{"id":962,"date":"2016-03-05T11:24:27","date_gmt":"2016-03-05T11:24:27","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/03\/05\/ni-mpamvu-ki-abantu-bavuga-ko-bahisemo-nabi-mu-rukundo\/"},"modified":"2025-02-03T01:04:21","modified_gmt":"2025-02-02T23:04:21","slug":"ni-mpamvu-ki-abantu-bavuga-ko-bahisemo-nabi-mu-rukundo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=962","title":{"rendered":"Ni mpamvu ki abantu bavuga ko bahisemo nabi mu rukundo?"},"content":{"rendered":"<p>Hari igihe ukunda umuntu byaba bigeze kure uwo wizeraga akaguhinduka maze bigatuma unamutekerezaho cyane ko atagukwiriye, ukibwira ko wahisemo nabi, wahaswe kumukunda cyangwa nta gihe wafashe cyo kubitekerezaho. Aha, hari ubwo ufata n\u2019 icyemezo cyo kumwanga utamugishije inama cyangwa utanamubwiye. Hakaba n\u2019 ubwo ukunda umuntu mu gihe gito ukabona ko mudashokanye bityo bigatuma mutana mutanasezeranyeho.<br \/>\nUrubuga aufeminin rwanditse ko urukundo twarwita urudashoboka, aha ni ha handi usanga abantu babanye igihe gito batangiye kumva ko hari ikintu kinini kibatandukanya mu mico yabo ndetse no mu myitwarire yabo.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/amour.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-26275 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/amour.jpg\" alt=\"amour\" width=\"700\" height=\"442\" \/><\/a><br \/>\nIkindi kandi ngo abagore ni bo bashobora kwihanganira ingeso nk\u2019 izo zitunguranye ku bagabo babo kurusha uko abagabo babyihanganira, kuko usanga bo bakunze bazi icyo bagiye gukora kuko akenshi ni bo bihitiramo uwo bishimiye kandi bahora bumva bamufiteho ububasha.<br \/>\n <strong> <\/strong> N\u2019ubwo bimeze gutyo ariko, urubugawordpress, rwagerageje kwandika ko nta rukundo rutemewe, ko ahubwo igihe ubonye ko imyitwarire yawe idashimisha umukunzi wawe ushobora kuyihindura maze ubuzima bugakomeza cyangwa se wakumva utabasha kuyireka, na we byamunanira kuyihanganira mukaba mwabyumvikanaho mugatandukana, ibyo kuba abakunzi mukabivamo mukibera inshuti zo mu buzima busanzwe gusa.<br \/>\nBakomeza bavuga ko urukundo rutemewe ko ari nk\u2019urw\u2019 umwarimu n\u2019 umunyeshuri, cyangwa se abandi bakundana hakoreshejwe igitugu kuko aha uwashyizweho igitugu akunda atabitekerejeho ari uko abihatiwe cyangwa abitegetswe.<br \/>\nNi ukuvuga ko n\u2019 ubwo akenshi usanga urukundo rusa n\u2019 aho rucanganyukisha abantu maze bakarenga ku mahame cyangwa indangagaciro z\u2019 umuryango (societe), izi ndangagaciro ni zo zitanga umupaka ku myitwarire ya buri muntu.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/amour-1.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-26277 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/amour-1.jpg\" alt=\"amour 1\" width=\"700\" height=\"408\" \/><\/a><br \/>\nNiba rero ubona urukundo rwawe rurimo imbogamizi wagerageza no kuganira na mugenzi wawe ku byo ubona bitagenda cyangwa bikurambiye mu rukundo.<br \/>\nIbyiza ni ukubivaho kuruta kuba imbata y\u2019 urukundo rwatuma unarenga ku ndangagaciro zikugenga cyangwa ukumva usa nk\u2019 ufungiranye muri gereza utabasha kwikuramo.<br \/>\nTwavuga nk\u2019 abantu usanga bishyiramo gukunda abo bayobora cyangwa se bitwaje icyo bari cyo cyose bagategeka abo bafiteho ubushobozi kubakunda, ibi ngo ntibyigera bifasha uwashyizweho agahato ko gukunda kumva ko akwiranye n\u2019 uwo yakunze ku gahato. Aha ngo biramubangamira kandi bikamubuza no kubahiriza amahame aba yarihaye agenga ubuzima bwe.<br \/>\nSi byiza rero gukunda umuntu utabanje kubitekerezaho, kuko aribyo bituma habaho gutandukana incuro nyinshi bikanagira ingaruka zitari nziza mu buzima bw\u2019urukundo, nyuma yo kwibwira ko wahisemo nabi bitewe n\u2019uko utabanje kubitekerezaho.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\nLeki@bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Hari igihe ukunda umuntu byaba bigeze kure uwo wizeraga akaguhinduka maze bigatuma unamutekerezaho cyane ko atagukwiriye, ukibwira ko wahisemo nabi, wahaswe kumukunda cyangwa nta gihe wafashe cyo kubitekerezaho. Aha, hari ubwo ufata n\u2019 icyemezo cyo kumwanga utamugishije inama cyangwa utanamubwiye. Hakaba n\u2019 ubwo ukunda umuntu mu gihe gito ukabona ko mudashokanye bityo bigatuma mutana mutanasezeranyeho. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-962","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ni mpamvu ki abantu bavuga ko bahisemo nabi mu rukundo? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=962\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ni mpamvu ki abantu bavuga ko bahisemo nabi mu rukundo? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Hari igihe ukunda umuntu byaba bigeze kure uwo wizeraga akaguhinduka maze bigatuma unamutekerezaho cyane ko atagukwiriye, ukibwira ko wahisemo nabi, wahaswe kumukunda cyangwa nta gihe wafashe cyo kubitekerezaho. Aha, hari ubwo ufata n\u2019 icyemezo cyo kumwanga utamugishije inama cyangwa utanamubwiye. Hakaba n\u2019 ubwo ukunda umuntu mu gihe gito ukabona ko mudashokanye bityo bigatuma mutana mutanasezeranyeho. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=962\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-03-05T11:24:27+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:04:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/amour.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=962#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=962\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ni mpamvu ki abantu bavuga ko bahisemo nabi mu rukundo?\",\"datePublished\":\"2016-03-05T11:24:27+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:21+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=962\"},\"wordCount\":388,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=962#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/amour.jpg\",\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=962#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=962\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=962\",\"name\":\"Ni mpamvu ki abantu bavuga ko bahisemo nabi mu rukundo? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=962#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=962#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/amour.jpg\",\"datePublished\":\"2016-03-05T11:24:27+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:21+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=962#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=962\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=962#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/amour.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/amour.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=962#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ni mpamvu ki abantu bavuga ko bahisemo nabi mu rukundo?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ni mpamvu ki abantu bavuga ko bahisemo nabi mu rukundo? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=962","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ni mpamvu ki abantu bavuga ko bahisemo nabi mu rukundo? - BWIZA","og_description":"Hari igihe ukunda umuntu byaba bigeze kure uwo wizeraga akaguhinduka maze bigatuma unamutekerezaho cyane ko atagukwiriye, ukibwira ko wahisemo nabi, wahaswe kumukunda cyangwa nta gihe wafashe cyo kubitekerezaho. Aha, hari ubwo ufata n\u2019 icyemezo cyo kumwanga utamugishije inama cyangwa utanamubwiye. Hakaba n\u2019 ubwo ukunda umuntu mu gihe gito ukabona ko mudashokanye bityo bigatuma mutana mutanasezeranyeho. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=962","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-03-05T11:24:27+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:04:21+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/amour.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=962#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=962"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ni mpamvu ki abantu bavuga ko bahisemo nabi mu rukundo?","datePublished":"2016-03-05T11:24:27+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:21+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=962"},"wordCount":388,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=962#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/amour.jpg","articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=962#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=962","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=962","name":"Ni mpamvu ki abantu bavuga ko bahisemo nabi mu rukundo? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=962#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=962#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/amour.jpg","datePublished":"2016-03-05T11:24:27+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:21+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=962#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=962"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=962#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/amour.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/amour.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=962#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ni mpamvu ki abantu bavuga ko bahisemo nabi mu rukundo?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/962","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=962"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/962\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=962"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=962"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=962"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}