{"id":9356,"date":"2018-03-05T11:00:28","date_gmt":"2018-03-05T11:00:28","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/03\/05\/minisitiri-rwanyindo-yasobanuriye-inteko-impamvu-zatumye-itegeko-rigenga\/"},"modified":"2018-03-05T11:00:28","modified_gmt":"2018-03-05T11:00:28","slug":"minisitiri-rwanyindo-yasobanuriye-inteko-impamvu-zatumye-itegeko-rigenga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356","title":{"rendered":"Minisitiri Rwanyindo yasobanuriye inteko impamvu zatumye itegeko rigenga umurimo mu Rwanda rivugururwa"},"content":{"rendered":"<p>Inteko Rusange y\u2019Inteko ishinga amategeko kuri uyu wa Mbere, itariki 05 Werurwe yasuzumye ishingiro ry&#8217;umushinga w\u2019Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda yagejejweho na minisitiri w\u2019umurimo, Rwanyindo Fanfan wari uhagarariye Guverinoma.<br \/>\nMinisitiri\u00a0w&#8217;Abakozi ba Leta n&#8217;Umurimo, Rwanyindo Kayirangwa Fanfan yavuze ko Itegeko rigena Umurimo mu Rwanda, ryavuguruwe kugira ngo rihuzwe n\u2019Amasezerano Mpuzamahanga y\u2019Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe Umurimo yashyizweho umukono na Repubulika y\u2019u Rwanda.<br \/>\nYasobanuye impamvu 6 zatumye Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda rivugururwa:<br \/>\n1: Guhuza Itegeko rigenga Umurimo mu Rwanda n\u2019Itegeko Nshinga rya Repubulika y\u2019 u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015.<br \/>\n2: Guhuza Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda n\u2019Amasezerano Mpuzamahanga y\u2019Umurimo u Rwanda rwashyizeho umukono, harimo n\u2019ayashyizweho umukono umwaka ushize agera kuri atandatu (6)<br \/>\n3: Guhuza Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda n\u2019amasezerano agenga Isoko Rusange ry\u2019Umuryango w\u2019Ibihugu by\u2019Afurika y\u2019Iburasirazuba (East African Community Common Market Protocol).<br \/>\n4: Guhuza Itegeko rigenga Umurimo mu Rwanda n\u2019 ibikorwa by\u2019Umushinga w\u2019Ibihugu bihuriye ku Muhora wa Ruguru ku bijyanye n\u2019Urujya n\u2019Uruza rw\u2019Abakozi (Northern Corridor Integrated Initiative Project on Free Movement of Workers in Partner States).<br \/>\n5: Guhuza Itegeko rigenga Umurimo mu Rwanda n\u2019Itegeko N\u00b0003\/2016 ryo ku wa 30\/03\/2016 rishyiraho rikanagena imitunganyirize y\u2019Ubwishingizi bw\u2019Ibigenerwa Umugore uri mu kiruhuko cyo kubyara.<br \/>\n6: Gukemura ibibazo bitandukanye (gaps) byagiye bigaragara mu ishyirwa mu bikorwa ry\u2019Itegeko rigenga Umurimo mu Rwanda risanzweho.<br \/>\nMinisitiri Rwanyindo yavuze ko Mu bitekerezo bishya muri uyu mushinga w\u2019Itegeko hari kugena imyaka fatizo yo gukora umurimo woroheje w\u2019abana no gushyiraho Iteka rya Minisitiri rigena urutonde rw\u2019imirimo ijyanye n\u2019ubushobozi bw\u2019abana.<br \/>\nMu rwego rwo gushyiraho uburyo Abanyarwanda bashobora kujya gushaka imirimo mu bindi Bihugu, muri uyu Mushinga w\u2019Itegeko hatekerejwe ko hajyaho uburyo bwo kuborohereza gushaka iyo mirimo (Labour Mobiliy).<br \/>\nHatekerejwe kandi ko Rwiyemezamirimo watsindiye isoko, mbere yo kwishyurwa amafaranga ajyanye n\u2019imirimo yakoze, agomba kugaragariza urwego rwatanze isoko ko nta mwenda abereyemo abakozi yakoresheje.<br \/>\nMu gihe Urwego rwa Leta cyangwa Ikigo cyigenga kitabikoze kikishyura rwiyemezamirimo utahembye abakozi, urwo rwego rugomba kujya rwirengera kwishyura imishahara y&#8217;abo bakozi.<br \/>\n <strong>Ubugenzuzi bw\u2019umurimo bwongerewe ingufu <\/strong><br \/>\nUyu Mushinga w\u2019Itegeko ukaba ugena ububasha ku byemezo n\u2019ibihano Umugenzuzi w\u2019Umurimo ashobora gutanga igihe asanze hari aho amategeko agenga umurimo atubahirizwa neza.<br \/>\nHateganyijwe kandi ibihano binyuranye birimo Ibihano byerekeye imirimo mibi ikoreshwa abana (Child Labor), hagamijwe guca burundu iyi mirimo, ndetse n&#8217;ibihano byerekeye kutubahiriza ibisabwa bijyanye n\u2019ubuzima n\u2019umutekano ku kazi (Occupational Safety and Health).<br \/>\n<img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-89127 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/DXgkw0qW0AAtxKW.jpg\" alt=\"\" width=\"779\" height=\"517\" \/><br \/>\n <strong>Abadepite batandukanye baboneyeho kubaza ibibazo<\/strong><br \/>\nDepite Mukamana Elisabeth yabajije ikibazo kigira kiti: \u201cNiba abana bagiye kugenerwa imirimo, kandi ikigero barimo ari icyo kwiga, aho ntibigiye kubangamira uburenganzira bwabo. Bikwiye kurebwaho kugira ngo bitanyuranya n&#8217;ibitenganywa n\u2019Itegeko Nshinga.<br \/>\nKu bijyanye n&#8217;abana,\u00a0 minisitiri Rwanyindo yagize ati: &#8220;ntibivuze ko umwana adakwiye gukora; hari imirimo yo mu rugo yoroheje k&#8217;umwana, no ku biga imyuga. Iyo mirimo izasobanurwa mu iteka rya Minisitiri ndetse n&#8217;amasezeramo mpuzamahanga.&#8221;<br \/>\nDepite Murara Jean Damascene nawe yavuze ko abenshi mu rubyiruko bari kwihangira umurimo nta ngwate, abaza icyo abantu badafite ingwate ariko bafite ubumenyi barateganyirizwa mu mushinga w&#8217;iri tegeko rishya.<br \/>\nKu bijyanye n\u2019ubushomeri n&#8217;abashaka kwihangira umurimo nta ngwate bafite, minisitiri yasubije ko biri muri gahunda y\u2019igihugu yo gufasha abarangiza amashuri kubona akazi, kwiga imishinga no kubona ingwate yishingiwe na BDF.<br \/>\nDepite Mukazibera yavuze ko kenshi hagaragazwa kudakurikirana abanyeshuri bimenyereza umurimo, abaza niba muri uyu mushinga w&#8217;itegeko ibijyanye no kumenyereza umurimo byaraganiriweho hagati ya minisiteri y\u2019umurimo na minisiteri y\u2019uburezi \u00a0mu gufasha abo banyeshuri.<br \/>\nNaho ku bijyanye no kwimenyereza akazi, Minisitiri Rwanyindo yavuze ko hari gahunda yo guhindura integanyanyigisho no gukorana n&#8217;amashuri y&#8217;imyuga kugira ngo abana bahabwe umwanya munini mu kwimenyereza akazi bifashishije Ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;Iterambere, RDB, ndetse n&#8217;ihuriro ry&#8217;abikorera ku giti cyabo, PSF.<br \/>\nAbagize inteko ishinga amategeko bakaba bemeje ishingiro ry&#8217;umushinga w\u2019Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/channel\/UC_Wx4Sy2IawVLtp5-QMRhnQ\/videos?view=0&#038;sort=p&#038;flow=grid\">Kanda hano ukore SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n\u2019indirimbo bishya<\/a><\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inteko Rusange y\u2019Inteko ishinga amategeko kuri uyu wa Mbere, itariki 05 Werurwe yasuzumye ishingiro ry&#8217;umushinga w\u2019Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda yagejejweho na minisitiri w\u2019umurimo, Rwanyindo Fanfan wari uhagarariye Guverinoma. Minisitiri\u00a0w&#8217;Abakozi ba Leta n&#8217;Umurimo, Rwanyindo Kayirangwa Fanfan yavuze ko Itegeko rigena Umurimo mu Rwanda, ryavuguruwe kugira ngo rihuzwe n\u2019Amasezerano Mpuzamahanga y\u2019Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe Umurimo yashyizweho umukono [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-9356","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Minisitiri Rwanyindo yasobanuriye inteko impamvu zatumye itegeko rigenga umurimo mu Rwanda rivugururwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Minisitiri Rwanyindo yasobanuriye inteko impamvu zatumye itegeko rigenga umurimo mu Rwanda rivugururwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Inteko Rusange y\u2019Inteko ishinga amategeko kuri uyu wa Mbere, itariki 05 Werurwe yasuzumye ishingiro ry&#8217;umushinga w\u2019Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda yagejejweho na minisitiri w\u2019umurimo, Rwanyindo Fanfan wari uhagarariye Guverinoma. Minisitiri\u00a0w&#8217;Abakozi ba Leta n&#8217;Umurimo, Rwanyindo Kayirangwa Fanfan yavuze ko Itegeko rigena Umurimo mu Rwanda, ryavuguruwe kugira ngo rihuzwe n\u2019Amasezerano Mpuzamahanga y\u2019Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe Umurimo yashyizweho umukono [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-03-05T11:00:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/DXgkw0qW0AAtxKW.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9356#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9356\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Minisitiri Rwanyindo yasobanuriye inteko impamvu zatumye itegeko rigenga umurimo mu Rwanda rivugururwa\",\"datePublished\":\"2018-03-05T11:00:28+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9356\"},\"wordCount\":657,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9356#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/03\\\/DXgkw0qW0AAtxKW.jpg\",\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9356#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9356\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9356\",\"name\":\"Minisitiri Rwanyindo yasobanuriye inteko impamvu zatumye itegeko rigenga umurimo mu Rwanda rivugururwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9356#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9356#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/03\\\/DXgkw0qW0AAtxKW.jpg\",\"datePublished\":\"2018-03-05T11:00:28+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9356#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9356\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9356#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/03\\\/DXgkw0qW0AAtxKW.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2018\\\/03\\\/DXgkw0qW0AAtxKW.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9356#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Minisitiri Rwanyindo yasobanuriye inteko impamvu zatumye itegeko rigenga umurimo mu Rwanda rivugururwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Minisitiri Rwanyindo yasobanuriye inteko impamvu zatumye itegeko rigenga umurimo mu Rwanda rivugururwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Minisitiri Rwanyindo yasobanuriye inteko impamvu zatumye itegeko rigenga umurimo mu Rwanda rivugururwa - BWIZA","og_description":"Inteko Rusange y\u2019Inteko ishinga amategeko kuri uyu wa Mbere, itariki 05 Werurwe yasuzumye ishingiro ry&#8217;umushinga w\u2019Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda yagejejweho na minisitiri w\u2019umurimo, Rwanyindo Fanfan wari uhagarariye Guverinoma. Minisitiri\u00a0w&#8217;Abakozi ba Leta n&#8217;Umurimo, Rwanyindo Kayirangwa Fanfan yavuze ko Itegeko rigena Umurimo mu Rwanda, ryavuguruwe kugira ngo rihuzwe n\u2019Amasezerano Mpuzamahanga y\u2019Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe Umurimo yashyizweho umukono [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-03-05T11:00:28+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/DXgkw0qW0AAtxKW.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Minisitiri Rwanyindo yasobanuriye inteko impamvu zatumye itegeko rigenga umurimo mu Rwanda rivugururwa","datePublished":"2018-03-05T11:00:28+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356"},"wordCount":657,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/DXgkw0qW0AAtxKW.jpg","articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9356#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356","name":"Minisitiri Rwanyindo yasobanuriye inteko impamvu zatumye itegeko rigenga umurimo mu Rwanda rivugururwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/DXgkw0qW0AAtxKW.jpg","datePublished":"2018-03-05T11:00:28+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9356"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/DXgkw0qW0AAtxKW.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/03\/DXgkw0qW0AAtxKW.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9356#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Minisitiri Rwanyindo yasobanuriye inteko impamvu zatumye itegeko rigenga umurimo mu Rwanda rivugururwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9356","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9356"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9356\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9356"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9356"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9356"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}