Myanmar: Abahunga gukora imyaka 2 y’igisirikari bangiwe gusohoka mu gihugu
Goma: Urukiko rwemeje ko abasirikare ba FARDC bahunze M23 barimo ba Ofisiye bicwa
Burundi: Ivu ririfashishwa mu kubika inyanya igihe kirekire
Home > ... > Forum 1387
24 January 2020, 18:18, by John Damas
Ndagira ngo mbishimangire ko ibyabaye kuri uri mwarimu,ahenshi bibaho.Gusa mu buryo bigaragara biratandukanye kuko ntibigaragara habayeho kurwana.Ibibera mu bigo by’amashuri byo nibyinshi MINEDUC yarikwiye gukanura inafatiye kuri urwo rugero.Hari n’aho usanga iyo hatubahirijwe ibyifuzo bya bamwe mu bayobozi b’ibigo(igitsina gabo) babyitwaza bagatanga amanota make iyo hakorwa evaluation ku barimu
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
Ndagira ngo mbishimangire ko ibyabaye kuri uri mwarimu,ahenshi bibaho.Gusa mu buryo bigaragara biratandukanye kuko ntibigaragara habayeho kurwana.Ibibera mu bigo by’amashuri byo nibyinshi MINEDUC yarikwiye gukanura inafatiye kuri urwo rugero.Hari n’aho usanga iyo hatubahirijwe ibyifuzo bya bamwe mu bayobozi b’ibigo(igitsina gabo) babyitwaza bagatanga amanota make iyo hakorwa evaluation ku barimu