{"id":9132,"date":"2018-02-12T22:11:56","date_gmt":"2018-02-12T22:11:56","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/02\/12\/aho-u-rwanda-rugeze-rushyira-mu-bikorwa-ibyifuzo-nama-bya-loni-ku-burenganzira\/"},"modified":"2025-02-12T14:40:27","modified_gmt":"2025-02-12T12:40:27","slug":"aho-u-rwanda-rugeze-rushyira-mu-bikorwa-ibyifuzo-nama-bya-loni-ku-burenganzira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9132","title":{"rendered":"Aho u Rwanda rugeze rushyira mu bikorwa ibyifuzo nama bya Loni ku burenganzira bwa muntu"},"content":{"rendered":"<p>N\u2019ubwo ari ukureba aho tugeze dushyira mu bikorwa imyanzuro yose uko ari 50, nishimiye kubamenyesha ko 8% muri yo twarangije kuyishyira mu bikorwa. Ibi ni ibyatangajwe na minisitiri w\u2019ubutabera, Johnston Busingye ubwo yatangizaga inama yasuzumirwagamo aho ishyirwa mu bikorwa ry\u2019ibyifuzo nama 50 ku isuzuma ngarukagihe ku burenganzira bwa muntu.<br \/>\nHari kuwa 06 Gashyantare 2018 ubwo Minisiteri y\u2019Ubutabera n\u2019abafatanyabikorwa bayo bahuriraga mu nama yari igamije gusuzuma aho bageze bashyira mu bikorwa ibyifuzo nama 50 ku isuzuma ngarukagihe ku burenganzira bwa Muntu (UPR) u Rwanda rwahawe mu Ugushyingo 2015 n\u2019Akanama k\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye gashinzwe iyubahirizwa ry\u2019Uburenganzira bwa Muntu narwo rukabyemera.<br \/>\nIyi nama yari iyobowe na Minisitiri w\u2019Ubutabera akaba n\u2019Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston yari igamije guhuriza hamwe abafatanyabikorwa mu ishyirwa mu bikorwa rya UPR kugira ngo barebe aho bahagaze nyuma y\u2019imyaka ibiri bahawe ibyo byifuzo nama, gushaka amakuru yafasha mu gukora raporo ya gatatu y\u2019isuzuma ngarukagihe, gusuzuma ibyo bagezeho, kureba ibibazo bahuye nabyo no gufata ingamba zabafasha kubyivanamo, kugira ngo muri raporo itaha bazabe bashyize mu bikorwa ibyifuzo nama byose bahawe.<br \/>\nAfungura inama, Minisitiri w\u2019Ubutabera akaba n\u2019Intumwa Nkuru ya Leta Busingye Johnston yasobanuye ko kugeza ubu Ibyifuzo nama cyangwa se imyanzuro ingana na 8% yarangiye gushyirwa mu bikorwa. Yagize ati \u201cN\u2019ubwo ari ukureba aho tugeze dushyira mu bikorwa imyanzuro yose uko ari 50, nishimiye kubamenyesha ko 8% muri yo twarangije kuyishyira mu bikorwa. N\u2019indi nayo iri mu nzira nziza ishyirwa mu bikorwa. Dukurikije ubushake bugaragazwa n\u2019inzego zishinzwe gushyira mu bikorwa iyi myanzuro Leta ifite icyizere ko mbere ya raporo itaha imyanzuro yose izaba yaragezweho.\u201d<br \/>\nMinisitiri yanashimangiye ko gushyira mu bikorwa ibyifuzo nama bya UPR ari inshingano y\u2019ibanze ya Leta. Yagize ati \u201cUPR iza ku mwanya wa mbere mu gushyira imyanzuro mu bikorwa no kubahahiza uburenganzira bw\u2019Ikiremwamuntu. Ntabwo ari ukugira ngo Igihugu kigaragare neza mu gusubiza ibibazo bijyanye n\u2019Uburenganzira bwa Muntu mu kanama gashinzwe iyubahiriza ry\u2019uburenganzira bwa Muntu, ahubwo ni inshingano z\u2019Igihugu guha abenegihugu uburenganzira bwa Muntu bahabwa n\u2019itegeko.\u201d<br \/>\nIyi nama yahuje abafatanyabikorwa ba Minisiteri, barimo abagize akanama gashinzwe gukora icyegeranyo ku iyubahirizwa ry\u2019uburenganzira bwa Muntu bo mu nzego za Leta, Sosiyete sivile n\u2019Umuryango w\u2019Abibumbye.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/channel\/UC_Wx4Sy2IawVLtp5-QMRhnQ\/videos\" target=\"_blank\" rel=\"noopener\">Kanda Subscribe ujye ubona Video zigezweho\u00a0<\/a><\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>N\u2019ubwo ari ukureba aho tugeze dushyira mu bikorwa imyanzuro yose uko ari 50, nishimiye kubamenyesha ko 8% muri yo twarangije kuyishyira mu bikorwa. Ibi ni ibyatangajwe na minisitiri w\u2019ubutabera, Johnston Busingye ubwo yatangizaga inama yasuzumirwagamo aho ishyirwa mu bikorwa ry\u2019ibyifuzo nama 50 ku isuzuma ngarukagihe ku burenganzira bwa muntu. Hari kuwa 06 Gashyantare 2018 ubwo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-9132","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Aho u Rwanda rugeze rushyira mu bikorwa ibyifuzo nama bya Loni ku burenganzira bwa muntu - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9132\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Aho u Rwanda rugeze rushyira mu bikorwa ibyifuzo nama bya Loni ku burenganzira bwa muntu - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"N\u2019ubwo ari ukureba aho tugeze dushyira mu bikorwa imyanzuro yose uko ari 50, nishimiye kubamenyesha ko 8% muri yo twarangije kuyishyira mu bikorwa. Ibi ni ibyatangajwe na minisitiri w\u2019ubutabera, Johnston Busingye ubwo yatangizaga inama yasuzumirwagamo aho ishyirwa mu bikorwa ry\u2019ibyifuzo nama 50 ku isuzuma ngarukagihe ku burenganzira bwa muntu. Hari kuwa 06 Gashyantare 2018 ubwo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9132\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-02-12T22:11:56+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:40:27+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9132#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9132\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Aho u Rwanda rugeze rushyira mu bikorwa ibyifuzo nama bya Loni ku burenganzira bwa muntu\",\"datePublished\":\"2018-02-12T22:11:56+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:40:27+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9132\"},\"wordCount\":380,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9132#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9132\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9132\",\"name\":\"Aho u Rwanda rugeze rushyira mu bikorwa ibyifuzo nama bya Loni ku burenganzira bwa muntu - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-02-12T22:11:56+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:40:27+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9132#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9132\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9132#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Aho u Rwanda rugeze rushyira mu bikorwa ibyifuzo nama bya Loni ku burenganzira bwa muntu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Aho u Rwanda rugeze rushyira mu bikorwa ibyifuzo nama bya Loni ku burenganzira bwa muntu - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9132","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Aho u Rwanda rugeze rushyira mu bikorwa ibyifuzo nama bya Loni ku burenganzira bwa muntu - BWIZA","og_description":"N\u2019ubwo ari ukureba aho tugeze dushyira mu bikorwa imyanzuro yose uko ari 50, nishimiye kubamenyesha ko 8% muri yo twarangije kuyishyira mu bikorwa. Ibi ni ibyatangajwe na minisitiri w\u2019ubutabera, Johnston Busingye ubwo yatangizaga inama yasuzumirwagamo aho ishyirwa mu bikorwa ry\u2019ibyifuzo nama 50 ku isuzuma ngarukagihe ku burenganzira bwa muntu. Hari kuwa 06 Gashyantare 2018 ubwo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9132","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-02-12T22:11:56+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:40:27+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9132#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9132"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Aho u Rwanda rugeze rushyira mu bikorwa ibyifuzo nama bya Loni ku burenganzira bwa muntu","datePublished":"2018-02-12T22:11:56+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:40:27+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9132"},"wordCount":380,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9132#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9132","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9132","name":"Aho u Rwanda rugeze rushyira mu bikorwa ibyifuzo nama bya Loni ku burenganzira bwa muntu - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-02-12T22:11:56+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:40:27+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9132#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9132"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9132#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Aho u Rwanda rugeze rushyira mu bikorwa ibyifuzo nama bya Loni ku burenganzira bwa muntu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9132","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9132"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9132\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9132"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9132"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9132"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}