{"id":9276,"date":"2018-02-26T09:58:05","date_gmt":"2018-02-26T09:58:05","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/02\/26\/sosiyeti-sivile-irasabwa-kujya-mu-magereza-kureba-ko-uburenganzira-bwa-muntu\/"},"modified":"2025-02-12T14:39:20","modified_gmt":"2025-02-12T12:39:20","slug":"sosiyeti-sivile-irasabwa-kujya-mu-magereza-kureba-ko-uburenganzira-bwa-muntu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9276","title":{"rendered":"Sosiyeti sivile irasabwa kujya mu magereza kureba ko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abantu bamwe bibwira ko iyo umuntu yafunzwe, yaba ari muri gereza cyangwa ahandi hose hafungirwa abantu by\u2019igihe gito, uburenganzira bwe buba\u00a0 bwarangiye ,ariko ibi ngo si ko bimeze kuko n&#8217;ubwo umuntu aba yafunzwe, ariko uburenganzira bwe nk\u2019ikiremwamuntu bugomba kubahwa kandi bukubahirizwa.<\/em> <\/strong><br \/>\nKomiseri muri komisiyo y\u2019uburenganzira bwa muntu, Makombe Jean Marie Vianney, avuga ko abantu bibwira ko umuntu yafunzwe uburenganzira bwe buba bwarangiye,ariko ngo siko biri, kuko uburenganzira bwe\u00a0 ntiburangirira ku marembo ya gereza.<br \/>\nAha ngo niyo mpamvu ,iyi komisiyo ikangurira imiryango itari iya Leta kujya ijya mu magereza kureba ko uburenganzira bw\u2019imfungwa bwubahirizwa, hanyuma aho isanze hari aho bitagenda neza igatanga inama kugira ngo Leta nayo ihereho ibikosore.<br \/>\nYagize ati\u00abimiryango itari iya Leta,ikora ku burenganzira bwa muntu n\u2019imibereho myiza,twifuza ko nyuma yo ku menya amahame mpuzamahanga y\u2019uburenganzira bwa muntu, yajya \u00a0ijya mu magereza, mu bigo bifungirwamo abantu by\u2019agateganyo, mu makasho ya polisi cyangwa\u00a0 se mu bigo by\u2019inzererezi, bakareba ko abahafungiye uburenganzira bwabo bwubahirijwe, noneho ibyo basanzeyo bakaza bakabiyungurura ,bakabikorera raporo, bakoze raporo na komisiyo\u00a0 y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu igakora indi,icyo gihe Leta nayo izabona aho ihera ikosora ibitagenda neza.\u00bb<br \/>\nUwimana Olive .umunyamategeko muri Haguruka, avuga ko ubusanzwe bakurikiranaga imibereho myiza y\u2019abafunzwe, ariko\u00a0 cyane cyane bitaga ku kureba ko umuntu wabiyambaje afite umwunganira mu by\u2019amategeko,kuba se uwo muntu ashobora kuba yavugana n\u2019umwunganizi we ,ariko ngo nta bindi bitagaho kureba by\u2019uburenganzira bw\u2019imfungwa.<br \/>\nUwimana avuga ko nyuma yo guhugurwa na komisiyo y\u2019uburenganzira bwa muntu ndetse na RCN, akamenya ibipimo bigenderwaho basuzuma uburenganzira bw\u2019imfungwa .azajya abikurikirana.<br \/>\nHugo Moudiki Jombwe,uhagarariye umuryango mpuzamahanga wita k\u2019ubutabera na Demokarasi ( RCN ), avuga ko nyuma yo guhugura sosiyete sivile zikora k\u2019uburenganzira bwa muntu, yizera ko hari umusaruro bizatanga,kuko iyi miryango itari iya leta, niramuka ihurije hamwe\u00a0 na komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu ,hari icyo bizatanga ariko kandi asaba na leta y\u2019u Rwanda ,kurushaho gukorana na sosiyete sivile, bakareba ko uburenganzira bw\u2019abafunze bwubahirizwa ku bipimo mpuzamahanga ndetse n\u2019ibibazo byabo bigacyemuka vuba.<br \/>\nYagize ati \u00ab leta ikwiye gushyiramo imbaraga ndetse igafatanya na sosiyete sivile,bakareba uburyo uburenganzira bw\u2019abafunze bwakubahirizwa, kugira ngo ibibazo bahura nabyo bijye bihita bishakirwa umuti, nk\u2019ubu komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu igihe igiye gusura amagereza,iramutse ijyanye na sosiyete sivile byakoroha, kuko akenshi sosiyete sivile ntibona uburyo yakwinjiramo yisanzuye,ariko ijyanye na komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu byayorohera kugeramo, bitewe n\u2019imbogamizi zitandukanye, iyi mikoranire iramutse ibaye ihari ,byose byagirira akamaro abafunzwe\u00bb.<br \/>\nUbusanzwe imiryango itari iya Leta , isanzwe ijya muri gereza gusura imfungwa ariko \u00a0ngo \u00a0nta \u00a0bumenyi \u00a0buhagije \u00a0bari bafite bw\u2019ibipimo mpuzamahanga, baheraho \u00a0bapima ko uburenganzira ku mfungwa bwubahirizwa<br \/>\nKugeza ubu komisiyo y\u2019igihugu y\u2019uburenganzira bwa muntu, ivuga ko u Rwanda rugerageza kubahiriza ibipimo mpuzamahanga by\u2019uburenganzira bwa muntu, nk\u2019uko bigaragara muri raporo iyi komisiyo yamuritse mu mpera z\u2019umwaka ushize, yakoreye muri gereza 14 zo mu Rwanda, gusa iyi komisiyo ivuga ko hakiri ikibazo cy\u2019ubucucike mu magereza aho buri ku gipimo cya 100.2%,ariko nyuma yo gutanga inama ngo bizera ko kizacyemuka, kuko gereza zatangiye kwagurwa.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/channel\/UC_Wx4Sy2IawVLtp5-QMRhnQ\/videos?view=0&#038;sort=p&#038;flow=grid\">Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n\u2019indirimbo bishya<\/a><\/strong> <\/p>\n<div class=\"epyt-video-wrapper\">\n<div  id=\"_ytid_16333\"  width=\"1170\" height=\"658\"  data-origwidth=\"1170\" data-origheight=\"658\" data-facadesrc=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/wAM_W5tDni4?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;disablekb=0&#038;\" class=\"__youtube_prefs__ epyt-facade epyt-is-override  no-lazyload\" data-epautoplay=\"1\" ><img decoding=\"async\" data-spai-excluded=\"true\" class=\"epyt-facade-poster skip-lazy\" loading=\"lazy\"  alt=\"YouTube player\"  src=\"https:\/\/i.ytimg.com\/vi\/wAM_W5tDni4\/maxresdefault.jpg\"  \/><button class=\"epyt-facade-play\" aria-label=\"Play\"><svg data-no-lazy=\"1\" height=\"100%\" version=\"1.1\" viewBox=\"0 0 68 48\" width=\"100%\"><path class=\"ytp-large-play-button-bg\" d=\"M66.52,7.74c-0.78-2.93-2.49-5.41-5.42-6.19C55.79,.13,34,0,34,0S12.21,.13,6.9,1.55 C3.97,2.33,2.27,4.81,1.48,7.74C0.06,13.05,0,24,0,24s0.06,10.95,1.48,16.26c0.78,2.93,2.49,5.41,5.42,6.19 C12.21,47.87,34,48,34,48s21.79-0.13,27.1-1.55c2.93-0.78,4.64-3.26,5.42-6.19C67.94,34.95,68,24,68,24S67.94,13.05,66.52,7.74z\" fill=\"#f00\"><\/path><path d=\"M 45,24 27,14 27,34\" fill=\"#fff\"><\/path><\/svg><\/button><\/div>\n<\/div>\n<p> <strong>Uwambayinema M.Jeanne\/ Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abantu bamwe bibwira ko iyo umuntu yafunzwe, yaba ari muri gereza cyangwa ahandi hose hafungirwa abantu by\u2019igihe gito, uburenganzira bwe buba\u00a0 bwarangiye ,ariko ibi ngo si ko bimeze kuko n&#8217;ubwo umuntu aba yafunzwe, ariko uburenganzira bwe nk\u2019ikiremwamuntu bugomba kubahwa kandi bukubahirizwa. Komiseri muri komisiyo y\u2019uburenganzira bwa muntu, Makombe Jean Marie Vianney, avuga ko abantu bibwira [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-9276","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Sosiyeti sivile irasabwa kujya mu magereza kureba ko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9276\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Sosiyeti sivile irasabwa kujya mu magereza kureba ko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abantu bamwe bibwira ko iyo umuntu yafunzwe, yaba ari muri gereza cyangwa ahandi hose hafungirwa abantu by\u2019igihe gito, uburenganzira bwe buba\u00a0 bwarangiye ,ariko ibi ngo si ko bimeze kuko n&#8217;ubwo umuntu aba yafunzwe, ariko uburenganzira bwe nk\u2019ikiremwamuntu bugomba kubahwa kandi bukubahirizwa. Komiseri muri komisiyo y\u2019uburenganzira bwa muntu, Makombe Jean Marie Vianney, avuga ko abantu bibwira [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9276\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-02-26T09:58:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:39:20+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9276#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9276\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Sosiyeti sivile irasabwa kujya mu magereza kureba ko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa\",\"datePublished\":\"2018-02-26T09:58:05+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:39:20+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9276\"},\"wordCount\":553,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9276#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9276\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9276\",\"name\":\"Sosiyeti sivile irasabwa kujya mu magereza kureba ko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-02-26T09:58:05+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:39:20+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9276#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9276\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9276#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Sosiyeti sivile irasabwa kujya mu magereza kureba ko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Sosiyeti sivile irasabwa kujya mu magereza kureba ko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9276","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Sosiyeti sivile irasabwa kujya mu magereza kureba ko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa - BWIZA","og_description":"Abantu bamwe bibwira ko iyo umuntu yafunzwe, yaba ari muri gereza cyangwa ahandi hose hafungirwa abantu by\u2019igihe gito, uburenganzira bwe buba\u00a0 bwarangiye ,ariko ibi ngo si ko bimeze kuko n&#8217;ubwo umuntu aba yafunzwe, ariko uburenganzira bwe nk\u2019ikiremwamuntu bugomba kubahwa kandi bukubahirizwa. Komiseri muri komisiyo y\u2019uburenganzira bwa muntu, Makombe Jean Marie Vianney, avuga ko abantu bibwira [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9276","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-02-26T09:58:05+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:39:20+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9276#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9276"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Sosiyeti sivile irasabwa kujya mu magereza kureba ko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa","datePublished":"2018-02-26T09:58:05+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:39:20+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9276"},"wordCount":553,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9276#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9276","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9276","name":"Sosiyeti sivile irasabwa kujya mu magereza kureba ko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-02-26T09:58:05+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:39:20+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9276#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9276"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9276#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Sosiyeti sivile irasabwa kujya mu magereza kureba ko uburenganzira bwa muntu bwubahirizwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9276","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9276"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9276\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9276"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9276"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9276"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}