{"id":9211,"date":"2018-02-19T17:16:07","date_gmt":"2018-02-19T17:16:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/02\/19\/abakora-igihano-nsimburagifungo-tig-bagifata-nk-039-imbabazi-zikomeye-bagiriwe\/"},"modified":"2025-02-12T14:39:55","modified_gmt":"2025-02-12T12:39:55","slug":"abakora-igihano-nsimburagifungo-tig-bagifata-nk-039-imbabazi-zikomeye-bagiriwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9211","title":{"rendered":"Abakora igihano nsimburagifungo, TIG, bagifata nk&#039;imbabazi zikomeye bagiriwe na Leta y&#039; u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>Nyuma y&#8217;imyaka 12 ishize hashyizweho igihano nsimburagifungo ,TIG, cyafashije igihugu kubaka ibikorwaremezo byakabaye bitangwaho amafaranga menshi kuko ibikorwa bimaze gukorwa na TIG bibarirwa agaciro ka miliyari zisaga 25,5 z&#8217;amafaranga y&#8217; u Rwanda.<br \/>\nAbakora iki gihano bavuga ko impamvu gitanga umusaruro ari uko bafatwa neza, bigatuma na bo bakorana umurava; ari na yo mpamvu bafata iki gihano nk&#8217;imbabazi zikomeye bagiriwe na Leta y&#8217; u Rwanda.<br \/>\nKubera ko abenshi mu bakatiwe igihano cya TIG, biganjemo abahamwe n&#8217;ibyaha bya Jenoside, bagenda barangiza igihano cyabo, henshi mu gihugu ingando za TIG zigenda zifungwa, kugera ubu hakaba hasigaye ingando nkeya na zo ziganjemo abari hafi kurangiza ibihano byabo.<br \/>\nAbasuwe bakorera mu ngando ya TIG iri mu Murenge wa Mamba, Akarere ka Gisagara, irimo abantu 72, barimo abagabo 56 n&#8217;abagore 6, biganjemo abahamwe n&#8217; icyaha cya Jenoside, harebwa umusaruro bamaze gutanga muri aka karere, uko bafatwa n&#8217;ikizere bafite cy&#8217;ejo hazaza.<br \/>\nIP Nyumbayire Eugene, ushinzwe ibikorwa bya TIG mu majyepfo, avuga ko ibikorwa bya TIG ya Mamba byibanze ku guhanga imihanda mishya muri aka karere no gusana iyari isanzwe yangiritse.<br \/>\nYagize ati\u00a0<i>&#8220;Tumaze gukora imihanda ya Kilometero 11 na metero 400, ifite agaciro ka miliyoni zisanga 75 z&#8217;amafaranga y&#8217; u Rwanda, ikoze neza kandi yakozwe ijana ku ijana n&#8217;amaboko y&#8217;abatigistes&#8221;<\/i>.<br \/>\nAbakora TIG bavuga ko impamvu iki gihano gitanga umusaruro ufatika ari uko abagikora baba bisanzuye bitaweho kandi bafashwe neza.<br \/>\nHabumukiza Jean, umwe mu bakora TIG mu Murenge wa Mamba avuga ko igihano cya TIG agikorana umurava kuko abona ari imbabazi Leta yamugiriye akurikije ibyaha yakoze, kubera uburenganzira abantu bari muri TIG bahabwa bunyuranye cyane n&#8217;ubuhabwa umuntu uri muri gereza.<br \/>\nYagize ati<i>\u00a0&#8220;ngewe ngifunze umuryango wanjye ntiwashoboraga kunsura igihe ubishakiye ngo uhite umbona kuko bakurikizaga gahunda yagenwe na gereza, ariko ubu uko babishatse baraza bakansura tukaganira twisanzuye kuko gusurwa uko ushaka biba byemewe, hari n&#8217;igihe baduha uruhushya rimwe mu mwaka imiryango yacu tukamarana iminsi 10, ibyo mbifata nk&#8217;imbabazi zikomeye cyane nagiriwe na Leta, kuko nk&#8217;ubu ubwo mperutse mu kiruhuko navuyeyo nteye n&#8217;inda umugore wanjye, ubu twibarutse umwana nyamara nkiri muri gereza ntibyashobokaga&#8221;<\/i>.<br \/>\nUburenganzira buhabwa abari muri iki gihano nk&#8217;uko iyi nkuru y&#8217;urubuga rw&#8217;urwego rushinzwe amagereza, RCS, ivuga, ni bwo bubafasha gukorana umurava nk&#8217;uko n&#8217;abandi bakora iki gihano babishimangira.<br \/>\nFransisco, na we uri muri iki gahano cya TIG, yagize ati<i>\u00a0&#8220;duhabwa ibyo kurya bihagije ugereranyije n&#8217;ibyo umuntu yahabwaga ari muri gereza, by&#8217;umwihariko ngewe kubera ko mfite n&#8217;uburwayi bampa indyo yihariye, ikindi dufite uburenganzira bwo kwivuza haba ku bigo nderabuzima, ku bitaro ndetse n&#8217;ubuvuzi bukomeye nko kubagwa n&#8217;ibindi tubuhabwa ku buntu; ibyo rero bituma nanjye iyo ndi mu gihano, ndeba ibyaha nakoze nareba n&#8217;uko Leta yakomeje kunyitaho, ngakora igihano nishimye&#8221;<\/i>.<br \/>\nAbaturage baturiye ahakorerwa TIG na bo bahamya ko TIG yabakuye mu bwigunge, ikabateza imbere bakanashima uburyo abakora TIG bafatwa neza, bagakoreshwa neza, bagakora imirimo ihwanye n&#8217;imbaraga zabo.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/channel\/UC_Wx4Sy2IawVLtp5-QMRhnQ\/videos\" target=\"_blank\" rel=\"noopener\">Kanda Subscribe ujye ubona Video zigezweho\u00a0<\/a><\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y&#8217;imyaka 12 ishize hashyizweho igihano nsimburagifungo ,TIG, cyafashije igihugu kubaka ibikorwaremezo byakabaye bitangwaho amafaranga menshi kuko ibikorwa bimaze gukorwa na TIG bibarirwa agaciro ka miliyari zisaga 25,5 z&#8217;amafaranga y&#8217; u Rwanda. Abakora iki gihano bavuga ko impamvu gitanga umusaruro ari uko bafatwa neza, bigatuma na bo bakorana umurava; ari na yo mpamvu bafata iki [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-9211","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abakora igihano nsimburagifungo, TIG, bagifata nk&#039;imbabazi zikomeye bagiriwe na Leta y&#039; u Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9211\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abakora igihano nsimburagifungo, TIG, bagifata nk&#039;imbabazi zikomeye bagiriwe na Leta y&#039; u Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y&#8217;imyaka 12 ishize hashyizweho igihano nsimburagifungo ,TIG, cyafashije igihugu kubaka ibikorwaremezo byakabaye bitangwaho amafaranga menshi kuko ibikorwa bimaze gukorwa na TIG bibarirwa agaciro ka miliyari zisaga 25,5 z&#8217;amafaranga y&#8217; u Rwanda. Abakora iki gihano bavuga ko impamvu gitanga umusaruro ari uko bafatwa neza, bigatuma na bo bakorana umurava; ari na yo mpamvu bafata iki [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9211\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-02-19T17:16:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:39:55+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9211#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9211\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abakora igihano nsimburagifungo, TIG, bagifata nk&#039;imbabazi zikomeye bagiriwe na Leta y&#039; u Rwanda\",\"datePublished\":\"2018-02-19T17:16:07+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:39:55+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9211\"},\"wordCount\":495,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9211#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9211\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9211\",\"name\":\"Abakora igihano nsimburagifungo, TIG, bagifata nk&#039;imbabazi zikomeye bagiriwe na Leta y&#039; u Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-02-19T17:16:07+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:39:55+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9211#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9211\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9211#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abakora igihano nsimburagifungo, TIG, bagifata nk&#039;imbabazi zikomeye bagiriwe na Leta y&#039; u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abakora igihano nsimburagifungo, TIG, bagifata nk&#039;imbabazi zikomeye bagiriwe na Leta y&#039; u Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9211","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abakora igihano nsimburagifungo, TIG, bagifata nk&#039;imbabazi zikomeye bagiriwe na Leta y&#039; u Rwanda - BWIZA","og_description":"Nyuma y&#8217;imyaka 12 ishize hashyizweho igihano nsimburagifungo ,TIG, cyafashije igihugu kubaka ibikorwaremezo byakabaye bitangwaho amafaranga menshi kuko ibikorwa bimaze gukorwa na TIG bibarirwa agaciro ka miliyari zisaga 25,5 z&#8217;amafaranga y&#8217; u Rwanda. Abakora iki gihano bavuga ko impamvu gitanga umusaruro ari uko bafatwa neza, bigatuma na bo bakorana umurava; ari na yo mpamvu bafata iki [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9211","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-02-19T17:16:07+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:39:55+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9211#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9211"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abakora igihano nsimburagifungo, TIG, bagifata nk&#039;imbabazi zikomeye bagiriwe na Leta y&#039; u Rwanda","datePublished":"2018-02-19T17:16:07+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:39:55+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9211"},"wordCount":495,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9211#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9211","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9211","name":"Abakora igihano nsimburagifungo, TIG, bagifata nk&#039;imbabazi zikomeye bagiriwe na Leta y&#039; u Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-02-19T17:16:07+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:39:55+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9211#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9211"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9211#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abakora igihano nsimburagifungo, TIG, bagifata nk&#039;imbabazi zikomeye bagiriwe na Leta y&#039; u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9211","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9211"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9211\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9211"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9211"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9211"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}