M Irene yarongoye

Umunyamakuru Murindahabi IrĂ©nĂ©, uzwi cyane nka M. IrĂ©nĂ©, yasezeranye imbere y’Imana na Nishimwe Liliane nyuma y’iminsi mike basezeranye imbere y’amategeko ndetse bakemeranya kurushinga. Uyu muhango wabaye ku wa 15 Kanama 2026 muri Intare Arena ku Gisozi, witabirwa n’inshuti, abo mu miryango yabo ndetse n’ibyamamare bitandukanye byo mu myidagaduro no mu zindi nzego. Mu bitabiriye ubu […]

ICG yasabye RDC gusenya FDLR

Itsinda Mpuzamahanga rishinzwe gukurikirana ibibazo byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari (ICG), rigizwe n’ibihugu birimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa, u Budage, u Bwongereza n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), ryasabye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kwihutisha ishyirwa mu bikorwa rya gahunda yo kwambura intwaro, gusubiza mu buzima busanzwe no […]

M. Iréné yasezeranye imbere y’amategeko

Umunyamakuru w’imyidagaduro Murindahabi IrĂ©nĂ©, uzwi cyane nka M. IrĂ©nĂ©, yasezeranye imbere y’amategeko na Nikuze Liliane, mu muhango wabereye mu Murenge wa Gishari, mu Karere ka Rwamagana. Uyu muhango wabaye ku wa 11 Kanama 2026, ukitabirwa n’abantu batandukanye, barimo ibyamamare mu muziki n’imyidagaduro nyarwanda. Mu bari baherekeje M. IrĂ©nĂ© na Liliane harimo abahanzi nka Bruce Melodie, […]

U Rwanda rugeze kure ibiganiro byo kwakira Formula 1 mu 2028

U Rwanda rwongeye kugarukwaho nk’umwe mu bahatanira kwakira isiganwa rya Formula 1 ku mugabane wa Afurika, nyuma y’uko ubuyobozi bw’iri rushanwa butangaje ko ibiganiro n’ibihugu birimo u Rwanda biri gutera imbere. U Rwanda ruri mu bihugu bine biri mu biganiro bikomeye byo kongera isiganwa rya Formula 1 ku mugabane wa Afurika, aho rushobora kuzaba mu […]

Amerika yakuyeho Viza zirenga 175,000

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko imaze gukuraho viza zirenga 175,000 z’abanyamahanga, nyuma yo gusanga bararenze ku mategeko agenga viza, bakoze ibyaha cyangwa bagaragaje imyitwarire ishobora gushyira mu kaga umutekano w’Abanyamerika. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika yavuze ko viza nyinshi zavanyweho nyuma y’uko abo banyamahanga bagize ibibazo n’inzego z’umutekano, aho ibyaha byiganjemo gukubita no […]

RDC yahagaritse kohereza hanze copper na cobalt

Mu butaka bwo mu majyepfo ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), imashini nini zicukura ubutare ntizihagarara. Buri munsi zivanayo toni nyinshi za copper na cobalt, amabuye y’agaciro yifashishwa mu gukora imodoka zikoresha amashanyarazi, telefoni, mudasobwa n’ibikoresho byinshi by’ikoranabuhanga. Ariko kuva kuri uyu wa 6 Kanama 2026, hari icyahindutse. Guverinoma ya RDC yafashe icyemezo gikomeye […]

Maneko wo muri Ukraine yafatiwe mu Budage

Mu gitondo cyo ku wa 2 Kanama 2026, ubuzima bw’umugabo w’Umunya-Ukraine w’imyaka 33 bwahindutse mu kanya gato. Mu ntara ya Thuringia, mu burasirazuba bw’u Budage, inzego z’umutekano zamufashe zimushyikiriza ubutabera. Icyo akurikiranyweho kirakomeye, kuko yaketsweho gukora ubutasi ku ruganda rukora intwaro, agamije gutegura ibikorwa byo guhungabanya umutekano. Ibi byamenyekanye ku mugaragaro ku wa 6 Kanama […]

Imisoro ya Hormuz iteje impaka

Amashyirahamwe umunani akomeye ahagarariye ba nyiri amato n’ibigo bikora ubwikorezi bwo mu nyanja ku isi yasabye Umuryango w’Abibumbye (Loni) kwamagana umugambi wo kwishyuza amafaranga amato anyura mu nyanja ya Hormuz, avuga ko byabangamira ubukungu bw’isi ndetse bikica amategeko mpuzamahanga agenga urujya n’uruza rwo mu nyanja. Mu ibaruwa yohererejwe Umunyamabanga Mukuru wa Loni, AntĂłnio Guterres, ndetse […]

PAC yahaye RP amezi 6 yo gusubiza amafaranga y’abanyeshuri

Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) mu Nteko Ishinga Amategeko yasabye Minisiteri y’Uburezi na Rwanda Polytechnic (RP) kwihutisha isubizwa ry’amafaranga y’ingwate (caution) yishyuwe n’abanyeshuri, angana na 256.609.957 Frw, mu gihe kitarenze amezi atandatu. Uyu mwanzuro watangarijwe mu Nteko Rusange kuri uyu wa 4 Kanama 2026, ubwo PAC yagezaga ku badepite isesengura rya […]

Museveni yaburiye Andrew Mwenda

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Stephen Nuwagaba ari umusore wahungiye iwe nyuma yo gukorerwa iyicarubozo n’ibikomere akekwaho ko yatewe na bamwe mu bagize inzego z’umutekano. Yanaburiye umunyamakuru Andrew Mwenda, amushinja guha umwanya ikibazo cya Nuwagaba aho kwibanda ku bibazo bikomeye birimo ruswa n’ihohoterwa rikorwa na bamwe mu bakozi ba Leta. Mu itangazo […]

Tshisekedi yahaye UPDF imodoka 10

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yahaye Ingabo za Uganda (UPDF) imodoka nshya 10 zo mu bwoko bwa Toyota Land Cruiser Pickup, zigenewe kongerera imbaraga ibikorwa byazo biri gukorwa mu burasirazuba bwa Congo mu rwego rwa Operation Shujaa. Izi modoka zashyikirijwe ubuyobozi bwa UPDF mu muhango wabereye i Beni mu Ntara […]

Trump yatakarijwe icyizere n’Abanyamerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ari mu bihe bitamworoheye muri politiki nyuma y’uko ubushakashatsi butandukanye bugaragaje ko icyizere Abanyamerika bamugirira cyagabanutse cyane. Ibi bibaye hasigaye amezi atatu ngo habe amatora yo hagati muri manda (Midterm Elections), amatora afatwa nk’ingenzi kuko agena uko imyanya myinshi yo muri Kongere igabanywa hagati y’amashyaka ya […]

Ubutinganyi bwongeye guteza impaka muri Angilikani

Uruzinduko rw’umuyobozi wa Kiliziya Angilikani ku Isi, Sarah Mullally, muri Cameroun rwongeye gukurura impaka ku myumvire itandukanye iri muri iri torero ku bijyanye n’ubutinganyi n’imibanire y’abahuje ibitsina. Mu misa yayoboye i Douala ku Cyumweru tariki ya 2 Kanama 2026, bamwe mu bakirisitu n’abayobozi b’itorero bagaragaje ko batemeranya n’ibitekerezo bifatwa nk’ibyoroheje, birimo kwakira abantu bo mu […]

Uburusiya bwafatiriye umutungo w’Abahamya ba Yehova

Urukiko rwo mu mujyi wa Moscow mu Burusiya rwategetse ko umutungo utimukanwa 123 wari usanzwe ufitwe n’Umuryango w’Abahamya ba Yehova (Jehovah’s Witnesses) wegurirwa Leta y’u Burusiya. Nk’uko urwego rw’inkiko rwa Moscow rwabitangaje ku wa 31 Nyakanga 2026, uwo mutungo wari wanditse ku ishami ry’Abahamya ba Yehova rikorera muri Suwede. Uwo mutungo ugizwe n’inyubako 63 zirimo […]

Aba-Houthi bahakanye amakuru yo kwishyuza amato anyura mu nyanja itukura

Umutwe w’aba-Houthi ugenzura ibice bimwe bya Yemen watangaje ko nta gahunda ufite yo gutangira kwishyuza amafaranga amato anyura mu nzira ya Bab al-Mandeb, ushimangira ko iyo nzira ikomeje kuba ifunguye kandi ikoreshwa nta kiguzi. Aba-Houthi bahakanye amakuru yari amaze iminsi avugwa ko bateganya gushyiraho amafaranga ku mato anyura mu nzira ya Bab al-Mandeb ihuza Inyanja […]

Yakatiwe amezi atandatu azira gutuka Perezida

Urukiko rw’Ibanze rwa YaoundĂ© muri Cameroun rwakatiye Patrick Mengue igifungo cy’amezi atandatu nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gutuka Umukuru w’Igihugu abinyujije ku mbuga nkoranyambaga. Urwo rubanza rwasomwe ku wa 26 Nyakanga 2026, nyuma y’amezi arenga atatu Mengue afunzwe by’agateganyo. Yatawe muri yombi ku wa 13 Mata 2026, hashize iminsi ibiri gusa atangaje ubutumwa bwabaye intandaro […]

ICC yongeye gutakaza igihugu cya Afurika

Guverinoma ya Chad yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kuva mu masezerano ya Roma ashyiraho Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), ivuga ko uru rukiko rutagitanga ubutabera bungana kuri bose ahubwo rwibanda cyane ku bihugu bya Afurika. Ku wa 27 Nyakanga 2026, Chad yamenyesheje ku mugaragaro Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye icyemezo cyayo cyo kuva muri ICC. Minisiteri y’Ububanyi […]

Romania yirukanye umudipolomate w’u Burusiya

Umwuka mubi wa dipolomasi hagati ya Romania n’u Burusiya wongeye gukara nyuma y’uko indege zitagira abapilote (drones) zinjiye inshuro nyinshi mu kirere cya Romania mu mpera z’icyumweru gishize. Ku wa Mbere tariki ya 27 Nyakanga 2026, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga wa Romania yahamagaje Ambasaderi w’u Burusiya i Bucharest, Vladimir Lipaev, imumenyesha ko umwe mu bakozi ba […]

Icyo Iran ivuga kuri Amerika yahagaritse ibitero

Guverinoma ya Iran yatangaje ko yiteguye guhagarika ibitero byayo mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika nazo zakomeza guhagarika ibitero by’indege imaze iminsi igaba ku butaka bwayo. Ibi bibaye nyuma y’uko Perezida Donald Trump ahagaritse by’agateganyo ibikorwa bya gisirikare byari bimaze iminsi 13, avuga ko ashaka guha amahirwe ibiganiro bya dipolomasi. Umuyobozi mukuru muri Iran […]

Ingoma ya Perezida KaĂŻs SaĂŻed muri Tunisia yaba iri mu kaga

Ku wa 25 Nyakanga 2026, igihugu cya Tunisia cyizihije imyaka 69 kibaye Repubulika, ariko uwo munsi wanibukije imyaka itanu ishize Perezida KaĂŻs SaĂŻed afashe icyemezo cyahinduye amateka ya politiki y’iki gihugu. Ku wa 25 Nyakanga 2021, Tunisia yari mu bihe bikomeye by’icyorezo cya COVID-19, ubukungu bwifashe nabi ndetse n’amakimbirane ya politiki yari yarashegeshe igihugu. Muri […]

Ubuhinde buri gushya! Urubyiruko rwahagurukiye Guverinoma

Mu murwa mukuru w’u Buhinde, New Delhi, urubyiruko rukomeje imyigaragambyo ikaze nubwo Guverinoma yakajije umutekano, ifunga sitasiyo za metero 18 ndetse ikohereza abapolisi benshi ahabera imyigaragambyo. Abigaragambya bari kwitwaza izina “Cockroach Janta Party”, bavuga ko batazava ku izima kugeza igihe Minisitiri w’Uburezi, Dharmendra Pradhan, azegurira. Ariko kugira ngo umuntu yumve impamvu iyi myigaragambyo ikomeye, ni […]

Bari kukuneka bakoresheje email yawe utabizi

Mu gihe abantu benshi batekereza ko email ari uburyo bwizewe bwo kwakira amakuru no kuvugana, hari ikoranabuhanga rimaze imyaka myinshi rikora bucece, rikurikirana ibyo abakoresha bakora batabizi. Ryitwa “tracking pixel”, cyangwa se “spy pixel”. Nubwo izina ryaryo rishobora gutera ubwoba, ntabwo ari virusi cyangwa porogaramu yinjira muri telefone yawe. Ahubwo ni agashusho gato cyane kataboneshwa […]

Trump arashaka indi manda kandi itegeko nshinga ritabimwemerera

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze mu buryo bw’urwenya ko aziyamamariza manda ya kane ku mwanya wa Perezida wa Amerika, nubwo Itegeko Nshinga ry’icyo gihugu ribuza umuntu kurenza manda ebyiri. Ibi yabivugiye mu birori bya White House Correspondents’ Association Dinner, byateguwe ku wa 25 Nyakanga 2026, bigamije kwizihiza ubwisanzure bw’itangazamakuru no […]

Ubugereki bwahanuye ibisasu byari birashwe muri Arabia Saudite

Ingabo z’u Bugereki zicunga uburyo bwo kurinda ikirere (air defence) muri Arabia Saudite zarashe zihanura misile ebyiri za balisitiki zari zoherejwe ziturutse muri Yemen, zari zigamije kwibasira inganda zitunganya peteroli zo mu mujyi wa Yanbu. Aya makuru yatangajwe na Reuters ivuga ko iki gitero cyabaye ku wa Gatandatu, aho urwego rushinzwe ubutabazi n’ubwirinzi bw’abaturage muri […]

Perezida wa Bangladesh yeguye

Perezida wa Bangladesh, Mohammed Shahabuddin, yatangaje ko yeguye ku mwanya w’umukuru w’igihugu kubera uburwayi bukomeye bumaze igihe bumuzahaza. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa 24 Nyakanga 2026, Shahabuddin w’imyaka 76 yavuze ko abaganga bamusanzemo indwara yitwa Autonomic Neuropathy, ituma rimwe na rimwe ata ubwenge mu kanya gato. Yagize ati: “Isuzuma riherutse ryagaragaje ko ndwaye Autonomic […]

Nyambo yambitswe impeta mu ibanga

Umukinnyi wa filime nyarwanda Nyambo Jesca yambitswe impeta n’umukunzi we usanzwe atuye muri Australie, mu muhango wabereye mu muhezo, aho bemeranyije gutangira urugendo ruganisha ku rushako. Amakuru y’uko Nyambo yambitswe impeta yatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ku wa 23 Nyakanga 2026, nyuma y’uko uyu muhango wari wabaye mu ibanga rikomeye. Abitabiriye ibyo birori bari barasabwe […]

Intayoberana yagarutse ku rugendo rwayo mbere y’igitaramo “Gira u Rwanda”

Mu gihe itorero Intayoberana ryitegura igitaramo gikomeye cyiswe “Gira u Rwanda”, kizabera muri Kigali Serena Hotel ku wa Gatandatu tariki ya 25 Nyakanga 2026 Mu Rwanda, amatorero gakondo akomeje kugira uruhare rukomeye mu kubungabunga umurage w’umuco no kuwugeza ku rubyiruko. Afasha abakiri bato kwiga imbyino gakondo, indirimbo z’umuco, gucuranga inanga n’ingoma, ndetse no gusobanukirwa indangagaciro […]

Mu Buhinde: Amakipe yatsinze yahembwe ihene

Mu gace ka Chaibasa muri Leta ya Jharkhand mu Buhinde, habereye irushanwa ry’umupira w’amaguru ryihariye ryahuje amakipe 64 aturutse mu byaro bitandukanye, ariko igitangaje kurusha ibindi ni uko amakipe yitwaye neza yahembwe amafaranga n’ihene aho guhabwa ibikombe gusa. Iki gikombe cyiswe Rangila Star Tirilbasa cyabaye kuva tariki ya 14 kugeza ku ya 17 Nyakanga 2026, […]

Rurageretse hagati y’Ubushinwa n’Ubuyapani

Guverinoma y’u Buyapani yatangaje ko yamaganye u Bushinwa nyuma y’uko ubwato bwabwo bwa gisirikare bukoreye imyitozo yo kurasa amasasu nyayo mu gace Tokyo ivuga ko kari mu Karere kayo kihariye k’Ubukungu. Iyi myitozo yabaye mu gitondo cyo ku Cyumweru, hafi ya kilometero 180 mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’ikirwa u Buyapani bwita Okinotori. Umuvugizi wa Guverinoma […]

Ibanga rikomeye ku bana ba Putin ryashyizwe hanze

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, akunze kurangwa no kurinda cyane ubuzima bwe bwite n’ubw’umuryango we. Nubwo ku mugaragaro azwiho kugira abakobwa babiri yabyaranye n’uwahoze ari umugore we, ibitangazamakuru n’abashakashatsi batandukanye bakomeje kuvuga ko ashobora kuba afite n’abandi bana, n’ubwo ibyo bitigeze byemezwa n’u Burusiya cyangwa Putin ubwe. Inkuru yasohowe na New York Post, ishingiye ku […]

Vinicius Jr yibagishije isura kugira ngo abe mwiza

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Brazil ndetse na Real Madrid, Vinicius Junior, yongeye kuvugisha benshi, ariko kuri iyi nshuro si kubera ibyo yakoreye mu kibuga, ahubwo ni nyuma y’uko agaragaye afite isura yahindutse cyane. Nk’uko ibitangazamakuru byo muri Brazil byabitangaje, Vinicius Jr. yaba yarakoze igikorwa kizwi nka “chin harmonisation”, uburyo bwo kunoza cyangwa guhindura imiterere y’akananwa […]

Amerika yongeye kugaba ibitero simusiga kuri Iran

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye kugaba ibitero bya gisirikare kuri Iran mu ijoro ryo ku wa 20 Nyakanga 2026, mu gihe Perezida Donald Trump yakomeje kuburira ko Iran izishyura bikomeye igihe cyose Umunyamerika uzaba ari umusirikare yicwa. Ubuyobozi bw’Ingabo za Amerika zishinzwe ibikorwa mu Burasirazuba bwo Hagati (CENTCOM) bwatangaje ko ibi bitero bishya bigamije […]

Sudani y’Epfo yatangiye kwishyuza Visa Abanyarwanda

Guverinoma ya Sudani y’Epfo yashyizeho amafaranga ya $50 (asaga Frw 73,000) ku Banyarwanda bashaka kwinjira muri icyo gihugu, binyuze muri gahunda nshya ya e-Visa. Aya mabwiriza mashya areba kandi abaturage ba Kenya, Uganda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu gihe Abarundi n’Abanyasomaliya bo bazajya bishyura $100. Abanya-Tanzania bo bazakomeza kwinjira muri Sudani y’Epfo […]

Tshisekedi yahawe nyirantarengwa 

Ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), rizwi nka C64, ryatangaje ko risubitse imyigaragambyo ryari riteganyije ku wa 22 Nyakanga 2026 mu murwa mukuru Kinshasa. Iyi myigaragambyo yari igamije kwamagana umushinga uvugwaho guhindura Itegeko Nshinga ushyigikiwe n’uruhande rwa Perezida FĂ©lix Tshisekedi. Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’uko ku wa 17 Nyakanga […]

Nyarugenge: Umunyeshuri yakubise umwarimu wamufatanye telefoni mu kizami cya Leta

Mu gihe ibizamini bya Leta byakomezaga hirya no hino mu gihugu, ku wa Gatanu tariki ya 17 Nyakanga 2026, mu Kigo cya GS Camp Kigali cyakiriye abakandida bo mu Karere ka Nyarugenge, habaye igikorwa cyahungabanyije ituze ry’ikizamini nyuma y’uko umukandida afashwe akoresha telefone mu cyumba cy’ikizamini. Amakuru Bwiza yamenye avuga ko mbere y’itangira ry’ikizamini cya […]

Amerika yahoreye umusirikare wayo wishwe na Iran

Amerika yongeye kugaba ibitero muri Iran ku nshuro ya cyenda yikurikiranya, nyuma y’uko ingabo zayo zitangaje ko umwe mu basirikare bazo yapfiriye mu majyaruguru ya Iraq ubwo hakorwaga igikorwa cyo guturitsa mu buryo bugenzuwe ibisigazwa bya drone ya Iran yari yarahanuwe. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na CENTCOM (Ubuyobozi bw’Ingabo za Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati), […]

Ghetto yataramiye isi yose, ariko FIFA ntiyabahaye n’urumiya

Itsinda ry’abana b’ababyinnyi bo muri Uganda rizwi nka Ghetto Kids ryanditse amateka ubwo ryagaragaraga ku rubyiniro rw’ikiruhuko cy’umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya FIFA 2026, rufatanyije n’umuhanzikazi Shakira ndetse na Burna Boy mu ndirimbo Dai Dai. Ni ubwa mbere mu mateka y’Igikombe cy’Isi habaye igitaramo gikomeye cy’ikiruhuko (halftime show), cyitabiriwe n’ibyamamare birimo Shakira, Madonna, BTS […]

Lewis Hamilton yakoze impanuka mbere y’isiganwa rya Belgian Grand Prix

Umutaliyani Kimi Antonelli ukinira ikipe ya Mercedes ni we wabaye uwa mbere mu myitozo ya nyuma (Free Practice 3) mbere y’isiganwa rya Belgian Grand Prix ryabereye ku muhanda wa Spa-Francorchamps mu Bubiligi. Antonelli w’imyaka 19, unayoboye urutonde rusange rwa Shampiyona ya Formula 1, yazengurutse umuhanda mu gihe cy’iminota 1:45.990, asiga amasegonda 0.139 kuri Lando Norris […]

Urubuga rwa Perezida wa Kenya rwagabweho igitero

Guverinoma ya Kenya yatangaje ko yatangiye gukora iperereza ku gitero cy’ikoranabuhanga (cybersecurity incident) cyibasiye urubuga rwemewe rwa Perezida w’igihugu, ariko ishimangira ko kugeza ubu nta bimenyetso byerekana ko amakuru y’ibanga yibwe cyangwa yangiritse. Minisiteri y’Ikoranabuhanga, Itumanaho n’Ubukungu bushingiye ku Ikoranabuhanga yavuze ko iki kibazo cyatahuwe n’Ikigo cya Leta gishinzwe Ikoranabuhanga (ICT Authority), gihita gifata ingamba […]

Perezida Traoré yasabye abanyeshuri biga Sharia gutaha bakiga siyansi

Perezida wa Burkina Faso, Kapiteni Ibrahim TraorĂ©, yatangaje ko agiye kuganira na Ambasade ya Arabie Saoudite ku bijyanye n’abanyeshuri bagera kuri 800 bo muri Burkina Faso bari kwiga amasomo ya Sharia (amategeko n’amahame agenga imyemerere n’imibereho y’Abayisilamu akomoka muri Qur’an no mu nyigisho z’Intumwa Muhammad) ku nkunga ya buruse ya Leta. TraorĂ© yavuze ko nubwo […]

Ubushinwa bwihanangirije u Bwongereza

Guverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko iri gukurikiranira hafi icyemezo cy’u Bwongereza cyo kwigarurira uruganda rwa British Steel, rwari rusanzwe rufitwe n’ikigo cy’Abashinwa Jingye Group, ivuga ko icyo cyemezo gishobora kugira ingaruka ku cyizere cy’abashoramari b’Abashinwa. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bushinwa yavuze ko uburyo u Bwongereza buzacyemura iki kibazo buzagira uruhare mu kwerekana niba ari igihugu […]

Iran na Amerika baraye barasana

Intambara iri hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran yakomeje gufata indi ntera, aho impande zombi zakomeje kugabanaho ibitero mu ijoro ryo ku wa 16 rishyira ku wa 17 Nyakanga 2026. Ibi byatumye impungenge z’uko amakimbirane ashobora gukwira mu bihugu byinshi byo mu Burasirazuba bwo Hagati zirushaho kwiyongera. Amerika yatangaje ko yagabye ibitero […]

I Geneva hafatiwe imyanzuro mishya ku mahoro ya RDC n’u Rwanda

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda byongeye gushimangira ubushake bwo kwihutisha ishyirwa mu bikorwa ry’Amasezerano ya Washington agamije kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo, nyuma y’inama ya gatanu y’Urwego Ruhuriweho rushinzwe Guhuza Ibijyanye n’Umutekano (Joint Security Coordination Mechanism – JSCM) yabereye i Geneva mu Busuwisi ku wa 15 no ku wa 16 Nyakanga […]

Umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi ushobora gusubikwa

Mu gihe hasigaye iminsi ibiri ngo hakinwe umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 uzahuza Espagne na Argentine, impungenge zatewe n’umwuka wanduye ushobora kwibasira agace ka New York na New Jersey zishobora gutuma FIFA ihindura uburyo umukino uzakinwamo. Uyu mukino utegerejwe na benshi uzabera kuri Stade ya MetLife ku Cyumweru, tariki ya 19 Nyakanga 2026. […]

Burundi: Ruracyageretse hagati ya CNL na Agathon Rwasa

Urukiko rw’Ikirenga rw’u Burundi rwashyize mu mwiherero urubanza rumaze imyaka irenga ibiri rurebana n’ubuyobozi bw’Ishyaka Congrès National pour la LibertĂ© (CNL), mu gihe uwari umuyobozi warwo, Agathon Rwasa, akomeje kugaragaza icyizere ko azongera kugira uruhare rukomeye muri politiki ndetse ko yiteguye kwiyamamariza kuyobora igihugu mu matora ateganyijwe mu 2027. Ku wa 16 Nyakanga 2026 ni […]

Urwagwa n’ikigage bigiye kujya bisabirwa uruhushya

LGuverinoma y’u Rwanda, ibinyujije muri Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yashyizeho amabwiriza mashya agenga itegurwa ry’ibinyobwa gakondo bikorwa mu rugo bigategurirwa ubukwe, ibirori, imihango gakondo n’ibindi bikorwa bihuza abantu benshi. Aya mabwiriza agamije kongera umutekano w’ibiribwa n’ibinyobwa ndetse no gukumira indwara ziterwa no kunywa cyangwa kurya ibyanduye. Nk’uko ayo mabwiriza abiteganya, umuntu wese uteganya gutegura ibinyobwa gakondo […]

Amerika yabujije abaturage bayo kujya muri RDC na Uganda

Leta Zunze Ubumwe za Amerika, binyuze mu Ishami rishinzwe ibibazo bya ba mukerarugendo n’abaturage bayo, yashyize Uganda ku rutonde rw’ibihugu bifite umuburo wo ku rwego rwa kane (Level 4: Do Not Travel), isaba Abanyamerika kutahagirira urugendo urwo ari rwo rwose. Iri tangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa 15 Nyakanga 2026, rikubiyemo ibihugu 23 byo hirya no […]

FIFA ishobora guhana Argentine ya Messi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) rishobora gufatira ibihano Ikipe y’Igihugu ya Argentina nyuma y’uko abakinnyi bayo bizihije intsinzi yo kugera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi 2026 bitwaje ibendera ryariho amagambo agira ati “Las Malvinas son Argentinas”, asobanura ko Ibirwa bya Falkland ari ibya Argentina. Ibi byabaye nyuma y’uko Argentina itsinze u Bwongereza ibitego […]

U Burusiya bwarashe i Kyiv

Abantu babiri bahitanywe n’igitero gikomeye cya misile u Burusiya bwagabye mu murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, mu gitondo cyo ku wa 16 Nyakanga 2026, mu gihe abandi batandatu bakomerekeye muri icyo gitero. Umuyobozi w’Umujyi wa Kyiv, Vitali Klitschko, yatangaje ko mu bakomerekeye muri icyo gitero harimo n’umuhungu w’imyaka 16. Abakomeretse batatu bahise bajyanwa kwa muganga, […]

Visit Rwanda yasinyanye na Aston Villa

Ikipe ya Aston Villa yo mu Cyiciro cya Mbere mu Bwongereza (Premier League) yumvikanye na Visit Rwanda ko izajya yamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda ku gice cy’imbere cy’imyambaro yayo guhera muri shampiyona ya 2026/27. Aya masezerano aje nyuma y’uko Aston Villa yari imaze igihe ishaka umuterankunga mushya uzasimbura Betano, bitewe n’amategeko mashya ya Premier League abuza […]

FIFA yahannye Rayon Sports

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) yongeye gushyira Rayon Sports ku rutonde rw’amakipe atemerewe kwandikisha abakinnyi bashya, igihano kizageza mu mpeshyi ya 2027. Iki cyemezo cyatangajwe ku wa Mbere, tariki ya 13 Nyakanga 2026, aho Rayon Sports yabaye ikipe ya kabiri yo mu Rwanda iri kuri uru rutonde nyuma ya Vision FC, imaze igihe yarafatiwe […]

Tshisekedi yafashe icyemezo gikomeye kuri Ebola

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, yashyizeho Dr Steve Ahuka nk’umuyobozi ushinzwe ibikorwa byo guhangana n’icyorezo cya Ebola ku rwego rw’igihugu, mu rwego rwo gukaza ingamba zo kurwanya iki cyorezo gikomeje guhitana ubuzima bw’abaturage. Iki cyemezo cyafatiwe mu nama ya kane y’itsinda ryihariye rishinzwe guhangana na Ebola, yabereye ku Cyicaro […]

Trump ashaka gufunga Iran burundu

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zigiye kongera kugaba ibitero bikomeye kuri Iran, mu gihe amakimbirane hagati y’ibihugu byombi akomeje gufata indi ntera. Trump yavuze ko muri icyo gitero Amerika izatera Iran bikomeye ndetse ko ibitero bizakomeza no ku munsi ukurikiyeho. Nyuma y’aya magambo, Ubuyobozi bw’Ingabo za […]

BNR yazanye uburyo bushya bwo kohereza amafaranga

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko guhera ku wa 14 Nyakanga 2026, Abanyarwanda baratangira gukoresha uburyo bushya bwo kohereza amafaranga hagati ya banki n’ibigo by’imari bitandukanaye binyuze ku rubuga rwa Rwanda National Digital Payment System (RNDPS/eKash), bugamije koroshya no kwihutisha serivisi z’imari. Mu itangazo ryashyizweho umukono na Guverineri wa BNR, Soraya Hakuziyaremye, hagaragazwa ko […]

Umugore wari umaze imyaka 6 muri ICU yapfuye

Umugore wo muri Uganda witwa Claire Kirabo, wari umaze imyaka itandatu arwariye mu cyumba cyita ku barembye (ICU) mu Bitaro Bikuru bya Mbarara, yapfuye ku wa 12 Nyakanga 2026, asoje urugendo rw’ubuzima rwari rwaratangaje benshi. Ibitaro bya Mbarara byatangaje ko Kirabo ari we murwayi wamaze igihe kirekire kurusha abandi muri ICU y’ibi bitaro, aho yari […]

Imodoka yari itwaye abasirikare ba UPDF yarahirimye

Abasirikare barenga 20 bo mu Ngabo za Uganda (UPDF) bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka ya gisirikare yabereye mu Majyaruguru ya Uganda, mu gace kari hagati y’uturere twa Agago na Omoro, ubwo yari ibatwaye ibajyana aho bagombaga gutangira akazi nyuma yo kurangiza amahugurwa ya gisirikare. Aba basirikare bari mu bari bamaze gusoza amahugurwa yabereye ku Ishuri rya […]

Amerika na Iran bakomeje kugabanaho ibitero

Amerika na Iran bongeye kugabanaho ibitero mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira ku wa Mbere, ibintu bikomeje kongera umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi ndetse bikaba byarashyize mu kaga amasezerano y’agateganyo yari yasinywe muri Kamena 2026 agamije kugabanya imirwano no kongera gufungura umuhora wa Hormuz. Igisirikare cya Amerika gishinzwe ibikorwa mu Burasirazuba bwo Hagati (CENTCOM) cyatangaje […]

Iperereza ryemeje icyishe Kabuga Félicien

Nyuma y’amezi hafi abiri Urwego Mpuzamahanga Rushinzwe Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (IRMCT) rutangaje urupfu rwa Kabuga FĂ©licien, raporo y’iperereza ryihariye yashyizwe ahagaragara igaragaza uko amasaha ye ya nyuma yagenze n’ibyashingiweho hafatwa umwanzuro ko yazize urupfu rusanzwe. Kabuga, washinjwaga kugira uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yapfuye ku wa 16 Gicurasi 2026, ari […]

Umugore yafashe amashusho ari gusambana n’imbwa ye

Umugore w’Umunyamerika witwa Cassie Lynn Snay w’imyaka 27 yemeye icyaha cyo gukora ibikorwa by’imibonano mpuzabitsina n’imbwa ye ndetse akabifata amashusho, nk’uko bigaragara mu nyandiko z’urukiko. Iperereza ryatangiye nyuma y’uko polisi ifashe telefone y’umugabo witwa Trey Mettler, aho basanzemo amafoto n’amashusho menshi agaragaza ibikorwa by’imibonano mpuzabitsina byakorewe ku mbwa. Inyandiko z’urukiko zivuga ko Snay yagaragaraga muri […]

Israel yariye akara Trump ko Iran irashaka kumwica

Umwuka mubi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje gufata indi ntera nyuma y’uko inzego z’ubutasi za Israel zihaye Washington amakuru zivuga ko Iran yaba yateguye undi mugambi mushya wo gushaka kwica Perezida Donald Trump. Aya makuru yatangajwe bwa mbere n’ikinyamakuru The Wall Street Journal, nyuma yemezwa n’abantu babiri bafite amakuru y’imbere […]