{"id":9066,"date":"2018-02-07T16:22:28","date_gmt":"2018-02-07T16:22:28","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/02\/07\/umugabo-wanjye-ni-pasiteri-twese-turakijijwe-ndatwite-ariko-inda-yatumye-nshaka\/"},"modified":"2025-02-25T14:14:49","modified_gmt":"2025-02-25T12:14:49","slug":"umugabo-wanjye-ni-pasiteri-twese-turakijijwe-ndatwite-ariko-inda-yatumye-nshaka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9066","title":{"rendered":"Umugabo wanjye ni pasiteri, twese turakijijwe, ndatwite ariko inda yatumye nshaka inzoga cyane, niyo impumuriye mbura amahoro &#8211; NKORE IKI?"},"content":{"rendered":"<p>Bene data, ndabaramutsa mu izina ry\u2019umwami Yesu, mumbabarire ntabwo nifuje ko amazina yanjye atangaza, kubera inshingano mfite mu itorero umugabo wanjye abereye umuyobozi.<br \/>\nNdi umugore, ubu ntwite inda ya kabiri, kuva mu bukumi bwanjye ku myaka nka 17, sinababwira uko inzoga iryoha ariko ubu umutima wanjye urenda guturika kubera kuyirarikira.<br \/>\nInda mfite imaze kugira amezi atanu n&#8217;iminsi mike, ariko uko amezi akura ndushaho kumva nshaka inzoga cyane, niyo nciye hafi yaho bazicururiza mba numva umutima wenda kuvamo, kubona aho bayinywa byo biba ibindi.<br \/>\nSinzi niba navuga ko ari ikigeregezo cya satani, nshuti zacu za bwiza.com, nimungire inama, umugabo wanjye narabimubwiye, abifata nk\u2019inzozi mbi narose, ndongera ndamubwira abifata uko, ariko aho bigeze ndumva byandenze, mbese meze nk\u2019umuntu wazamutse umusozi cyane ku zuba ryinshi, yagera hejuru akabura amazi yo kunywa.<br \/>\nSi uko nyobewe ko inzoga ari mbi, sinavuga ko iryoha ari iyi cyangwa iriya, si ubwoko bw\u2019inzoga runaka numva ndarikiye, nanjye byanyobeye ibyambayeho. Umugore nagishije inama we yahise ambwira ko amaherezo ngomba kuyinywa kandi na we arakijijwe, ariko na none nkatinya icyaha, umugabo se we nasanga nayinyoye? nabyo nkumva bishobora kunsenyera, kumva ngo umugore wa pasiteri anywa inzoga cyangwa hakagira umbona ndimo kuyigura.<br \/>\nMungire inama, dukunda inama mutugira. Murakoze Imana ikomeze kubaha umugisha.<\/p>\n<div class=\"epyt-video-wrapper\">\n<div  id=\"_ytid_55219\"  width=\"1170\" height=\"658\"  data-origwidth=\"1170\" data-origheight=\"658\" data-facadesrc=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/0LVIgS3cTag?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;disablekb=0&#038;\" class=\"__youtube_prefs__ epyt-facade epyt-is-override  no-lazyload\" data-epautoplay=\"1\" ><img decoding=\"async\" data-spai-excluded=\"true\" class=\"epyt-facade-poster skip-lazy\" loading=\"lazy\"  alt=\"YouTube player\"  src=\"https:\/\/i.ytimg.com\/vi\/0LVIgS3cTag\/maxresdefault.jpg\"  \/><button class=\"epyt-facade-play\" aria-label=\"Play\"><svg data-no-lazy=\"1\" height=\"100%\" version=\"1.1\" viewBox=\"0 0 68 48\" width=\"100%\"><path class=\"ytp-large-play-button-bg\" d=\"M66.52,7.74c-0.78-2.93-2.49-5.41-5.42-6.19C55.79,.13,34,0,34,0S12.21,.13,6.9,1.55 C3.97,2.33,2.27,4.81,1.48,7.74C0.06,13.05,0,24,0,24s0.06,10.95,1.48,16.26c0.78,2.93,2.49,5.41,5.42,6.19 C12.21,47.87,34,48,34,48s21.79-0.13,27.1-1.55c2.93-0.78,4.64-3.26,5.42-6.19C67.94,34.95,68,24,68,24S67.94,13.05,66.52,7.74z\" fill=\"#f00\"><\/path><path d=\"M 45,24 27,14 27,34\" fill=\"#fff\"><\/path><\/svg><\/button><\/div>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bene data, ndabaramutsa mu izina ry\u2019umwami Yesu, mumbabarire ntabwo nifuje ko amazina yanjye atangaza, kubera inshingano mfite mu itorero umugabo wanjye abereye umuyobozi. Ndi umugore, ubu ntwite inda ya kabiri, kuva mu bukumi bwanjye ku myaka nka 17, sinababwira uko inzoga iryoha ariko ubu umutima wanjye urenda guturika kubera kuyirarikira. Inda mfite imaze kugira amezi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-9066","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umugabo wanjye ni pasiteri, twese turakijijwe, ndatwite ariko inda yatumye nshaka inzoga cyane, niyo impumuriye mbura amahoro - NKORE IKI? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9066\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umugabo wanjye ni pasiteri, twese turakijijwe, ndatwite ariko inda yatumye nshaka inzoga cyane, niyo impumuriye mbura amahoro - NKORE IKI? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bene data, ndabaramutsa mu izina ry\u2019umwami Yesu, mumbabarire ntabwo nifuje ko amazina yanjye atangaza, kubera inshingano mfite mu itorero umugabo wanjye abereye umuyobozi. Ndi umugore, ubu ntwite inda ya kabiri, kuva mu bukumi bwanjye ku myaka nka 17, sinababwira uko inzoga iryoha ariko ubu umutima wanjye urenda guturika kubera kuyirarikira. Inda mfite imaze kugira amezi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9066\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-02-07T16:22:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:14:49+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9066#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9066\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umugabo wanjye ni pasiteri, twese turakijijwe, ndatwite ariko inda yatumye nshaka inzoga cyane, niyo impumuriye mbura amahoro &#8211; NKORE IKI?\",\"datePublished\":\"2018-02-07T16:22:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:14:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9066\"},\"wordCount\":234,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9066#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9066\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9066\",\"name\":\"Umugabo wanjye ni pasiteri, twese turakijijwe, ndatwite ariko inda yatumye nshaka inzoga cyane, niyo impumuriye mbura amahoro - NKORE IKI? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-02-07T16:22:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:14:49+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9066#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9066\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9066#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umugabo wanjye ni pasiteri, twese turakijijwe, ndatwite ariko inda yatumye nshaka inzoga cyane, niyo impumuriye mbura amahoro &#8211; NKORE IKI?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umugabo wanjye ni pasiteri, twese turakijijwe, ndatwite ariko inda yatumye nshaka inzoga cyane, niyo impumuriye mbura amahoro - NKORE IKI? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9066","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umugabo wanjye ni pasiteri, twese turakijijwe, ndatwite ariko inda yatumye nshaka inzoga cyane, niyo impumuriye mbura amahoro - NKORE IKI? - BWIZA","og_description":"Bene data, ndabaramutsa mu izina ry\u2019umwami Yesu, mumbabarire ntabwo nifuje ko amazina yanjye atangaza, kubera inshingano mfite mu itorero umugabo wanjye abereye umuyobozi. Ndi umugore, ubu ntwite inda ya kabiri, kuva mu bukumi bwanjye ku myaka nka 17, sinababwira uko inzoga iryoha ariko ubu umutima wanjye urenda guturika kubera kuyirarikira. Inda mfite imaze kugira amezi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9066","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-02-07T16:22:28+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:14:49+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9066#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9066"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umugabo wanjye ni pasiteri, twese turakijijwe, ndatwite ariko inda yatumye nshaka inzoga cyane, niyo impumuriye mbura amahoro &#8211; NKORE IKI?","datePublished":"2018-02-07T16:22:28+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:14:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9066"},"wordCount":234,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9066#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9066","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9066","name":"Umugabo wanjye ni pasiteri, twese turakijijwe, ndatwite ariko inda yatumye nshaka inzoga cyane, niyo impumuriye mbura amahoro - NKORE IKI? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-02-07T16:22:28+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:14:49+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9066#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9066"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9066#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umugabo wanjye ni pasiteri, twese turakijijwe, ndatwite ariko inda yatumye nshaka inzoga cyane, niyo impumuriye mbura amahoro &#8211; NKORE IKI?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9066","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9066"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9066\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9066"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9066"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9066"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}