{"id":8887,"date":"2018-01-19T16:37:17","date_gmt":"2018-01-19T16:37:17","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/01\/19\/umuyobozi-mwiza-ni-ucyemura-ibibazo-by-abaturage-akanabishakira-ibisubizo\/"},"modified":"2025-02-12T14:54:14","modified_gmt":"2025-02-12T12:54:14","slug":"umuyobozi-mwiza-ni-ucyemura-ibibazo-by-abaturage-akanabishakira-ibisubizo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8887","title":{"rendered":"Umuyobozi mwiza ni ucyemura ibibazo by\u2019abaturage, akanabishakira ibisubizo- Murekezi Anastase"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Ubwo yasuraga akarere ka Ruhango, ku wa kabiri  tariki ya 16  Mutarama 2018, mu rwego rwo gucyemura ibibazo by\u2019abaturage ,Umuvunyi mukuru,  Anastase Murekezi,yibukije abayobozi bo muri aka karere, ko ishema ryabo ryagombye iryo gucyemura ibibazo by&#8217;abaturage ku gihe batagombye kubitinza ngo bihinduke ibirarane.<\/strong> <\/em><br \/>\nMu biganiro Umuvunyi mukuru Anastase Murekezi yagiranye n\u2019abayobozi b\u2019aka karere, yavuze ko icyo yifuza ari uko Abanyarwanda bakira, ariko ntibashake gukira batavunitse,kuko ari ho hava gutuma badacyemura ibibazo ,ahubwo bakabicyemura ari uko babanje kurya ruswa.<br \/>\nGusa ariko umuvunyi yibutsa buri wese yaba abayobozi, amadini n\u2019amatorero ko bakwiye kugira ubufatanye nabo hagati yabo n\u2019abayobozi n\u2019abaturage, ariko ibibazo byugarije abanyarwanda cyane cyane ibishingiye ku makimbirane yo mu miryango, abapfa amasambu ,ubutaka ndetse n\u2019amakimbirane yo mu ngo ari nayo avamo ihohoterwa.<br \/>\nAsaba abaturage kandi kujya banyurwa n\u2019imyanzuro yafashwe n\u2019inkiko ,mu gihe bigaragaye ko batarenganijwe,aho gukomeza kuburana imanza za Ndanze.<br \/>\nYagize ati\u00ab umuyobozi mwiza ni urangwa no gucyemura ibibazo by\u2019abaturage ,akabishakira ibisubizo ,n\u2019iby\u2019ejo hazaza,ariko abaturage nabo igihe bigaragaye ko ibyemezo byafashwe n\u2019inkiko bitarimo akarengane,bakwiye kujya babyakira,ntibakomeze kwiruka mu manza,ahubwo uwo mwanya bakawukoresha bakora imirimo ibateza imbere.\u00bb<br \/>\nIbibazo byiganjemo iby\u2019imanza z\u2019amasambu kandi zavuye mu nkiko, nizo umuvunyi mukuru yakirijwe muri aka karere, urugero ni uwitwa Karekezi Pascal wo mu kagari ka Kirengeri mu murenge wa Byimana, uburana isambu kuva mu mwaka wa 2013, nyuma yo gutsindwa mu nkiko zitandukanye, ndetse akanitabaza urwego rw\u2019umuvunyi ariko narwo rwasuzuma ikibazo cye rugasanga ntaho yarenganijwe, urubanza rwe rwaraciwe ku buryo bukwiye.<br \/>\nAha ni naho yahereye asaba abaturage kujya bakira ibyemezo byaciwe n\u2019inkiko, ntibahore basiragira mu nkiko.<br \/>\nUmuyobozi w\u2019akarere ka Ruhango,Mbabazi Fran\u00e0\u00a7ois Xavier, avuga ko hari ibyo koko ubuyobozi buba butacyemuriye ku  gihe,harimo nk\u2019ibyo kurangiza imanza ariko abahesha b\u2019inkiko bakabura aho ubwishyu buva,bitewe nuko uwatsinzwe aba nta mitungo afite.<br \/>\nYagize ati\u00ab hari ibyo koko ubuyobozi budacyemurira igihe,bitewe no kubura imitungo ngo imanza zirangizwe,ariko hari n\u2019ibiba byararangijwe,ariko ugasanga abaturage batanyuzwe n\u2019imyanzuro y\u2019inkiko,ndetse bagakomeza gusiragira baburana,ariko ibitureba guhera kuwa mbere turatangira kubicyemura ndetse umuvunyi azagaruka byaracyemutse&#8221;.<br \/>\nKugeza ubu urwego rw\u2019umuvunyi ruvuga ko hari ibibazo by\u2019ibirarane 2000 by\u2019imanza zigomba gusubirwamo ku rukiko rw\u2019ikirenga,ariko rukavuga ko rwihaye gahunda ko muri uyu mwaka wa 2018,hazaba hacyemutse 1000.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <em> <strong>Uwambayinema M.Jeanne\/Bwiza.com<\/strong> <\/em><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubwo yasuraga akarere ka Ruhango, ku wa kabiri tariki ya 16 Mutarama 2018, mu rwego rwo gucyemura ibibazo by\u2019abaturage ,Umuvunyi mukuru, Anastase Murekezi,yibukije abayobozi bo muri aka karere, ko ishema ryabo ryagombye iryo gucyemura ibibazo by&#8217;abaturage ku gihe batagombye kubitinza ngo bihinduke ibirarane. Mu biganiro Umuvunyi mukuru Anastase Murekezi yagiranye n\u2019abayobozi b\u2019aka karere, yavuze ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-8887","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umuyobozi mwiza ni ucyemura ibibazo by\u2019abaturage, akanabishakira ibisubizo- Murekezi Anastase - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8887\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umuyobozi mwiza ni ucyemura ibibazo by\u2019abaturage, akanabishakira ibisubizo- Murekezi Anastase - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubwo yasuraga akarere ka Ruhango, ku wa kabiri tariki ya 16 Mutarama 2018, mu rwego rwo gucyemura ibibazo by\u2019abaturage ,Umuvunyi mukuru, Anastase Murekezi,yibukije abayobozi bo muri aka karere, ko ishema ryabo ryagombye iryo gucyemura ibibazo by&#8217;abaturage ku gihe batagombye kubitinza ngo bihinduke ibirarane. Mu biganiro Umuvunyi mukuru Anastase Murekezi yagiranye n\u2019abayobozi b\u2019aka karere, yavuze ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8887\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-01-19T16:37:17+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:54:14+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8887#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8887\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umuyobozi mwiza ni ucyemura ibibazo by\u2019abaturage, akanabishakira ibisubizo- Murekezi Anastase\",\"datePublished\":\"2018-01-19T16:37:17+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:54:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8887\"},\"wordCount\":414,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8887#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8887\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8887\",\"name\":\"Umuyobozi mwiza ni ucyemura ibibazo by\u2019abaturage, akanabishakira ibisubizo- Murekezi Anastase - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-01-19T16:37:17+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:54:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8887#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8887\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8887#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umuyobozi mwiza ni ucyemura ibibazo by\u2019abaturage, akanabishakira ibisubizo- Murekezi Anastase\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umuyobozi mwiza ni ucyemura ibibazo by\u2019abaturage, akanabishakira ibisubizo- Murekezi Anastase - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8887","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umuyobozi mwiza ni ucyemura ibibazo by\u2019abaturage, akanabishakira ibisubizo- Murekezi Anastase - BWIZA","og_description":"Ubwo yasuraga akarere ka Ruhango, ku wa kabiri tariki ya 16 Mutarama 2018, mu rwego rwo gucyemura ibibazo by\u2019abaturage ,Umuvunyi mukuru, Anastase Murekezi,yibukije abayobozi bo muri aka karere, ko ishema ryabo ryagombye iryo gucyemura ibibazo by&#8217;abaturage ku gihe batagombye kubitinza ngo bihinduke ibirarane. Mu biganiro Umuvunyi mukuru Anastase Murekezi yagiranye n\u2019abayobozi b\u2019aka karere, yavuze ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8887","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-01-19T16:37:17+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:54:14+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8887#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8887"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umuyobozi mwiza ni ucyemura ibibazo by\u2019abaturage, akanabishakira ibisubizo- Murekezi Anastase","datePublished":"2018-01-19T16:37:17+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:54:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8887"},"wordCount":414,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8887#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8887","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8887","name":"Umuyobozi mwiza ni ucyemura ibibazo by\u2019abaturage, akanabishakira ibisubizo- Murekezi Anastase - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-01-19T16:37:17+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:54:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8887#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8887"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8887#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umuyobozi mwiza ni ucyemura ibibazo by\u2019abaturage, akanabishakira ibisubizo- Murekezi Anastase"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8887","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8887"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8887\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8887"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8887"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8887"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}