{"id":9749,"date":"2018-04-01T09:23:40","date_gmt":"2018-04-01T09:23:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/04\/01\/abanyekongo-bakomeje-kwishimira-imibereho-yo-mu-rwanda-kurusha-iwabo\/"},"modified":"2025-02-12T14:31:09","modified_gmt":"2025-02-12T12:31:09","slug":"abanyekongo-bakomeje-kwishimira-imibereho-yo-mu-rwanda-kurusha-iwabo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9749","title":{"rendered":"Abanyekongo bakomeje kwishimira imibereho yo mu Rwanda kurusha iwabo"},"content":{"rendered":"<p>Nubwo bidakabije ariko bikaba bigaragara, ngo hari ukwimuka gukomeje kugaragara kw\u2019Abanyekongo bava mu burasirazuba bwa Congo bakajya gutura mu mijyi yo mu Rwanda bihana imbibe, aho aba baturage baba bakeka kuryama bagasinzira kandi bagakora ibintu byabo nta mbogamizi.<\/p>\n<p>Imijyi ya Gisenyi na kamembe mu majyaruguru n\u2019amajyepfo y\u2019Ikiyaga cya Kivu ngo igaragara nk\u2019ibereye kandi itekanye ugereranyije n\u2019imijyi ya Goma na Bukavu yo ku rundi ruhande rwa Congo.<\/p>\n<p>Jacques Kahora, umukozi ukora mu bijyanye n\u2019ubutabazi wimukiye burundu ku Gisenyi mu 2016 aragira ati: \u201c <em>Natewe ubwoba mu 2013 muri Goma nimukira ku Gisenyi. Nasubiye I Goma hashize umwaka. Ndacyafite impungenge z\u2019ubuzima bwanjye. Inshuti zanjye 3 mu karere kanjye zarishwe<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Undi munyekongo witwa Adrien w\u2019imyaka 28 ukorera umuryango utegamiye kuri leta, ngo amaze hafi umwaka akodesha inzu ku Gisenyi ku madolari 80 y\u2019abanyamerika, ngo akaba ari icya kabiri cy\u2019ayo yishyuraga mu mujyi wa Goma.<\/p>\n<p>Uyu avuga ko yimukiye ku Gisenyi mu rwego rwo kureba ko yabona ibyangombwa by\u2019ibanze mu buzima bwa buri munsi nk\u2019amazi n\u2019umuriro.<\/p>\n<p>Aragira ati: \u201c <em>Ahanini mbikorera kubona bimwe mu bintu by\u2019ibanze nk\u2019amazi n\u2019umuriro. Muri Gisenyi, ni gacye umuriro ubura, ariko muri Goma biba buri munsi.. rimwe na rimwe ushobora kumara icyumweru cyose nta muriro<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>U Rwanda kandi ngo runagira serivisi za internet ya wi-fi zikora neza cyane, ngo zinakoreshwa n\u2019abaturage ba Goma na Bukavu iyo abayobozi ba Congo bafunze internet mu rwego rwo guca intege imyigaragambyo y\u2019abatavuga rumwe n\u2019ubutegetsi.<\/p>\n<p>Kimwe na Adrien, Abakongomani benshi ngo bakora I Goma cyangwa I Bukavu ariko bakajya kurara mu Rwanda. Uwitwa Leston kambale w\u2019imyaka 38 wimukiye ku Gisenyi mu myaka 8 ishize ndetse abana be batatu bakaba biga mu Rwanda, avuga ko bakora iwabo bakazana ibitotsi mu Rwanda. Ati: \u201c <em>Hano icyo tuzana n\u2019ibitotsi<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Akomeza agira ati: \u201cNk\u2019impuguke mu ikoranabuhanga n\u2019itumanaho, nari nkeneye umuriro amasaha 24 ku munsi. Kandi nta kibazo cy\u2019umutekanno gihari. Hano I Gisenyi, ushobora gukora kuva mu gitondo kugeza mu kindi nta kibazo.\u201d<\/p>\n<p>Nubwo imipaka y\u2019u Rwanda ikora amasaha 24 kuri 24, no kwambuka umupaka ujya muri congo mu masaha ya ninjoro ugomba gucungana n\u2019isaha kuko saa yine z\u2019ijoro umupaka wa Congo uba ufunzwe.<\/p>\n<p>Kugirango umukongomani yemererwe kuba mu Rwanda agomba kwishyura amafaranga 20,000 kugirango abone uruhushya rwo gutura, aya ngo akaba ari amafaranga makeya n\u2019umukongomani uciriritse abasha kubona.<\/p>\n<p>Umubare w\u2019Abanyekongo bamara igice cy\u2019umunsi wabo mu Rwanda cyangwa bahatuye burundu ntabwo uzwi neza ariko ibimenyetso bigaragaza ko ari benshi.<\/p>\n<p>Muri weekend, urubyiruko rw\u2019Abanyekongo rwo muri Goma rwambuka umupaka rukajya kuryoshya kuri Tam-Tam ku Gisenyi aho usanga hateraniye abantu benshi bakiri bato.<\/p>\n<p>I Goma, ngo hari ahantu hamwe gusa wakwishimishiriza ku nkengero z\u2019ikiyaga ariko ku Gisenyi nta kibazo cyo kujya kwoga nk\u2019uko byemezwa na Guillain Balume, umunyamakuru wasanzwe n\u2019ikinyamakuru The citizen dukesha iyi nkuru ku Gisenyi.<\/p>\n<p>Mu majyepfo ya Kivu, ngo imiryango 900 y\u2019Abanyekongo imaze kuva muri Bukavu ijya gutura muri Kamembe nk\u2019uko byemezwa na patient Bashombe, umunyamategeko ushinzwe guhuza ibikorwa by\u2019ibiro bya sosiyete sivile muri Kivu y\u2019Amajyepfo.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=gAB-ZBfLpq4\"> <strong>Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n\u2019indirimbo bishya<\/strong> <\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nubwo bidakabije ariko bikaba bigaragara, ngo hari ukwimuka gukomeje kugaragara kw\u2019Abanyekongo bava mu burasirazuba bwa Congo bakajya gutura mu mijyi yo mu Rwanda bihana imbibe, aho aba baturage baba bakeka kuryama bagasinzira kandi bagakora ibintu byabo nta mbogamizi. Imijyi ya Gisenyi na kamembe mu majyaruguru n\u2019amajyepfo y\u2019Ikiyaga cya Kivu ngo igaragara nk\u2019ibereye kandi itekanye ugereranyije [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-9749","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abanyekongo bakomeje kwishimira imibereho yo mu Rwanda kurusha iwabo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9749\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abanyekongo bakomeje kwishimira imibereho yo mu Rwanda kurusha iwabo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nubwo bidakabije ariko bikaba bigaragara, ngo hari ukwimuka gukomeje kugaragara kw\u2019Abanyekongo bava mu burasirazuba bwa Congo bakajya gutura mu mijyi yo mu Rwanda bihana imbibe, aho aba baturage baba bakeka kuryama bagasinzira kandi bagakora ibintu byabo nta mbogamizi. Imijyi ya Gisenyi na kamembe mu majyaruguru n\u2019amajyepfo y\u2019Ikiyaga cya Kivu ngo igaragara nk\u2019ibereye kandi itekanye ugereranyije [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9749\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-04-01T09:23:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:31:09+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9749#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9749\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abanyekongo bakomeje kwishimira imibereho yo mu Rwanda kurusha iwabo\",\"datePublished\":\"2018-04-01T09:23:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:31:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9749\"},\"wordCount\":518,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9749#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9749\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9749\",\"name\":\"Abanyekongo bakomeje kwishimira imibereho yo mu Rwanda kurusha iwabo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-04-01T09:23:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:31:09+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9749#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9749\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9749#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abanyekongo bakomeje kwishimira imibereho yo mu Rwanda kurusha iwabo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abanyekongo bakomeje kwishimira imibereho yo mu Rwanda kurusha iwabo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9749","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abanyekongo bakomeje kwishimira imibereho yo mu Rwanda kurusha iwabo - BWIZA","og_description":"Nubwo bidakabije ariko bikaba bigaragara, ngo hari ukwimuka gukomeje kugaragara kw\u2019Abanyekongo bava mu burasirazuba bwa Congo bakajya gutura mu mijyi yo mu Rwanda bihana imbibe, aho aba baturage baba bakeka kuryama bagasinzira kandi bagakora ibintu byabo nta mbogamizi. Imijyi ya Gisenyi na kamembe mu majyaruguru n\u2019amajyepfo y\u2019Ikiyaga cya Kivu ngo igaragara nk\u2019ibereye kandi itekanye ugereranyije [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9749","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-04-01T09:23:40+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:31:09+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9749#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9749"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abanyekongo bakomeje kwishimira imibereho yo mu Rwanda kurusha iwabo","datePublished":"2018-04-01T09:23:40+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:31:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9749"},"wordCount":518,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9749#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9749","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9749","name":"Abanyekongo bakomeje kwishimira imibereho yo mu Rwanda kurusha iwabo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-04-01T09:23:40+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:31:09+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9749#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9749"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9749#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abanyekongo bakomeje kwishimira imibereho yo mu Rwanda kurusha iwabo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9749","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9749"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9749\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9749"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9749"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9749"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}