{"id":9988,"date":"2018-04-21T11:31:59","date_gmt":"2018-04-21T11:31:59","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2018\/04\/21\/urubyiruko-na-minisiteri-irushinzwe-ntibavuga-rumwe-ku-gishoro-cyo-kwihangira\/"},"modified":"2025-02-12T14:25:14","modified_gmt":"2025-02-12T12:25:14","slug":"urubyiruko-na-minisiteri-irushinzwe-ntibavuga-rumwe-ku-gishoro-cyo-kwihangira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9988","title":{"rendered":"Urubyiruko na minisiteri irushinzwe ntibavuga rumwe ku gishoro cyo kwihangira umurimo"},"content":{"rendered":"<p>Ubuzima bugoranye kubera kubura imirimo mu rubyiruko rw\u2019 u Rwanda, ni ikibazo uru Rwanda rwejo rugarukaho, nyuma ya politiki zitandukanye z\u2019igihugu bivugwa ko zigamije guhanga imirimo, igamije gukura aba banyarwanda mu bukene. Ariko kugeza uyu munsi iki kibazo kiracyari ingutu aho benshi muri bo nanavuga ko bigoranye guca iyi ngoyi y\u2019ubukene.<br \/>\nKimwe mubyo inzego za leta zikangurira urubyiruko ni ukwishyira hamwe mumakoperative kugira ngo bazamurane, ariko baravuga ko bitakunda kuko nabyo bisaba ubushobozi kugeza uyu munsi benshi muri bo batagira.<br \/>\nUru rubyiruko kandi ruvuga ko nubwo kujya mu makoperative amwe n\u2019amwe bidasaba igishoro kinini, baremeza ko n\u2019aya mafaranga make kuyabona ari ikibazo gikomeye,kuko ngo kwihangira imirimo iciriritse mu rubyiruko ruri mu bushomeri bikigoranye.<br \/>\nMu magambo yabo yuje icyizere gike cyane bagize bavuze ko nta kazi bafite ndetse no kwihangira imirimo bitakunda umuntu adafite igishoro na kimwe.<br \/>\nNubwo bo bateze amakiriro kuri leta, minisiteri y\u2019urubyiruko yo iravuga ko uru rubyiruko mu gihe cyose rufite imbaraga, rugomba kwikuramo ko kwihangira imirimo, kugira ngo bajye mu makoperative bisaba amafaranga menshi.<br \/>\nAvugana n&#8217;umunyamakuru wa Radio 10 dukesha iyi nkuru ku murongo wa telefoni, Emmanuel Bigenimana, umunyamabanga uhoraho muri iyi minisiteri yavuze ko guhera kuri byinshi uhanga umurimo bitashoboka asaba urubyiruko guhera kuri duke cyane bafite akomeza avuga ko kwinjira mu kwihangira imirimo bisaba kubikunda no kubyiyumvamo.<br \/>\nKuri ubu Leta y\u2019 u Rwanda nta mwihariko itanga ku gufasha urubyiruko kwibumbira mu makoperative, ariko baravuga ko hari gahunda zashyizweho zo kubigisha amasomo y\u2019ubumenyi ngiro kugira ngo babashe kwihangira imirimo. Ibi biriyongera kuri politike ya leta yo guhanga imirimo ibihumbi 200 igisaba imbaraga zikomeye kuko mu myaka yose imaze itaragerwaho. Iyi ikaba intandaro y\u2019imibereho mibi kubw\u2019ubushomeri bwashinze imizi mu rubyuruko rufatwa nk\u2019imbaraga z\u2019igihugu, ndetse rukaba n\u2019amizero y\u2019 u Rwanda rw\u2019ejo hazaza.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuzima bugoranye kubera kubura imirimo mu rubyiruko rw\u2019 u Rwanda, ni ikibazo uru Rwanda rwejo rugarukaho, nyuma ya politiki zitandukanye z\u2019igihugu bivugwa ko zigamije guhanga imirimo, igamije gukura aba banyarwanda mu bukene. Ariko kugeza uyu munsi iki kibazo kiracyari ingutu aho benshi muri bo nanavuga ko bigoranye guca iyi ngoyi y\u2019ubukene. Kimwe mubyo inzego za [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-9988","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Urubyiruko na minisiteri irushinzwe ntibavuga rumwe ku gishoro cyo kwihangira umurimo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9988\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urubyiruko na minisiteri irushinzwe ntibavuga rumwe ku gishoro cyo kwihangira umurimo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuzima bugoranye kubera kubura imirimo mu rubyiruko rw\u2019 u Rwanda, ni ikibazo uru Rwanda rwejo rugarukaho, nyuma ya politiki zitandukanye z\u2019igihugu bivugwa ko zigamije guhanga imirimo, igamije gukura aba banyarwanda mu bukene. Ariko kugeza uyu munsi iki kibazo kiracyari ingutu aho benshi muri bo nanavuga ko bigoranye guca iyi ngoyi y\u2019ubukene. Kimwe mubyo inzego za [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=9988\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2018-04-21T11:31:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T12:25:14+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9988#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9988\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Urubyiruko na minisiteri irushinzwe ntibavuga rumwe ku gishoro cyo kwihangira umurimo\",\"datePublished\":\"2018-04-21T11:31:59+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:25:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9988\"},\"wordCount\":307,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9988#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9988\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9988\",\"name\":\"Urubyiruko na minisiteri irushinzwe ntibavuga rumwe ku gishoro cyo kwihangira umurimo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2018-04-21T11:31:59+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T12:25:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9988#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9988\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=9988#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urubyiruko na minisiteri irushinzwe ntibavuga rumwe ku gishoro cyo kwihangira umurimo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urubyiruko na minisiteri irushinzwe ntibavuga rumwe ku gishoro cyo kwihangira umurimo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9988","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urubyiruko na minisiteri irushinzwe ntibavuga rumwe ku gishoro cyo kwihangira umurimo - BWIZA","og_description":"Ubuzima bugoranye kubera kubura imirimo mu rubyiruko rw\u2019 u Rwanda, ni ikibazo uru Rwanda rwejo rugarukaho, nyuma ya politiki zitandukanye z\u2019igihugu bivugwa ko zigamije guhanga imirimo, igamije gukura aba banyarwanda mu bukene. Ariko kugeza uyu munsi iki kibazo kiracyari ingutu aho benshi muri bo nanavuga ko bigoranye guca iyi ngoyi y\u2019ubukene. Kimwe mubyo inzego za [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9988","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2018-04-21T11:31:59+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T12:25:14+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9988#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9988"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Urubyiruko na minisiteri irushinzwe ntibavuga rumwe ku gishoro cyo kwihangira umurimo","datePublished":"2018-04-21T11:31:59+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:25:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9988"},"wordCount":307,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9988#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9988","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9988","name":"Urubyiruko na minisiteri irushinzwe ntibavuga rumwe ku gishoro cyo kwihangira umurimo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2018-04-21T11:31:59+00:00","dateModified":"2025-02-12T12:25:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9988#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=9988"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=9988#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urubyiruko na minisiteri irushinzwe ntibavuga rumwe ku gishoro cyo kwihangira umurimo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9988","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=9988"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/9988\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=9988"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=9988"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=9988"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}