{"id":9320,"date":"2018-03-01T17:03:30","date_gmt":"2018-03-01T17:03:30","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/03\/01\/duhunge-isi-ironona-pastor-desire\/"},"modified":"2025-02-25T14:13:05","modified_gmt":"2025-02-25T12:13:05","slug":"duhunge-isi-ironona-pastor-desire","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9320","title":{"rendered":"Duhunge isi ironona- Pastor Desire"},"content":{"rendered":"<p>\u00abNiba kumenya neza Yesu Kristo kwarabateye guhunga iby\u2019 isi byonona ntitukongere kubyizingitiramo. Kuko<br \/>\nibya nyuma byacu byarusha ububi ibya mbere\u00bb (2Petero 2:20). Mu isi dufite abanzi batatu. Isi, Satani n\u2019 umubiri. Abo banzi turwana nabo buri munsi kuko Yesu yanesheje akatuneshereza.<br \/>\nKumenya Yesu kwacu gukwiye gutuma duhunga isi, iyo tuvuze isi tuba tuvuze ibyaha nko kubeshya, gusambana, kwiba, urugomo rwose no kutumvira Imana kose. Dukwiye kuba mu isi ariko turi abana b\u2019 Imana. Twe tugahindura isi aho kugira ngo abe ariyo iduhindura. Ibi bivuze ko dukwiye kuyambura abo iri kwangiza tukabazana kuri Yesu ariko isi siyo ikwiye kudutwara abantu ngo basubire mu isi ngo ibonone.<br \/>\nAbantu bavuye mu isi ariko isi ntiyabavamo iracyabategeka kandi bari mu itorero rya Kristo. Abisirayeri bishwe na Egiputa kandi barayivuyemo buri gihe bifuza ibyo muri Egiputa. Muka Loti yishwe na Sodomu kandi yarayivuyemo. Isi ishobora kwicira abantu mu itorero kuko batayihunze. Gukizwa ni ukwimuka ukava mu banyabyaha ukaba umwana w\u2019 Imana iyo utimutse burundu ibyaha biragufata. Hari abantu baba mu mpande 2 iyo umusanze mu itorero aba ari umukizwa ariko iyo ageze mu isi usanga ari nta tandukaniro.<br \/>\nIyo umuntu ari muri Kristo Yesu aba ari icyaremwe gishya ibya kera biba bishize. Yosefu yari yarahunze iby\u2019isi, byonona nyirabuja, hanyuma amwifuje aramuhunga kuko burya bikomeye guhunga ikikwirukamo ariko ikikwirukana cyo wagihunga bikemera. Yosefu we yari yarahunze ikimwirukamo mbere byamworoheye guhunga ikimwirukana. Umuntu wese ushaka kuba inshuti y\u2019 iby\u2019isi aba yigize umwanzi w\u2019 Imana (Yakobo 4 :4).<br \/>\n <strong>Ibyahishuwe 2 :12-17 :<\/strong><br \/>\nBaramu yari umuhanuzi ariko Imana imubuza kujya kuvuma Abisirayeri ariko kuko bamwemereye iby\u2019 isi biramunanira aragenda. Imana yaramubujije ageze mu nzira indogobe iravuga kandi ibyo ntaho byabaye ntiyabyitaho kuko amaso ye yahumishijwe n\u2019 iby\u2019 isi. Burya Imana idutumaho kenshi ariko kuko tutahunga isi, ntitumenye ijwi ry\u2019 Imana.<br \/>\nEfurayimu yivanze n\u2019 isi iramwonona asaza akiri muto we akumva nta kibazo ariko abamureba ku mutwe<br \/>\nbakabona imvi. Burya niba warakijijwe neza abandi barabizi kuko Yesu yaravuze ngo: \u00abBazatumenyera ku mbuto twera\u00bb. Muzi ko ukora icyaha wese aba ari imbata yacyo ariko Yesu yazanywe no kutubatura (Yohana 8 :36). Umwana nababatura muzaba mubatuwe by\u2019ukuri.<br \/>\nNzi ko dukorera Imana imirimo myishi myiza ariko tumenye ko mu banzi 3 dufite harimo isi tuyihunge kandi isi<br \/>\nirashirana no kwifuza kwayo ariko ukora ibyo Imana ishaka azahoraho iteka ryose. Tumaze kubona abantu benshi<br \/>\nbakunda Imana ariko kuko batahunze isi yarabononnye basubira mu byaha. Nkwifurije guhunga isi ukayibamo uzi ko uri umugenzi n\u2019umwimukira. Twebweho iwacu ni mu ijuru.<br \/>\nKandi iby\u2019 isi dukwiye kubitegeka ariko nibifata umwanya wa mbere muri wowe Imana izimuka; Yesu yaravuze ngo: \u00abNta wacyeza abami 2\u00bb. Tugomba gukunda Yesu ibindi nabyo tukabibamo ari imigisha isanzwe ariko Yesu aduhagije wenyine gusa.<br \/>\n <strong> ubakunda akabifuriza amahoro y\u2019 Imana<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>\u00abNiba kumenya neza Yesu Kristo kwarabateye guhunga iby\u2019 isi byonona ntitukongere kubyizingitiramo. Kuko ibya nyuma byacu byarusha ububi ibya mbere\u00bb (2Petero 2:20). Mu isi dufite abanzi batatu. Isi, Satani n\u2019 umubiri. Abo banzi turwana nabo buri munsi kuko Yesu yanesheje akatuneshereza. Kumenya Yesu kwacu gukwiye gutuma duhunga isi, iyo tuvuze isi tuba tuvuze ibyaha nko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-9320","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Duhunge isi ironona- Pastor Desire - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9320\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Duhunge isi ironona- Pastor Desire - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"\u00abNiba kumenya neza Yesu Kristo kwarabateye guhunga iby\u2019 isi byonona ntitukongere kubyizingitiramo. Kuko ibya nyuma byacu byarusha ububi ibya mbere\u00bb (2Petero 2:20). Mu isi dufite abanzi batatu. Isi, Satani n\u2019 umubiri. Abo banzi turwana nabo buri munsi kuko Yesu yanesheje akatuneshereza. Kumenya Yesu kwacu gukwiye gutuma duhunga isi, iyo tuvuze isi tuba tuvuze ibyaha nko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9320\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-03-01T17:03:30+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:13:05+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9320#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9320\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Duhunge isi ironona- Pastor Desire\",\"datePublished\":\"2018-03-01T17:03:30+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:13:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9320\"},\"wordCount\":443,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9320#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9320\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9320\",\"name\":\"Duhunge isi ironona- Pastor Desire - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-03-01T17:03:30+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:13:05+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9320#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9320\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9320#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Duhunge isi ironona- Pastor Desire\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Duhunge isi ironona- Pastor Desire - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9320","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Duhunge isi ironona- Pastor Desire - BWIZA","og_description":"\u00abNiba kumenya neza Yesu Kristo kwarabateye guhunga iby\u2019 isi byonona ntitukongere kubyizingitiramo. Kuko ibya nyuma byacu byarusha ububi ibya mbere\u00bb (2Petero 2:20). Mu isi dufite abanzi batatu. Isi, Satani n\u2019 umubiri. Abo banzi turwana nabo buri munsi kuko Yesu yanesheje akatuneshereza. Kumenya Yesu kwacu gukwiye gutuma duhunga isi, iyo tuvuze isi tuba tuvuze ibyaha nko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9320","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-03-01T17:03:30+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:13:05+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9320#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9320"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Duhunge isi ironona- Pastor Desire","datePublished":"2018-03-01T17:03:30+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:13:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9320"},"wordCount":443,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9320#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9320","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9320","name":"Duhunge isi ironona- Pastor Desire - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-03-01T17:03:30+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:13:05+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9320#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9320"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9320#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Duhunge isi ironona- Pastor Desire"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9320","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9320"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9320\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9320"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9320"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9320"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}