{"id":9205,"date":"2018-02-19T17:22:19","date_gmt":"2018-02-19T17:22:19","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/02\/19\/umunyamakuru-wa-bbc-va-c-nusta-c-arashima-ubutwari-bwa-patrick-mazimpaka\/"},"modified":"2018-02-19T17:22:19","modified_gmt":"2018-02-19T17:22:19","slug":"umunyamakuru-wa-bbc-va-c-nusta-c-arashima-ubutwari-bwa-patrick-mazimpaka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205","title":{"rendered":"Umunyamakuru wa BBC V\u00e9nust\u00e9 arashima ubutwari bwa Patrick Mazimpaka"},"content":{"rendered":"<p>Avuga ko ku nshuro ya nyuma ahura na Patrick Mpazimpaka, hari muri Kamena 2014, i La Haye mu Buholandi. Bombi bari bitabiriye inama yatewe inkunga n&#8217;ikigo Simon-Skjodt kigamije gukumira jenoside n&#8217;ikigo cya La Haye kigamije ubutabera ku Isi ku bufatanye n&#8217;inyandiko nshyinguramakuru z&#8217;umutekano w&#8217;igihugu za Kaminuza ya George Washington.<br \/>\nIyi nama byavugwaga ko ari iya mbere ndetse ahari ari n&#8217;iya nyuma y&#8217;ubu bwoko, gusa kubera ko bitari kongera gushoboka guhuza abagize uruhare rw&#8217;ingenzi mu Masezerano ya Arusha nk&#8217;ubuyobozi bwa MINUAR, ingabo z&#8217;umuryango w&#8217;abibumbye zari zishinzwe kubungabunga amahoro mu Rwanda; abahoze bagize akanama k&#8217;umutekano ka Loni gashinzwe amahoro ku isi; abakozi bakuru b&#8217;Umuryango w&#8217;Abibumbye, ba Afurika, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bufaransa n&#8217;u Bubiligi, n&#8217;abahoze ari abadipolomate, abaharanira uburenganzira bwa muntu, abanyamakaminuza n&#8217;abanyamakuru bari i Kigali mbere no mu gihe cya jenoside. Venuste Nshimiyimana ari mu bitabiriye inama nk&#8217;uwahoze ashinzwe itangazamakuru muri MINUAR.<br \/>\nMuri iyi inyandiko V\u00e9nuste Nshimiyimana yanditse avugwa ibigwi bya Nyakwigendera Patrick Mpazimpaka arashima ubutwari n&#8217;ubwitange byamuranze. &#8221; Uyu munsi ndavuga ibigwi umwe muri ba Rubimburirangabo dukesha amasezerano y&#8217;amahoro ya Arusha uherutse kwitaba Imana. Patrick Mazimpaka, umugabo wari umudipolomate karemano, wari ufite imyitwarire ihebuje ya kimuntu, umugabo wabashije guha icyizere impande zose zagize uruhare mu nzira y&#8217;amahoro.&#8221;<br \/>\nVenuste Nshimiyimana akomeza agira ati : &#8220;Nahuye na Mazimpaka ubwo, mu ntangiriro za 1993, itsinda ry&#8217;indorerezi za gisirikare zidafite aho zibogamiye za OUA (Organisation de l&#8217;unit\u00e9 africaine) ryatumizaga i Ngondole (mu majyaruguru y&#8217;uburengerazuba) inama yahuje bwa mbere abasirikare bakuru b&#8217;impande zomabi n&#8217;abasivili bafashaga mu biganiro by&#8217;amahoro.&#8221;<br \/>\n<img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-88248 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/02\/Mazimpaka.jpg\" alt=\"\" width=\"700\" height=\"350\" \/><br \/>\n&#8220;Ako kanya, habaye ihuriro ryimbitse hagati yacu. Mu gihe cy&#8217;imyaka 25, Mazimpaka yamebere inshuti nyanshuti. Uwari umuyobozi wanjye icyo gihe, komanda wa NMOG, General wa division, Ekundayo Babakayode Opaleye, yamufataga buri gihe nk&#8217;umugabo w&#8217;umunyabwenge. Mazimpaka yari yarize cyane, avuga icyongereza gisukuye. Yari afite imbaraga, urebye umwanya we wa Visi perezida wa FPR, ariko yicishaga bugufi cyane kandi akubaha buri wese.&#8221;<br \/>\nAkomeza avuga n&#8217;Intumwa idasanzwe y&#8217;Umunyamabanga mukuru wa Loni, yahuye na Mazimpaka inshuro nyinshi bari kumwe, iteka ngo yakoraga ibishoboka akagira Mazimpaka ku ruhande rwe mu biganiro byose FPR yabaga irimo.<br \/>\nMazimpaka ngo yari umuntu w&#8217;umwizerwa. Mu nama ya La Haye, bishoboka ko ari yo ya nyuma mpuzamahanga yitabiriye ahagarariye FPR, yongeye kugaragaza imitekerereze ye y&#8217;igitsure ubwo baganiraga ku kunanirwa kw&#8217;Umuryango Mpuzamahanga mu gukumira cyangwa kugira icyo ukora byihuse kuri jenoside yakorerwaga Abatutsi mu 1994 no kureba niba ibyo byago byarashoboraga kwirindwa.<br \/>\nAti: &#8220;Mbere ya Patrick Mazimpaka, nari mfite indi nshuti ya hafi yo muri FPR, umugabo w&#8217;inyangamugayo, umusirikare, komanda, umunyapolitiki uhamye : Major Kayitare Intare Batinya. Nanu uburyo yapfuyemo ntiburasobanuka. Yari umuntu uzwi kandi ukunzwe ku buryo imihango yo kumwibuka yateguwe muri Cathedrale Saint-Michel i Kigali. Twarahahuriye mu 1993, rwagati muri zone yagenzurwaga na guverinoma, twizihiza ubuzima bwa komanda w&#8217;inyeshyamba wiciwe muri zone yagenzurwaga n&#8217;inyeshyamba, kandi tubasha kubyivanamo. Nta muntu twahanganye, twakoze gusa ibirori by&#8217;ubuzima bw&#8217;umugabo twakundaga twese.&#8221;<br \/>\nNshimiyimana Asoza agira ati : &#8220;Urabeho Patrick. Sinabashije kwitabira imihango yo kukwibuka yaguteguriwe nk&#8217;uko nabigenje kuri Kayitare. Ariko umubare munini w&#8217;abantu bari bahari bafite inkomoko zitandukanye, ni ikimenyetso cy&#8217;uko mwari umuntu uhuza benshi.<br \/>\nNzabwira Isi n&#8217;abaturage b&#8217;u Rwanda ko mwabayeho kandi mugaharanira ko Abanyarwanda bose bisanzura, kugirango babe umwe, ngo basangire ubukungu bw&#8217;u Rwanda rwabo bakunda. Wakoreye Afurika mu cyubahiro nka Visi Perezida wa U.A kandi twese tuzibuka ko kugeza ku munota wa nyuma w&#8217;ubuzima bwawe wabaye indahemuka ku gihugu cyawe no ku Muremyi wawe, Imana&#8221;<br \/>\nUrabeho Ntwari yanjye, Taha Ntwari. Mwarwanye urugamba rwiza.<br \/>\n<figure id=\"attachment_88250\" aria-describedby=\"caption-attachment-88250\" style=\"width: 716px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-88250 size-large\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/02\/WhatsApp-Image-2018-02-18-at-6.32.10-PM-1-716x1024.jpeg\" alt=\"\" width=\"716\" height=\"1024\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-88250\" class=\"wp-caption-text\"><strong>V\u00e9nust\u00e9 Nshimiyimana<\/strong><\/figcaption><\/figure><br \/>\nAsoza agira ati : &#8220;Urabeho Patrick. Sinabashije kwitabira imihango yo kukwibuka yaguteguriwe nk\u2019uko nabigenje kuri Kayitare. Ariko umubare munini w\u2019abantu bari bahari bafite inkomoko zitandukanye, ni ikimenyetso cy\u2019uko mwari umuntu uhuza abandi.<br \/>\nNzabwira Isi n\u2019abaturage b\u2019u Rwanda ko mwabayeho kandi mugaharanira ko Abanyarwanda bose bisanzura, kugirango babe umwe, ngo basangire ubukungu bw\u2019u Rwanda rwabo bakunda. Wakoreye Afurika mu cyubahiro nka Visi Perezida wa U.A kandi twese tuzibuka ko kugeza ku munota wa nyuma w\u2019ubuzima bwawe wabaye indahemuka ku gihugu cyawe no ku Muremyi wawe.&#8221;<br \/>\n <strong>Urabeho Ntwari yanjye, Taha Ntwari. Mwarwanye urugamba rwiza.<\/strong><br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/channel\/UC_Wx4Sy2IawVLtp5-QMRhnQ\/videos\" target=\"_blank\" rel=\"noopener\">Kanda Subscribe ujye ubona Video zigezweho\u00a0<\/a><\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Avuga ko ku nshuro ya nyuma ahura na Patrick Mpazimpaka, hari muri Kamena 2014, i La Haye mu Buholandi. Bombi bari bitabiriye inama yatewe inkunga n&#8217;ikigo Simon-Skjodt kigamije gukumira jenoside n&#8217;ikigo cya La Haye kigamije ubutabera ku Isi ku bufatanye n&#8217;inyandiko nshyinguramakuru z&#8217;umutekano w&#8217;igihugu za Kaminuza ya George Washington. Iyi nama byavugwaga ko ari iya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-9205","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umunyamakuru wa BBC V\u00e9nust\u00e9 arashima ubutwari bwa Patrick Mazimpaka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umunyamakuru wa BBC V\u00e9nust\u00e9 arashima ubutwari bwa Patrick Mazimpaka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Avuga ko ku nshuro ya nyuma ahura na Patrick Mpazimpaka, hari muri Kamena 2014, i La Haye mu Buholandi. Bombi bari bitabiriye inama yatewe inkunga n&#8217;ikigo Simon-Skjodt kigamije gukumira jenoside n&#8217;ikigo cya La Haye kigamije ubutabera ku Isi ku bufatanye n&#8217;inyandiko nshyinguramakuru z&#8217;umutekano w&#8217;igihugu za Kaminuza ya George Washington. Iyi nama byavugwaga ko ari iya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-02-19T17:22:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/02\/Mazimpaka.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9205#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9205\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umunyamakuru wa BBC V\u00e9nust\u00e9 arashima ubutwari bwa Patrick Mazimpaka\",\"datePublished\":\"2018-02-19T17:22:19+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9205\"},\"wordCount\":722,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9205#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/02\\\/Mazimpaka.jpg\",\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9205#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9205\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9205\",\"name\":\"Umunyamakuru wa BBC V\u00e9nust\u00e9 arashima ubutwari bwa Patrick Mazimpaka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9205#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9205#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/02\\\/Mazimpaka.jpg\",\"datePublished\":\"2018-02-19T17:22:19+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9205#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9205\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9205#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/02\\\/Mazimpaka.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/02\\\/Mazimpaka.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9205#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umunyamakuru wa BBC V\u00e9nust\u00e9 arashima ubutwari bwa Patrick Mazimpaka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umunyamakuru wa BBC V\u00e9nust\u00e9 arashima ubutwari bwa Patrick Mazimpaka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umunyamakuru wa BBC V\u00e9nust\u00e9 arashima ubutwari bwa Patrick Mazimpaka - BWIZA","og_description":"Avuga ko ku nshuro ya nyuma ahura na Patrick Mpazimpaka, hari muri Kamena 2014, i La Haye mu Buholandi. Bombi bari bitabiriye inama yatewe inkunga n&#8217;ikigo Simon-Skjodt kigamije gukumira jenoside n&#8217;ikigo cya La Haye kigamije ubutabera ku Isi ku bufatanye n&#8217;inyandiko nshyinguramakuru z&#8217;umutekano w&#8217;igihugu za Kaminuza ya George Washington. Iyi nama byavugwaga ko ari iya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-02-19T17:22:19+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/02\/Mazimpaka.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umunyamakuru wa BBC V\u00e9nust\u00e9 arashima ubutwari bwa Patrick Mazimpaka","datePublished":"2018-02-19T17:22:19+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205"},"wordCount":722,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/02\/Mazimpaka.jpg","articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9205#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205","name":"Umunyamakuru wa BBC V\u00e9nust\u00e9 arashima ubutwari bwa Patrick Mazimpaka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/02\/Mazimpaka.jpg","datePublished":"2018-02-19T17:22:19+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9205"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/02\/Mazimpaka.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/02\/Mazimpaka.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9205#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umunyamakuru wa BBC V\u00e9nust\u00e9 arashima ubutwari bwa Patrick Mazimpaka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9205","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9205"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9205\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9205"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9205"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9205"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}