{"id":8784,"date":"2018-01-05T17:08:07","date_gmt":"2018-01-05T17:08:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/01\/05\/mu-myemerere-y-abanyarwanda-nyabingi-na-ryangombe-bari-abantu-ki\/"},"modified":"2025-02-25T14:14:56","modified_gmt":"2025-02-25T12:14:56","slug":"mu-myemerere-y-abanyarwanda-nyabingi-na-ryangombe-bari-abantu-ki","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8784","title":{"rendered":"Mu myemerere y\u2019 Abanyarwanda Nyabingi na Ryangombe bari abantu ki?"},"content":{"rendered":"<p>Ryangombe yari umuntu ukomeye mu Rwanda; akaba yari n&#8217;igitangaza kuko mu bintu yakoraga hari harimo magie, bakaba bavuga ko yaba yarakomokaga m&#8217;uburengerazuba bwa Uganda mu karere ka Kitara cya Muliro ni ukuvuga mu majyaguru y&#8217;ikiyaga cya Rwicanzige benshi bazi kuri(Lac Edouard).<br \/>\nIgisekuru cye, Ise yitwaga Babinga umwana wa Nyundo, nyina akwitwa Nyiraryangombe, umugore we akitwa Nyirakajumba hakaba ari kungoma ya Ruganzu 2 Ndori. kugirango Ryangombe aze mu Rwanda bavugako yahuriye na Ruganzu mugace ka Bukamba nyuma amwemerera kuza mugihugu.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNyuma ya Ryangombe abajya kubandwa ifashisha imandwa zikurikira harimo Lyangombe, Mugasa, ,Binego, Ruhanga, Nkonjo, Mashira,Kagoro Umuzana, Nyabirungu.<br \/>\nUmunyoro, Ruhende, n&#8217;Intare. ababandwaga babikoraga nijoro rimwe na rimwe , bambaye ubusa babyina indirimbo z&#8217;imandwa urugero hari iyo bateraga bavugango ( &#8221; cya nyoko ni rugongo&#8221;) &#8230;.<br \/>\nNtitwavuga Ryangombe ngo tureke kuvuga no kuri Nyabingi. Nyabingi ni iki?, yaramaze iki?<br \/>\nBa Nyabingi bari ukubiri<br \/>\n1.NYABINGI<br \/>\nNyabingi yamamaye cyane mu karere k&#8217;amajyaruguru y&#8217;u Rwanda aho ndashaka kuvuga Ruhengeri,Gisenyi. Nawe akaba akomoka mubugande.<br \/>\nIgitsina cye ni umugore bikaba bivugwa ko atigeze agira umugabo cyangwa amugire kuburyo buzwi.<br \/>\nAriko nyuma yaje gukunda indwanyi yarikomeye yitwaga Ruhinda wa Ruhinda, nyuma ninawe waje kwivugana Nyabingi umugore we.<br \/>\nNyuma ariko Rulinda yagiye ahura n&#8217;ibizazane n&#8217;imyaku bitewe n&#8217;umuzimu wa Nyabingi wazaga kwihorera.<br \/>\nIcyateye iyo mpamvu bivugwako Rulinda yishe nyabingi kugirango yirongorere undi mugore wari ufite icyubahiro kurusha Nyabingi.<br \/>\n <strong>2.Nyabingi<\/strong><br \/>\nMu majyaruguru y&#8217;igihugu hari irindi zina rya Nyabingi ryahagaragaye.<br \/>\nNi umukobwa w&#8217;inkumi witwaga &#8220;Kanzanire&#8221; akaba umukobwa w&#8217;umuhererezi wo mu muryango wa Gahaya.<br \/>\nYarakaswe umutwe kw&#8217;itegeko rya se kubera ko yibye amabanga ye yaraturutse ku bakurambere ba se.<br \/>\nNyuma rero umuzimu waje gutera se umusaba ko umuha igihugu cye cya wenyine wakwigengamo, bawuha NDORWA.<br \/>\nNyuma uwo muzimu wongeye kugaragara mu witwa Rutagirakijuna umugore ubabaye ufite n&#8217;ubugome wicaye kunkengero z&#8217;umuhanda hagati y&#8217;abana babiri ntiyarafite aho ajya kuko umugabowe yari yaramwirukanye, na se adashaka kumwakira yari yuzuye nyabingi ariyo Kanzanire.<br \/>\nNyuma yaje gusubira kwa se yitwa Nyabingi kubera impamvu navuze haruguru.<br \/>\nAbantu bose baramwubashye kugeza kumwami wa Ndorwa.<br \/>\nImirimo ye rero mishya yaje kumuteza ibibazo kwa Rwabugiri kugeza ubwo bamuca umutwe bakawohereza umwami w&#8217;u Rwanda bamugejeje umutwe imbere utangira kuvuga usaba gusubirana uburengazira bwe.<br \/>\nRwabugiri yemereye adashidikanya kubera ibyo bintu yarabonye ko umuzimu wa Rutafirakijuna guhinduka Nyabingi no gutegeka Ndorwa nyuma yaje kwihorera.<br \/>\n <strong>Nyabingi yaramariye iki abanyarwanda?<\/strong><br \/>\nUmuntu wabaga afite ibibazo binyuranye yaba hanze cyangwa mu muryango we yitabazaga umwuka utagaragara akaba ariwo ubasha kubona ibyo bibazo.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUwo mwuka wamwoherezaga kumuhuza na NYABINGI bita (Umugirwa) akaba ariwo ubasha gupfobya no kwirukana iyo myuka mibi.<br \/>\nUwabaga aje gukora iyo mihango yagombaga kuba yitwaje ibitambo.<br \/>\n <strong>dore ibyakorwaga:<\/strong><br \/>\n&#8211; Humiriza<br \/>\n&#8211; umugirwa yakiriye ibitambo agiye kumenyesha ukuza kwa nyabingi &#8221; nyabingi arahageze&#8221;<br \/>\n&#8211; uwaje kuraguza agize ubwoba aratitira cyane<br \/>\ni li li li li<br \/>\n <strong>&#8211; dore isengesho agiye kuvuga:<\/strong><br \/>\nGahorane imana mana y&#8217;i Rwanda, gahorane imana nyiri mana<br \/>\n-naje nyakugirimana naje kuvuza impundu ngo mutsindire abanzi ,abagome n&#8217;abarozimutsindire abajura kuko urahangamura ntuhangamirwa a yiiiii i yiiii i yiiiii naje nokubaganuza dore ngaya amasaka areze, ibishyimbo uburo nimwakire mubyumve.UBUHORO NYAGASANI naje kubereka abana, abana ni umunani nabo ni abanyu.<br \/>\n-uyu mukobwa mbahaye ajye abategurira nabazaniye y&#8217;amaturo tubaturango muturengere nazanye inka y&#8217;abakobwa n&#8217;ihene y&#8217;abakobwa n&#8217;intama y&#8217;abahetsi ahiiiii , hiiii maze mubyeyi izamababarire ubunkorere uzambwirire ubayobora, azabwirire abo ayobora kubageza ku bayoborwa nibabandi bokwabinego, bokwamugasa, bo kwa Nyakibungo bo kwa Nyabirungu, bo kwa Nkonjo bo kwa Muzana azababwire ati mutuze mutureze kandi muhorane amajyambere twese hamwe bene kanyarwanda tugire imana n&#8217;amafaranga.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <em>Assumpta Gema\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ryangombe yari umuntu ukomeye mu Rwanda; akaba yari n&#8217;igitangaza kuko mu bintu yakoraga hari harimo magie, bakaba bavuga ko yaba yarakomokaga m&#8217;uburengerazuba bwa Uganda mu karere ka Kitara cya Muliro ni ukuvuga mu majyaguru y&#8217;ikiyaga cya Rwicanzige benshi bazi kuri(Lac Edouard). Igisekuru cye, Ise yitwaga Babinga umwana wa Nyundo, nyina akwitwa Nyiraryangombe, umugore we akitwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-8784","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mu myemerere y\u2019 Abanyarwanda Nyabingi na Ryangombe bari abantu ki? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8784\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mu myemerere y\u2019 Abanyarwanda Nyabingi na Ryangombe bari abantu ki? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ryangombe yari umuntu ukomeye mu Rwanda; akaba yari n&#8217;igitangaza kuko mu bintu yakoraga hari harimo magie, bakaba bavuga ko yaba yarakomokaga m&#8217;uburengerazuba bwa Uganda mu karere ka Kitara cya Muliro ni ukuvuga mu majyaguru y&#8217;ikiyaga cya Rwicanzige benshi bazi kuri(Lac Edouard). Igisekuru cye, Ise yitwaga Babinga umwana wa Nyundo, nyina akwitwa Nyiraryangombe, umugore we akitwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8784\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-01-05T17:08:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:14:56+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8784#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8784\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Mu myemerere y\u2019 Abanyarwanda Nyabingi na Ryangombe bari abantu ki?\",\"datePublished\":\"2018-01-05T17:08:07+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:14:56+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8784\"},\"wordCount\":617,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8784#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8784\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8784\",\"name\":\"Mu myemerere y\u2019 Abanyarwanda Nyabingi na Ryangombe bari abantu ki? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-01-05T17:08:07+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:14:56+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8784#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8784\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8784#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mu myemerere y\u2019 Abanyarwanda Nyabingi na Ryangombe bari abantu ki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mu myemerere y\u2019 Abanyarwanda Nyabingi na Ryangombe bari abantu ki? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8784","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mu myemerere y\u2019 Abanyarwanda Nyabingi na Ryangombe bari abantu ki? - BWIZA","og_description":"Ryangombe yari umuntu ukomeye mu Rwanda; akaba yari n&#8217;igitangaza kuko mu bintu yakoraga hari harimo magie, bakaba bavuga ko yaba yarakomokaga m&#8217;uburengerazuba bwa Uganda mu karere ka Kitara cya Muliro ni ukuvuga mu majyaguru y&#8217;ikiyaga cya Rwicanzige benshi bazi kuri(Lac Edouard). Igisekuru cye, Ise yitwaga Babinga umwana wa Nyundo, nyina akwitwa Nyiraryangombe, umugore we akitwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8784","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-01-05T17:08:07+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:14:56+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8784#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8784"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Mu myemerere y\u2019 Abanyarwanda Nyabingi na Ryangombe bari abantu ki?","datePublished":"2018-01-05T17:08:07+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:14:56+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8784"},"wordCount":617,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8784#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8784","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8784","name":"Mu myemerere y\u2019 Abanyarwanda Nyabingi na Ryangombe bari abantu ki? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-01-05T17:08:07+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:14:56+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8784#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8784"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8784#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mu myemerere y\u2019 Abanyarwanda Nyabingi na Ryangombe bari abantu ki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8784","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8784"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8784\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8784"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8784"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8784"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}