Perezida Kagame yaramukanyije na Ndayishimiye

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Mata, yahanye umukôno na mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi. Abakuru b’ibihugu byombi bahuriye muri Stade de la Concorde iherereye mu mujyi Kintélé muri Congo-Brazzaville, aho bari bitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Denis Sassou Nguesso. Ubwo Abakuru b’ibihugu bari bitabiriye ibi birori barimo bajya gusezera […]
Mozambique yananiwe kwishyura amafaranga ibereyemo RDF

Umubano hagati ya Mozambique n’u Rwanda biravugwa ko watangiye kuzamo agatotsi, nyuma y’uko kiriya gihugu cyo mu majyepfo ya Afurika kinaniwe kwishyura amafaranga agenewe ibikorwa byo kurwanya iterabwoba mu ntara ya Cabo Delgado ingabo z’u Rwanda zirimo. U Rwanda rufite ingabo muri Mozambique kuva muri Nyakanga 2021, ndetse Guverinoma yarwo yemeza ko muri iki gihe […]
Julius Malema yakatiwe gufungwa imyaka 5

Umunyapolitiki Julius Malema uyobora Ishyaka Economic Freedom Fighters (EFF) ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Afurika y’Epfo, yakatiwe igifungo cy’imyaka 5, ahamijwe icyaha cyo kurenga ku mategeko agenga ikoreshwa ry’intwaro. Malema yakatiwe kiriya gifungo azira kurasa imbunda mu ruhame mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Muri 2018 ni bwo Malema yarashe amasasu mu kirere akoresheje imbunda, mu gihe harimo […]
Burundi: Minisitiri w’Itangazamakuru yasanzwe yapfuye

Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho w’u Burundi, Gabby Bugaga, kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Mata yasanzwe mu modoka yapfuye. Umurambo wa Bugaga wanigeze kuba umunyamakuru, wasanzwe mu gace ka Rubirizi mu ntanzi z’umujyi wa Bujumbura, uri mu modoka ye. Kugeza ubu ntiharamenyekana intandaro y’urupfu rwe, ariko amakuru amwe avuga ko yaba yazize impanuka. Guverinoma y’u […]
Gusenya FDLR: RDC ku gitutu cya Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika biciye muri Tammy K. Bruce uzihagarariye muri Loni, zibukije Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gusenya umutwe wa FDLR nk’uko zibisabwa n’amasezerano ya Washington yasinyanye n’u Rwanda. Ambasaderi Tammy Bruce yabigarutseho ku wa Gatatu tariki ya 15 Mata, mu ijambo yavugiye mu nama ya 10 136 y’akanama ka Loni gashinzwe amahoro […]
FDLR nidasenywa nta mahoro azaboneka: Ambasaderi Kayinamura

Ambasaderi wungirije w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, yabwiye Akanama gashinzwe Amahoro n’Umutekano k’uriya muryango ko nta nzira ifatika iganisha ku mahoro mu karere k’Ibiyaga Bigari ishoboka, mu gihe cyose umutwe wa FDLR waba ukomeje kudasenywa. Ambasaderi Robert Kayinamura yabivuze ku wa Gatatu tariki ya 15 Mata, mu nama y’Akanama k’Amahoro n’Umutekano yasuzumaga ishyirwa mu bikorwa […]
Perezida Kagame ari muri Congo

Perezida Paul Kagame yageze i Brazzaville muri Repubulika ya Congo, aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida w’iki gihugu, Denis Sassou Nguesso. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu ni bwo Umukuru w’Igihugu yageze i Brazzaville, mbere yo kwakirwa na Minisitiri w’Intebe wa Congo, Anatole Collinet Makosso. Ku wa Kane tariki ya 16 Mata ni bwo […]
Bwa mbere abasirikare ba AFC/M23 n’aba FARDC bagiye guhurira muri EJVM

Abahagarariye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro wa AFC-M23, kuri uyu wa Gatatu bashyize umukono ku masezerano agamije gukaza uburyo bwo kugenzura iyubahirizwa ry’agahenge. Ni amasezerano yashyiriweho umukono mu Busuwisi, aho impande zombi ziri kugiranira ibiganiro kuva ku wa Mbere w’iki cyumweru. Aya masezerano ateganya ko abasirikare ba AFC/M23 bagomba kwinjizwa […]
U Burundi bwohereje izindi ngabo i Mulenge

Ahagana saa mbiri z’ijoro hongeye kugaragara ibikorwa byo kohereza izindi ngabo z’u Burundi ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC). Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko ubu bwato bwari buhageze ku cyambu cya Rumonge, aho bwapakiraga ibikoresho ndetse n’abandi basirikare benshi, nk’uko ababyiboneye babivuga. Ni nyuma y’uko tariki ya 4 Mata, mu nkuru […]
Ambasaderi Ntahiraja mu bari ku isonga ryo gutegura umugambi w’u Burundi wo gutera u Rwanda

Ambasaderi w’u Burundi i Bruxelles mu Bubiligi, Thérence Ntahiraja, aravugwa mu bikorwa byo guhuza abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda baba muri kiriya gihugu, mu mugambi wo gushoza intambara ku Rwanda. Iby’uyu mugambi byashyizwe ahabona n’Umuryango FOCODE biciye muri Nininahazwe Pacifique uwuyobora. Hari mu kiganiro cyagarukaga ku iturika riheruka kwibasira ububiko bw’intwaro bwo mu kigo cya gisirikare […]
AFC/M23 na CICR basinyanye amasezerano

Umutwe wa AFC/M23 na Komite Mpuzamahanga ya Croix-Rouge, mu mpera z’icyumweru gishize basinyanye amasezerano yerekeye gutwara abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bari mu maboko y’uriya mutwe. Ni amasezerano yashyizweho umukono hagati y’itariki ya 11 n’iya 12 Mata, akaba ateganya ko abasirikare ba Leta ya Kinshasa bari mu maboko ya […]
Macron yasabye Amerika na Iran gusubira ku meza y’ibiganiro bwangu

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran gusubukura ibiganiro bwangu, nyuma y’uko ibyo impande zombi zagiranye mu cyumweru gishize ntacyo zashoboye kugeraho. Macron mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X ejo ku wa Kabiri, yavuze ko ubusabe bwe yabugejeje kuri ba Perezida Massoud Pezeshkian wa Iran na Donald […]
Perezida Kagame ni we uzaba Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda

Imiterere y’uburyo Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda izaba iyobowe, yerekana ko Perezida Paul Kagame agomba kuzaba ari we muyobozi mukuru wayo (Chancellor). Iyi kaminuza yashyizweho n’iteka ryo mu 2026 ryatangajwe mu Igazeti ya Leta yo ku wa 10 Mata, igamije guhuriza hamwe amashuri n’ibigo bitandukanye byigisha amasomo ya gisirikare n’ay’umutekano, izaba ifite icyicaro i Kigali. […]
Perezida Kagame yahaye imbabazi Brig. Gen (Rtd) Muziraguharara

Perezida Paul Kagame yahaye imbabazi abantu batanu bari barakatiwe nyuma yo guhamya ibyaha bitandukanye, barimo Brig. Gen Fred Muziraguharara wahoze mu ngabo z’u Rwanda. Iteka rya Perezida ryasohotse mu igazeti ya Leta ku wa Mbere tariki ya 13 Mata, ryerekana ko mu bababariwe harimo Muziraguharara, wahoze ari Umuyobozi Mukuru wa sosiyete ya Horizon Group Ltd. […]
FDNB na FARDC bakubitiwe mu Minembwe

Amakuru aturuka mu misozi miremire yo mu Minembwe ho mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko imirwano yongeye gukara hagati y’umutwe wa MRDP-Twirwaneho n’ihuriro ry’ingabo zirimo iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), iz’u Burundi, ndetse n’imitwe yitwaje intwaro irimo Wazalendo na FDLR. Amakuru avuga ko ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa […]
Ingabo z’utavuga rumwe na Perezida Salva Kiir zisubije umujyi wa Akobo

Umujyi wa Akobo wo muri Sudani y’Epfo wongeye gufatwa n’ingabo zo ku ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi, nyuma y’ukwezi kumwe ugenzurwa n’ingabo za Leta. Ni nyuma yo kuwirukanwamo n’iza Riek Machar wahoze ari Visi-Perezida wa kiriya gihugu kuri ubu ufunzwe. Amakuru avuga ko ku wa Mbere tariki ya 13 ari bwo ingabo zo mu mutwe wa […]
Umucuruzi wakoreraga i Pretoria yiciwe i Kinshasa

Umucuruzi w’umunye-Congo wakoreraga i Pretoria muri Afurika y’Epfo yiciwe i Kinshasa; ubutegetsi bwa RDC bukavuga ko hari benshi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwe bamaze gutabwa muri yombi, mu gihe ukekwa kurusha abandi agihihishwa uruhindu. Amisi Issa Vally yishwe mu ijoro ryo ku wa 9 Mata rishyira ku wa 10 Mata 2026, ubwo yari muri […]
Uwahoze ari Minisitiri wa RDC mu ntumwa za AFC/M23 zagiye kuganirira na Kinshasa mu Busuwisi

Franck Mwe di Malila Apenela wahoze ari Minisitiri muri Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , ari mu ntumwa za AFC/M23 zitabiriye ibiganiro byayo na Leta ya Kinshasa mu Busuwisi. Ni ibiganiro byatangiye kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mata, bikazamara iminsi itanu. Jeune Afrique ivuga ko intumwa 12 ari zo AFC/M23 yohereje […]
Dushyigikiye ubuyobozi burangajwe imbere na Perezida Kagame: Sen. Dr Habineza

Umuvugizi w’ihuriro ry’igihugu nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki (NFPO), Senateri Dr. Frank Habineza, yatangaje ko iri huriro rishyigikiye ubuyobozi bw’u Rwanda buyobowe na Perezida Paul Kagame, ndetse ko ritifuza uwo ari we wese washaka gusubiza igihugu inyuma. Yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki ya 13, mu ijambo risoza icyumweru cy’icyunamo yavugiye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa […]
Ingingo 3 AFC/M23 na Kinshasa bagiye kuganiraho mu Busuwisi

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23, kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mata barahurira mu cyiciro cya cyenda cy’ibiganiro bigamije gucubya umwuka mubi umaze imyaka igera kuri itanu uri hagati y’impande zombi. Ni ibiganiro bibera mu Busuwisi, bikaba biteganyijwe ko bigomba kumara iminsi itanu. Mu ngingo nyamukuru zizaganirwaho, harimo eshatu […]
The Ben na Bruce Melodie bajyanye kunamira Abatutsi bashyinguye ku Gisozi

Abahanzi Mugisha Benjamin ‘The Ben’ na Itahiwacu Bruce ‘Bruce Melodie’, ku Cyumweru tariki ya 12 Mata basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi, bunamira Abatutsi barenga 250,000 barushyinguwemo. Bruce Melodie abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yavuze ko we n’uriya mugenzi we Bafashe icyemezo cyo gusura urwibutso rwa Kigali mu rwego rwo […]
Ibikubiye mu masezerano y’ibanga Kabila yagiranye na Tshisekedi mbere yo kumwibira ubutegetsi

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, akunze kumvikana ashinja Félix Antoine Tshisekedi wamusimbuye ku butegetsi kwica amasezerano bagiranye, ubwo yamushyikirizaga ubutegetsi. Muri 2019 ni bwo Tshisekedi yashyikirijwe ubutegetsi, nyuma yo kwibirwa amajwi mu matora y’Umukuru w’Igihugu byaje kumenyekana ko yari yatsinzwe n’umunyapolitiki Martin Fayulu. Iby’uko Tshisekedi yibiwe amajwi byanakunze […]
Türkiye yise Netanyahu ‘Hitler w’ubu’

Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati ya Israel na Türkiye, nyuma y’uko abayobozi b’ibihugu byombi bashinjanye ibirego biremereye. Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, ku wa Gatandatu abinyujije ku rubuga rwe rwa X yashinje Perezida Reçep Tayyip Erdogan wa Türkiye “kwica abaturage be bo mu bwoko bw’Aba-Kurde” ndetse no “gucumbikira ubutegetsi bw’iterabwoba bwa Iran n’imitwe bushyigikiye.” […]
Amerika na Iran mu biganiro muri Pakistan

Intumwa za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Iran, zatangiye ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru biri kubera mu mujyi wa Islamabad muri Pakistan, bikaba bigamije kugabanya umwuka mubi umaze iminsi wiyongera hagati y’ibi bihugu byombi bisanzwe bihangana. Ibi biganiro byitabiriwe n’abayobozi bakomeye barimo Visi-Perezida wa Amerika JD. Vance ndetse n’umudipolomate wa Iran Abbas Araghchi. […]
Gen. Muhoozi ngo yiteguye kuyobora ingabo 100,000 za UPDF muri Israel

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye kurikoroza nyuma yo gutangaza ko yiteguye kohereza muri Israel ingabo zibarirwa mu 100,000 zo kurinda kiriya gihugu. Muhoozi mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X, yavuze ko ari we ugomba kuba ayoboye ziriya ngabo. Ati: “Niteguye kohereza abasirikare ba Uganda 100,000 muri Israel. Ni njye […]
Burundi: Urukiko rwakatiye umupolisi imyaka 500

Urukiko rw’i Mwaro mu Burundi rwategetse ko umupolisi witwa Osias Irankunda yazafungwa amezi 6,000 (imyaka 500), mu gihe yaba ananiwe kwishyura indishyi z’akababaro za FBU miliyoni 100 rwamuciye. Uyu mupolisi yakatiwe igifungo cya burundu anacibwa iriya ndishyi, nyuma yo guhamywa kugira uruhare mu rupfu rw’uwitwa Nestor Nininahazwe wari uzwi ku izina rya Gasazi. Uyu Gasazi […]
Ambasade ya EU muri Uganda yasabye imbabazi ku butumwa bwayo bupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi

Ambasade y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi muri Uganda, yasabye imbabazi nyuma y’ubutumwa yari yanditse bupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni ubutumwa bujyanye n’igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Ambasaderi wungirije w’uriya muryango, Guillaume Chartrain yitabiriye ku wa Gatanu tariki ya 10 Mata, ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Ggolo muri Uganda. […]
Nta bihano cyangwa ibitutsi bishobora gutesha agaciro icyubahiro cy’Ingabo z’u Rwanda: Kagame

Perezida Paul Kagame yavuze ko umuco n’imyitwarire myiza biranga Ingabo z’u Rwanda bikomoka ku bihe bikomeye birimo Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 zahagaritse, ashimangira ko nta bitutsi bibaho cyangwa ibihano bishobora gutesha agaciro icyubahiro zifite. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Mata, mu ijambo ryo gutangiza icyunamo. Yavuze ko nyuma y’uko […]
Perezida Kagame na Madamu we batangije #Kwibuka32

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, kuri uyu wa Kabiri bunamiye banashyira indabo ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi mu muhango wo gutangiza icyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi. Umukuru w’Igihugu na Madamu we kandi banacanye Urumuri rw’icyizere rushushanya ahazaza h’Abanyarwanda, rugomba kumara iminsi 100 yo Kwibuka rwaka. […]
Nta cyihariye nsaba u Rwanda: Umugore wa Perezida Ntaryamira wapfanye na Habyarimana

Umugore wa Cyprien Ntaryamira wahoze ari Perezida w’u Burundi, yatangaje ko n’ubwo umugabo we yapfiriye mu Rwanda ntacyo arubaza, ko ahubwo Umuryango Mpuzamahanga ari wo ukwiye gukora ibishoboka byose ugtanga umucyo ku rupfu rw’umugabo we. Ntaryamira yapfanye na Habyarimana ku mugoroba wo ku wa 6 Mata 1994, ubwo indege yo mu bwoko bwa Falcon 50 […]
Ibitero bikomeye bya FARDC n’abambari bayo byibasiye abasivili muri Minembwe na Kalehe

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko kuri uyu wa kabiri tariki ya 7 Mata ingabo za Leta ya Kinshasa n’abazifasha ku rugamba bagabye ibitero bikomeye byibasiye abaturage b’abasivili mu bice bitandukanye byo mu Burasirazuba bwa Congo. AFC/M23 mu itangazo yasohoye biciye muri Lawrence Kanyuka uyivugira mu bya politiki, yavuze […]
Guteres yasabye Isi gukura isomo ku makosa yatumye Jenoside yakorewe Abatutsi iba

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, yagaragaje ko Isi ikwiye kwigira ku makosa yabayeho, mu kwirinda ko Jenoside nk’iyakorewe Abatutsi mu 1994 yakongera kubaho. Ni mu butumwa bujyanye no kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 32 yanditse ku rubuga rwe rwa X kuri uyu wa Kabiri tariki ya 7 Mata hatangiriye icyunamo cy’iminsi 100. […]
Senator Dr. Frank Habineza pays tribute to Late African Greens Leader Adamou Garba

The President of the Democratic Green Party of Rwanda, Senator Dr. Frank Habineza, has paid a heartfelt tribute to the late Adamou Garba, describing him as “a principled, thoughtful, and deeply committed leader” whose legacy will endure across Africa and beyond. Garba, who served as President of the Greens of Niger and later led the […]
Umunsi AFC/M23 na Leta ya RDC bazahurira mu biganiro mu Busuwisi

Intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iz’ihuriro rya AFC/M23, byamenyekanye ko zizahurira mu Busuwisi ku wa Mbere tariki ya 13 Mata, gukomerezayo ibiganiro bya Doha impande zombi zimaze igihe zigirana. Ni icyiciro gishya cy’ibyo biganiro cyateguwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Qatar; ndetse byitezwe ko ziriya mpande zombi ziyemeje gushyira […]
Perezida Kagame ku mpamvu we na FPR batari bagambiriye kwica Habyarimana

Ku itariki nk’iyi ya 6 Mata mu myaka 32 ishize, Habyarimana Juvenal wari Perezida w’u Rwanda yishwe ubwo indege ye yari imuvanye i Arusha muri Tanzania yahanurirwaga mu kirere cya Kanombe, mu mujyi wa Kigali. Perezida Paul Kagame avuga ko we na FPR-Inkotanyi yari ayoboye batashakaga ko Habyarimana Juvenal wari Perezida w’u Rwanda yicwa, kuko […]
Hafi y’ibiro bya Trump humvikanye amasasu

Urwego rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rucunga umutekano wa perezida, bandi bategetsi bo hejuru n’abahoze ari abategetsi bo hejuru (Secret Service), rurimo gukora iperereza ku rusaku rw’amasasu rwumvikanye mu masaha ya kare yo ku cyumweru hafi y’ibiro bya perezida, bizwi nka White House. Abashinzwe umutekano b’urwo rwego bageze ahumvikaniye amasasu mu gace gakikije Pariki […]
Tshisekedi yatangaje ko agiye ‘kwisubiza vuba’ ibice M23 igenzura

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko mu gihe cya vuba azisubiza ibice byo mu burasirazuba bwa Repububulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo ze zirukanwemo n’inyeshyamba zo mu mutwe wa AFC/M23. Uyu mugabo yatanze iryo sezerano ku Cyumweru tariki ya 5 Mata, ubwo yari ayoboye ibirori byo kwakira ikipe […]
Impamvu Green Party ikomeje kwinjiza Ingengabitekerezo yayo mu barwanashyaka

Ubuyobozi bw’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, bwasobanuye ko bukomeje gutyaza abarwanashyaka bahagarariye abandi ku rwego rw’uturere ngo bamenye amahame n’ingengabitekerezo ishyaka rigenderaho, mu rwego rwo kubategura ngo nibajya gushaka abandi barwanashyaka mu mirenge bazabe bavuga ibyo bashikamyeho, bazi kandi basobanukiwe. Muri Mutarama uyu mwaka ni bwo Green Party yatangiye guhugura abarwanashyaka bahagarariye […]
Perezida Kagame yavuze ku kuvana RDF muri Mozambique

Perezida Paul Kagame yashimangiye ko nihatagira umuntu wishyura ibigenda ku ngabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu ntara ya Cabo Delgado mu majyaruguru ya Mozambique, bizarangira ingabo zicyuwe. Ni nyuma y’uko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi uheruka gutangaza ko uteganya guhagarika inkunga ya miliyoni 20 z’ama-Euro wageneraga buriya butumwa. Perezida Kagame mu kiganiro […]
Urugendo rwa Kigali-Rusizi rwarenze Frw 11,000

Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo rusange mu ntara, nyuma y’uko ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli bitumbagiye. RURA mu itangazo yasohoye ku wa Gatanu tariki ya 3 Mata 2026, yagennye ko mu rugendo rwo mu ntara umugenzi agomba kujya yishyura Frw 41.58 ku kilometero kimwe. Mu biciro bishya ruriya rwego rwashyizeho, ikiri hejuru ni icy’urugendo […]
Nyarugabo yageneye Ndayishimiye ubutumwa bukomeye nyuma y’iturika ry’i Bujumbura

Me Moïse Nyarugabo wigeze kuba Minisitiri w’Ubukungu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yageneye Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi ubutumwa bukomeye bunenga imikorere ye n’uruhare rw’u Burundi mu bibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa Congo, nyuma y’iturika rikomeye riheruka kubera i Bujumbura. Mu butumwa bwe bwo ku wa 3 Mata 2026, Nyarugabo yabanje kwihanganisha Abarundi bagizweho […]
FERWAFA yateye utwatsi ubusabe bwa Rayon Sports

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryanze ubusabe bwa Rayon Sports yari yarisabye ko umutoza Haringingo Francis Christian yakwemererwa gutoza umukino iriya kipe ifitanye na Gicumbi FC. FERWAFA mu itangazo yasohoye, yabwiye Rayon Sports ko idashobora kubona ibyangombwa byemerera Haringingo kuyitoza muri aka kanya, kuko hari ikibazo cy’amasezerano agifitanye na Kiyovu Sports yahozemo. Ku wa […]
Ndayishimiye n’umugore we bahetse umusaraba

Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, hamwe n’umugore we Angeline Ndayishimiye, bifatanyije n’Abakristu mu kwizihiza Umunsi w’Ububabare bwa Yezu Kristu, bombi bagaragara bahetse umusaraba ubwo bari mu nzira y’umusaraba. Amafoto yashyizwe ku rubuga rwa X ya Perezidansi y’u Burundi, yerekana Ndayishimiye wari wambaye luturuso zitukura n’umugore we bombi bahetse umusaraba. Ubutumwa bw’iyi Perezidansi buvuga ko “ku […]
Litiro ya Lisansi mu Rwanda yiyongereyeho arenga Frw 300

Urwego Ngenzuramikorere (RURA), kuri uyu wa Gatanu rwashyizeho ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli byasize litiro ya Lisansi yiyongereyeho arenga Frw 300, mu gihe Mazutu yiyongereyeho arenga Frw 200. Itangazo RURA yasohoye biciye muri Rugigana Evariste uyiyobora, ryerekana ko Lisansi yageze kuri Frw 2,303 ivuye kuri Frw 1,989 yariho mu kwezi gushize, mu gihe Mazutu yageze […]
Ibyiza Perezida Kagame abona mu bufatanye bw’u Rwanda na AFC/M23

Perezida Paul Kagame yatangaje ko aho u Rwanda na AFC/M23 bitangiriye kugirana ubufatanye mu by’umutekano, imipaka y’u Rwanda isigaye itekanye. Yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana na Jeune Afrique. Muri Mutarama uyu mwaka ni bwo Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana, yatangaje ko u Rwanda na AFC/M23 bisigaye bifatanya mu […]
Perezida Kagame yahishuye ko Joseph Kabila akorana na AFC/M23

Perezida Paul Kagame yahishuye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo asigaye akorana n’umutwe wa AFC/M23. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro aheruka kugirana n’ikinyamakuru Jeune Afrique. Ubwo yabazwaga ku bihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziheruka gufatira ingabo z’u Rwanda nyuma yo kuzishinja gukorana na AFC/M23, Perezida Kagame yavuze […]
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Amerika yirukanwe

General Randy George wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yirukanwe kuri uwo mwanya nyuma yo gusabwa kwegura ku mirimo ye na Minisitiri w’Ingabo, Pete Hegseth. Amakuru atangwa n’inzego za Leta ya Amerika avuga ko Gen. George yasabwe guhita asezera ku mirimo ye ako kanya, nubwo yari agifite igihe kigera muri 2027 […]
Guverinoma yavuze ku biciro birimo ibya gaz byatumbagiye

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Kane tariki ya 2 Mata 2026, yakomoje ku biciro birimo iby’ingufu n’iby’ibicuruzwa by’ibanze byatumbagiye kubera intambara ikomeje kubera mu burasirazuba bwo hagati. Guverinoma yakomeje kuri iki kibazo nyuma y’uko kuva mu mpera z’icyumweru gishize igiciro ku bicuruzwa bitandukanye cyazamutse mu buryo bukomeye, ku buryo hari n’aho cyazamutseho hafi 50%. Urugero […]
CP Theos Badege wigeze kuba umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yahawe inshingano nshya

Commissioner of Police Badege Theos wigeze kuba umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, yagizwe Komiseri Mukuru wungirije w’Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Igorora (RCS). Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Mata 2026, ni ryo ryemeje ko Badege yahawe ziriya nshingano agomba kungirizaho CG Evariste Murenzi. Badege yabaye umuvugizi […]
Umusirikare muto kurusha abandi muri UPDF ashobora kujya ahembwa arenga Frw 300,000

Umushahara w’umusirikare muto mu ngabo za Uganda (UPDF)ushobora kwiyongera ukava ku mashilingi 650,000 ukagera kuri 816,000 (arenga Frw 300,000), mu gihe umwanzuro wagezweho hagati ya Minisiteri y’Ingabo n’Inteko Ishinga Amategeko washyirwa mu bikorwa. Iyi nyongera y’umushahara yemerewe n’abayobozi ba Minisiteri y’Ingabo n’abagize Komisiyo ishinzwe Ingabo n’Umutekano w’Imbere mu Nteko Ishinga Amategeko, mu nama yabaye ku […]
Meya Mulindwa yasabye abarenga 100 batahutse bava muri Congo kwirinda Ingengabitekerezo ya Jenoside

Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper, yasabye Abanyarwanda batahutse bava muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guca ukubiri n’ingengabitekerezo ya Jenoside. Meya Mulindwa yabisabye Abanyarwanda 133 kuri uyu wa Kane bakiriwe mu Rwanda, nyuma y’imyaka itari mike barafashwe bugwate n’umutwe w’abajenosideri wa FDLR ukorera mu mashyamba ya Congo. Abakiriwe ku mupaka munini wa La Corniche […]
U Rwanda rwaburiye ko Mozambique nidatera inkunga ibikorwa bya RDF i Cabo Delgado ruzacyura ingabo zarwo

U Rwanda rwatanze umuburo w’uko kohereza ingabo zarwo mu majyaruguru ya Mozambique bishobora guhagarara, mu gihe hataboneka uburyo burambye bwo gutera inkunga icyo gikorwa. Ni nyuma y’amakuru avuga ko Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ushobora guhagarika burundu inkunga wageneraga ibikorwa bya RDF muri Mozambique. Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, ubwo yasubizaga ku nkuru zatangajwe […]
Trump yandagaje Macron n’umugore we

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasebeje mugenzi we Emmanuel Macron w’u Bufaransa, avuga ko umugore we “amufata nabi cyane”. Trump yabigarutseho mu ijambo yavuze ku wa Gatatu tariki ya 1 Mata, ubwo yagarukaga ku ntambara igihugu cye na Israel barwanamo na Iran. Muri iri jambo yanenze cyane ibihugu bigize umuryango wa […]
Abo FDNB yemeza ko bahitanwe n’ibisasu byaturikiye i Bujumbura

Igisirikare cy’u Burundi (FDNB), ku wa Gatatu tariki ya 1 Mata cyatangaje ko abantu 13 ari bo bahitanwe n’ibisasu byaturikiye mu mujyi wa Bujumbura, ubwo ikigo cya gisirikare cya Musaga cyarimo gishya. Umuvugizi w’Ingabo z’u Burundi, Général de Brigade Baratuza Gaspard, yatangaje ko mu bapfuye harimo abasirikare batatu. Yavuze kandi ko ibisasu byaturitse byakomerekeje abantu […]
Imfu n’itabwa muri yombi ry’abasirikare benshi b’u Burundi byakurikiye iturika ryabereye i Bujumbura

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko hari abasirikare babarirwa muri 40 batawe muri yombi, nyuma y’inkongi y’umuriro yaraye yibasiye ububiko bw’intwaro bwo mu kigo cya gisirikare kiri ahitwa ku Musaga mu mujyi wa Bujumbura. Igisirikare cy’u Burundi kivuga ko iriya nkongi yatewe n’umuriro w’amashanyarazi, ariko andi makuru avuga ko yatewe n’igitero cya drone […]
U Rwanda rwashimiye RDC yabonye itike y’Igikombe cy’Isi

Guverinoma y’u Rwanda yashimiye ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ‘Les Léopards’, nyuma yo kubona itike y’Igikombe cy’Isi cy’umupira w’amaguru cya 2026. Iyi kipe yabonye itike yo kuzakina ririya rushanwa rizabera mu bihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexique mu mpeshyi y’uyu mwaka, nyuma yo gusezerera Jamaica bari bahuriye mu […]
Nduhungirehe yibukije RDC ko FDLR ikeneye gusenywa n’ibikorwa aho kuba amagambo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yibukije Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko mu gusenya umutwe wa FDLR hakenewe ibikorwa bifatika byo ku butaka, aho kuba imvugo zirimo ubusa. Umukuru wa Dipolomasi y’u Rwanda yatangaje ibi nyuma y’uko Kinshasa iheruka gutangaza ko yatangije ibikorwa byo gusenya FDLR, mu rwego rwo gushyira mu bikorwa […]
RDC igiye kongera gukina Igikombe cy’Isi nyuma y’imyaka irenga 50

Ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Les Léopards, yabonye itike yo kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2026 nyuma yo gusezerera Reggae Boys ya Jamaica, mu mukino wa kamarampaka wabaye mu ijoro ryacyeye. Ni umukino wabereye i Guadalajara muri Mexique. Igitego rukumbi cyatsinzwe na myugariro Axel Tuanzebe ku munota wa 100, cyari gihagije ngo Ingwe […]
Icyo Ndayishimiye avuga ku bisasu byaturikiye i Bujumbura

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yagaragaje ko hari abagize ibyago, nyuma y’inkongi y’umuriro yaraye yibasiye ahabikwaga intwaro mu kigo cya gisirikare giherereye mu mujyi wa Bujumbura. Ndayishimiye abinyujije ku rubuga rwe rwa X, yagize ati: “Nihanganishije abagize ibyago biturutse ku muriro wadutse mu bubiko bumwe bw’ikigo cya gisirikare kiri muri zone Musaga. Duhumurije Abarundi bose.” […]
Umukoro wa Guverineri Mugabowagahunde ku bahoze muri FDLR ku Rwanda

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice, yahaye umukoro abahoze mu mitwe yitwaje intwaro irimo uwa FDLR kunyomoza ibinyoma bivugwa ku Rwanda. Guverineri w’Amajyaruguru yatanze uyu mukoro ku wa Mbere tariki ya 30 Werurwe, mu muhango wo gosoza amahugurwa ku mugaragaro y’abahoze ari abarwanyi ba FDLR n’indi mitwe bifatanyije no kubasubiza mu buzima busanzwe. Ababarirwa muri 214 […]