{"id":8902,"date":"2018-01-22T16:18:42","date_gmt":"2018-01-22T16:18:42","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/01\/22\/nakundaniye-n-umugabo-kuri-facebook-antera-inda-nzi-ko-tuzabana-nasanze-afite\/"},"modified":"2025-02-03T01:02:14","modified_gmt":"2025-02-02T23:02:14","slug":"nakundaniye-n-umugabo-kuri-facebook-antera-inda-nzi-ko-tuzabana-nasanze-afite","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8902","title":{"rendered":"Nakundaniye n\u2019umugabo kuri Facebook antera inda nzi ko tuzabana, nasanze afite umugore n\u2019abana 3-  NKORE IKI?"},"content":{"rendered":"<p>Ndi umukobwa w\u2019imyaka 22, iwacu ni ku kamonyi narangije amaashuri yisumbuye maze imyaka 3 ndangije kwiga, njya nsoma inkuru zanyu mwandika kuri bwiza.com mugira inama abantu ;nanjye mfite ibibazo nimungire inama ,nakundanye n\u2019umugabo twamenyaniye kuri Facebook ,yakundaga kumbwira ko ankunda kandi ko ashaka ko tuzabana ,yaje kunsaba ko duhura tukaganira ku rukundo rwacu kandi ambwira ko ashaka ko twazararana muri Rodge i Kigali.<br \/>\nTwararanye ijoro rimwe antera inda musabye ko tubana ambwira ko afite umugore.<br \/>\nNabeshye mama ko hari umwana twiganye ufite ubukwe kandi ashaka ko mufasha nkamwambarira ,mama yampaye uruhushya ngeze i Kigali yakodesheje Rodge turaranamo bukeye ampa ticket ndataha ,igihe cyanjye cy\u2019imihango ntiyigeze iza byanteye ubwoba bituma mubwira ko nshobora kuba ntwite ,yansabye ko njya i Kigali anjyana ku muganga basanga ntwite musabye ko twabana ambwira ko bidashoboka kuko afite umugore n\u2019abana 3.<br \/>\nNaratunguwe kuko tumenyanira kuri Facebook yambwira ko nta mugore agira akibimbwira nagize agahinda kuko mama yahoraga ampana kujya mu bahungu nari naragerageje kubyubahiriza kuko naryamanye na we ndi isugi.<br \/>\nNatorotse umubyeyi  ubu nkora uburaya kandi mbona ari umwuga uzankoza isoni nshaka kubivamo  ariko natinye gusubira  iwacu.<br \/>\nNagize ubwoba bwo kubwira mama ko ntwite nagiye Kimisagara ku mukobwa twiganye nsanga akora umwuga w\u2019uburaya arancumbikira ambwira ko nintatega abagabo azanyirukana byatumye nanjye ntangira gutega abagabo ariko kubera isoni zo gutinya ko abantu bambona bakazabwira Mama ko ndi indaya kandi ntabwo azi aho mba kuko natinye kubwira Mama ko ntwite amenye ko ndi indaya ahari yakwiyahura.<br \/>\nNabuze icyo nakora mungire inama, Ubu mfite inda y\u2019amezi 5 numva nataha ariko byarananiye kuko ntinya ko kubwira Mama ko ntwite ariko natekereza umwuga nkora ko untera isoni ndetse nuko umubyeyi amenye ibyo ko ndi indaya ashobora no kwiyahura nabuze icyo nkora ndasaba abasomyi ba Bwiza kungira inama z\u2019icyo nakora nkava mu buraya kuko ntabwishimira ndetse ntinya kubabaza umubyeyi wanjye wampaga byose ubu ntazi aho mba.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <em>@Bwiza.com<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ndi umukobwa w\u2019imyaka 22, iwacu ni ku kamonyi narangije amaashuri yisumbuye maze imyaka 3 ndangije kwiga, njya nsoma inkuru zanyu mwandika kuri bwiza.com mugira inama abantu ;nanjye mfite ibibazo nimungire inama ,nakundanye n\u2019umugabo twamenyaniye kuri Facebook ,yakundaga kumbwira ko ankunda kandi ko ashaka ko tuzabana ,yaje kunsaba ko duhura tukaganira ku rukundo rwacu kandi ambwira [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-8902","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nakundaniye n\u2019umugabo kuri Facebook antera inda nzi ko tuzabana, nasanze afite umugore n\u2019abana 3- NKORE IKI? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8902\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nakundaniye n\u2019umugabo kuri Facebook antera inda nzi ko tuzabana, nasanze afite umugore n\u2019abana 3- NKORE IKI? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ndi umukobwa w\u2019imyaka 22, iwacu ni ku kamonyi narangije amaashuri yisumbuye maze imyaka 3 ndangije kwiga, njya nsoma inkuru zanyu mwandika kuri bwiza.com mugira inama abantu ;nanjye mfite ibibazo nimungire inama ,nakundanye n\u2019umugabo twamenyaniye kuri Facebook ,yakundaga kumbwira ko ankunda kandi ko ashaka ko tuzabana ,yaje kunsaba ko duhura tukaganira ku rukundo rwacu kandi ambwira [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=8902\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-01-22T16:18:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:02:14+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8902#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8902\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nakundaniye n\u2019umugabo kuri Facebook antera inda nzi ko tuzabana, nasanze afite umugore n\u2019abana 3- NKORE IKI?\",\"datePublished\":\"2018-01-22T16:18:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8902\"},\"wordCount\":341,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8902#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8902\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8902\",\"name\":\"Nakundaniye n\u2019umugabo kuri Facebook antera inda nzi ko tuzabana, nasanze afite umugore n\u2019abana 3- NKORE IKI? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-01-22T16:18:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8902#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8902\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=8902#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nakundaniye n\u2019umugabo kuri Facebook antera inda nzi ko tuzabana, nasanze afite umugore n\u2019abana 3- NKORE IKI?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nakundaniye n\u2019umugabo kuri Facebook antera inda nzi ko tuzabana, nasanze afite umugore n\u2019abana 3- NKORE IKI? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8902","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nakundaniye n\u2019umugabo kuri Facebook antera inda nzi ko tuzabana, nasanze afite umugore n\u2019abana 3- NKORE IKI? - BWIZA","og_description":"Ndi umukobwa w\u2019imyaka 22, iwacu ni ku kamonyi narangije amaashuri yisumbuye maze imyaka 3 ndangije kwiga, njya nsoma inkuru zanyu mwandika kuri bwiza.com mugira inama abantu ;nanjye mfite ibibazo nimungire inama ,nakundanye n\u2019umugabo twamenyaniye kuri Facebook ,yakundaga kumbwira ko ankunda kandi ko ashaka ko tuzabana ,yaje kunsaba ko duhura tukaganira ku rukundo rwacu kandi ambwira [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8902","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-01-22T16:18:42+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:02:14+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8902#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8902"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nakundaniye n\u2019umugabo kuri Facebook antera inda nzi ko tuzabana, nasanze afite umugore n\u2019abana 3- NKORE IKI?","datePublished":"2018-01-22T16:18:42+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8902"},"wordCount":341,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8902#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8902","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8902","name":"Nakundaniye n\u2019umugabo kuri Facebook antera inda nzi ko tuzabana, nasanze afite umugore n\u2019abana 3- NKORE IKI? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-01-22T16:18:42+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8902#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=8902"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=8902#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nakundaniye n\u2019umugabo kuri Facebook antera inda nzi ko tuzabana, nasanze afite umugore n\u2019abana 3- NKORE IKI?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8902","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=8902"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/8902\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=8902"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=8902"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=8902"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}