{"id":994,"date":"2016-03-07T09:40:59","date_gmt":"2016-03-07T09:40:59","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/03\/07\/dgpr-yatangiye-kwizeza-abanyarwanda-ibyo-izabagezaho-nitsinda-amatora\/"},"modified":"2025-02-12T22:15:18","modified_gmt":"2025-02-12T20:15:18","slug":"dgpr-yatangiye-kwizeza-abanyarwanda-ibyo-izabagezaho-nitsinda-amatora","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=994","title":{"rendered":"DGPR yatangiye kwizeza Abanyarwanda ibyo izabagezaho nitsinda amatora"},"content":{"rendered":"<p>Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije (DGPR) ryagiranye n\u2019itangazamakuru ikiganiro, kuri uyu wa 05 Werurwe muri Gulf Hotel ku Kimironko, cyari kigamije kubabwira ingamba zimwe na zimwe bafite zirimo kwitegura kujya guhatanira kuyobora igihugu, kunenga zimwe muri gahunda za Leta zirimo ubuvuzi buciriritse bwa Mituelle de sant\u00e9 n\u2019ibibazo bagenda bahura nabyo, ndetse anavuga ku ngabo n\u2019igipolisi bivugwa ko ari iby\u2019ishyaka riri ku butegetsi.<\/p>\n<p>Dr Frank Habineza, Umuyobozi wa Democratic Green Party of Rwanda, yabajijwe n\u2019abanyamakuru niba bazashobora gukura ishyaka FPR ku butegetsi kandi rifite igisirikare n\u2019igiporisi n\u2019imbunda ndetse baranarwanye intambara yo kubohora igihugu.<\/p>\n<p>Frank Habineza yasubije ko icyo gisirikare n\u2019igipolisi abanyamakuru bavuga atari ibya FPR ahubwo ar\u2019iby\u2019Abanyarwanda, kubw\u2019ibyo nibaramuka babatoye ngo akaba yumva bazakurikiza ibyo Abanyarwanda bifuza kuko igihugu ari icy\u2019Abanyarwanda.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cNiyo mpamvu igipolisi cyitwa Rwanda National police ,igisirikare cyikitwa Rwanda Defence Forces bivuze ko ari iby\u2019Abanyarwanda atari ibya FPR\u201d.<\/p>\n<p>Dr Habineza yakomeje atebya agira ati: \u201cAhubwo ko igipolisi n\u2019igisirikare ari iby\u2019Abanyarwanda kuki njye batampa umupolisi undinda kandi hari abandi babafite ?<\/p>\n<figure id=\"attachment_26438\" aria-describedby=\"caption-attachment-26438\" style=\"width: 823px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/p039wccf.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-26438\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/p039wccf.jpg\" alt=\"p039wccf\" width=\"823\" height=\"463\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-26438\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Dr Frank Habineza, Umuyobozi wa DGPR<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure>\n<p>Umuyobozi wa Green Party yakomeje avuga ko barimo kwitegura ku buryo bazajya guhatanira umwanya wo kuyobora igihugu ndetse bakabikora n\u2019imbaraga nyinshi nkuko ahandi biba, nko muri Uganda aho ngo Opozisiyo yahatanye na Museveni ku buryo bugaragara kandi nta kibazo biba biteye.<\/p>\n<p>Bimwe mu bintu ishyaka Green Party ngo rikomeje kunenga ubutegetsi muri gahunda zabwo, harimo kubuza amashyaka gusaba inkunga ku giti cyayo aho bavuga ko mu bindi bihugu amashyaka asaba inkunga kandi nta kibazo biteza no mu Rwanda bakaba basaba ko Leta icyo kintu yagikuraho kuko nayo inkunga ibona itayihagije kandi Amashyaka amwe n\u2019amwe ashobora kwishakira inkunga mu mahanga.<\/p>\n<p>Ku kijyanye na Mituelle de sant\u00e9 yashyizwe mu kigo cya Leta RSSB, banenze cyane uburyo icyo kigo kitaringaniza abantu bose mu kwivuza aho bamwe bavurwa bakoresheje Rama abandi bagakoresha Mituelle de sant\u00e9 ariko bamwe bakavurwa neza ariko abandi bakivuza bigoranye ndetse hakaba hari n\u2019imiti badashobora kubona bakaba basaba ko habaho kuringaniza mu myivurize.<\/p>\n<p>Umunyamabanga uhoraho muri Green Party Ntezimana Jean Claude akaba yavuze ko abakoresha uburyo bwa Mituelle de sant\u00e9 hari amavuriro batemerewe kwivurizamo kandi wajya kumva ukumva hari abayobozi bariye amafaranga ya Mituelle de Sante ukibaza impamvu batarya aya Rama cyangwa ubundi bwishingizi bwo kwivuza.<\/p>\n<p>Basoza ikiganiro nk\u2019uko Umusingi dukesha iyi nkuru ukomeza uvuga, Frank Habineza mu bibazo byinshi yavuze Abanyarwanda bafite birimo kubura amazi, aho yavuze ko ibice bimwe by\u2019umujyi wa Kigali ijerekani igura amafaranga Magana atanu ,mu cyaro ugasanga hamwe na hamwe bavoma amazi mabi ndetse bamwe bayasangira n\u2019inyamanswa akaba yavuze ko niba Abanyarwanda bashaka ubuzima bwiza bakagira amazi meza ,isuku ,umwuka mwiza n\u2019imibereho myiza muri rusange bagomba gutora Green Party mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu maze igatsinda ikabagezeho ibyiza gusa.<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko Abanyarwanda bakwiye gutinyuka bagatora abo bashaka babafitiye akamaro kandi akaba abizeza ko nibatora Green Party nkuko idahwema guhora ibasabira ibyiza, ibitagenda igasaba Leta bigahinduka nibayitora mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu bazaba batoye ibyiza ,ubuzima bwiza n\u2019igihugu kiza.<\/p>\n<p> <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije (DGPR) ryagiranye n\u2019itangazamakuru ikiganiro, kuri uyu wa 05 Werurwe muri Gulf Hotel ku Kimironko, cyari kigamije kubabwira ingamba zimwe na zimwe bafite zirimo kwitegura kujya guhatanira kuyobora igihugu, kunenga zimwe muri gahunda za Leta zirimo ubuvuzi buciriritse bwa Mituelle de sant\u00e9 n\u2019ibibazo bagenda bahura nabyo, ndetse anavuga ku ngabo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-994","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>DGPR yatangiye kwizeza Abanyarwanda ibyo izabagezaho nitsinda amatora - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=994\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"DGPR yatangiye kwizeza Abanyarwanda ibyo izabagezaho nitsinda amatora - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije (DGPR) ryagiranye n\u2019itangazamakuru ikiganiro, kuri uyu wa 05 Werurwe muri Gulf Hotel ku Kimironko, cyari kigamije kubabwira ingamba zimwe na zimwe bafite zirimo kwitegura kujya guhatanira kuyobora igihugu, kunenga zimwe muri gahunda za Leta zirimo ubuvuzi buciriritse bwa Mituelle de sant\u00e9 n\u2019ibibazo bagenda bahura nabyo, ndetse anavuga ku ngabo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=994\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-03-07T09:40:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T20:15:18+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/p039wccf.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=994#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=994\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"DGPR yatangiye kwizeza Abanyarwanda ibyo izabagezaho nitsinda amatora\",\"datePublished\":\"2016-03-07T09:40:59+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T20:15:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=994\"},\"wordCount\":538,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=994#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/p039wccf.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=994#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=994\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=994\",\"name\":\"DGPR yatangiye kwizeza Abanyarwanda ibyo izabagezaho nitsinda amatora - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=994#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=994#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/p039wccf.jpg\",\"datePublished\":\"2016-03-07T09:40:59+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T20:15:18+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=994#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=994\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=994#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/p039wccf.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/p039wccf.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=994#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"DGPR yatangiye kwizeza Abanyarwanda ibyo izabagezaho nitsinda amatora\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"DGPR yatangiye kwizeza Abanyarwanda ibyo izabagezaho nitsinda amatora - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=994","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"DGPR yatangiye kwizeza Abanyarwanda ibyo izabagezaho nitsinda amatora - BWIZA","og_description":"Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije (DGPR) ryagiranye n\u2019itangazamakuru ikiganiro, kuri uyu wa 05 Werurwe muri Gulf Hotel ku Kimironko, cyari kigamije kubabwira ingamba zimwe na zimwe bafite zirimo kwitegura kujya guhatanira kuyobora igihugu, kunenga zimwe muri gahunda za Leta zirimo ubuvuzi buciriritse bwa Mituelle de sant\u00e9 n\u2019ibibazo bagenda bahura nabyo, ndetse anavuga ku ngabo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=994","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-03-07T09:40:59+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T20:15:18+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/p039wccf.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=994#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=994"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"DGPR yatangiye kwizeza Abanyarwanda ibyo izabagezaho nitsinda amatora","datePublished":"2016-03-07T09:40:59+00:00","dateModified":"2025-02-12T20:15:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=994"},"wordCount":538,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=994#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/p039wccf.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=994#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=994","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=994","name":"DGPR yatangiye kwizeza Abanyarwanda ibyo izabagezaho nitsinda amatora - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=994#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=994#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/p039wccf.jpg","datePublished":"2016-03-07T09:40:59+00:00","dateModified":"2025-02-12T20:15:18+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=994#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=994"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=994#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/p039wccf.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/p039wccf.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=994#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"DGPR yatangiye kwizeza Abanyarwanda ibyo izabagezaho nitsinda amatora"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/994","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=994"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/994\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=994"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=994"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=994"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}