bishobora guteza ikindi kibazo kinarushijeho.<br \/>\nReka mbabwire: Twakiriye umurage w\u2019 ihungabana n\u2019 ibikomere bikomoka ku makimbirane yashinze imizi kera mu gihe twari tutaravuka.<br \/>\nIyo rero urubyaro (generation) runaka rutambutse rudakize ibikomere abazakurikira bavukana , bakurana ibyo bikomere n\u2019 ihungabana barazwe, bikazakomeza gutyo!<br \/>\n <strong>LRM<\/strong> :  Urashaka gusobanura ko uburyo bwo kwamamaza no kuganira ku kubabarira no kwiyunga bishobora gutuma abantu bakira?<br \/>\n <strong>JPS<\/strong> : Yego, nibyo, Ibyo nababwiye  byose si ku Rwanda gusa ahubwo bishobora kuba ahantu hose havugwa amacakubiri no gushamirana.<br \/>\nAbantu ntibashaka kwigira ku mateka kuko bakomeza gusubira mu makosa amwe!<br \/>\nEjo hazaza hashingirwa kuri none<br \/>\n <strong>LRM<\/strong> :  Ni zihe ntambwe utera mu rwego rwo gukiza sosiyete yawe?<br \/>\n <strong>JPS<\/strong> : Iyo ngarutse mu Rwanda nsura amashuri menshi nkaganira n\u2019 abana babyirutse nkabigisha ku mbabazi kuko nibo abayobozi b\u2019 ejo.<br \/>\nMu mwaka wa 2007 , nagerageje gushinga ishyirahamwe ry\u2019 abana\u201d Mizero Children of Rwanda Foundation\u201d,  ifite intego zo kwamamaza ubutumwa bw\u2019 imbabazi mu bana b\u2019 urubyiruko mu  Rwanda.<br \/>\n <strong>LRM<\/strong> :  Twaroze abana bacu ndetse tunakeneye kubihagariko,  Ese koko ejo hazaza hashingiye kuri none?<br \/>\n <strong>JPS<\/strong> : Nibyo!kuko nidusigira abana bacu umurage w\u2019 ihungabana bazagambirira kwihorera ndetse bakasubira mu makosa yabayeho.<br \/>\nNiyo mpamvu nkunze kubwira abantu ko ari inshingano zacu kuba abakurambere beza, kugirango abana bacu bazajye batwita abantu beza bagerageje kubomora ibikomere by\u2019 amateka.<br \/>\nIbyo byazabashimisha niyo mpamvu tugomba kwibaza niba turi gukora ibyiza uyu munsi twigisha urukundo guhera magingo aya.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Gaston Rwaka\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuhanzi Jean Paul Samputu yabuze umuryango muri jenoside yakorewe Abatutsi bimutera ihungabana rikomeye bituma atangira kwiyahuza ibiyobyabwenge , yifuza no kwihorera ariko bizakurangira Imana umukoresheje. Kubabarira , kwiyunga n\u2019 abamwiciye ndetse no kwigisha abatuye Isi niwo muhamagaro wa Jean Paul Samputu umaze imyaka agenda mu mahanga akangurira abantu kuyoboka umuco wo kubabarira abona nk\u2019 umuti [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8782","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubuhamya: Icyambabaje cyane ni uko muri jenoside abanjye bishwe n\u2019 inshuti yanjye - Samputu JP - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8782\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubuhamya: Icyambabaje cyane ni uko muri jenoside abanjye bishwe n\u2019 inshuti yanjye - Samputu JP - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuhanzi Jean Paul Samputu yabuze umuryango muri jenoside yakorewe Abatutsi bimutera ihungabana rikomeye bituma atangira kwiyahuza ibiyobyabwenge , yifuza no kwihorera ariko bizakurangira Imana umukoresheje. Kubabarira , kwiyunga n\u2019 abamwiciye ndetse no kwigisha abatuye Isi niwo muhamagaro wa Jean Paul Samputu umaze imyaka agenda mu mahanga akangurira abantu kuyoboka umuco wo kubabarira abona nk\u2019 umuti [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8782\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-01-05T14:56:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:54:59+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8782#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8782\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubuhamya: Icyambabaje cyane ni uko muri jenoside abanjye bishwe n\u2019 inshuti yanjye &#8211; Samputu JP\",\"datePublished\":\"2018-01-05T14:56:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:54:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8782\"},\"wordCount\":890,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8782#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8782\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8782\",\"name\":\"Ubuhamya: Icyambabaje cyane ni uko muri jenoside abanjye bishwe n\u2019 inshuti yanjye - Samputu JP - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-01-05T14:56:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:54:59+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8782#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8782\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8782#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubuhamya: Icyambabaje cyane ni uko muri jenoside abanjye bishwe n\u2019 inshuti yanjye &#8211; Samputu JP\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubuhamya: Icyambabaje cyane ni uko muri jenoside abanjye bishwe n\u2019 inshuti yanjye - Samputu JP - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8782","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubuhamya: Icyambabaje cyane ni uko muri jenoside abanjye bishwe n\u2019 inshuti yanjye - Samputu JP - BWIZA","og_description":"Umuhanzi Jean Paul Samputu yabuze umuryango muri jenoside yakorewe Abatutsi bimutera ihungabana rikomeye bituma atangira kwiyahuza ibiyobyabwenge , yifuza no kwihorera ariko bizakurangira Imana umukoresheje. Kubabarira , kwiyunga n\u2019 abamwiciye ndetse no kwigisha abatuye Isi niwo muhamagaro wa Jean Paul Samputu umaze imyaka agenda mu mahanga akangurira abantu kuyoboka umuco wo kubabarira abona nk\u2019 umuti [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8782","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-01-05T14:56:04+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:54:59+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8782#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8782"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubuhamya: Icyambabaje cyane ni uko muri jenoside abanjye bishwe n\u2019 inshuti yanjye &#8211; Samputu JP","datePublished":"2018-01-05T14:56:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:54:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8782"},"wordCount":890,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8782#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8782","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8782","name":"Ubuhamya: Icyambabaje cyane ni uko muri jenoside abanjye bishwe n\u2019 inshuti yanjye - Samputu JP - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-01-05T14:56:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:54:59+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8782#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8782"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8782#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubuhamya: Icyambabaje cyane ni uko muri jenoside abanjye bishwe n\u2019 inshuti yanjye &#8211; Samputu JP"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8782","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8782"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8782\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8782"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8782"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8782"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}