{"id":9899,"date":"2018-04-14T15:49:36","date_gmt":"2018-04-14T15:49:36","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/04\/14\/tugire-umuco-wo-gukunda-kubabarira\/"},"modified":"2025-02-25T14:12:50","modified_gmt":"2025-02-25T12:12:50","slug":"tugire-umuco-wo-gukunda-kubabarira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9899","title":{"rendered":"Tugire umuco wo gukunda kubabarira"},"content":{"rendered":"<p>Yewe mwana w\u2019 umuntu we, yakweretse icyiza icyo ari cyo. Icyo Uwiteka agushakaho ni iki? Ni ugukora ibyo gukiranuka no gukunda kubabarira, no kugendana n\u2019 Imana yawe wicisha bugufi (Mika 6:8).<\/p>\n<p>Kamere y\u2019 Imana ni ukugira neza gusa nibyo tutasabye irabiduha nibyo twe tubona ko ari bibi agenda abihinduramo ibyiza. Ariko rero hamwe niyo neza y\u2019 Imana yose itugirira hari icyo idusaba:<\/p>\n<p> <strong>1.Gukora ibyo gukiranuka:<\/strong> <\/p>\n<p>Gukiranuka nibyo bikwiye kuranga abana b\u2019 Imana kuko n\u2019 uwo twiringiye ari umukiranutsi kandi Biblia idusaba kugira umutima nk\u2019 uwari muri Kristo Yesu (Abafiripi 2:5). Dukwiye kwiga gukiranuka kuri gato na kanini kandi birashoboka ku bw\u2019 amaraso ya Kristo Yesu.<\/p>\n<p>Hari abantu byananiye gukiranuka ariko n\u2019 ubunyangamugayo barabubura. Biratangaje kubona umuntu twita ko adakijijwe akora imirimo y\u2019 ubunyangamugayo ariko abantu bavuga ko bakijijwe bakora imirimo yo gukiranirwa; umubwiriza yaravuze ngo hari ikintu gitangaje yabonye n\u2019 abakiranutsi bakora imirimo yo gukiranirwa n\u2019abakiranirwa bakora imirimo yo gukiranuka.<\/p>\n<p>Umuntu w\u2019 Imana wakiraniwe akwemeza ukuntu n\u2019 Imana izi ko turi abantu agashaka icyamushyigikira mu gukiranirwa ariko Imana idusabye gukiranuka. Nibitunanira (Abaheburayo 11) uzasanga abera benshi bakiranutse. Natwe twiyambure ibituremerera n\u2019 icyaha gikunda kutwizingiraho vuba (Abaheburayo 12:1). Kandi hahirwa abafite imitima iboneye kuko aribo bazabona Imana.<\/p>\n<ol start=\"2\">\n<li> <strong> Gukunda kubabarira:<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Birashoboka ko wahemukiwe ukananirwa kubabarira, saba Imana ngo ikubashishe kuko kubabarira ari itegeko. Imana irabidusabye ngo babarira n\u2019 ubwo bataragusaba imbabazi; babarira kuko Yesu yavuze ngo: \u201cNimutababarira abantu ibyaha byabo na so wo mu ijuru nawe ntazababarira\u201d. Yesu arongera ati: \u201cUmuntu nagucumuraho umubabarire inshuro mirongo irindwi karindwi (7X70= 490) kandi n\u2019 ubwo byaba buri munsi utegetswe kumubabarira burya iyo utababariye uba ubohanye n\u2019 uwo<\/p>\n<p>utababariye. Ntushobora gutera imbere utarababarira ariko iyo ubabariye uba ubohotse; nawe Imana yazakora ku mutima we akazaza akihana. Cyakora iyo ubabariwe utasabye imbabazi birakugora kuzizera niba hari uwo wahemukiye ukaba utamusaba imbabazi. Ikiranure nawe, bitari ibyo uzahorana urubanza mu mutima wawe. Dawidi yashoboye kubabarira Sauli na Yesu yababariye abamwicaga ati: \u201cData, bababarire kuko batazi icyo bakora\u201d.<\/p>\n<p> <strong>3.Kugendana n\u2019 Imana:<\/strong> <\/p>\n<p>Kugendana n\u2019 Imana bifite ibyiza byinshi kuko iri mu ruhande rwawe umubisha ntawe (Abaroma 8:31) kandi kuko ukuboko kwayo gukomeye kwagabanyije inyanja itukura babona ibyiza byo kugendana nayo. Umutekano, ubuzima, imibereho, amahoro utahabwa n\u2019amafaranga uzabihabwa n\u2019 ukuboko kwiza kw\u2019 Imana.<\/p>\n<p> <strong>4.Wicisha bugufi: (1 Petero 5:5-6)<\/strong> <\/p>\n<p>Twese dukenyere kwicisha bugufi kuko Imana irwanya abibone ariko abicisha bugufi Imana ikabahera ubuntu. Kwicisha bugufi bibanziriza gushyirwa hejuru ariko kwishyira hejuru bibanziriza kugwa.<\/p>\n<p>Nebukandineza yishyize hejuru Imana imwohereza kurisha imyaka 7 aciye bugufi Imana imugarura mu bantu. Abaciye bugufi bose Imana yabashyize hejuru. Danieli, Esiteri, Yosefu na Yesu nyuma yo kwicisha bugufi Imana yamushyize hejuru cyane.<\/p>\n<p>N\u2019 ubwo dufite byinshi tuyisaba nitwemera ibyo idushakaho tuzagira umugisha, utangaje mu mibereho yo kugendana n\u2019 Imana kuko kuyiringira biruta kwiringira abakomeye bo mu isi, amen!<\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/www.youtube.com\/watch?v=gAB-ZBfLpq4\"> <strong>Kanda kuri SUBSCRIBE ujye ubona ibiganiro n\u2019indirimbo bishya<\/strong> <\/a><\/p>\n<div class=\"epyt-video-wrapper\">\n<div  id=\"_ytid_43990\"  width=\"1170\" height=\"658\"  data-origwidth=\"1170\" data-origheight=\"658\" data-facadesrc=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/b_vs48-G3TA?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;disablekb=0&#038;\" class=\"__youtube_prefs__ epyt-facade epyt-is-override  no-lazyload\" data-epautoplay=\"1\" ><img decoding=\"async\" data-spai-excluded=\"true\" class=\"epyt-facade-poster skip-lazy\" loading=\"lazy\"  alt=\"YouTube player\"  src=\"https:\/\/i.ytimg.com\/vi\/b_vs48-G3TA\/maxresdefault.jpg\"  \/><button class=\"epyt-facade-play\" aria-label=\"Play\"><svg data-no-lazy=\"1\" height=\"100%\" version=\"1.1\" viewBox=\"0 0 68 48\" width=\"100%\"><path class=\"ytp-large-play-button-bg\" d=\"M66.52,7.74c-0.78-2.93-2.49-5.41-5.42-6.19C55.79,.13,34,0,34,0S12.21,.13,6.9,1.55 C3.97,2.33,2.27,4.81,1.48,7.74C0.06,13.05,0,24,0,24s0.06,10.95,1.48,16.26c0.78,2.93,2.49,5.41,5.42,6.19 C12.21,47.87,34,48,34,48s21.79-0.13,27.1-1.55c2.93-0.78,4.64-3.26,5.42-6.19C67.94,34.95,68,24,68,24S67.94,13.05,66.52,7.74z\" fill=\"#f00\"><\/path><path d=\"M 45,24 27,14 27,34\" fill=\"#fff\"><\/path><\/svg><\/button><\/div>\n<\/div>\n<p> <strong>Pastor Desire@agakiza.org<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yewe mwana w\u2019 umuntu we, yakweretse icyiza icyo ari cyo. Icyo Uwiteka agushakaho ni iki? Ni ugukora ibyo gukiranuka no gukunda kubabarira, no kugendana n\u2019 Imana yawe wicisha bugufi (Mika 6:8). Kamere y\u2019 Imana ni ukugira neza gusa nibyo tutasabye irabiduha nibyo twe tubona ko ari bibi agenda abihinduramo ibyiza. Ariko rero hamwe niyo neza [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-9899","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Tugire umuco wo gukunda kubabarira - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9899\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Tugire umuco wo gukunda kubabarira - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yewe mwana w\u2019 umuntu we, yakweretse icyiza icyo ari cyo. Icyo Uwiteka agushakaho ni iki? Ni ugukora ibyo gukiranuka no gukunda kubabarira, no kugendana n\u2019 Imana yawe wicisha bugufi (Mika 6:8). Kamere y\u2019 Imana ni ukugira neza gusa nibyo tutasabye irabiduha nibyo twe tubona ko ari bibi agenda abihinduramo ibyiza. Ariko rero hamwe niyo neza [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9899\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-04-14T15:49:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:12:50+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9899#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9899\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Tugire umuco wo gukunda kubabarira\",\"datePublished\":\"2018-04-14T15:49:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:12:50+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9899\"},\"wordCount\":471,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9899#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9899\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9899\",\"name\":\"Tugire umuco wo gukunda kubabarira - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-04-14T15:49:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:12:50+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9899#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9899\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9899#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Tugire umuco wo gukunda kubabarira\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Tugire umuco wo gukunda kubabarira - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9899","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Tugire umuco wo gukunda kubabarira - BWIZA","og_description":"Yewe mwana w\u2019 umuntu we, yakweretse icyiza icyo ari cyo. Icyo Uwiteka agushakaho ni iki? Ni ugukora ibyo gukiranuka no gukunda kubabarira, no kugendana n\u2019 Imana yawe wicisha bugufi (Mika 6:8). Kamere y\u2019 Imana ni ukugira neza gusa nibyo tutasabye irabiduha nibyo twe tubona ko ari bibi agenda abihinduramo ibyiza. Ariko rero hamwe niyo neza [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9899","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-04-14T15:49:36+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:12:50+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9899#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9899"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Tugire umuco wo gukunda kubabarira","datePublished":"2018-04-14T15:49:36+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:12:50+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9899"},"wordCount":471,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9899#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9899","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9899","name":"Tugire umuco wo gukunda kubabarira - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-04-14T15:49:36+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:12:50+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9899#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9899"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9899#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Tugire umuco wo gukunda kubabarira"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9899","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9899"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9899\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9899"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9899"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9899"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}