{"id":8823,"date":"2018-01-10T10:45:40","date_gmt":"2018-01-10T10:45:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/01\/10\/byinshi-kuri-football-isakoshi-itajya-itana-na-perezida-wa-amerika-aho-agiye\/"},"modified":"2018-01-10T10:45:40","modified_gmt":"2018-01-10T10:45:40","slug":"byinshi-kuri-football-isakoshi-itajya-itana-na-perezida-wa-amerika-aho-agiye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823","title":{"rendered":"Byinshi kuri &#8220;Football&#8221; isakoshi itajya itana na perezida wa Amerika aho agiye hose"},"content":{"rendered":"<p>Aho perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye hose ntatana n\u2019isakoshi izwi nka football bivugwa cyangwa ikunze kugaragazwa muri za filimi no mu bitabo bivuga inkuru z\u2019ubutasi nk\u2019imashini y\u2019imperuka ishobora kurimbura Isi yose. Ni muri urwo rwego Bwiza.com yifuje kubagezaho byinshi kuri iyi sakoshi ivugwaho byinshi byiganjemo ibikabyo ndetse n\u2019inkomoko y\u2019iri zina.<br \/>\nIyi sakoshi bise Football ijya inahabwa amazina ya nuclear football ndetse na Atomic Football ni isakoshi ibirimo bikoreshwa na perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, atanga uburenganzira bwo kugaba igitero cya kirimbuzi (Nuclear attack) ariko we ari kure y\u2019ahapangirwa intambara nko mu cyumba cyo muri White House kitwa White House Situation Room, ikaba igendanwa mu ntoki n\u2019umukozi wa hafi wa perezida bakorana ingendo.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIyo perezida (ari nawe mugaba mukuru w\u2019ikirenga w\u2019ingabo) atanze itegeko ryo gukoresha intwaro kirimbuzi iyi sakoshi irafungurwa hakaba ikimenyetso cyohererezwa abagaba b\u2019ingabo batandukanye. Perezida atangira gusuzuma uburyo igitero cyagabwamo ndetse agafata icyemezo ku mugambi wo kuba hakoreshwa missile imwe kugeza kuri missiles nyinshi zambukiranya imigabane zizwi mu magambo ahinnye y\u2019Icyongereza nka ICBM.<br \/>\n<figure id=\"attachment_85667\" aria-describedby=\"caption-attachment-85667\" style=\"width: 800px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/oct14_c01_nationaltreasure.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-85667\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/oct14_c01_nationaltreasure.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"600\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-85667\" class=\"wp-caption-text\">Uko isakoshi yiswe Football iba iteye<\/figcaption><\/figure><br \/>\nHanyuma, hakoreshejwe uburyo bwose bw\u2019ikoranabuhanga mu itumanaho iyi sakoshi iba ibitse, uba ufasha perezida ari nawe ugendana iyi sakoshi aba agomba gutangira kuvugana  n\u2019Ubuyobozi bukuru bw\u2019igisirikare, cyangwa mu gihe cyo gusubiza igitero cya kirimbuzi,  akavugana n\u2019ubuyobozi bwinshi butandukanye w\u2019ingabo zirwanira mu kirere buba buri mu kirere mu ndege ya Boeing E-4B ari nako akomeza kuvugana n\u2019abari muri sub-marines (sumare) ziba zitwaye ibisasu bya kirimbuzi.<br \/>\nMbere y\u2019uko itegeko ryo gukoresha intwaro kirimbuzi rishyirwa mu bikorwa, habanza kumenyekana ko iri tegeko rivuye kuri perezida koko hakoreshejwe code idasanzwe iba imeze nk\u2019ikarita ya purasitiki bita \u201cBiscuit\u201d<br \/>\nKu kijyanye n\u2019ikoreshwa ry\u2019intwaro za kirimbuzi, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziba zifite itegeko bita two-man rule ahantu hakoreshwa mu kohereza ibisasu bya kirimbuzi, kandi mu gihe perezida ari we wenyine ufite ububasha bwo gutegeka gukoresha intwaro kirimbuzi, itegeko rye riba rigomba na none kubanza gusuzumwa n\u2019Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ingabo kugirango hemerwe ko koko riturutse kwa perezida.<br \/>\nUmunyamabanga wa leta ushinzwe ingabo nta budahangarwa aba afite bwo kuvuguruza perezida kandi aba agomba kubaha itegeko rye. Iyo codes zose zimaze gusuzumwa, nibwo igisirikare kiba gishobora kugaba igitero. Mu rwego rwo kwirinda ikosa rito ryabaho, amabwiriza ya perezida yo gukoresha intwaro kirimbuzi abanza gusuzumwa akongera agasuzumwa ngo harebwe ko ari umwimerere uvuye kwa perezida kuko ari we wenyine rukumbi ufite ububasha bwo gutangiza ikoreshwa ry\u2019intwaro za kirimbuzi.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/ap10040719854.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-85672\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/ap10040719854.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"535\" \/><\/a><br \/>\nIyi sakoshi yiswe football iba ifitwe n\u2019umwe mu bafasha perezida ba hafi bagenda basimburanwa mu buryo bw\u2019ibanga rikomeye. Uyu aba ari umusirikare wok u rwego rwa ofisiye wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubanza gusuzumwa bihagije ahahise he. Aba basirikare bakaba baba bategetswe kuba biteguye igihe icyo ari cyo cyose gushyikiriza perezida iyi sakoshi byihuse mu gihe bibaye ngombwa.<br \/>\nNiyo mpamvu, usanga uba utwaje perezida iyi sakoshi mu ntoki iteka aba ahagaze cyangwa agendera hafi perezida haba no mu ndege cyangwa mu gihe ari mu rugendo n\u2019imodoka.<br \/>\nFootball yatangiye kubaho ku gihe cy\u2019ubutegetsi bwa perezida Dwight D Eisenhower wategetse Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuva mu 1953 kugeza mu 1961, ariko ikoreshwa ryayo nk\u2019uko ikoreshwa ubu ryatangiye mu gihe cy\u2019ibibazo bya missiles muri Cuba, ubwo perezida J.F. Kennedy yari afite impungenge ko umuyobozi w\u2019ingabo w\u2019Umurusiya muri Cuba yashoboraga kurasa missiles atahawe uburenganzira n\u2019abamukuriye I Moscow. Icyo gihe Kennedy nawe akaba yarabajije ibibazo byinshi bijyanye no gukoresha intwaro kirimbuzi kwa Amerika.<br \/>\nIkinyamakuru Associated Press mu nkuru yacyo cyavuze ko izina rya football iyi sakoshi yahawe ryaturutse ku mugambi w\u2019igitero wari wahawe izina ry\u2019ibanga rya Dropkick. Iri zina ngo risa nk\u2019iryateje urujijo kugeza n\u2019ubu ahanini bitewe n\u2019uko imiterere y\u2019iyi sakoshi ikoze mu ruhu n\u2019ubunini bwayo bigaragara ko biruta umupira usanzwe ukinwa mu mupira w\u2019amaguru.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/170120-nuclear-codes-football-937a_01f29d4563118e596afd605dcb95037a.nbcnews-ux-2880-1000.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-85668\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/170120-nuclear-codes-football-937a_01f29d4563118e596afd605dcb95037a.nbcnews-ux-2880-1000.jpg\" alt=\"\" width=\"1469\" height=\"1000\" \/><\/a><br \/>\nMu gihe cy\u2019ubuyobozi bwabo nk\u2019uko tubikesha Wikipedia, ngo ba perezida, Jimmy Carter na Ronald Reagan bifuje kujya bagendana code zitanga uburenganzira bwo gukoresha intwaro kirimbuzi mu mifuka y\u2019amakoti yabo. Ariko Senateri John Kline wari Colonel mu ngabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye n\u2019umutwazi wa football w\u2019aba baperezida bombi.<br \/>\nMu 1981, habayeho umugambi wo kugerageza guhitana perezida Ronald Reagan aza gutandukana n\u2019ikarita iriho codes zikoreshwa gufungura football. Bikaba bivugwa ko icyo gihe yatandukanye nayo ari kwa muganga aho yajyanywe amaze kuraswa abaganga bagaca imyenda ye bashaka kureba ibikomere n\u2019ikarita ikagenderamo.<br \/>\nIyi karita nyuma yaje gusangwa muri imwe mu nkweto Reagan yari yambaye mu cyumba cyo kwa muganga, ndetse bihita bituma bajya bamuciraho imigani bavuga ko yabikaga iyi karita mu isogisi.<br \/>\nReagan kandi icyo gihe yari yatandukanye na football kuko umusirikare wari uyifite  yari yasigaye inyuma ubwo imodoka zari zitwaye Reagan zirukaga zihunga ziva aho yari amaze kurasirwa zimujyana kwa muganga.<br \/>\nNgo hari n\u2019ikindi gihe perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasize inyuma uwari umutwaje football kandi ari amakosa akomeye. Ibi ngo byabaye kubwa perezida Richard Nixon mu 1973 ubwo uyu yari amaze kwambika umudari Umurusiya Leonid Brezhnev muri Camp David, maze uyu murusiya mu buryo butari bwitezwe ahita ajyana na Nixon mu modoka ye basiga abashinzwe kurinda Nixon inyuma ndetse agatandukana n\u2019uwari ufite football mu gihe cy\u2019iminota 30 yose.<br \/>\nSi Nixon gusa ariko kuko ngo na ba perezida Gerald Ford, Jimmy Carter, George H.W. Bush na Bill Clinton nabo ngo bigeze gutandukana n\u2019iyi sakoshi .<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Aho perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye hose ntatana n\u2019isakoshi izwi nka football bivugwa cyangwa ikunze kugaragazwa muri za filimi no mu bitabo bivuga inkuru z\u2019ubutasi nk\u2019imashini y\u2019imperuka ishobora kurimbura Isi yose. Ni muri urwo rwego Bwiza.com yifuje kubagezaho byinshi kuri iyi sakoshi ivugwaho byinshi byiganjemo ibikabyo ndetse n\u2019inkomoko y\u2019iri zina. Iyi sakoshi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-8823","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-nutundi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Byinshi kuri &quot;Football&quot; isakoshi itajya itana na perezida wa Amerika aho agiye hose - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Byinshi kuri &quot;Football&quot; isakoshi itajya itana na perezida wa Amerika aho agiye hose - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Aho perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye hose ntatana n\u2019isakoshi izwi nka football bivugwa cyangwa ikunze kugaragazwa muri za filimi no mu bitabo bivuga inkuru z\u2019ubutasi nk\u2019imashini y\u2019imperuka ishobora kurimbura Isi yose. Ni muri urwo rwego Bwiza.com yifuje kubagezaho byinshi kuri iyi sakoshi ivugwaho byinshi byiganjemo ibikabyo ndetse n\u2019inkomoko y\u2019iri zina. Iyi sakoshi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-01-10T10:45:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/oct14_c01_nationaltreasure.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8823#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8823\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Byinshi kuri &#8220;Football&#8221; isakoshi itajya itana na perezida wa Amerika aho agiye hose\",\"datePublished\":\"2018-01-10T10:45:40+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8823\"},\"wordCount\":943,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8823#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/01\\\/oct14_c01_nationaltreasure.jpg\",\"articleSection\":[\"utuntu-nutundi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8823#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8823\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8823\",\"name\":\"Byinshi kuri \\\"Football\\\" isakoshi itajya itana na perezida wa Amerika aho agiye hose - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8823#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8823#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/01\\\/oct14_c01_nationaltreasure.jpg\",\"datePublished\":\"2018-01-10T10:45:40+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8823#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8823\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8823#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/01\\\/oct14_c01_nationaltreasure.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/01\\\/oct14_c01_nationaltreasure.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8823#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Byinshi kuri &#8220;Football&#8221; isakoshi itajya itana na perezida wa Amerika aho agiye hose\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Byinshi kuri \"Football\" isakoshi itajya itana na perezida wa Amerika aho agiye hose - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Byinshi kuri \"Football\" isakoshi itajya itana na perezida wa Amerika aho agiye hose - BWIZA","og_description":"Aho perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye hose ntatana n\u2019isakoshi izwi nka football bivugwa cyangwa ikunze kugaragazwa muri za filimi no mu bitabo bivuga inkuru z\u2019ubutasi nk\u2019imashini y\u2019imperuka ishobora kurimbura Isi yose. Ni muri urwo rwego Bwiza.com yifuje kubagezaho byinshi kuri iyi sakoshi ivugwaho byinshi byiganjemo ibikabyo ndetse n\u2019inkomoko y\u2019iri zina. Iyi sakoshi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-01-10T10:45:40+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/oct14_c01_nationaltreasure.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Byinshi kuri &#8220;Football&#8221; isakoshi itajya itana na perezida wa Amerika aho agiye hose","datePublished":"2018-01-10T10:45:40+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823"},"wordCount":943,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/oct14_c01_nationaltreasure.jpg","articleSection":["utuntu-nutundi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8823#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823","name":"Byinshi kuri \"Football\" isakoshi itajya itana na perezida wa Amerika aho agiye hose - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/oct14_c01_nationaltreasure.jpg","datePublished":"2018-01-10T10:45:40+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8823"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/oct14_c01_nationaltreasure.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/01\/oct14_c01_nationaltreasure.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8823#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Byinshi kuri &#8220;Football&#8221; isakoshi itajya itana na perezida wa Amerika aho agiye hose"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8823","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8823"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8823\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8823"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8823"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8823"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}