Barashaka ko u Rwanda ruba umuyonga? – Nduhungirehe ku myitwarire ya Loni

“Barashaka ko u Rwanda ruba umuyonga? U Rwanda ni igihugu cyugarijwe, abanyamahanga barabizi kandi twabahaye ibimenyetso. Izo ngamba zizagumaho mu gihe FDLR igihari,” ibi ni…

Hashyizweho ibiciro bishya by’umuriro w’amashanyarazi

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Nzeri rwashyizeho ibiciro bishya by'umuriro w'amashanyarazi bisimbura ibyari byarashyizweho mu myaka itanu ishize. Uru rwego…

Hakomeje kwibazwa uko Rabin yemeye kujya mu Burundi mbere yo gushimutwa n’ubutasi – Inkuru y’imvaho

Hakomeje kwibazwa ukuntu Umurundi Niyukuri Dieudonné, uzwi ku izina rya Rabin, yashutswe akemera kujya mu Burundi, aho yageze agahita atabwa muri yombi n'inzego z'ubutasi z'u…

Minisitiri Prevot w’u Bubiligi nta cyizere afite ku kuba azasiga azahuye umubano naza mu Rwanda

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Bubiligi, Maxime Prevot, yatangaje ko nta cyizere afite cy'uko naza mu Rwanda azasiga azahuye umubano umaze igihe waraciwe hagati yarwo n'igihugu…

Makuru mashya

Latest News

Kivu y’Amajyepfo: Imitwe 2 ya wazalendo irahanganye muri Mwenga

Imitwe ibiri y’inyeshyamba za Wazalendo yasubiranyemo kuva ku wa Gatatu, itariki 17 Nzeri, muri centre ya Mwenga (Kivu y'Amajyepfo). Iyi mirwano irahuza unutwe wa Malaika…

Iyobokamana

Niba uri umukene ntushobora gukora umurimo w’Imana neza: Pastor Chris

Umuyobozi w’itorero Christ Embassy, Pasiteri Chris Oyakhilome wo muri Nigeria yongeye kugaragaza ko kugira ubushobozi bw’amafaranga ari ingenzi cyane mu kugira uruhare rufatika mu murimo…

Olivier NTANTURO
wayisoma mu Iminota 2

RIB yihanangirije inkumi zishaka kurya amafaranga y’abasore nta cyo babakoreye

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasobanuye ko rutajya rufunga umuntu nta bimenyetso, ahubwo mbere hakorwa iperereza ryimbitse. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry,…

BWIZA TV

Select Your Language

0
    0
    Your Cart
    Your cart is emptyReturn to Shop