{"id":9693,"date":"2018-03-28T11:11:22","date_gmt":"2018-03-28T11:11:22","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/03\/28\/bugesera-barasabira-imigisha-abikorera-bashora-mu-rwego-rw-ubuzima\/"},"modified":"2025-02-12T14:31:43","modified_gmt":"2025-02-12T12:31:43","slug":"bugesera-barasabira-imigisha-abikorera-bashora-mu-rwego-rw-ubuzima","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9693","title":{"rendered":"Bugesera: Barasabira imigisha abikorera\u00a0 bashora mu rwego rw\u2019ubuzima"},"content":{"rendered":"<p>Ibitaro, \u00a0menshi mu mavuriro na Posite de Sante mu Karere ka Bugesera byubatswe n\u2019abikorera ku giti cyabo harimo n\u2019abihaye Imana, nyamara bagatanga serivisi zisa n\u2019izitangwa n\u2019ibigo bya Leta. Muri aka karere, Posite de sant\u00e9 54 zose ni iz\u2019abikorera, ariko zakira abitwaje Mituweli barenga 98%. Abazigana bavuga ko zibafatiye runini, bagasabira imigisha abazishinze\u00a0 bitanze, ndetse bakifuza ko\u00a0 baterwa inkunga ngo batazacika intege.<br \/>\nMu gihe mu turere tumwe na tumwe, hari aho usanga ibikorwa nk\u2019ibi biharirwa Leta, hakaba n\u2019aho Posite de sant\u00e9 zubatswe na Leta ariko zikabura abazikoreramo\u00a0; muri aka karere umuntu yubaka inzu cyangwa akayikodesha, akagura ibikoresho, agashaka abaganga n\u2019abandi bakozi agamije kurengera ubuzima bw\u2019abagatuye. Kuri Posite de sante ya Kayumba, umurenge wa Nyamata, ho usanga hirengagizwa n\u2019inyungu, bagakorera imigisha.<br \/>\nMbere yo kwinjira mu mujyi wa Nyamata, ahitwa Kariyeri, munsi y\u2019umuhanda uhasanga Posite de sant\u00e9 ya Kayumba , iganwa n\u2019abantu bose bitwaje ikarita ya Mituweli. Ni mu nzu isanzwe y\u2019umudugudu, ku rubaraza niho hateye intebe ndende zicayeho abaje kwivuza bagera kuri 30, imbere yabo hari ushinzwe kubakira akurikije uko bagiye bahagera.<br \/>\nUruganiriro(salon) y\u2019iyi nzu, igabanijemo ibice bibiri hifashishijwe akabati kabikwamo imiti n\u2019igitambaro (rideau). Igice kimwe hicaye abagiye kubonana na muganga uri mu cyumba, naho inyuma ya rido niho hatangirwa imiti. Mu byumba harimo aho bapimira ibizamini, naho mu gikari haba hicaye abategereje ibisubizo, abagiye gushaka ibizamini, ndetse n\u2019abaruhuka bahumbye izuba mbere yo gutaha.<br \/>\n <strong>Mu barenga 80 ku munsi, 2 nibo bishyura<\/strong><br \/>\nNk\u2019uko bisobanura na Iradukunda Judith, umuforomo wakoze kuwa gatandatu tariki ya 17 Werurwe 2018, ngo iri vuriro ryakira abarwayi hagati ya 70 na 100 ku munsi. Muri aba bose, ngo abiyishyurira ni hagati y\u2019umwe na babiri.<br \/>\nIradukunda ati, \u00ab\u00a0Abatugana hafi ya bose baba bitwaje Mituweli. Mu barwayi bari hagati ya 70 n\u2019ijana ku munsi, usanga umwe cyangwa babiri ari we wishyura. Naho aba Mituweli, bishyura ku buryo bukurikira\u00a0:<br \/>\nUri mu cyiciro cya mbere, yishyura amafaranga 70, harimo 20 y\u2019ifishi, na 50 y\u2019agakayi\u00a0; nta nyunganizi(ticket moderateur) atanga.<br \/>\nUwo mu cyiciro cya kabiri, yishyura aya 70, wongeyeho inyunganizi(ticket moderateur) ya 200, ubwo akaba 270. Gusa nawe iyo ari malariya arwaye, nta nyunganizi asabwa.<br \/>\nNaho mu cyiciro cya gatatu, yishyura ya 270 kandi akajya kwigurira imiti hanze\u00a0\u00bb.<br \/>\nAha anongeraho ko agakayi ka 50 kagurwa rimwe kugera gashize, bivuga ko ugasanganwe agana iri vuriro yitwaje \u2018igiceri cya 20\u2019 gusa.<br \/>\nNiwemugeni Donatha, ngo ntiyamara ukwezi taje kwivuriza kuri iyi Posite, yaba we cyangwa umwana urwaye. Avuga ko bakorana ubwitange bakabakira neza, batitaye ku kuba bitwaje Mituweli, badahita bishyura.<br \/>\nUndi wicaye mu gikari ategereje ibisubizo, avuga ko abashinga amavuriro yigenga bakorana ubwitange, ndetse akaboneraho kubasabira imigisha. Sekamana Ibrahim ati, \u00ab\u00a0Kuva uku kwezi kwa gatatu gutangiye mazi kugera hano gatatu, njye ndwaye cyangwa ndwaje umwana. Mbere byansabaga kujya mu mujyi, urumva izo ncuro zose byaba binsaba gutega kuko sinagerayo n\u2019amaguru ndwaye. Hari n\u2019abacikaga intege z\u2019urugendo bagahitamo kurembera mu rugo. Iyo umuntu yiyemje gushora agakora ibintu nk\u2019ibi bidufite akamaro, aba agamije inyungu, bityo acitse intege akabireka twasubira mu kaga. Ndabasabira imigisha ariko kandi na Leta yagombye kubunganira ikabongerera imbaraga, kugira ngo bakomeze badufashe kandi n\u2019iyo ngungu bayibone\u00bb.<br \/>\nNi abafatanyabikorwa kuri serivisi inoze, kugabanya ubucukike n\u2019imfu\u2026, Ubuyobozi<br \/>\nUmuyobozi ushinzwe ubuzima mu karere ka Bugesera, Nikuze Margueritte, yemera anashima uruhare rw\u2019abikorera mu guteza imbere urwego rw\u2019ubuzima, kandi agakangurira abifite kugera ikirenge mu cy\u2019aba batangiye.<br \/>\nAgira ati, buri kagari gafite Posite de sante, kandi zose ni iz\u2019abikorera. Ibi byagabanije ubucucike bw\u2019abarwayi ku mavuriro, ari naho wumvaga ngo barahatinda. Byongereye imitangire ya serivisi inoze kandi byagabanije imfu za hato na hato z\u2019abatarivuzaga kubera urugendo rurerure bakoraga. Ubu turakomeza gushishikariza abafite ubushobozi gukomeza gushora muri uru rwego rw\u2019ubuzima, bidahariwe Leta gusa\u00a0\u00bb.<br \/>\nKu bw\u2019umuyobozi w\u2019ibitaro bya Nyamata, Dogiteri Rutagengwa Alfred, ngo abashinga za Posite de Sante ni abafatanyabikorwa, kandi bakeneye ubufasha n\u2019ubuvugizi.\u00a0 Ati, \u00ab\u00a0Gushinga Posite de sante hari ibisabwa\u00a0: inyubako, ibikoresho n\u2019abakozi. Umaze kubyuzuza, tumufasha kubona ibyangombwa, cyane cyane iyo asaba gukorera mu kagari kadasanzwe gafite Posite de sante, aho tumufasha kubyihutisha\u00a0\u00bb.<br \/>\nKubaka nibura Posite de sante imwe muri buri kagari, ni umwe mu myanzuro yafatiwe mu mwiherero wa 15 w\u2019abayobozi b\u2019igihugu wabereye i Gabiro mu karere ka Gatsibo mu mpera za Gashyantare\u00a0 2018. Nubwo Bugesera yafashe iya mbere muri iyi gahunda, hari uturere usangamo izi Posite de sante zubatswe na Leta, nyamara zikaba zimaze imyaka isaga ibiri zidakora.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n<a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=gAB-ZBfLpq4\"> <strong>Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n\u2019indirimbo bishya<\/strong> <\/a><\/p>\n<div class=\"epyt-video-wrapper\">\n<div  id=\"_ytid_76313\"  width=\"1170\" height=\"658\"  data-origwidth=\"1170\" data-origheight=\"658\" data-facadesrc=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/r48ZI7kWxYU?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;disablekb=0&#038;\" class=\"__youtube_prefs__ epyt-facade epyt-is-override  no-lazyload\" data-epautoplay=\"1\" ><img decoding=\"async\" data-spai-excluded=\"true\" class=\"epyt-facade-poster skip-lazy\" loading=\"lazy\"  alt=\"YouTube player\"  src=\"https:\/\/i.ytimg.com\/vi\/r48ZI7kWxYU\/maxresdefault.jpg\"  \/><button class=\"epyt-facade-play\" aria-label=\"Play\"><svg data-no-lazy=\"1\" height=\"100%\" version=\"1.1\" viewBox=\"0 0 68 48\" width=\"100%\"><path class=\"ytp-large-play-button-bg\" d=\"M66.52,7.74c-0.78-2.93-2.49-5.41-5.42-6.19C55.79,.13,34,0,34,0S12.21,.13,6.9,1.55 C3.97,2.33,2.27,4.81,1.48,7.74C0.06,13.05,0,24,0,24s0.06,10.95,1.48,16.26c0.78,2.93,2.49,5.41,5.42,6.19 C12.21,47.87,34,48,34,48s21.79-0.13,27.1-1.55c2.93-0.78,4.64-3.26,5.42-6.19C67.94,34.95,68,24,68,24S67.94,13.05,66.52,7.74z\" fill=\"#f00\"><\/path><path d=\"M 45,24 27,14 27,34\" fill=\"#fff\"><\/path><\/svg><\/button><\/div>\n<\/div>\n<p>\u00a0<br \/>\n <strong>Karegeya Jean Baptiste<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ibitaro, \u00a0menshi mu mavuriro na Posite de Sante mu Karere ka Bugesera byubatswe n\u2019abikorera ku giti cyabo harimo n\u2019abihaye Imana, nyamara bagatanga serivisi zisa n\u2019izitangwa n\u2019ibigo bya Leta. Muri aka karere, Posite de sant\u00e9 54 zose ni iz\u2019abikorera, ariko zakira abitwaje Mituweli barenga 98%. Abazigana bavuga ko zibafatiye runini, bagasabira imigisha abazishinze\u00a0 bitanze, ndetse bakifuza [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-9693","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bugesera: Barasabira imigisha abikorera\u00a0 bashora mu rwego rw\u2019ubuzima - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9693\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bugesera: Barasabira imigisha abikorera\u00a0 bashora mu rwego rw\u2019ubuzima - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ibitaro, \u00a0menshi mu mavuriro na Posite de Sante mu Karere ka Bugesera byubatswe n\u2019abikorera ku giti cyabo harimo n\u2019abihaye Imana, nyamara bagatanga serivisi zisa n\u2019izitangwa n\u2019ibigo bya Leta. Muri aka karere, Posite de sant\u00e9 54 zose ni iz\u2019abikorera, ariko zakira abitwaje Mituweli barenga 98%. Abazigana bavuga ko zibafatiye runini, bagasabira imigisha abazishinze\u00a0 bitanze, ndetse bakifuza [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9693\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-03-28T11:11:22+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:31:43+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9693#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9693\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Bugesera: Barasabira imigisha abikorera\u00a0 bashora mu rwego rw\u2019ubuzima\",\"datePublished\":\"2018-03-28T11:11:22+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:31:43+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9693\"},\"wordCount\":746,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9693#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9693\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9693\",\"name\":\"Bugesera: Barasabira imigisha abikorera\u00a0 bashora mu rwego rw\u2019ubuzima - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-03-28T11:11:22+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:31:43+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9693#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9693\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9693#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bugesera: Barasabira imigisha abikorera\u00a0 bashora mu rwego rw\u2019ubuzima\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bugesera: Barasabira imigisha abikorera\u00a0 bashora mu rwego rw\u2019ubuzima - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9693","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bugesera: Barasabira imigisha abikorera\u00a0 bashora mu rwego rw\u2019ubuzima - BWIZA","og_description":"Ibitaro, \u00a0menshi mu mavuriro na Posite de Sante mu Karere ka Bugesera byubatswe n\u2019abikorera ku giti cyabo harimo n\u2019abihaye Imana, nyamara bagatanga serivisi zisa n\u2019izitangwa n\u2019ibigo bya Leta. Muri aka karere, Posite de sant\u00e9 54 zose ni iz\u2019abikorera, ariko zakira abitwaje Mituweli barenga 98%. Abazigana bavuga ko zibafatiye runini, bagasabira imigisha abazishinze\u00a0 bitanze, ndetse bakifuza [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9693","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-03-28T11:11:22+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:31:43+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9693#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9693"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Bugesera: Barasabira imigisha abikorera\u00a0 bashora mu rwego rw\u2019ubuzima","datePublished":"2018-03-28T11:11:22+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:31:43+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9693"},"wordCount":746,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9693#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9693","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9693","name":"Bugesera: Barasabira imigisha abikorera\u00a0 bashora mu rwego rw\u2019ubuzima - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-03-28T11:11:22+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:31:43+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9693#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9693"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9693#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bugesera: Barasabira imigisha abikorera\u00a0 bashora mu rwego rw\u2019ubuzima"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9693","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9693"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9693\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9693"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9693"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9693"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}