{"id":8832,"date":"2018-01-11T09:26:29","date_gmt":"2018-01-11T09:26:29","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/01\/11\/impunzi-z-abanyarwanda-zandikiye-hcr-zisaba-kutazoherezwa-mu-rwanda-nyuma-yo\/"},"modified":"2018-01-11T09:26:29","modified_gmt":"2018-01-11T09:26:29","slug":"impunzi-z-abanyarwanda-zandikiye-hcr-zisaba-kutazoherezwa-mu-rwanda-nyuma-yo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8832","title":{"rendered":"Impunzi z\u2019Abanyarwanda zandikiye HCR zisaba kutazoherezwa mu Rwanda nyuma yo gukurirwaho ubuhunzi"},"content":{"rendered":"<p>Abanyarwanda bari mu buhungiro bisabiye gukomeza kwitwa impunzi aho gusubira mu Rwanda bavuga ko nta mutekano bahagirira. Ni mu gihe u Rwanda rwatangije gahunda ya Come and See, Go and Tell mu 2013 mu rwego rwo kugirango impunzi zijye zibasha kuza mu Rwanda kwirebera ukuri guhari aho kwishinga impuha ahanini zigamije guhindanya isura y\u2019igihugu.<br \/>\nMu busabe bageneye Ishami ry\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye rishinzwe impunzi (HCR), umwe muri aba banyarwanda uvuga ko afite impungenge uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Memory Mugisha, yasabye iri shami kutohereza Abanyarwanda mu gihugu cyabo.<br \/>\nMugisha avuga ko Guverinoma y\u2019u Rwanda ishaka gukurikirana no guhana abantu benda gusubira mu Rwanda.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n\u201cAbasubiye mu Rwanda barimo impunzi n\u2019abahoze ari impunzi banyerejwe n\u2019inzego z\u2019umutekano z\u2019u Rwanda, mu gihe abandi bafungiwe ahantu hatazwi igihe kirekire.<br \/>\nGuverinoma y\u2019u Rwanda yakunze kugenda ku mpunzi mu bihugu by\u2019ibituranyi ndetse ikabicira cyangwa ikabashimutira mu bihugu bahungiyemo.\u201d, ibi akaba ari bimwe mu bikubiye muri ubu busabe bwohererejwe HCR nk\u2019uko iyi nkuru dukesha Malawi24 ikomeza ivuga.<br \/>\nUbu busabe bukaba bukomeza bushinja Leta y\u2019u Rwanda kutubahiriza uburenganzira bw\u2019impunzi mu gihugu.<br \/>\nMu kwezi gushize kw\u2019Ukuboza 2017 nibwo HCR yakuyeho statut y\u2019impunzi ku banyarwanda bose baba mu bihugu byabakiriye nka Malawi, Tanzania, Afurika y\u2019Epfo n\u2019ibindi.<br \/>\nIbi bikaba bisobanuye ko izi mpunzi zigomba gusubizwa mu gihugu cyazo cyangwa zigashaka ibyangombwa bizemerera kuguma muri ibi bihugu ariko bitari mu rwego rw\u2019ubuhunzi.<br \/>\n <strong>Ese ibivugwa muri ubu busabe bwohererejwe HCR bifite ishingiro? Ese izabiha agaciro?<\/strong><br \/>\nMu mwaka ushize wa 2017 guhera ku itariki 25 kugeza ku itariki 29 Nzeri, nibwo impunzi z\u2019Abanyarwanda zigera kuri 15 ziturutse mu bihugu bitandukanye byazakiriye kuva mu 1994, zitabiriye gahunda ya \u201cCome and See, Go and Tell\u201d itegurwa ku bufatanye bwa minisiteri ishinzwe impunzi mu nshingano zayo ndetse na HCR ubwayo.<br \/>\nIyi gahunda ya come and see, go and tell ikaba igamije guhamagarira Abanyarwanda bari mu buhungiro kuza kwihera ijisho ubwabo aho u Rwanda rugeze mu mutekano n\u2019iterambere kugirango bazasubire mu bihugu byabakiriye bahe amakuru ya nyayo bagenzi babo aho kwishinga inkuru z\u2019impuha zigamije guhindanya isura y\u2019u Rwanda.<br \/>\nUmwe mu bitabiriye iyi gahunda witwa Nyirahabinka Innocente wari waturutse muri Zambia, aho yari amaze imyaka 23, yasobanuye ibyo yabonye nyuma y\u2019urugendo rwe, yizeza kuzasobanurira ibyo yiboneye ubwe abo yasize inyuma.<br \/>\nYagize ati: \u201cNdashimira Guverinoma y\u2019u Rwanda ku gutangiza gahunda ya Come and see, Go and Tell. Nitegereje buri kimwe, inzu z\u2019ibyatsi ntizikiba hano, nabonye ibikorwaremezo byiza byinshi nk\u2019imihanda, amashanyarazi, ibigo nderabuzima n\u2019ibindi byinshi. U Rwanda ni ukuri rwarahindutse.\u201d Ibi akaba yarabitangaje nyuma yo gusura umuryango we mu Murenge wa Mbazi, mu Karere ka Nyamagabe nk\u2019uko tubikesha urubuga reliefweb.int rukora inkuru zivuga ku bikorwa by\u2019ubutabazi ku isi yose.<br \/>\nUsibye Nyirahabinka, undi witwa Nkurikiyinka Damascene, Umunyarwanda wahungiye muri Zimbabwe kuva mu 1994, nawe wari waje muri iyi gahunda, yarayishimye avuga ko yamufashije kumenya neza mu by\u2019ukuri ibibera mu Rwanda bitandukanye n\u2019impuha yajyaga yumva aho aba mu buhungiro.<br \/>\nGuverinoma y\u2019u Rwanda ku bufatanye na HCR nibyo byishyuraga amafaranga y\u2019urugendo izi mpunzi zakoreshaga zitahuka, ndetse zigahabwa buri mwana amadorali 150$, umukuru agahabwa 250$ yo kubafasha gusubira mu buzima busanzwe.<br \/>\nAya mafaranga ariko ngo akaba atazongera guhabwa abarengeje itariki ya 31 Ukuboza 2017 batarataha.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abanyarwanda bari mu buhungiro bisabiye gukomeza kwitwa impunzi aho gusubira mu Rwanda bavuga ko nta mutekano bahagirira. Ni mu gihe u Rwanda rwatangije gahunda ya Come and See, Go and Tell mu 2013 mu rwego rwo kugirango impunzi zijye zibasha kuza mu Rwanda kwirebera ukuri guhari aho kwishinga impuha ahanini zigamije guhindanya isura y\u2019igihugu. Mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-8832","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Impunzi z\u2019Abanyarwanda zandikiye HCR zisaba kutazoherezwa mu Rwanda nyuma yo gukurirwaho ubuhunzi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8832\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Impunzi z\u2019Abanyarwanda zandikiye HCR zisaba kutazoherezwa mu Rwanda nyuma yo gukurirwaho ubuhunzi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abanyarwanda bari mu buhungiro bisabiye gukomeza kwitwa impunzi aho gusubira mu Rwanda bavuga ko nta mutekano bahagirira. Ni mu gihe u Rwanda rwatangije gahunda ya Come and See, Go and Tell mu 2013 mu rwego rwo kugirango impunzi zijye zibasha kuza mu Rwanda kwirebera ukuri guhari aho kwishinga impuha ahanini zigamije guhindanya isura y\u2019igihugu. Mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8832\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-01-11T09:26:29+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8832#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8832\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Impunzi z\u2019Abanyarwanda zandikiye HCR zisaba kutazoherezwa mu Rwanda nyuma yo gukurirwaho ubuhunzi\",\"datePublished\":\"2018-01-11T09:26:29+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8832\"},\"wordCount\":563,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8832#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8832\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8832\",\"name\":\"Impunzi z\u2019Abanyarwanda zandikiye HCR zisaba kutazoherezwa mu Rwanda nyuma yo gukurirwaho ubuhunzi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-01-11T09:26:29+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8832#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8832\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8832#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Impunzi z\u2019Abanyarwanda zandikiye HCR zisaba kutazoherezwa mu Rwanda nyuma yo gukurirwaho ubuhunzi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Impunzi z\u2019Abanyarwanda zandikiye HCR zisaba kutazoherezwa mu Rwanda nyuma yo gukurirwaho ubuhunzi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8832","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Impunzi z\u2019Abanyarwanda zandikiye HCR zisaba kutazoherezwa mu Rwanda nyuma yo gukurirwaho ubuhunzi - BWIZA","og_description":"Abanyarwanda bari mu buhungiro bisabiye gukomeza kwitwa impunzi aho gusubira mu Rwanda bavuga ko nta mutekano bahagirira. Ni mu gihe u Rwanda rwatangije gahunda ya Come and See, Go and Tell mu 2013 mu rwego rwo kugirango impunzi zijye zibasha kuza mu Rwanda kwirebera ukuri guhari aho kwishinga impuha ahanini zigamije guhindanya isura y\u2019igihugu. Mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8832","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-01-11T09:26:29+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8832#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8832"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Impunzi z\u2019Abanyarwanda zandikiye HCR zisaba kutazoherezwa mu Rwanda nyuma yo gukurirwaho ubuhunzi","datePublished":"2018-01-11T09:26:29+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8832"},"wordCount":563,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8832#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8832","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8832","name":"Impunzi z\u2019Abanyarwanda zandikiye HCR zisaba kutazoherezwa mu Rwanda nyuma yo gukurirwaho ubuhunzi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-01-11T09:26:29+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8832#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8832"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8832#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Impunzi z\u2019Abanyarwanda zandikiye HCR zisaba kutazoherezwa mu Rwanda nyuma yo gukurirwaho ubuhunzi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8832","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8832"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8832\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8832"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8832"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8832"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}