{"id":9860,"date":"2018-04-11T12:27:03","date_gmt":"2018-04-11T12:27:03","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/04\/11\/uwakoraga-muri-minisiteri-y-ingabo-yari-yasabye-u-bufaransa-kwitandukanya-na\/"},"modified":"2025-02-12T14:26:27","modified_gmt":"2025-02-12T12:26:27","slug":"uwakoraga-muri-minisiteri-y-ingabo-yari-yasabye-u-bufaransa-kwitandukanya-na","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9860","title":{"rendered":"Uwakoraga muri minisiteri y\u2019ingabo yari yasabye u Bufaransa kwitandukanya na Habyarimana bamwima amatwi"},"content":{"rendered":"<p>Uwahoze ari umukozi wa minisiteri y\u2019ingabo y\u2019u Bufaransa ngo yari yaburiye ubutegetsi bwa perezida Francois Mitterand ku kaga kari kugarije u Rwanda mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi ariko amakuru yatanze arirengagizwa.<\/p>\n<p>Uyu mugabo witwa Pierre Conesa wakoraga mu rwego rwitwa d\u00e9l\u00e9gation aux affaires strat\u00e9giques (DAS) rwa minisiteri y\u2019ingabo, akaba yaratanze umuburo mu nyandiko yanditse mu 1993 iherutse gushyirwa ahagaragara n\u2019ikinyamakuru Le Monde, aho yavugaga ko kwifatanya na guverinoma y\u2019u Rwanda y\u2019icyo gihe k\u2019u Bufaransa byari bikwiye gusubirwamo, nyuma y\u2019umwaka umwe Jenoside yakorewe Abatutsi iratangira.<\/p>\n<p>Mu kiganiro yagiranye na Le Monde, Pierre Conesa yabajijwe igihe yatangiye guhura na dosiye y\u2019u Rwanda, avuga ko byatangiranye n\u2019ishingwa rya d\u00e9l\u00e9gation aux affaires strat\u00e9giques <em>\u00a0<\/em> (DAS) nyuma y\u2019intambara yo mu kigobe mu 1991, aho ngo Pierre Joxe wari minisitiri w\u2019ingabo yatekerezaga ko abura ibintu bibiri.<\/p>\n<p>Ku ruhande rumwe ngo akaba yaraburaga urwego rw\u2019ubutasi bwa gisirikare byaje gutuma hashingwa Ubuyobozi bw\u2019ubutasi bwa gisirikare (la direction du renseignement militaire\u00a0 <em>[DRM]<\/em> ,) ariko akaba yarashakaga no kugira abajyanama be ku bibazo bikomeye kuko atemeraga neza uwari umugaba w\u2019ingabo. Ibi bikaba byaratumye ashinga DAS agira Jean-Claude Mallet, wari umujyanama wa leta umuyobozi wayo, mu gihe Pierre Conesa yari umwe mu bamwungirije ashinzwe ahantu hari ibibazo.<\/p>\n<p>Ku kijyanye n\u2019ibiro bishinzwe Afurika, Conesa ngo yumvaga hakwiye kwita ku bibazo byagaragaraga ko bishobora kuvuka aho kuba ku bibazo byari bihari. Byabaye ngombwa ko bitandukanya n\u2019amakuru yavugwaga bagahanga amaso imbere bashakisha abantu bazi Afurika nk\u2019umuhanga mu bumenyi bw\u2019isi, G\u00e9rard Prunier. Kuva mu 1993, ngo akazi kabo kibanze kuri Somalia n\u2019u Rwanda gakorwa ahanini n\u2019abasirikare n\u2019abahanga mu bumenyi bw\u2019isi.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019impinduka mu butasi bwa gisirkare hamaze gushingwa DRM, Conesa we avuga ko yari ifite umwihariko yo kuba ubutasi bugamije inyungu za gisirikare, Gen Heinrich wahawe kuyiyobora yatangiye kugirana ibibazo n\u2019inshuti ze za kera zo mu mu rwego rushinzwe ubutasi hanze y\u2019igihugu ruzwi nka DGSE, kuko aba batumvaga impamvu yo gushinga DRM bibaza niba hari icyo izakora kubarusha.<\/p>\n<p>Le Monde yakomeje ibaza Pierre Conesa igihe yagaragaje akaga kari kugarije u Rwanda bwa mbere, asubiza ko ikibazo cy\u2019uruhererekane mu buyobozi muri perezidansi cyatumaga hashungurwa amakuru yabaga agenewe perezida umurongo yanyuragamo ugatuma amwe muri aya makuru atagezwa ku biro bya perezida.<\/p>\n<p>Avuga kuri raporo y\u2019ihuriro ry\u2019imiryango mpuzamahanga iharanira uburenganzira bwa muntu, aho mu muhindo mu 1993 iyi miryango yagaragaje ukuntu mu 1992 \u00a0mu Rwanda habaye ubwicanyi bwakorewe Abatutsi bukozwe na guverinoma ya Habyarimana. Ati: \u201cUbwo bwicanyi bwasubirwagamo bwari bunteje ikibazo\u201d. Avuga ko byatumye kuwa 10 Mata 1993 yandika inyandiko asaba ko ubutegetsi bw\u2019u Bufaransa bwakwitandukanya n\u2019ubutegetsi bwa Habyarimana kuko ngo nta mpamvu bari bafite yo kubushyigikira usibye ikibazo cya politiki y\u2019u Bufaransa muri Afurika bise syndrome de Fachoda kubera guhangana n\u2019u Bwongereza bitewe n\u2019uko Paul Kagame wari uyoboye FPR yakoreshaga Icyongereza.<\/p>\n<p>Yabajijwe ukuntu ibi byakiriwe, asubiza ko cabinet ya gisivile ya minisitiri w\u2019ingabo yabyakiriye neza ariko cabinet ya gisirikare ikabifata nabi kuko byateje umwuka mubi hagati ye n\u2019abantu benshi bari bashinzwe politiki y\u2019u Bufaransa kuri Afurika.<\/p>\n<p>Conesa avuga ko yibuka inama yagiranye na Fran\u00e0\u00a7ois L\u00e9otard, wari umuyobozi wa cabinet na minisitiri w\u2019ingabo hagiye gushingwa op\u00e9ration Turquoise. Impaka bagiranye na Gen Germanos, wari umuyobozi wa cabinet ya gisirikare zibanze ku kibazo cyabazaga ukuntu iyi operation izashyirwa mu bikorwa, mu gihe ngo umuntu rukumbi wari uzi u Rwanda n\u2019imiterere yarwo wari kuri ayo meza yari G\u00e9rard Prunier. Ahantu hambere havaga amakuru ngo akaba ari mu Biro Ntaramakuru by\u2019Abafaransa, AFP. Icyo gihe ngo hakaba hari hagiye gucukurwa icyobo hagati y\u2019itangazamakuru n\u2019abayobozi, kuko itangazamakuru ryakekaga ko iyi operation yari igamije guha ubufasha ubutegetsi bwari burimo gukora jenoside.<\/p>\n<p>Nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi kuwa 24 gashyantare 1995, Pierre Conesa yanditse inyandiko ya kabiri ayiha umutwe ugira uti \u201c <strong>Evaluation politico-militaire de la crise du Rwanda\u201d, <\/strong> aho Le Monde yamubajije icyo yari agamije kuri iyi nshuro.<\/p>\n<p>Yasubije ko yari yababajwe no kubona abantu banenze inyandiko ye ya mbere kandi bari bafite uruhare muri politiki yakorwaga mbere ya jenoside nta nkurikizi bagize. Ati: \u201cBirumvikana bari bashyigikiwe na Fran\u00e0\u00a7ois Mitterrand. Ikibazo cyanjye rero ni: ese abayobozi ba politiki bari bafite uburyo bwo kumenya?\u201d<\/p>\n<p>Avuga ko we n\u2019ikipe ye bongeye gufata inyandiko zose za DGSE, DRM ndetse n\u2019ubutumwa bw\u2019abadipolomate, bakibaza urwego rwariho rwo kumenya amakuru, aho ngo bashakaga kwirinda ishusho y\u2019uko abasirikare ari nabo bafataga ibyemezo bya politiki.<\/p>\n<p>Abajijwe icyo yagezeho, yasubije ko baje kubona ko uruhererekane rw\u2019ubuyobozi muri perezidansi rwahishaga ukuri inyandiko zimwe ntizigere ku biro bya perezida. Akavuga ko cyari ikintu kigomba gutangazwa nubwo umuntu yaba atazi urwego rw\u2019ubwicanyi bwari bugiye kuba. Kuri iyi ngingo akavuga ko urwego rw\u2019ubutasi hanze y\u2019igihugu, DGSE, rwakoze ibyo rwagombaga ngo abantu bite ku kibazo, DRM ikagerageza gato, ariko ngo minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga yo ntacyo yakoze.<\/p>\n<p>Abajijwe uko byagenze kuri iyi nyandiko ya kabiri, avuga ko umuyobozi yanze ko ijya ahagarara.<\/p>\n<p>Abajijwe na none uko abona ikibazo cy\u2019u Rwanda n\u2019uruhare politiki zikigiramo, yasubije ko u Bufaransa bagendera kuri systeme aho inteko ishinga amategeko itabasha kunenga cyane guverinoma. Atanga urugero rw\u2019uko hashinzwe urwego rushinzwe gushaka amakuru mu nteko ishinga amategeko ariko ntihashingwe urwego rushinzwe gukora iperereza kandi rufite ububasha bwo gukora iperereza ryimbitse. Uwahawe kuruyobora, Paul Quil\u00e8s, yagize umwere perezida Mitterand.<\/p>\n<p>Ngo ubu bushobozi bukeya bw\u2019Abafaransa bwo kwanga ahahise habi bagize ngo ni ikibazo . yongeyeho ko bari gukora amateka azigwa mu by\u2019ukuri gusa nyuma y\u2019imyaka 50 ubwo inyandiko zishyinguye (Zagizwe ibanga) zizaba zashyizwe ahagaragara.<\/p>\n<p>Conesa yabajijwe niba nawe ashyigikiye ko izo nyandiko zigaragaza uruhare rw\u2019u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda zashyirwa ahagaragara nk\u2019uko benshi bakomeje kubisaba, asubiza ko abishyigikiye kandi ari ingenzi kuko abashyize mu bikorwa politiki mbi badakwiye guhanwa abafashe ibyemezo bigaramiye.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=gAB-ZBfLpq4\"> <strong>Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n\u2019indirimbo bishya<\/strong> <\/a><\/p>\n<div class=\"epyt-video-wrapper\">\n<div  id=\"_ytid_98463\"  width=\"1170\" height=\"658\"  data-origwidth=\"1170\" data-origheight=\"658\" data-facadesrc=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/gcxXdrrC0hI?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;disablekb=0&#038;\" class=\"__youtube_prefs__ epyt-facade epyt-is-override  no-lazyload\" data-epautoplay=\"1\" ><img decoding=\"async\" data-spai-excluded=\"true\" class=\"epyt-facade-poster skip-lazy\" loading=\"lazy\"  alt=\"YouTube player\"  src=\"https:\/\/i.ytimg.com\/vi\/gcxXdrrC0hI\/maxresdefault.jpg\"  \/><button class=\"epyt-facade-play\" aria-label=\"Play\"><svg data-no-lazy=\"1\" height=\"100%\" version=\"1.1\" viewBox=\"0 0 68 48\" width=\"100%\"><path class=\"ytp-large-play-button-bg\" d=\"M66.52,7.74c-0.78-2.93-2.49-5.41-5.42-6.19C55.79,.13,34,0,34,0S12.21,.13,6.9,1.55 C3.97,2.33,2.27,4.81,1.48,7.74C0.06,13.05,0,24,0,24s0.06,10.95,1.48,16.26c0.78,2.93,2.49,5.41,5.42,6.19 C12.21,47.87,34,48,34,48s21.79-0.13,27.1-1.55c2.93-0.78,4.64-3.26,5.42-6.19C67.94,34.95,68,24,68,24S67.94,13.05,66.52,7.74z\" fill=\"#f00\"><\/path><path d=\"M 45,24 27,14 27,34\" fill=\"#fff\"><\/path><\/svg><\/button><\/div>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uwahoze ari umukozi wa minisiteri y\u2019ingabo y\u2019u Bufaransa ngo yari yaburiye ubutegetsi bwa perezida Francois Mitterand ku kaga kari kugarije u Rwanda mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi ariko amakuru yatanze arirengagizwa. Uyu mugabo witwa Pierre Conesa wakoraga mu rwego rwitwa d\u00e9l\u00e9gation aux affaires strat\u00e9giques (DAS) rwa minisiteri y\u2019ingabo, akaba yaratanze umuburo mu nyandiko yanditse mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-9860","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uwakoraga muri minisiteri y\u2019ingabo yari yasabye u Bufaransa kwitandukanya na Habyarimana bamwima amatwi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9860\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uwakoraga muri minisiteri y\u2019ingabo yari yasabye u Bufaransa kwitandukanya na Habyarimana bamwima amatwi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uwahoze ari umukozi wa minisiteri y\u2019ingabo y\u2019u Bufaransa ngo yari yaburiye ubutegetsi bwa perezida Francois Mitterand ku kaga kari kugarije u Rwanda mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi ariko amakuru yatanze arirengagizwa. Uyu mugabo witwa Pierre Conesa wakoraga mu rwego rwitwa d\u00e9l\u00e9gation aux affaires strat\u00e9giques (DAS) rwa minisiteri y\u2019ingabo, akaba yaratanze umuburo mu nyandiko yanditse mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9860\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-04-11T12:27:03+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:26:27+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9860#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9860\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Uwakoraga muri minisiteri y\u2019ingabo yari yasabye u Bufaransa kwitandukanya na Habyarimana bamwima amatwi\",\"datePublished\":\"2018-04-11T12:27:03+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:26:27+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9860\"},\"wordCount\":994,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9860#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9860\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9860\",\"name\":\"Uwakoraga muri minisiteri y\u2019ingabo yari yasabye u Bufaransa kwitandukanya na Habyarimana bamwima amatwi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-04-11T12:27:03+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:26:27+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9860#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9860\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9860#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uwakoraga muri minisiteri y\u2019ingabo yari yasabye u Bufaransa kwitandukanya na Habyarimana bamwima amatwi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uwakoraga muri minisiteri y\u2019ingabo yari yasabye u Bufaransa kwitandukanya na Habyarimana bamwima amatwi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9860","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uwakoraga muri minisiteri y\u2019ingabo yari yasabye u Bufaransa kwitandukanya na Habyarimana bamwima amatwi - BWIZA","og_description":"Uwahoze ari umukozi wa minisiteri y\u2019ingabo y\u2019u Bufaransa ngo yari yaburiye ubutegetsi bwa perezida Francois Mitterand ku kaga kari kugarije u Rwanda mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi ariko amakuru yatanze arirengagizwa. Uyu mugabo witwa Pierre Conesa wakoraga mu rwego rwitwa d\u00e9l\u00e9gation aux affaires strat\u00e9giques (DAS) rwa minisiteri y\u2019ingabo, akaba yaratanze umuburo mu nyandiko yanditse mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9860","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-04-11T12:27:03+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:26:27+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9860#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9860"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Uwakoraga muri minisiteri y\u2019ingabo yari yasabye u Bufaransa kwitandukanya na Habyarimana bamwima amatwi","datePublished":"2018-04-11T12:27:03+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:26:27+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9860"},"wordCount":994,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9860#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9860","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9860","name":"Uwakoraga muri minisiteri y\u2019ingabo yari yasabye u Bufaransa kwitandukanya na Habyarimana bamwima amatwi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-04-11T12:27:03+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:26:27+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9860#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9860"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9860#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uwakoraga muri minisiteri y\u2019ingabo yari yasabye u Bufaransa kwitandukanya na Habyarimana bamwima amatwi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9860","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9860"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9860\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9860"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9860"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9860"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}