Uganda: Abasaga 100 barasaba ingurane y’ubutaka bwabo bwagiye ku ruhande rw’u Rwanda
Abaturage basaga 100 mu Karere ka Rukiga ahitwa Kamwezi mu gihugu cya Uganda, barasaba guverinoma kubaha ingurane y’ubutaka bwabo bavuga ko bwagiye ku Rwanda ubwo habaga kongera kugaragaza imbibi z’ibihugu byombi mu gikorwa cyabaye muri Werurwe 2014 ababishinzwe bagashinga izindi mbago zigaragaza aho ibihugu byombi bigabanira. Abari gusaba guverinoma kugira icyo ikora, barimo uwahoze ari […]
Iyo abana basoma ururimi rw’Ikinyarwanda, bibafasha gutyaza ubwenge bwabo- Min. Munyakazi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC), Isaac Munyakazi avuga ko kuba abana bakomeje gutozwa no gushishikarizwa gukunda gusoma Ikinyarwanda, ari nako bizabafasha gutyaza ubwenge bwabo, bakamenya n’izindi ndimi z’amahanga by’umwihariko bagatsinda neza amasomo yabo. Ku wa Gatanu tariki ya 7 Nzeri 2018, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wo kwandika, kubara no  Gusoma, ibirori byabereye mu murenge wa […]
Icyo Leta ivuga kuri Raporo ishinja Perezida Nkurunziza n’Imbonerakure guhohotera abaturage
Komisiyo yashyizweho n’Umuryango w’Abibumbye gukora iperereza ku iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’ikiremwamuntu mu Burundi, yashyize hanze raporo ku wa 5 Nzeri 2018, ishinja Perezida Nkurunziza hamwe n’Imbonerakure guhohotera bamwe mu baturage cyane cyane abatavuga rumwe na Leta. Nyuma y’iri yaporo yashyiriwe hanze i Geneve mu Busuwisi, ndetse n’imiryango imwe iharanira Uburenganzira bwa muntu ikagenda ibishimangira ku mbuga […]
Tanzania: Umuraperi w’umudepite, Professor Jay mu gahinda nyuma yo gupfusha se
Icyamamare muri muzika yo muri Tanzania akaba n’umunyapolitiki, Joseph Haule wamenyekanye ku izina rya Professor Jay, ari mu gahunda nyuma yo gupfusha umubyeyi we (se). Ku wa Gatanu tariki ya 7 Nzeri 2018, nibwo Muzehe Leonard Stephen Haule ubyara Professor Jay, yitabye Imana mu bitaro byitiriwe mutagatifu Kizito (Saint Kizito Hospital) i Mikumi, azize indwara […]
Saido Berahino yafashije u Burundi kunganya na Gabon mu mukino wa mbere yabukiniye
Umukinnyi Saido Berahino ukomoka mu Burundi, ukina mu Bwongereza nk’uwabigize umwuga mu Ikipe ya Stock City ndetse akaba anafite ubwenegihugu bw’u Bwongereza, yafashije igihugu cy’u Burundi yakiniye ku nshuro ya mbere kunganya n’ikipe y’igihugu cya Gabon. Uyu mukino wahuje Gabon n’u Burundi mu majonjora yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’Ibihugu cya 2019, warangiye amakipe […]
Uganda: Uwahoze ari komanda wa polisi yishwe nk’uko AIGP Andrew Kaweesi yishwe
Uwahoze ari komanda wa polisi mu Karere ka Buyende mu gihugu cya Uganda ari we ASP Muhammad Kirumira n’detse n’undi mugore bari kumwe witwa Resty Nalinya baraye bishwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu mu buryo bujya gusa nk’uko AIGP Andrew Kaweesi yishwemo. amakuru ya mbere akaba yavugaga ko ari umugore we, Mariam Kirumuri bari […]
Nyanza: Polisi yagaruje amafaranga yari yibwe umukozi wa Banki
Polisi ikorera mu karere ka Nyanza yafashe umugabo witwa Nyandwi Mwangaguhaba ufite imyaka 39, uyu mugabo akurikiranyweho kwiba amafranga y’u Rwanda agera kuri Miliyoni imwe n’igice ayashikuje umukozi wa SACCO. Chief Inspector of Police (CIP), Bonaventure Karekezi,umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yavuze ko Tariki 07 Nzeri uyu Mwangaguhaba yateze umukozi wa SACCO Ganaheza amwambura […]