{"id":9348,"date":"2018-03-04T10:56:31","date_gmt":"2018-03-04T10:56:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/03\/04\/impamvu-zituma-ibyemezo-na-gahunda-bya-leta-biba-byemejwe-bidashyirwa-mu\/"},"modified":"2018-03-04T10:56:31","modified_gmt":"2018-03-04T10:56:31","slug":"impamvu-zituma-ibyemezo-na-gahunda-bya-leta-biba-byemejwe-bidashyirwa-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9348","title":{"rendered":"Impamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta biba byemejwe bidashyirwa mu bikorwa"},"content":{"rendered":"<p>Intege nke mu mikoranire y\u2019inzego z\u2019ubutegetsi, imitangire ya serivisi itaranoga, guhishanya amakuru hagati y\u2019inzego, gushyira imbere inyungu z\u2019umuntu ku giti cye, gutanga raporo zidashingiye ku kuri, ni zimwe mu mpamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta byemejwe bidashyirwa mu bikorwa nk\u2019uko byagaragajwe na \u00a0Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Ngirente mu Mwiherero wa 2018.<br \/>\nMu ijambo yavuze asobanura uko ibyemezo by\u2019umwiherero wa 2017 byashyizwe mu bikorwa, hari aho Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Edouard Ngirente, yageze asaba umukuru w\u2019igihugu kugira icyo avuga ku mpamvu zituma badashyira mu bikorwa neza ibyemezo na gahunda biba byemejwe kugirango bifatirwe ingamba muri uwo mwiherero wa 2018.<br \/>\n <strong>Intege nke mu mikoranire y\u2019inzego<\/strong><br \/>\nKuri iki kibazo, Minisitiri w\u2019Intebe yatangaje ko Hakigaragara intege nke mu mikoranire y\u2019inzego zo mu butegetsi bwite bwa Leta ndetse n\u2019imikoranire y\u2019izi nzego n\u2019inzego z\u2019ibanze. Ati: \u201cUrugero ninko kutubahiriza ibishushanyo mbonera (Master plans) aho ahantu hamwe usanga harashyizwe ibikorwa by\u2019imiturire rimwe na rimwe ba nyirabyo bafite n\u2019ibyangombwa bahawe n\u2019inzego za Leta.<br \/>\nImitangire ya serivisi itaranoga nayo ni imwe mu mbogamizi Minisitiri w\u2019Intebe yagaragaje mu nzego zimwe za Leta n\u2019iz\u2019abikorera.<br \/>\nMinisitiri w\u2019Intebe yakomeje avuga ko nk\u2019uko bigaragazwa na raporo zitandukanye z\u2019Umugenzuzi Mukuru w\u2019Imari ya Leta, hari ahagaragaye imicungire mibi y\u2019umutungo wa Leta. Ati: \u201cUrugero ni uko muri raporo y\u2019Umugenzuzi Mukuru w\u2019Imari ya Leta yo mu 2015\/2016, ku nzego 139 zagenzuwe, 40% ntizabonye \u201cClean audit report\u201d, inzego zingana na 50% nizo zari zarashyize mu bikorwa inama zari zagiriwe n\u2019Umugenzuzi Mukuru w\u2019Imari ya Leta mu mwaka wa 2014\/2015.\u201d<br \/>\nYakomeje agira ati: \u201cUrundi rugero ni uko hagati ya 2013\/2014 na 2015,2016 raporo y\u2019Umugenzuzi Mukuru w\u2019Imari ya Leta yagaragaje ko kontaro 98 zo kubaka ibikorwaremezo bitandukanye zadindiye. Inyinshi muri zo abazikoraga barazitaye kandi baramaze kwishyurwa\u201d.<br \/>\nMinisitiri w\u2019Intebe kandi ntiyatinye kubwira umukuru w\u2019igihugu ko hari bamwe mu bayobozi bafite umuco wo gushyira imbere inyungu zabo aho gushyira imbere inyungu z\u2019igihugu. Iki kikaba nacyo ari imbogamizi mu ishyirwa mu bikorwa ry\u2019ibyemezo leta iba yafashe.<br \/>\nIzindi mbogamizi zikomeye minisitiri w\u2019Intebe yagaragajeharimo kuba habaho guhishanya amakuru muri bamwe mu bayobozi, imikorere itubahiriza igihe cyagenwe, kutihuta mu bigomba gukorwa no kudakurikirana neza ishyirwa mu bikorwa ry\u2019ibyemezo biba byafashwe bikigaragara mu nzego zitandukanye.<br \/>\nMinisitiri w\u2019Intebe yanakomoje ku kibazo cya zimwe mu nzego zidafite abakozi bafite ubumenyi n\u2019ubushobozi bukenewe (skills gap) byo kuzifasha kuzuza neza inshingano zazo, anagaragaza umuco kuri bamwe mu bayobozi batinda gufata ibyemezo n\u2019abatinya kubifata ahanini banga kwiteranya.<br \/>\nKudafatira ibyemezo bikarishye ababa bagaragayeho amakosa yo kutubahiriza neza inshingano zabo nawo ni umuco uteri mwiza Minisitiri w\u2019Intebe Ngirente yavuzeho ndetse no gutanga raporo zidashingiye ku kuri.<br \/>\nAha akaba yarasoje avuga ko iyi mikorere itanoze iri mu bidindiza gahunda z\u2019iterambere ry\u2019igihugu, avuga ko igisubizo cyo kuyinoza ahanini kiri hagati muri bo nk\u2019abayobozi.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n<a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=kt9zSIzpO7U\" target=\"_blank\" rel=\"noopener\">Kanda Subscribe kuri Bwiza TV ujye ubona videwo zigezweho z\u2019ubuzima,imikino,imyidagaduro\u2026<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Intege nke mu mikoranire y\u2019inzego z\u2019ubutegetsi, imitangire ya serivisi itaranoga, guhishanya amakuru hagati y\u2019inzego, gushyira imbere inyungu z\u2019umuntu ku giti cye, gutanga raporo zidashingiye ku kuri, ni zimwe mu mpamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta byemejwe bidashyirwa mu bikorwa nk\u2019uko byagaragajwe na \u00a0Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Ngirente mu Mwiherero wa 2018. Mu ijambo yavuze asobanura [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-9348","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Impamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta biba byemejwe bidashyirwa mu bikorwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9348\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Impamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta biba byemejwe bidashyirwa mu bikorwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Intege nke mu mikoranire y\u2019inzego z\u2019ubutegetsi, imitangire ya serivisi itaranoga, guhishanya amakuru hagati y\u2019inzego, gushyira imbere inyungu z\u2019umuntu ku giti cye, gutanga raporo zidashingiye ku kuri, ni zimwe mu mpamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta byemejwe bidashyirwa mu bikorwa nk\u2019uko byagaragajwe na \u00a0Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Ngirente mu Mwiherero wa 2018. Mu ijambo yavuze asobanura [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9348\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-03-04T10:56:31+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9348#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9348\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Impamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta biba byemejwe bidashyirwa mu bikorwa\",\"datePublished\":\"2018-03-04T10:56:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9348\"},\"wordCount\":493,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9348#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9348\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9348\",\"name\":\"Impamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta biba byemejwe bidashyirwa mu bikorwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-03-04T10:56:31+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9348#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9348\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9348#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Impamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta biba byemejwe bidashyirwa mu bikorwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Impamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta biba byemejwe bidashyirwa mu bikorwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9348","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Impamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta biba byemejwe bidashyirwa mu bikorwa - BWIZA","og_description":"Intege nke mu mikoranire y\u2019inzego z\u2019ubutegetsi, imitangire ya serivisi itaranoga, guhishanya amakuru hagati y\u2019inzego, gushyira imbere inyungu z\u2019umuntu ku giti cye, gutanga raporo zidashingiye ku kuri, ni zimwe mu mpamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta byemejwe bidashyirwa mu bikorwa nk\u2019uko byagaragajwe na \u00a0Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Ngirente mu Mwiherero wa 2018. Mu ijambo yavuze asobanura [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9348","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-03-04T10:56:31+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9348#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9348"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Impamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta biba byemejwe bidashyirwa mu bikorwa","datePublished":"2018-03-04T10:56:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9348"},"wordCount":493,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9348#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9348","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9348","name":"Impamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta biba byemejwe bidashyirwa mu bikorwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-03-04T10:56:31+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9348#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9348"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9348#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Impamvu zituma ibyemezo na gahunda bya leta biba byemejwe bidashyirwa mu bikorwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9348","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9348"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9348\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9348"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9348"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9348"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}