{"id":8801,"date":"2018-01-08T10:06:56","date_gmt":"2018-01-08T10:06:56","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/01\/08\/dusa-nk-abakwamanye-n-umuperezida-utizera-ko-hari-undi-muntu-washobora-kuyobora\/"},"modified":"2025-02-12T14:54:49","modified_gmt":"2025-02-12T12:54:49","slug":"dusa-nk-abakwamanye-n-umuperezida-utizera-ko-hari-undi-muntu-washobora-kuyobora","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8801","title":{"rendered":"Dusa nk\u2019abakwamanye n\u2019umuperezida utizera ko hari undi muntu washobora kuyobora Uganda \u2014 Depite Kyagulanyi"},"content":{"rendered":"<p>Depite Robert Kyagulanyi, akaba ari n\u2019umuhanzi wabigize umwuga uzwi ku izina ry\u2019ubuhanzi rya Bobi Wine muri Uganda no hanze yaho, aratangaza ko kuri ubu Abagande babuze amahitamo hagati y\u2019igihugu n\u2019umuntu utemera ko hari uwamusimbura ku butegetsi ngo ayobore igihugu. Ni mu kiganiro yagiranye na Aljazeera kuwa 03 Mutarama 2018.<br \/>\nPerezida Museveni aherutse gushyira umukono ku itegeko rikuraho imyaka ushaka kuyobora igihugu atagomba kuba arengeje mu itegeko nshinga.<br \/>\nIri tegeko ryashyizweho umukono na perezida Museveni kuwa 27 Ukuboza 2017 rimwemerera nk\u2019umununtu w\u2019imyaka 73 kuzaguma ku butegetsi nyuma y\u2019imyaka isaga 31 abumazeho, nubwo yigeze kuvuga ko atemera abayobozi bo muri Afurika bakunda kugundira ubutegetsi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google&#8221;]<br \/>\nMuseveni akaba atari yemerewe kuzongera kwiyamamariza indi manda mu matora ya 2021 nk\u2019uko byateganywaga mu ngingo yakuwe mu itegeko nshinga yavugaga ko ushaka kuyobora igihugu agomba kuba Atari munsi y\u2019imyaka 35 kandi atarengeje imyaka 75.<br \/>\nHon. Robert Kyagulanyi umwe mu badepite barwanyije ko iyi ngingo ikurwa mu itegeko nshinga, yagiranye ikiganiro kirambuye n\u2019ikinyamakuru Al Jazeera kuri iyi ngingo n\u2019icyo bisobanuye kuri Uganda, nk\u2019igihugu kugeza ubu kitarabamo guhererekaya ubutegetsi mu mahoro kuva cyabona ubwigenge mu 1962.<br \/>\nIkibazo cya mbere Kyagulanyi yabajijwe ni ukumenya niba baratsinzwe urugamba nk\u2019itsinda ry\u2019abadepite bagerageje kurwanya ko iyi ngingo yagenaga imyaka umukuru w\u2019igihugu atagomba kuba arengeje yakurwa mu itegeko nshinga, maze asubiza ko rutari urugamba rw\u2019itsinda ry\u2019abadepite ahubwo rwari urugamba rw\u2019igihugu.<br \/>\nYakomeje avuga ko bigaragara ko igihugu kifuzaga kugira icyerekezo kandi gishaka ko habaho guhererekanya ubutegetsi mu mahoro, ariko ati: \u201cUbuyobozi dufite busa nk\u2019ubushaka kugumisha Uganda ahantu hamwe.\u201d<br \/>\nYakomeje agira ati: \u201cDusa nk\u2019abakwamanye n\u2019umuperezida utizera ko hari undi muntu washobora kuyobora Uganda. Kubw\u2019ibyago, ibi byatumye duhera inyuma igihe kirekire.\u201d<br \/>\n <em> <\/em> Yakomeje avuga ko ku muntu usanzwe bishobora gusa nk\u2019aho batsinzwe kuri iyi ngingo, ariko ngo kuri we bafunguye intekerezo z\u2019abaturage.<br \/>\nAti: \u201cNahoze mbwira Abagande ko bakwiye gufata inshingano bakareka kuzirekera abanyapolitiki.\u201d<br \/>\n\u201cNdishimira ko barimo kubona ko inteko ishinga amategeko ubu ari nka club y\u2019abanyapolitiki bajyamo gusa bagiye kuzuza ibyifuzo byabo.\u201d<br \/>\nYongeyeho ko uko abantu bazarushaho gufata inshingano ariko hazashyirwaho imirongo n\u2019ibyemezo bizashyikirizwa undi muntu uzabayobora nk\u2019igihugu.<br \/>\nYaboneyeho gusaba Abagande kurushaho kwitabira politiki no guharanira kuyobora igihugu cyabo ariko bakibuka no gutora.<br \/>\nYavuze ko Guverinoma ishaka ko abaturage badakurikirana uko igihugu kiyobowe urugamba barimo rukaba ari ugushishikariza Abagande kugana politiki uko bashoboye kuko ari bwo bashobora kuzagira icyo bakora ku itegeko nshinga nibongera kubona amahirwe.<br \/>\nAl Jazeera yakomeje ibaza Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) ikibazo gikomeye Uganda ifite muri iki gihe, avuga ko bari aho bagomba guhitamo hagati y\u2019umuntu n\u2019igihugu. Ati: \u201cIcyo ni cyo gihirahiro gikomeye kuri ubu\u201d.<br \/>\nYakomeje agira ati: \u201cDufite igihugu kifuzaga kugira icyerekezo kiganamo, ariko na none hakaba umuntu ushaka gushimisha amarangamutima ye.\u201d<br \/>\nAbajijwe niba azakomeza kurwanya ko perezida Museveni azaguma ku butegetsi ubuziraherezo, Robert Kyagulanyi yasubije ko ari ngombwa, ariko ko kugirango abaturage bahagurukire kurwanya igitugu bagomba kubanza kumenya ko ari igitugu.<br \/>\nNgo muri urwo rwego umunyagitugu nawe agira uruhare rukomeye mu kwigaragaza akagera aho yereka abaturage ko ntacyo bakivuze. Ibi kandi ngo nibyo Museveni akora kuko asigaye abwira abaturage ko atari umukozi wabo.<br \/>\nBobi wine kandi yabajijwe icyerekezo afite mu mwuga wa politiki, avuga ko we ntaho Atari umunyapolitiki w\u2019umwuga ahubwo ari Umugande ahubwo w\u2019umuhanzi wabigize umwuga urimo gutanga umusanzu we kandi ngo igihe nikigera azibukwa nk\u2019umuntu ubuzima bwe butabaye igihombo ku gihugu cye.<br \/>\nYaboneyeho gusaba abandi bahanzi cyangwa abandi bavuga rikijyana gukoresha uko abaturage babafata bakagira icyo babamarira. Kuri we ngo ibi birahagije.<br \/>\nYabajijwe kandi icyo bateganya gukora ku kibazo cy\u2019ubushomeri bwugarije urubyiruko, avuga ko bibabaje kuko icya mbere cyo urubyiruko rutari mu myanya y\u2019ubuyobozi yafata ibyemezo bibafitiye inyungu.<br \/>\nYavuze ko urubyiruko muri Uganda ruri hejuru ya 85% ruri munsi y\u2019imyaka 35, ariko ngo wareba nk\u2019abaminisitiri ugasanga abenshi ari abasaza barengeje imyaka 70.<br \/>\nAti: \u201cItsinda ry\u2019abantu bapanga ritandukanye cyane n\u2019itsinda bapangira. Ntibashobora gusiza inzira yinjira ku maraso mashya kubera ko hari ikimenyane kinshi na ruswa\u201d.<br \/>\nDepite Kyagulanyi yakomeje asobanura ko kugira ngo ugere mu mwanya w\u2019ubuyobozi ugomba kuba uturuka mu bwoko runaka, umuryango cyangwa ukaba witwa izina runaka rya nyuma.<br \/>\nAkaba avuga ko ibi byose bivangura abantu ari nako bigumisha abandi mu mirimo ubuziraherezo. Ati: \u201cNtidushobora gushakira ku muntu umwe cyangwa umuryango umwe ibisubizo.\u201d<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Depite Robert Kyagulanyi, akaba ari n\u2019umuhanzi wabigize umwuga uzwi ku izina ry\u2019ubuhanzi rya Bobi Wine muri Uganda no hanze yaho, aratangaza ko kuri ubu Abagande babuze amahitamo hagati y\u2019igihugu n\u2019umuntu utemera ko hari uwamusimbura ku butegetsi ngo ayobore igihugu. Ni mu kiganiro yagiranye na Aljazeera kuwa 03 Mutarama 2018. Perezida Museveni aherutse gushyira umukono ku [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8801","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dusa nk\u2019abakwamanye n\u2019umuperezida utizera ko hari undi muntu washobora kuyobora Uganda \u2014 Depite Kyagulanyi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8801\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dusa nk\u2019abakwamanye n\u2019umuperezida utizera ko hari undi muntu washobora kuyobora Uganda \u2014 Depite Kyagulanyi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Depite Robert Kyagulanyi, akaba ari n\u2019umuhanzi wabigize umwuga uzwi ku izina ry\u2019ubuhanzi rya Bobi Wine muri Uganda no hanze yaho, aratangaza ko kuri ubu Abagande babuze amahitamo hagati y\u2019igihugu n\u2019umuntu utemera ko hari uwamusimbura ku butegetsi ngo ayobore igihugu. Ni mu kiganiro yagiranye na Aljazeera kuwa 03 Mutarama 2018. Perezida Museveni aherutse gushyira umukono ku [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8801\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-01-08T10:06:56+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:54:49+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8801#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8801\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dusa nk\u2019abakwamanye n\u2019umuperezida utizera ko hari undi muntu washobora kuyobora Uganda \u2014 Depite Kyagulanyi\",\"datePublished\":\"2018-01-08T10:06:56+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:54:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8801\"},\"wordCount\":733,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8801#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8801\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8801\",\"name\":\"Dusa nk\u2019abakwamanye n\u2019umuperezida utizera ko hari undi muntu washobora kuyobora Uganda \u2014 Depite Kyagulanyi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-01-08T10:06:56+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:54:49+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8801#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8801\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8801#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dusa nk\u2019abakwamanye n\u2019umuperezida utizera ko hari undi muntu washobora kuyobora Uganda \u2014 Depite Kyagulanyi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dusa nk\u2019abakwamanye n\u2019umuperezida utizera ko hari undi muntu washobora kuyobora Uganda \u2014 Depite Kyagulanyi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8801","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dusa nk\u2019abakwamanye n\u2019umuperezida utizera ko hari undi muntu washobora kuyobora Uganda \u2014 Depite Kyagulanyi - BWIZA","og_description":"Depite Robert Kyagulanyi, akaba ari n\u2019umuhanzi wabigize umwuga uzwi ku izina ry\u2019ubuhanzi rya Bobi Wine muri Uganda no hanze yaho, aratangaza ko kuri ubu Abagande babuze amahitamo hagati y\u2019igihugu n\u2019umuntu utemera ko hari uwamusimbura ku butegetsi ngo ayobore igihugu. Ni mu kiganiro yagiranye na Aljazeera kuwa 03 Mutarama 2018. Perezida Museveni aherutse gushyira umukono ku [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8801","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-01-08T10:06:56+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:54:49+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8801#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8801"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dusa nk\u2019abakwamanye n\u2019umuperezida utizera ko hari undi muntu washobora kuyobora Uganda \u2014 Depite Kyagulanyi","datePublished":"2018-01-08T10:06:56+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:54:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8801"},"wordCount":733,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8801#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8801","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8801","name":"Dusa nk\u2019abakwamanye n\u2019umuperezida utizera ko hari undi muntu washobora kuyobora Uganda \u2014 Depite Kyagulanyi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-01-08T10:06:56+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:54:49+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8801#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8801"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8801#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dusa nk\u2019abakwamanye n\u2019umuperezida utizera ko hari undi muntu washobora kuyobora Uganda \u2014 Depite Kyagulanyi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8801","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8801"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8801\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8801"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8801"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8801"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}