{"id":9598,"date":"2018-03-22T12:16:29","date_gmt":"2018-03-22T12:16:29","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/03\/22\/umuryango-umwe-kuri-7-mu-karere-ka-ruhango-utunze-inka-ukesha-gahunda-ya\/"},"modified":"2025-02-12T14:32:37","modified_gmt":"2025-02-12T12:32:37","slug":"umuryango-umwe-kuri-7-mu-karere-ka-ruhango-utunze-inka-ukesha-gahunda-ya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9598","title":{"rendered":"Umuryango umwe kuri 7 mu Karere ka Ruhango utunze inka ukesha Gahunda ya Girinka"},"content":{"rendered":"<p>Imiryango isaga ibihumbi 10 mu miryango irengaho gato ibihumbi 70 ibarurwa mu Karere ka Ruhango, itunze inka yakuye muri Gahunda ya Girinka yatangijwe na perezida wa repubulika, Paul Kagame mu 2006, bisobanuye ko buri muryango umwe mu miryango irindwi yagezweho n\u2019iyi gahunda nk\u2019uko byemezwa n\u2019ubuyobozi bw\u2019akarere.<br \/>\nIbi bikaba byaragaragajwe mu kwezi gushize ubwo hasozwaga ku mugaragaro icyumweru cya Girinka ku rwego rw\u2019Intara y\u2019Amjyepfo, mu gikorwa cyabereye mu Mudugudu wa Kinama, Akagali ka Nyamagana, Umurenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango.<br \/>\nMuri iki gikorwa Umuyobozi w\u2019Akarere, Mbabazi Fran\u00e0\u00a7ois Xavier, yagaragaje ko iyi gahunda imaze kugera ku miryango isaga ibihumbi 10 mu miryango irenga gato ibihumbi 70 ibarurwa muri Ruhango.<br \/>\nUmuyobozi w\u2019Akarere ka Ruhango akaba yarashimye abantu bose bagira uruhare mu kunganira iyi gahunda ya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika boroza bagenzi babo bakennye, asaba ko uyu muco mwiza wakomeza kugira ngo abasigaye na bo bagerweho maze biteze imbere.<br \/>\nYongeye gukangurira aborozwa gufata neza inka bahabwa kugira ngo zibashe kubakura mu bukene, kandi na bo bazoroze abandi.<br \/>\nAha akaba yaragize ati: \u201c <em>Twumve ko inka ari uruganda rubyara amafaranga igihe cyose wayifashe neza ukubahiriza amabwiriza n\u2019inama abatekinisiye batanga\u201d<\/em> .<br \/>\nUmuyobozi w\u2019akarere yaboneyeho kwamagana ingeso mbi zagiye zigaragara mu mitangire y\u2019inka za Girinka, nk\u2019ikizwi ku izina ry\u2019ikiziriko\u201d, gifatwa nka ruswa bamwe baka ugomba guhabwa inka kugira ngo babone kuyimuha, abagurisha inka bahawe bakaguramo utunyana duto, ndetse n\u2019abibisha izo bagabiwe.<br \/>\nGahunda ya Girinka yatangijwe na Perezida Paul Kagame mu mwaka wa 2006 aho ifite intego enye z\u2019ingenzi zirimo; kurwanya imirire mibi, kuzamura imbibereho myiza, guteza imbere umusaruro uva ku bworozi n\u2019ubuhinzi haboneka ifumbire no guteza imbere imibanire myiza y\u2019Abanyarwanda aho abagabiranye inka barushaho kumenyana no kugenderanirana.<br \/>\nU Rwanda rukaba rwari rwihaye intego yo kuba rwahaye inka imiryango ibihumbi 350 kugera mu 2017 muri iyi gahunda ya Girinka.<br \/>\nIgikorwa cyo gusoza icyumweru cya Girinka mu Ntara y\u2019Amajyepfo kuwa 15 Gashyantare 2018 cyaranzwe n\u2019ubuhamya bw\u2019abo Girinka yafashije gutera imbere, kwereka aborozi uko inka zirindishwa kugira ngo zizaterwe intanga, igikorwa cyo gukama mu rwego rwo kwerekana ko iyo inka ifashwe neza itanga umukamo utubutse, guha abana amata no kugaragaza ko ubuhamya butangwa n\u2019abafashe neza inka bahawe muri Gahunda ya Girinka zikabafasha gutera imbere bitari amakabyankuru, guha abana amata, gushimira mu ruhame bamwe mu bafashe neza inka bahawe muri Gahunda ya Girinka zikabateza imbere, kwitura, n\u2019ubutumwa bw\u2019abayobozi batandukanye.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n<a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=gAB-ZBfLpq4\"> <strong>Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n\u2019indirimbo bishya<\/strong> <\/a><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Imiryango isaga ibihumbi 10 mu miryango irengaho gato ibihumbi 70 ibarurwa mu Karere ka Ruhango, itunze inka yakuye muri Gahunda ya Girinka yatangijwe na perezida wa repubulika, Paul Kagame mu 2006, bisobanuye ko buri muryango umwe mu miryango irindwi yagezweho n\u2019iyi gahunda nk\u2019uko byemezwa n\u2019ubuyobozi bw\u2019akarere. Ibi bikaba byaragaragajwe mu kwezi gushize ubwo hasozwaga ku [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-9598","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umuryango umwe kuri 7 mu Karere ka Ruhango utunze inka ukesha Gahunda ya Girinka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9598\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umuryango umwe kuri 7 mu Karere ka Ruhango utunze inka ukesha Gahunda ya Girinka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Imiryango isaga ibihumbi 10 mu miryango irengaho gato ibihumbi 70 ibarurwa mu Karere ka Ruhango, itunze inka yakuye muri Gahunda ya Girinka yatangijwe na perezida wa repubulika, Paul Kagame mu 2006, bisobanuye ko buri muryango umwe mu miryango irindwi yagezweho n\u2019iyi gahunda nk\u2019uko byemezwa n\u2019ubuyobozi bw\u2019akarere. Ibi bikaba byaragaragajwe mu kwezi gushize ubwo hasozwaga ku [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9598\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-03-22T12:16:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:32:37+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9598#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9598\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umuryango umwe kuri 7 mu Karere ka Ruhango utunze inka ukesha Gahunda ya Girinka\",\"datePublished\":\"2018-03-22T12:16:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:32:37+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9598\"},\"wordCount\":413,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9598#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9598\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9598\",\"name\":\"Umuryango umwe kuri 7 mu Karere ka Ruhango utunze inka ukesha Gahunda ya Girinka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-03-22T12:16:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:32:37+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9598#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9598\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9598#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umuryango umwe kuri 7 mu Karere ka Ruhango utunze inka ukesha Gahunda ya Girinka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umuryango umwe kuri 7 mu Karere ka Ruhango utunze inka ukesha Gahunda ya Girinka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9598","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umuryango umwe kuri 7 mu Karere ka Ruhango utunze inka ukesha Gahunda ya Girinka - BWIZA","og_description":"Imiryango isaga ibihumbi 10 mu miryango irengaho gato ibihumbi 70 ibarurwa mu Karere ka Ruhango, itunze inka yakuye muri Gahunda ya Girinka yatangijwe na perezida wa repubulika, Paul Kagame mu 2006, bisobanuye ko buri muryango umwe mu miryango irindwi yagezweho n\u2019iyi gahunda nk\u2019uko byemezwa n\u2019ubuyobozi bw\u2019akarere. Ibi bikaba byaragaragajwe mu kwezi gushize ubwo hasozwaga ku [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9598","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-03-22T12:16:29+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:32:37+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9598#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9598"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umuryango umwe kuri 7 mu Karere ka Ruhango utunze inka ukesha Gahunda ya Girinka","datePublished":"2018-03-22T12:16:29+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:32:37+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9598"},"wordCount":413,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9598#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9598","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9598","name":"Umuryango umwe kuri 7 mu Karere ka Ruhango utunze inka ukesha Gahunda ya Girinka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-03-22T12:16:29+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:32:37+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9598#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9598"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9598#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umuryango umwe kuri 7 mu Karere ka Ruhango utunze inka ukesha Gahunda ya Girinka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9598","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9598"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9598\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9598"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9598"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9598"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}