{"id":9871,"date":"2018-04-12T09:23:33","date_gmt":"2018-04-12T09:23:33","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/04\/12\/rubavu-yafatanywe-hafi-toni-2-za-koluta-nta-byangombwa-byayo-afite\/"},"modified":"2025-02-12T14:26:18","modified_gmt":"2025-02-12T12:26:18","slug":"rubavu-yafatanywe-hafi-toni-2-za-koluta-nta-byangombwa-byayo-afite","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9871","title":{"rendered":"Rubavu: Yafatanywe hafi toni 2 za koluta nta byangombwa byayo afite"},"content":{"rendered":"<div>\n<p>Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu ifunze umugabo witwa Habimana Samuel w\u2019imyaka 20 y\u2019amavuko.\u00a0 Mu byo afungiwe, harimo kuba yarafatanywe amabuye y\u2019agaciro yo mu bwoko bwa koluta ibiro 1900 nta byangombwa byayo afite; ndetse hakaniyongeraho no kuba yaranagerageje gutanga ruswa y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda ibihumbi 300 kugira ngo inzego z\u2019umutekano zayamufatanye zimureke agende.<\/p>\n<\/div>\n<div>Yafatiwe mu murenge wa Gisenyi, mu kagari ka Bugoyi ku itariki ya 9 Mata. Ubu afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi y\u2019u Rwanda ya Gisenyi mu gihe iperereza rikomeje.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\u00a0Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu Ntara y\u2019I Burengerazuba Chief Inspector of Police (CIP) Innocent Gasasira, yasabye abacukura n\u2019abacuruza amabuye y\u2019agaciro kujya bubahiriza amategeko agenga iyi mirimo agira ati: &#8220;Gucukura no gucuruza amabuye y\u2019agaciro bisabirwa uburenganzira ndetse bugatangwa n\u2019inzego zibishinzwe. Ibyangombwa rero biratangwa buri gihe ku bujuje ibisabwa, ndetse izo nzego\u00a0 zigena n\u2019uburyo acukurwamo. Ibyangombwa kandi bitangwa nta mananiza. Kwiha ubwo burenganzira rero ni icyaha. Abantu ntibakwiye kwishora mu byaha aho biva bikagera\u00a0 nk\u2019uko byagendekeye uriya mugabo. Turasaba abaturage gukomeza umuco mwiza wo gufatanya na Polisi ndetse n\u2019izindi nzego cyane cyane mu kuduha amakuru y\u2019abakora ibyaha bitandukanye cyangwa abitegura kubikora kugira ngo dufatanye kubikumira hakiri kare\u201d.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Yabwiye abacuruza aya mabuye adafite ibyangombwa ko bitemewe kandi ko bazabihanirwa, bityo bakaba bakwiye kubireka, ahubwo bagashaka ibyangombwa kuko Leta ibitanga bikabafasha gukora aka kazi mu buryo bwiza kandi n\u2019ubucuruzi bwabo bukagenda neza.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>CIP Gasasira yanaburiye abitwikira ijoro bakajya kwiba amabuye mu birombe, gucika kuri iyo ngeso kuko usibye no kuba ibirombe byabagwira bakahasiga ubuzima, n\u2019amategeko abahana arahari ku buryo Polisi\u00a0 yiteguye kubafata no\u00a0 kubashyikiriza inzego z\u2019ubutabera.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Ku byerekeranye no kuba Habimana Samuel yaragerageje guha ruswa inzego z\u2019umutekano ngo zimureke agende; CIP Gasasira yavuze ko zakoze kinyamwuga nk\u2019uko bisanzwe, yongeraho ko uwo ariwe wese uzasaba, uzatanga n\u2019uzakira ruswa azafatwa nta kabuza.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Yasobanuye ko ruswa ari mbi kuko imunga ubukungu bw\u2019igihugu, bityo asaba buri wese kuyirinda no gutanga amakuru ku gihe y\u2019abayisaba, abayakira n\u2019abayitanga.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Gutanga ruswa bihanishwa ingingo ya 640 y\u2019igitabo cy\u2019amategeko ahana ibyaha mu\u00a0 Rwanda ivuga ko umuntu, wese uha, ku buryo bweruye cyangwa buteruye, washatse guha undi muntu, ku buryo buziguye cyangwa butaziguye, impano cyangwa indonke iyo ari yo yose cyangwa yamugiriye amasezerano yabyo kugira ngo amukorere cyangwa akorere undi muntu ikiri mu mirimo ashinzwe cyangwa yifashishije imirimo ye, ahanishwa igifungo kuva ku myaka ibiri (2) kugeza ku myaka itanu (5) n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda yikubye inshuro kuva kuri ebyiri (2) kugeza ku icumi (10) z\u2019agaciro k\u2019indonke yatanze cyangwa yashatse gutanga.<\/div>\n<div><\/div>\n<div>Gucukura cyangwa gucuruza amabuye y\u2019agaciro bitemewe n\u2019amategeko bihanishwa\u00a0 ingingo ya 438 yo mu gitabo cy\u2019amategeko ahana y\u2019u Rwanda, aho ivuga ko umuntu wese ukora imirimo y\u2019ubushakashatsi cyangwa iy\u2019ubucuruzi bw\u2019amabuye y\u2019agaciro mu buryo butemewe n\u2019amategeko, ahanishwa igifungo kuva ku mezi atandatu (6) kugeza ku mwaka umwe (1) n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda kuva kuri miliyoni eshatu (3.000.000) kugeza kuri miliyoni icumi (10.000.000) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano.<\/div>\n<div><\/div>\n<div><a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=gAB-ZBfLpq4\"> <strong>Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n\u2019indirimbo bishya<\/strong> <\/a><\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu ifunze umugabo witwa Habimana Samuel w\u2019imyaka 20 y\u2019amavuko.\u00a0 Mu byo afungiwe, harimo kuba yarafatanywe amabuye y\u2019agaciro yo mu bwoko bwa koluta ibiro 1900 nta byangombwa byayo afite; ndetse hakaniyongeraho no kuba yaranagerageje gutanga ruswa y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda ibihumbi 300 kugira ngo inzego z\u2019umutekano zayamufatanye zimureke agende. Yafatiwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-9871","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rubavu: Yafatanywe hafi toni 2 za koluta nta byangombwa byayo afite - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9871\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rubavu: Yafatanywe hafi toni 2 za koluta nta byangombwa byayo afite - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu ifunze umugabo witwa Habimana Samuel w\u2019imyaka 20 y\u2019amavuko.\u00a0 Mu byo afungiwe, harimo kuba yarafatanywe amabuye y\u2019agaciro yo mu bwoko bwa koluta ibiro 1900 nta byangombwa byayo afite; ndetse hakaniyongeraho no kuba yaranagerageje gutanga ruswa y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda ibihumbi 300 kugira ngo inzego z\u2019umutekano zayamufatanye zimureke agende. Yafatiwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9871\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-04-12T09:23:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:26:18+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9871#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9871\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rubavu: Yafatanywe hafi toni 2 za koluta nta byangombwa byayo afite\",\"datePublished\":\"2018-04-12T09:23:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:26:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9871\"},\"wordCount\":517,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9871#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9871\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9871\",\"name\":\"Rubavu: Yafatanywe hafi toni 2 za koluta nta byangombwa byayo afite - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-04-12T09:23:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:26:18+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9871#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9871\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9871#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rubavu: Yafatanywe hafi toni 2 za koluta nta byangombwa byayo afite\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rubavu: Yafatanywe hafi toni 2 za koluta nta byangombwa byayo afite - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9871","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rubavu: Yafatanywe hafi toni 2 za koluta nta byangombwa byayo afite - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda ikorera mu karere ka Rubavu ifunze umugabo witwa Habimana Samuel w\u2019imyaka 20 y\u2019amavuko.\u00a0 Mu byo afungiwe, harimo kuba yarafatanywe amabuye y\u2019agaciro yo mu bwoko bwa koluta ibiro 1900 nta byangombwa byayo afite; ndetse hakaniyongeraho no kuba yaranagerageje gutanga ruswa y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda ibihumbi 300 kugira ngo inzego z\u2019umutekano zayamufatanye zimureke agende. Yafatiwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9871","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-04-12T09:23:33+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:26:18+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9871#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9871"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rubavu: Yafatanywe hafi toni 2 za koluta nta byangombwa byayo afite","datePublished":"2018-04-12T09:23:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:26:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9871"},"wordCount":517,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9871#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9871","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9871","name":"Rubavu: Yafatanywe hafi toni 2 za koluta nta byangombwa byayo afite - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-04-12T09:23:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:26:18+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9871#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9871"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9871#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rubavu: Yafatanywe hafi toni 2 za koluta nta byangombwa byayo afite"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9871","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9871"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9871\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9871"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9871"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9871"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}