Home > ... > Forum 1497

Nkore iki ko umugabo wanjye warangije kaminuza yanze gushaka akazi ngo arashaka kwita ku bana?

1 February 2020, 20:50, by David

ndabyumva birakugoye ariko ucyo numvisemo ushobora kuba waragishije inama abantu batifuzaga ko wubaka cq badafite ubunararibonye mukubak umuryango icyo nagufasha njye nuko wakongera kugira ibanga ry’urugo kdi ukaganira n’umugabo wae utamushimashima ahubwo umwereka ingaruka byazagira kumuryango muhazaza mugihe adashuguritse ikindi ni ukumenya kwihanganirana hagati yanyu kdi ugasubiza agaciro umugabo nubwo bishobora kuba byakugora bitewe nibihe urimo ariko nkubwije ukuri ko ntamugabo utumvira umudamu wamuciriye bugufi. Hanyuma wisomere nuyu murongo wo muri bible yera abaroma 12 wose nushake ukomeze ugeze 15 harimo ijambo ryagufasha.

Tanga igitekerezo

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa