Rusizi: Akurikiranweho gusambanya abana batanu abashuka ko âabakorera umutiâ
Umugabo wo murenge wa Nzahaha ,amaze ibyumweru bibiri afungiye kuri Polisi ya Gashonga akurikiranweho gusambanya ku ngufu abana batanu bose bo mu mudugudu wa Ryarusaro, mu kagari ka Butambamo. Mu kubashuka ngo ababwira ko bagiye âgukora umutiâ, akabaha ibiceri, ibisheke cyangwa akabereka televiziyo. Kuri uyu wa mbere tariki 10 Kamena, ku biro byâumurenge wa Gashonga […]
Mont Kigali: Urutare rwa Semafigi rugiye guturitswa
Amasosiyete NPD/COTRACO na China Road amaze igihe ari kubaka umuhanda wa Nyamirambo- Karama uzahuza ibi bice bya Giti cy’ Inyoni, mu rwego rwo kurushaho kwihutisha imirimo yiyemeje kumena urutare rwa Semafigi rwatumye imirimo y’umuhanda isa nk’ikomwa mu nkokora . Nyuma yo kumenyeshwa ko uru rutare ruzaturitswa kuwa 13 Kamena 2019 ,abaturage baruturiye batangiye kugira impungenge […]
Raporo ya Global Peace Index 2019 yashyize ibihugu byo mu karere mu myanya yâinyuma
Ibihugu bya Tanzania nâu Rwanda nibyo biza imbere mu karere mu bijyanye nâamahoro nkâuko byagaragajwe nâIgipimo cyâuko ibihugu bihagaze ku Isi mu Mahoro (Global Peace Index 2019), ariko muri rusange ibi bihugu byo mu karere bikaba biri mu myanya yâinyuma. Iki gipimo gisohorwa buri mwaka n’ikigo Institute for Economics & Peace cyo muri Australia gikora […]
Ku munsi wa kabiri wâuruzinduko rwe, Hon. Mukabalisa yabonanye na Minisitiri wâIntebe wa Tanzania
Ku munsi wa kabiri wâuruzinduko rwe rwâakazi mu gihugu cya Tanzania, Perezida wâInteko Ishinga Amategeko yâu Rwanda, Hon. Mukabalisa Donatille yabonanye na Minisitiri wâIntebe wâiki gihugu, Rt Hon. Kassim Majaliwa bagirana ibiganiro ku gukomeza imibanire nâubufatanye mu nzego zitandukanye hagati yâibihugu byombi. Aganira na Hon. Mukabalisa, Minisitiri wâIntebe wa Tanzania, Kassim Majaliwa yavuze ko Tanzania […]
Sam Gody mu banyamakuru 3 basigaye muri 70 barwanyaga Jenoside yakorewe Abatutsi
Nshimirimana Sam Gody , uyubora MIC, avuga ko mu banyamakuru basaga 70 bandikaga ibirwanya Jenoside bishwe n’ Interahamwe , ubu hasigaye abatarenze batatu we ubwe, Mugabo Justin na Adrien Rangira. Abo banyamakuru basaga 70Â bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri 1994 bagiye bazira uko baremwe ndetse n’ ibitekerezo byabo byiza kuko bandikaga ibinyamakuru […]
Rwamagana: Abahinzi barishimira ko Kawa yabahinduriye ubuzima
Abahinzi ba Kawa mu Murenge wa Karenge mu Karere ka Rwamagana bishimira uburyo igihingwa cya Kawa cyahinduye imibereho yabo kikabafasha kwikura mu bukene. Abahinzi ba kawa bo mu Kagari ka Byimana, muri uyu Murenge wa Karenge babwiye Bwiza.com ko bishimira uburyo amakoperative yâabahinzi bayo  yabafashije kwikemurira ibibazo byabangamiraga imibereho yabo. Ntawumenyumunsi Cyprien, umwe  muri aba […]
Ijambo Rose Kabuye yavuze akiyobora Kigali ritangiye kuba impamo
Lt. Col. Rose Kabuye yayoboye Umujyi wa Kigali (1994-1998) , ubwo wari ugizwe na Komine eshatu arizo Kacyiru, Kicukiro na Nyarugenge yakunze kumvikana abwira abaturage bifuza kuba mu Murwa wa Kigali batabifitiye ubushobozi ko bazawivanamo ntawubirukanye. Muri icyo gihe cya nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi , urugamba rwo kubohoza igihugu hagati ya MRND na FPR […]
Gisagara: Abasenyewe nâikorwa ryâumuhanda bashinja gitifu kubaka âakantuâ ngo abakorere ubuvugizi
Abaturage barenga 60 bo mu Murenge wa Gikonko mu Karere ka Gisagara bavuga ko inzu zabo zasenywe nâikorwa ryâumuhanda, ariko bakaba barishyuye bamwe abandi barasigara, bityo bagashinja umuyobozi wâAkagari ko ariwe wanga ko babishyura kuko abasaba amafaranga. Ni umuhanda munini uva mu Karere ka Huye werekeza muri Gisagara, abatuye hafi yâuyu Muhanda, mu kagari ka […]
Yafashwe asambana nâihene avuga ko yabitewe nâumugore we
Umugabo witwa Efwena wo mu gihugu cya Ghana yaguwe gitumo nâabaturanyi asambanya ihene, avuga ko impamvu ari umugore we. Uyu mugabo yabwiye abari aho ko umugore we atajya amuha akanya ngo batere akabariro kuko ngo akenshi amubwira ko aba afite umunaniro aterwa nâakazi. Ikinyamakuru Ghana web kivuga ko Efwena yabwiye umuyobozi wâicyaro ko yari amaze […]
Kuba abafite ubushobozi bajyana abana babo kwiga hanze, nta kibazo mbibonamo- Ingabire Immaculée
Ni kenshi abantu benshi bakunze kwibaza ku bayobozi bakomeye mu gihugu cyangwa se abandi bifite, bajyana abana babo kwiga mu mahanga rimwe na rimwe bakiri bato, mu gihe bivugwa ko mu Rwanda ireme ryâuburezi rwazamutse. Ku bwa Ingabire, avuga ko nta kibazo abibonamo. Ingabire Marie ImmaculĂ©e ni impirimbanyi mu kurwanya ruswa nâakarengane akaba nâUmuyobozi wa Transparence International […]
Afurika yâEpfo: Amakuru mashya ku iyicwa ry'Umunyarwanda Camir Nkurunziza yateje urujijo
Iraswa ryâUmunyarwanda Camir Nkurunziza muri Afurika yâEpfo ryajemo urujijo nyuma yâubuhamya bwâushinzwe iperereza kuri iri raswa wemeza ko babiri bafashwe bakekwagaho kumurasa batigeze barasa. â Nta rasa ryâimbunda ryavuye ku bashinjwa numero ya mbere nâiya kabiri ,â uyu ni Sergeant Karen Richards ukuriye iperereza mu Rukiko rwa Goodwood. Aya akaba ari yo makuru aheruka arebana […]
Hatanzwe impapuro zo guta muri yombi Wema Sepetu
Urukiko rwâibanze rwa Kisutu rwatanze impapuro zo guta muri yombi umukinnyi wa Filimi, Wema Sepetu. Uyu mukobwa wabaye nyampinga wa Tanzania, ashinjwa gusakaza amashusho yâurukozasoni. Ni nyuma yo kutitabira iburanisha ryurukiko nkâuko yari yabitegeteswe nâumucamanza. Umuhagarariye mu mategeko, Reuben Simwanza avuga ko ari gukora uko ashoboye ngo afashe umukiliya we. Uyu munyamategeko yabwiye urukiko nkâuko […]
Justin Bieber yasabye Tom Cruise ko yaza bagahangana mu iteramakofi
 Umuhanzi wâicyamamare mu njyana ya âPopâ ukomoka mu gihugu cya Canada Justin Bieber yasabye umukinnyi wa filime Tom Cruise wamamaye cyane muri filime yaââ Mission Impossibleââ ko yaza bagahangana mu mukino wâiteramakofe. Ibi Justin Bieber yabisabye icyi cyamamare muri filime abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter. Mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 9 […]
Nyiri inzu yabonye ntwite inda yâumwana wa Gatandatu ampa piriyavi ngo umusarani we wazahita wuzura
Muraho neza nshuti zâImana, kuri Bwiza.com turabakunda cyane pe kuko mutugira inama kandi nziza. Ndi umubyeyi wâabana batanu, ariko ubu ntwite inda ya gatandatu, ari nayo yatumye numva mbabaye kubera gukomeretswa na nyiri inzu dukodesha. Mu byâukuri njyewe nta kazi ngira, mba mu rugo nkita ku bana banjye, umugabo wanjye afite akazi, ni umushoferi. Rwose […]
Natararya se mwebwe ntago mwarya? â Umubyeyi aranenga abica Ikinyarwanda
Mukagakwaya Ancille atuye mu Murenge wa Nyamirambo, mu Karere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, aranenga cyane abavuga nabi Ikinyarwanda rimwe na rimwe bibwira ko ari bwo busirimu. Uyu mubyeyi ngo nâubwo yamaze imyaka myinshi mu mahanga ngo ntabwo yigeze yibagirwa Ikinyarwanda. Avuga ko ababazwa cyane no kuba bamwe mu rubyiruko rwakabaye rushishikazwa no kukimenya neza, […]
Amerika irifuza kongera kuburanisha Abanyarwanda babiri bakekwaho kwica ba mukerarugendo muri UgandaÂ
Urukiko rwo muri Amerika rursaba kongera kuburanisha Abanyarwanda babiri, Gregoire Nyaminani na Leonidas Bimenyimana bakekwaho kwica ba mukerarugendo bâabanyamahanga muri Uganda. Bamukerarugendo umunani bishwe ubwo bari mu Ishyamba ryâinzitane rya Bwindi muri Uganda mu 1999. Aba bagabo bahoze muri FDLR baje gutabwa muri yombi boherezwa muri Amerika. Barezwe ibyaha byâiterabwoba gusa urukiko ruza kubibahanaguraho mu […]
Icyorezo cya Ebola cyageze muri Uganda
 Ishami ryâumuryango wâAbibumbye ryita ku buzima OMS na minisiteri yâubuzima muri Uganda, batangaje ko icyorezo cya Ebola cyamaze kugera muri iki gihugu mu karere ka Kasese. Umwana wâumuhungu wâimyaka itanu yâamavuko ukomoka mu karere ka Kasese niwe byemejwe ko yanduye Ebola nyuma yo kumukorera isuzuma. Uyu niwe muntu wa mbere byemejwe ko yanduye Ebola […]
Minisante irasaba Abanyarwanda kwirinda gukorera ingendo mu bice bivugwamo icyorezo cya Ebola
Minisitiri wâubuzima, Dr Diane Gashumba, aributsa abanyarwanda kwirinda gukorera ingendo ahanugwanugwa icyorezo cya Ebola ndetse akabaha nâizindi mpanuro zirimo kwirinda kurya inyamaza zâinyamaswa zipfushije nâibindi bitandukanye. Ni ubutumwa yacishije ku rukuta rwe rwa Twitter, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Kamena 2019, mu izina rya Minisiteri abereye umuyobozi, agasaba no gutanga amakuru ku bajyanama […]
Perezida Museveni yagize Maj. Gen. James Birungi umuyobozi mushya wâumutwe ushinzwe kumurinda
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, akaba nâUmugaba wâIkirenga wâIngabo za Uganda, yagize Maj. Gen. James Birungi (ibumoso ku ifoto), umuyobozi mushya wâumutwe wa Special Forces Command (SFC) ushinzwe kurinda umukuru wâigihugu nâabandi bayobozi asimbuye Maj. Gen. Don Nabasa (uri iburyo ku ifoto). Maj. Gen. James Birungi yari asanzwe ari umugaba mukuru wâingabo zirwanira mu kirere […]
Urugomo mu Madini – Igice cya kabiri
Ushobora gusoma inkuru yambere yabanje Urugomo mu Madini (violence dans les religions)- Igice cya 1 3.Isesengura ryimbitse ry’amagambo (concepts) idini n’ urugomo 3.1.1. Idini ĂąâŹÂšTuragerageza gusobanura idini mumyumvire ya kisilamu n’iyagikristu 3.1.1. Igisobanuro cy’idini mumyumvire ya kisilamu. Mugitabo :Dictionnaire du CoranĂ©d Robert Lafont, Paris 2007 cyasobanuye ijambo idini muburyo burebure. Nkaba nifuje kubibagezaho ngenekereje kubihindura […]
Ngororero: Abatuye mu Murenge wa Sovu bavunwa no gukora urugendo rwâamasaha atatu bajya kwivuza
Bamwe mu batuye mu Murenge wa Sovu mu Karere ka Ngororero bavuga ko ubu basigaye bavunwa no gukora urugendo rwâamasaha atatu bajya kwivuriza ku Kigo Nderabuzima cya Ramba no mu Kanyana nyuma yâuko hashize amezi asaga abiri bafungiwe Poste de Sant Ă© ebyiri bari bafite muri uyu murenge  ndetse ngo ntibanafite amakuru ku ifungwa ryazo […]
Ma mĂšre mâa tuĂ© : Uko umubyeyi yagambanye nâabicanyi ngo bamare abana be
Mu kiganiro ku gitabo Ma mĂšre mâa tuĂ© cyanditswe na Albert Nsengimana,wari ufite imyaka irindwi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, yavuze ko iki gitabo kivuga uburyo yarokotse hamana umugambi mubisha wari wateguwe na nyina umubyara kugira ngo we na benenyina bose bicwe muri Jenoside. Iki kiganiro, cafĂ© LittĂ©raire, cyateguwe na Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya […]
Ruhango: Polisi yagaruje amafaranga yari yibwe
Hakizimana Samuel wâimyaka 33 yâamavuko usanzwe ari umwarimu mu ishuri rya GS Munanira riherereye mu karere ka Ruhango mu murenge wa Byimana, kuri uyu wa 10 Kamena yafashwe na Polisi ihakorera ubwo yaramaze kwiba amafaranga ibihumbi ijana (100,000fr) kuri konti ya mugenzi we Mpagazehe Emmanuel basanzwe bakorana akazi ko kwigisha. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara […]
Rusizi: Umupadiri Nzamurambaho nâumuryango we bashimiye umuryango wabarokoye muri Jenoside
Padiri Nzamurambaho Achile wari ufite imyaka 11 gusa muri Jenoside yakorewe abatutsi,ubu akaba ari umubitsi wungirije wa seminari nkuru ya Nyakibanda, we nâumuryango we barashimiye ku mugaragaro umuryango wa Fatakobije FĂ©lix bari baturanye mu cyari segiteri Kiranga ya Komini Gishoma, Perefegitura ya Cyangugu, ubu ni mu murenge wa Nzahaha mu karere ka Rusizi wabarokoye bose […]
Rwanda uteye neza kandi ukita neza
Naraye ndose u Rwanda ndaza umutima i rwanda Nkoze ku bahanzi ngo bamvune nkivuga Babyiganira kuza mu mvugo inavumera Ivumbitse imvumbara isumba ikivumvuli Imvano iva ku Muvumba uhuza imvano nyinshi. Â Inzira yâuru rugendo ihera amajyaruguru Igakomereza ahandi mu mpugu zâi Gasabo Nturutse kuri Gasabo iteganye na Rutunga Nshyama ngana i Gasagara ndeba ku Bwimiyange […]
Ubuhamya: Nashatse umukobwa muvanye mu kabari, ibyambayeho ni agahomamunwa!
Mbanjije kubasuhuza nshaka kubabwira ibyambayeho ndetse nifuza no kubagira inama kugira ngo mutazagwa mu mutego nk’ uwo niguyemo. Nitwa Claude mfite imyaka 27 y’ amavuko ,ntuye mu Karere ka Gasabo, mu mwaka w’ i 2018 nasohakanye n’ inshutu zanjye tujya mu kabari tujya kwizihiza umunsi mukuru wa Noheli maze tukihagera twakirwa bisanzwe n’ umukobwa wakoraga […]
Menya uburyo bwiza bwo gutangira umunsi
Zaburi 149:5 â abakunzi be bishimire icyubahiro ibahaye, baririmbishwe nâ ibyishimo, baririmbire mu mariri yaboâ Mu gihe tubyutse mu igitondo, ni ikihe kintu ubanza kugira mu ibitekerezo byawe. Waba ubyuka ufite indirimbo mu minwa yawe? Iyo utangiye umunsi uri guhimbaza Imana, uba utangiye umunsi uri kwihuza nâ Imana yâ Inyambaraga. Iyo ubayeho mu ubuzima bwo […]