{"id":9456,"date":"2018-03-12T17:35:16","date_gmt":"2018-03-12T17:35:16","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/03\/12\/cpl-aime-hirwa-ukomoka-mu-rwanda-umwe-mu-masura-ya-division-ya-5-y-igisirikare\/"},"modified":"2018-03-12T17:35:16","modified_gmt":"2018-03-12T17:35:16","slug":"cpl-aime-hirwa-ukomoka-mu-rwanda-umwe-mu-masura-ya-division-ya-5-y-igisirikare","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9456","title":{"rendered":"Cpl Aime Hirwa, ukomoka mu Rwanda, umwe mu Masura ya Division ya 5 y\u2019Igisirikare cya Canada"},"content":{"rendered":"<p>Umunyarwanda ubarizwa mu gisirikare cya Canada Aim\u00e9 Hirwa, Umunyakanada w\u2019imyaka 22 ufite inkomoko mu Rwanda, yamaze kuba umwe mu bagize batayo ya 1 The Royal Newfoundland Regiment y\u2019igisirikare cya Canada, ifite ibirindiro ahitwa St John\u2019s. Uyu musore wasinye amasezerano y\u2019imyaka 4 mu gisirikare, akaba aherutse gutoranwa nk\u2019umwe mu Masura ya Division ya 5 y\u2019Igisirikare cya Canada (Faces of the 5th Canadian Division)<br \/>\nCpl Aime Hirwa avuga ko kuba mu gisirikare cya Canada bimuha amahirwe yo kuba nawe yaba umwe mu bagize ikintu gifite icyo gisobanuye kandi kimuruta, aho yumva nawe afite aho abarizwa.<br \/>\nMu kiganiro yahaye itangazamakuru ryo muri Canada, Aime Hirwa, yavuze ko kuba umusirikare bimuha amahirwe yo gusubiza amaso inyuma akareba ibyagezweho akareba igikwiriye gukorwa kugirango sosiyete irusheho kubaho neza ibayeho, \u201caho tutareka ngo ibyo dutandukaniyeho bidutanye\u201d<br \/>\nHirwa yavukiye I Kigali mu 1996, nyuma y\u2019imyaka 2 gusa Jenoside yakorewe Abatutsi irangiye, aho yahitanye abantu basaga miliyoni barimo abo mu muryango wa Hirwa, kuko ari bwo sekuru na nyirasenge bishwe se umubyara, Philippe Basabose akabasha guhungira mu Burundi ku bw\u2019ibitangaza nk\u2019uko The Telegram.com dukesha iyi nkuru ikomeza ivuga.<br \/>\nSe wa Hirwa yagarutse mu Rwanda jenoside irangiye, Hirwa amara igihe kinini cy\u2019ubwana bwe mu Rwanda, aho yibuka ko u Rwanda yakuriyemo rwari igihugu cy\u2019amahoro kiri muri gahunda z\u2019ubwiyunge mu gihugu hose kigerageza kwigira ku byahise kugirango bitazasubira.<br \/>\nBasabose ubu akuriye ishami ry\u2019Indimi zigezweho, ubuvanganzo n\u2019imico muri Kaminuza y\u2019Urwibutso (Memorial University), akaba yaravuye mu Rwanda amaze gusoza amasomo ya kaminuza mu rurimi rw\u2019Igifaransa n\u2019Ubuvanganzo. Yageze muri Canada mu 1999 agiye gukomeza icyiciro cya master, agakomeza doctorat muri Kaminuza ya Western Ontario.<br \/>\nHirwa uvuga ko ababyeyi be ari bo kitegererezo kuri we kubera ukuntu birwanyeho kugirango bamurere n\u2019abavandimwe be baharanira ko bagira uburere n\u2019ubuzima biruta ibyo baciyemo, avuga ko ajya kujya mu gisirikare yumvise ari ikintu cy\u2019ingenzi abanyeshuri bagomba gucamo.<br \/>\nYagerageje kwiyandikisha ari mu mwaka wa mbere muri Memorial University ariko ntibyamukundira kuko nta bwenegihugu bwa Canada yari yakabonye. Byabaye ngombwa ko ategereza amaze kubona ubwenegihugu asubira kwiyandikisha, ise aramuherekeza.<br \/>\nIse umubyara agira ati: \u201cUbwo yambwiraga ko agiye kujya mu gisirikare, kandi yari muto afite imyaka 16, ikintu cya mbere natekereje cyari, Oh, kubera iki igisirikare? Kuki utajya kuri kaminuza ngo ukurikire amasomo yawe? Maze arambwira, Oya, nshobora kubikora byose. Ubwo ndavuga, niba ibyo ari byo ushaka komeza ugerageze.\u201d<br \/>\nNyuma y\u2019aho ariko ngo se amaze kubona ukuntu yari yiyemeje, yahise avuga ko ahisemo neza. Uyu mubyeyi akaba avuga ko ibyo yaciyemo mu ntambara byamufashije kumva ukuntu byari ingenzi kujya mu gisirikare.<br \/>\nAti: \u201cKu giti cyanjye ibyo naciyemo mu Rwanda mu 1994, by\u2019umwihariko, mu gihe cya jenoside, na nyuma yahoo, n\u2019ukuntu Umuryango Mpuzamahanga ntacyo wakoze-ibyatubayeho, byatumye mbona igisobanuro cyo kujya mu gisirikare\u201d.<br \/>\nCpl Aime Hirwa uvuga ko nubwo yinjiraga mu gisirikare inkomoko ye (U Rwanda) atari yo yari ashyize imbere mu bitekerezo bye, ariko ngo iyo yumvise ibikorwa byo kubungabunga amahoro u Rwanda rubamo, agakubita ku byo ubmuryango we wanyuzemo, yumva nawe arushijeho kumva yaba mu bikorwa byo kubungabunga amahoro.<br \/>\nAti: \u201cNiyo mpamvu bamwe muri twe binjira igisirikare, ni ukugerageza gukora ikintu kubw\u2019impinduka, kandi icyo ni ikintu kiri ku rutonde rw\u2019ibyo ngomba gukora nta kabuza.\u201d<br \/>\nBasabose nawe akavuga ko yishimira umuhungu we ndetse akamushyigikira avuga ko niba ashobora gukora itandukanirizo mu nzira iyo ari yo yose yo gufasha uwo ari we wese uburenganzira bwe bwaba buhonyorwa, byaba ari nk\u2019igisubizo kuri we ku byo yanyuzemo.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/channel\/UC_Wx4Sy2IawVLtp5-QMRhnQ\/videos?view=0&#038;sort=p&#038;flow=grid\">Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n\u2019indirimbo bishya<\/a><\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunyarwanda ubarizwa mu gisirikare cya Canada Aim\u00e9 Hirwa, Umunyakanada w\u2019imyaka 22 ufite inkomoko mu Rwanda, yamaze kuba umwe mu bagize batayo ya 1 The Royal Newfoundland Regiment y\u2019igisirikare cya Canada, ifite ibirindiro ahitwa St John\u2019s. Uyu musore wasinye amasezerano y\u2019imyaka 4 mu gisirikare, akaba aherutse gutoranwa nk\u2019umwe mu Masura ya Division ya 5 y\u2019Igisirikare cya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-9456","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Cpl Aime Hirwa, ukomoka mu Rwanda, umwe mu Masura ya Division ya 5 y\u2019Igisirikare cya Canada - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9456\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Cpl Aime Hirwa, ukomoka mu Rwanda, umwe mu Masura ya Division ya 5 y\u2019Igisirikare cya Canada - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umunyarwanda ubarizwa mu gisirikare cya Canada Aim\u00e9 Hirwa, Umunyakanada w\u2019imyaka 22 ufite inkomoko mu Rwanda, yamaze kuba umwe mu bagize batayo ya 1 The Royal Newfoundland Regiment y\u2019igisirikare cya Canada, ifite ibirindiro ahitwa St John\u2019s. Uyu musore wasinye amasezerano y\u2019imyaka 4 mu gisirikare, akaba aherutse gutoranwa nk\u2019umwe mu Masura ya Division ya 5 y\u2019Igisirikare cya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9456\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-03-12T17:35:16+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9456#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9456\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Cpl Aime Hirwa, ukomoka mu Rwanda, umwe mu Masura ya Division ya 5 y\u2019Igisirikare cya Canada\",\"datePublished\":\"2018-03-12T17:35:16+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9456\"},\"wordCount\":594,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9456#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9456\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9456\",\"name\":\"Cpl Aime Hirwa, ukomoka mu Rwanda, umwe mu Masura ya Division ya 5 y\u2019Igisirikare cya Canada - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-03-12T17:35:16+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9456#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9456\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9456#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Cpl Aime Hirwa, ukomoka mu Rwanda, umwe mu Masura ya Division ya 5 y\u2019Igisirikare cya Canada\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Cpl Aime Hirwa, ukomoka mu Rwanda, umwe mu Masura ya Division ya 5 y\u2019Igisirikare cya Canada - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9456","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Cpl Aime Hirwa, ukomoka mu Rwanda, umwe mu Masura ya Division ya 5 y\u2019Igisirikare cya Canada - BWIZA","og_description":"Umunyarwanda ubarizwa mu gisirikare cya Canada Aim\u00e9 Hirwa, Umunyakanada w\u2019imyaka 22 ufite inkomoko mu Rwanda, yamaze kuba umwe mu bagize batayo ya 1 The Royal Newfoundland Regiment y\u2019igisirikare cya Canada, ifite ibirindiro ahitwa St John\u2019s. Uyu musore wasinye amasezerano y\u2019imyaka 4 mu gisirikare, akaba aherutse gutoranwa nk\u2019umwe mu Masura ya Division ya 5 y\u2019Igisirikare cya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9456","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-03-12T17:35:16+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9456#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9456"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Cpl Aime Hirwa, ukomoka mu Rwanda, umwe mu Masura ya Division ya 5 y\u2019Igisirikare cya Canada","datePublished":"2018-03-12T17:35:16+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9456"},"wordCount":594,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9456#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9456","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9456","name":"Cpl Aime Hirwa, ukomoka mu Rwanda, umwe mu Masura ya Division ya 5 y\u2019Igisirikare cya Canada - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-03-12T17:35:16+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9456#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9456"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9456#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Cpl Aime Hirwa, ukomoka mu Rwanda, umwe mu Masura ya Division ya 5 y\u2019Igisirikare cya Canada"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9456","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9456"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9456\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9456"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9456"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9456"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}