Amerika yavuze ku ngabo zayo zinjiriwe n’iz’u Burusiya ku birindiro byazo muri Niger
Amerika irashaka gushinga ibirindiro bya gisirikare muri Cote d’Ivoire nyuma yo kwirukanwa muri Niger
Tshisekedi yise Karidinali Ambongo ’umucengezamatwara’ w’u Rwanda
Home > ... > Forum 1497
1 February 2020, 20:50, by David
ndabyumva birakugoye ariko ucyo numvisemo ushobora kuba waragishije inama abantu batifuzaga ko wubaka cq badafite ubunararibonye mukubak umuryango icyo nagufasha njye nuko wakongera kugira ibanga ry’urugo kdi ukaganira n’umugabo wae utamushimashima ahubwo umwereka ingaruka byazagira kumuryango muhazaza mugihe adashuguritse ikindi ni ukumenya kwihanganirana hagati yanyu kdi ugasubiza agaciro umugabo nubwo bishobora kuba byakugora bitewe nibihe urimo ariko nkubwije ukuri ko ntamugabo utumvira umudamu wamuciriye bugufi. Hanyuma wisomere nuyu murongo wo muri bible yera abaroma 12 wose nushake ukomeze ugeze 15 harimo ijambo ryagufasha.
This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.
*Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa
Please leave this field empty:
ndabyumva birakugoye ariko ucyo numvisemo ushobora kuba waragishije inama abantu batifuzaga ko wubaka cq badafite ubunararibonye mukubak umuryango icyo nagufasha njye nuko wakongera kugira ibanga ry’urugo kdi ukaganira n’umugabo wae utamushimashima ahubwo umwereka ingaruka byazagira kumuryango muhazaza mugihe adashuguritse ikindi ni ukumenya kwihanganirana hagati yanyu kdi ugasubiza agaciro umugabo nubwo bishobora kuba byakugora bitewe nibihe urimo ariko nkubwije ukuri ko ntamugabo utumvira umudamu wamuciriye bugufi. Hanyuma wisomere nuyu murongo wo muri bible yera abaroma 12 wose nushake ukomeze ugeze 15 harimo ijambo ryagufasha.