{"id":8875,"date":"2018-01-16T11:51:50","date_gmt":"2018-01-16T11:51:50","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/01\/16\/bamwe-mu-bahanzi-nyarwanda-bagacishijeho-batakivugwa-cyane\/"},"modified":"2025-02-03T01:50:06","modified_gmt":"2025-02-02T23:50:06","slug":"bamwe-mu-bahanzi-nyarwanda-bagacishijeho-batakivugwa-cyane","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8875","title":{"rendered":"Bamwe mu bahanzi nyarwanda bagacishijeho batakivugwa cyane"},"content":{"rendered":"<p>Mu gihe abantu batandukanye biyita abahanzi ku bw\u2019 impamvu zinyuranye mu Rwanda birakomeye kugirango tumenye gutandukanya ababikora babishoboye ndetse n\u2019 ababikora bagamije kwimenyekanisha cyangwa gushakisha indamu.<br \/>\nNi muri urwo rwego harimo abantu binjira mu buhanzi bamara kubona amafaranga bakabireka abandi bakawinjiramo bahura n\u2019 inzitizi ntibashobore kwihangana ahubwo bakabihagarika nk\u2019 uko babitangiye.<br \/>\n <strong>Mazimpaka Rafiki<\/strong> : Uko bimeze kose, Rafiki ari mu bahanzi  bagize uruhare rukomeye mu gukora muzika no kuwushishikariza urundi rubyiruko.<br \/>\nYaje no kugira  amahirwe yo kwiteza imbere ariko biza kugenda byanga bitewe n\u2019 ikirere cy\u2019 isoko rya muzika mu gihugu.<br \/>\nNubwo atagaragara cyane mu ruhando rwa Muzika, Rafiki bakunze kwita umwami wa Coga Style aboneka muri karaoke mu tubyiniriro mu Mujyi wa Kigali.<br \/>\n <strong>Patrick Gihana<\/strong> : Uyu muhanzi yamenyerewe cyane mu Itorero Indahemuka kugeza muri 2003.<br \/>\nMu kiganiro yagiranye na Bwiza.com yatangaje ko yari amaze iminsi ahugiye mu mushinga w\u2019 ubwanditsi.<br \/>\nGihana ati\u201d Iyo umuntu azi icyo akora agenda buhoro buhoro kandi akagerayo, ubu nari maze iminsi nandika igitabo kizafasha benshi naho muzika yo ni igihango\u201d.<br \/>\n <strong>Albert Nzobonimana(Mbabura)<\/strong> : Uyu mucuranzi yigeze kwamamara hano mu Rwanda hagati y\u2019 umwaka wa 1996 kugeza 2002.Yagiye gukorera mu Burundi aho akomeje gukora muzika ye ndetse anawigisha abana bo mu ishuri ryisumbuye , Ecole Belge I Bujumbura.<br \/>\n <strong>BABLY AKA The bible verses<\/strong> : Uyu muraperi wagize ibihe byiza muri muzika ndetse anigarurira imitima ya benshi yaje kujya gukomeza amashuri ye ya Kaminuza muri KIST.<br \/>\nBably asoje amasomo ye mu ishami ya Design&#038;Architecture yashoboye kwihangira imirimo ariko akanakora muzika ku rugero rwo hasi.<br \/>\n <strong>KAYITARE Wayitare<\/strong> : Yaramenyekanya mu gihe cye ,ariko kugeza magingo aya, yibanda ahanini ku bikorwa byo gufasha(compassion).<br \/>\nKayitare bakunze kwita Dembe agaragara cyane mu itangazamakuru mu bikorwa by\u2019 amashyirahamwe afasha abantu babana n\u2019 ubwandu hano mu Rwanda no mu karere ka EAC.<br \/>\n <strong>Elion VICTORY<\/strong> : Nyuma yo kwandika amateka mu ndirimbo ze zakunzwe n\u2019 abantu b\u2019 ingeli zose hano mu Rwanda, uyu muhanzi abarizwa I Nairobi muri Kenya aho akorera muzika ye , ikanamutunga(professionalism).<br \/>\n <strong>SANDRA Miraji<\/strong> :    Uyu muraperekazi yari yatangiye kugira abakunzi benshi ariko nyuma y\u2019 igihe gito yahise abura mu ruhando rwa muzika.<br \/>\n <strong>MC.Fab<\/strong> : uyu muririmbyi yagacishijeho ariko azakujya gukomeza amashuri ye ya Kaminuza ayasoje yahise akomeza gukora muri Banki y\u2019 ubucuruzi hano mu Rwanda.<br \/>\n <strong>Young Junior<\/strong> : Uyu muhanzi yakunzwe mu Rwanda ubwo yakoranaga n\u2019 abaraperi batandukanye harimo na Diplomat mu bice by\u2019 indirimbo bakunze kwita chorus.<br \/>\nYagiye kwiga mu Buhinde agarutse mu Rwanda ntiyongeye gukora muzika ahubwo yahise ajya kwishakishiriza ubuzima.<br \/>\n <strong>Nuru Fasasi:<\/strong>  Ni umwe mu batangije injyana ya Rap mu Rwanda ndetse anamenyekana cyane.<br \/>\nYagize amahirwe akomeza amashuri ye, ubu yasoje icyiro cya kabiri cya Kaminuza mu ishami ry\u2019 imiyoborere n\u2019 imbonezamubano(Administration &#038;Social works).<br \/>\nMu kiganiro na Bwiza.com, Diplomate avuga ko yiteguye gutanga ubutumwa mu ndirimbo ze nshyashya ndetse n\u2019 iza kera.<br \/>\nAti \u201cibikorwa bihari ndetse biranivugira abafana banjye ntibacike integer kuko ndahari kandi bashonje bahishiwe\u201d.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Assumpta Gema\/ Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe abantu batandukanye biyita abahanzi ku bw\u2019 impamvu zinyuranye mu Rwanda birakomeye kugirango tumenye gutandukanya ababikora babishoboye ndetse n\u2019 ababikora bagamije kwimenyekanisha cyangwa gushakisha indamu. Ni muri urwo rwego harimo abantu binjira mu buhanzi bamara kubona amafaranga bakabireka abandi bakawinjiramo bahura n\u2019 inzitizi ntibashobore kwihangana ahubwo bakabihagarika nk\u2019 uko babitangiye. Mazimpaka Rafiki : Uko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[355],"tags":[],"class_list":["post-8875","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imyidagaduro-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bamwe mu bahanzi nyarwanda bagacishijeho batakivugwa cyane - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8875\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bamwe mu bahanzi nyarwanda bagacishijeho batakivugwa cyane - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe abantu batandukanye biyita abahanzi ku bw\u2019 impamvu zinyuranye mu Rwanda birakomeye kugirango tumenye gutandukanya ababikora babishoboye ndetse n\u2019 ababikora bagamije kwimenyekanisha cyangwa gushakisha indamu. Ni muri urwo rwego harimo abantu binjira mu buhanzi bamara kubona amafaranga bakabireka abandi bakawinjiramo bahura n\u2019 inzitizi ntibashobore kwihangana ahubwo bakabihagarika nk\u2019 uko babitangiye. Mazimpaka Rafiki : Uko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8875\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-01-16T11:51:50+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:50:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8875#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8875\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Bamwe mu bahanzi nyarwanda bagacishijeho batakivugwa cyane\",\"datePublished\":\"2018-01-16T11:51:50+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:50:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8875\"},\"wordCount\":477,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"imyidagaduro\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8875#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8875\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8875\",\"name\":\"Bamwe mu bahanzi nyarwanda bagacishijeho batakivugwa cyane - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-01-16T11:51:50+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:50:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8875#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8875\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8875#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bamwe mu bahanzi nyarwanda bagacishijeho batakivugwa cyane\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bamwe mu bahanzi nyarwanda bagacishijeho batakivugwa cyane - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8875","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bamwe mu bahanzi nyarwanda bagacishijeho batakivugwa cyane - BWIZA","og_description":"Mu gihe abantu batandukanye biyita abahanzi ku bw\u2019 impamvu zinyuranye mu Rwanda birakomeye kugirango tumenye gutandukanya ababikora babishoboye ndetse n\u2019 ababikora bagamije kwimenyekanisha cyangwa gushakisha indamu. Ni muri urwo rwego harimo abantu binjira mu buhanzi bamara kubona amafaranga bakabireka abandi bakawinjiramo bahura n\u2019 inzitizi ntibashobore kwihangana ahubwo bakabihagarika nk\u2019 uko babitangiye. Mazimpaka Rafiki : Uko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8875","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-01-16T11:51:50+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:50:06+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8875#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8875"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Bamwe mu bahanzi nyarwanda bagacishijeho batakivugwa cyane","datePublished":"2018-01-16T11:51:50+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:50:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8875"},"wordCount":477,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["imyidagaduro"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8875#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8875","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8875","name":"Bamwe mu bahanzi nyarwanda bagacishijeho batakivugwa cyane - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-01-16T11:51:50+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:50:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8875#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8875"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8875#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bamwe mu bahanzi nyarwanda bagacishijeho batakivugwa cyane"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8875","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8875"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8875\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8875"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8875"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8875"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}