{"id":8830,"date":"2018-01-10T20:12:19","date_gmt":"2018-01-10T20:12:19","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/01\/10\/umusore-dukundana-aranyizera-cyane-njye-nkora-uburaya-ndetse-kubireka\/"},"modified":"2025-02-03T01:02:15","modified_gmt":"2025-02-02T23:02:15","slug":"umusore-dukundana-aranyizera-cyane-njye-nkora-uburaya-ndetse-kubireka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8830","title":{"rendered":"Umusore dukundana aranyizera cyane, njye nkora uburaya ndetse kubireka byarananiye- NKORE IKI?"},"content":{"rendered":"<p>&#8220;Muraho nshuti Z&#8217;INKURU NZIZA PAGE? Mfite ikibazo kinkomereye ndifuza inama zanyu. Ndi umukobwa w\u2019imyaka 22 niga muri kaminuza y\u2019u Rwanda i Huye mu mwaka wa kabiri. Nakuze ndi umukobwa w\u2019umuhanga mu ishuri, wiyubaha kandi abantu bose baranyemeraga ko ndi serieuse.<br \/>\n\u00a0<br \/>\nNakuriye mu muryango ukennye cyane, ndi imfura iwacu kandi turi abana bane. Mama nta kazi agira kandi nta papa tugira nta n\u2019ubundi bufasha kuruhande. Twabayeho nabi cyane, ngeze mu wa gatanu secondaire, abakobwa b\u2019inshuti zanjye barebye ukuntu tubayeho batangira kujya banteza abagabo ngo bampe amafaranga.<br \/>\n\u00a0<br \/>\nNari umukobwa wihagararaho mu nzara ariko byaranze. Kuva ubwo natangiye kujya mpahira iwacu, ndihira barumuna banjye amashuri ndetse nkishyura n\u2019inzu. Yemwe sinanasubiye inyuma mwishuli nakomeje kuba uwa mbere kuko uko kwigurisha nagukoraga muri vacances.<br \/>\n\u00a0<br \/>\nGusa munyumve neza sinategaga, ahubwo byabaga ari network hagati yacu abakobwa ugasanga barakurangiye.<br \/>\nNtawigeze amenya ibyo bintu usibye abo bakobwa n\u2019umubyeyi wanjye. Ndetse ndangiza secondaire nabonye akazi mara umwaka ntasambana. Nabonye bourse yo kuza muri kaminuza nkuru y\u2019 uRwanda, sinakomeza gukora kuko ntari kubifatanya ngo bikunde.<br \/>\n\u00a0<br \/>\nNasubiye muri ya nzira ya cyera. Nkaha amafranga iwacu nanjye nkakemura ibyange bibazo. Ubwo rero reka umusore wa hano muri kaminuza azankunde yende gusara mwangire kuko nabonaga agiye kumvangira. Birakomera abantu bakoresha inama bansaba ko mwemerera. Nabuze uko ngira ndemera.<br \/>\n\u00a0<br \/>\nUbwo ntangira gukundana nawe bitandimo, ikibabaje ni uko twamaranye amezi atatu nsigaye mukunda cyane. Ubu tumaranye umwaka n\u2019igice. Ni umusore utameze nk\u2019abo twirirwa tubona, ariyubaha kandi akunda Imana, anafite imico myiza pe! Ntituraryamana yambwiye ko nzamubera umugore kandi ko ari bwo tuzaryamana, gusa namubwiye ko ntari isugi.<br \/>\n\u00a0<br \/>\nTurakundana cyane kandi aranyizera! Bijya bimbabaza iyo asenga ashimira Imana ko yamuhaye umu copine w\u2019imico myiza. Gusa ya network sinayivuyeho akazi ndacyagakora, iyo ngiye muri weekend, aba azi ko ntashye mu rugo. Azi ko iwacu twifashije kuko nagerageje kuhagira heza ntiyakwirirwa yibaza aho nkura amafranga.<br \/>\nNoneho ejobundi mperutse gukundwa n\u2019umugabo angurira inzu Kimironko ambwira ko ashaka ko dukundana imyaka 3 (akora muri ONU) kuko niyo contrat afite. Bakunzi ba bwiza.com, ubu inzu ni iyanjye inyanditseho. Ibyo byo byarandenze nabuze aho mpera nanabibwira umubyeyi wanjye. None dore ikibazo cyanjye: mu by\u2019ukuri nzi kwiyorobeka ntawamenya ibyange. Ariko nta mahoro mfite.<br \/>\n\u00a0<br \/>\nMporana umutima uncira urubanza, ndeba umwana w\u2019abandi ndi guhemukira nkumva nakwiyahura. Iyo ndangije gusambana ndarira. Ntekereza kuva muri ibyo byose nkabona iwacu bazicwa n\u2019inzara. Ni ukuri ndaremerewe mungire inama. Ese mbivemo nihane nkizwe? Mbwire se uwo musore turekane nigumire mu buraya kugirango atazamenya ibyanjye akiyahura?<br \/>\nNinkizwa se nzabaho nte kwishuli? Iwacu se bazarya iki? Ese ko ntigeze ntwita nkaba mpora nanipimisha nta SIDA ndwaye umunsi nanduye bwo bizagenda gute? Ni ukuri mubyumve ngo ndahangayitse nta mahoro yo mu mutima mfite. Kandi rwose murabibona ndi n\u2019umwana ufite future nziza kuko niga medecine generale!&#8221;<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <em>@Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>&#8220;Muraho nshuti Z&#8217;INKURU NZIZA PAGE? Mfite ikibazo kinkomereye ndifuza inama zanyu. Ndi umukobwa w\u2019imyaka 22 niga muri kaminuza y\u2019u Rwanda i Huye mu mwaka wa kabiri. Nakuze ndi umukobwa w\u2019umuhanga mu ishuri, wiyubaha kandi abantu bose baranyemeraga ko ndi serieuse. \u00a0 Nakuriye mu muryango ukennye cyane, ndi imfura iwacu kandi turi abana bane. Mama nta [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-8830","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umusore dukundana aranyizera cyane, njye nkora uburaya ndetse kubireka byarananiye- NKORE IKI? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8830\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umusore dukundana aranyizera cyane, njye nkora uburaya ndetse kubireka byarananiye- NKORE IKI? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"&#8220;Muraho nshuti Z&#8217;INKURU NZIZA PAGE? Mfite ikibazo kinkomereye ndifuza inama zanyu. Ndi umukobwa w\u2019imyaka 22 niga muri kaminuza y\u2019u Rwanda i Huye mu mwaka wa kabiri. Nakuze ndi umukobwa w\u2019umuhanga mu ishuri, wiyubaha kandi abantu bose baranyemeraga ko ndi serieuse. \u00a0 Nakuriye mu muryango ukennye cyane, ndi imfura iwacu kandi turi abana bane. Mama nta [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8830\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-01-10T20:12:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:02:15+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8830#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8830\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umusore dukundana aranyizera cyane, njye nkora uburaya ndetse kubireka byarananiye- NKORE IKI?\",\"datePublished\":\"2018-01-10T20:12:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:15+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8830\"},\"wordCount\":484,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8830#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8830\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8830\",\"name\":\"Umusore dukundana aranyizera cyane, njye nkora uburaya ndetse kubireka byarananiye- NKORE IKI? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-01-10T20:12:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:15+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8830#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8830\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8830#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umusore dukundana aranyizera cyane, njye nkora uburaya ndetse kubireka byarananiye- NKORE IKI?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umusore dukundana aranyizera cyane, njye nkora uburaya ndetse kubireka byarananiye- NKORE IKI? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8830","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umusore dukundana aranyizera cyane, njye nkora uburaya ndetse kubireka byarananiye- NKORE IKI? - BWIZA","og_description":"&#8220;Muraho nshuti Z&#8217;INKURU NZIZA PAGE? Mfite ikibazo kinkomereye ndifuza inama zanyu. Ndi umukobwa w\u2019imyaka 22 niga muri kaminuza y\u2019u Rwanda i Huye mu mwaka wa kabiri. Nakuze ndi umukobwa w\u2019umuhanga mu ishuri, wiyubaha kandi abantu bose baranyemeraga ko ndi serieuse. \u00a0 Nakuriye mu muryango ukennye cyane, ndi imfura iwacu kandi turi abana bane. Mama nta [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8830","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-01-10T20:12:19+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:02:15+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8830#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8830"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umusore dukundana aranyizera cyane, njye nkora uburaya ndetse kubireka byarananiye- NKORE IKI?","datePublished":"2018-01-10T20:12:19+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:15+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8830"},"wordCount":484,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8830#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8830","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8830","name":"Umusore dukundana aranyizera cyane, njye nkora uburaya ndetse kubireka byarananiye- NKORE IKI? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-01-10T20:12:19+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:15+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8830#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8830"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8830#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umusore dukundana aranyizera cyane, njye nkora uburaya ndetse kubireka byarananiye- NKORE IKI?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8830","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8830"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8830\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8830"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8830"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8830"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}