U Rwanda rugiye gusubukura kwakira indege zigwa ku bibuga byarwo
U Rwanda rwatangaje ko guhera ku wa 1 Kanama 2020, ibibuga by’indege bizongera guha ikaze indege zitwaye abagenzi mu buryo bwa rusange ariko amabwiriza y’ingenzi yo kwirinda coronavirus agakomeza kubahirizwa. Mu itangazo ryasohowe na Minisiteri y’Ibikorwaremezo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Nyakanga 2020, hanzuwe ko mu rwego rwo kurinda abagenzi, abakora mu ndege […]
Kigali na Rusizi habonetse abantu 11 banduye Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 4 Nyakanga 2020 yatangaje ko hagaragaye abantu 11 banduye Covid-19 mu bipimo 3414 byafashwe. Muri Kigali habonetse 8, muri Rusizi haboneka 3. Abamaze gukira iki cyorezo bagumye kuri 523 barimo 11 b’uyu munsi. Muri rusange abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri iki gihugu ni 1092 abakirwaye ni 566. Abamaze […]
Abadepite ba EALA basabiye u Burundi na Sudani y’Epfo kwirukanwa muri EAC
Abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba, EALA, yasabiye ibihugu by’u Burundi na Sudani y’Epfo kwirukanwa mu Muryango wa EAC kubera ko bimaze imyaka byaranze gutanga umusanzu wabyo. Mu nama y’Inteko Rusange yabaye tariki ya 29 Kamena 2020, abadepite bagize iyi Nteko bagaragaje ikibazo cyo kuba mu Muryango w’Afurika y’Iburasirazuba harimo ikibazo cy’amikoro make […]
Esipanye: Umunyapolitiki yagaragaye mu nama ya ‘video conference’ yoga yambaye ubusa buriburi
Umugabo w’umunyapolitiki mu gihugu cya Esipanye, Bernardo Bustillo yagaragaye mu mashusho yoga ubwo hakorwaga inama mu buryo bw’amashusho, yahuzaga abayobozi, abanyamakuru n’abaturage. Mu nama yari yatangiye saa mbiri z’igitondo ubwo yari igeze ku isaha yayo ya gatanu, Bernardo usanzwe ari Umunyamabanga wihariye w’ishyaka “Spanish Socialist Workers” yibutse ko atabona umwanya wo koga no kugera ku […]
Rusizi: Abari bamaze imyaka myinshi badafite aho bagurishiriza umusaruro bahawe isoko rya kijyambere
Abaturage b’Akagari ka Mataba mu Murenge wa Nkungu w’Akarere ka Rusizi, baburaga aho bagurishiriza umusaruro wabo, kuri uyu wa 3 Nyakanga 2020 bashyikirijwe isoko rya kijyambere . Iri soko ry’ibiribwa,abaturage bari bamaze imyaka myinshi barisaba kuko na bamwe muri bo bageragezaga kugura umusaruro ngo bawucuruze bawugurishirizaga mu muhanda, aho bahoraga bahanganye n’imvura n’izuba uko bisimburana […]
Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya EAC bavuga ko badaheruka umushahara
Abakozi b’Inteko Ishingamategeko y’umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba, EALA, bababajwe cyane n’uko badaheruka umushahara, nyamara ibihugu bigize uyu muryango byaratangiye undi mwaka w’ingengo y’imari 2020-2021. Mu mafaranga EALA itaraha abakozi bayo harimo imishahara yo kuva mu kwezi kwa Werurwe nk’uko Daily monitor ibitangaza. Abdikadir Aden, umudepite uhagarariye Kenya muri EALA, avuga ko Leta z’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika […]
Kirehe: Polisi yarashe impunzi ebyiri z’Abarundi zirapfa
Polisi y’igihugu ikorera mu murenge wa Mahama mu karere ka Kirehe, mu rukerera rwo kuri uyu wa gatandatu yarashe impunzi ebyiri z’Abarundi zinjizaga magendu y’ibiyobyabwenge mu Rwanda irazica. Byabaye saa cyenda n’ice za mu gitondo ubwo abarashwe bageragezaga kwinjira mu Rwanda banyuze mu ruzi rw’Akagera. Polisi y’igihugu ibinyujije kuri Twitter yemeje ayo makuru agira iti: […]
Perezida Kagame yabwiye abakozi ba Leta ko bazajya babazwa ibyo bakoze
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yibukije abakozi bo mu nzego za Leta kuzirikana ko bakorera Abanyarwanda bose, abasaba kugaragaza ibyo bakora byaba ngombwa bakanabibazwa. Ni ibikubiye mu butumwa Umukuru w’Igihugu yageneye Abanyarwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Nyakanga, umunsi ngarukamwaka u Rwanda rwizihizagaho imyaka 26 rumaze rwibohoye. Umuhango wo kwizihiza uyu […]
Intambwe imaze guterwa mu Bumwe n’Ubwiyunge mu myaka 26 u Rwanda rumaze rwibohoye
Kuva mu myaka y’1990 kugeza 1994, ubwo ingabo zahoze ari iza RPA zari ziri mu rugamba rwo kubohora igihugu no gushaka guhagarika Jenoside yakorerwaga Abatutsi, igihugu cyari mu icuraburindi, Abanyarwanda baracitsemo ibice bitewe n’ubutegetsi bubi bwari bushyize imbere itonesha n’ivanguramoko. Tariki ya 7 Nyakanga 1994 ubwo RPA yari imaze kubohora igihugu ku buryo budasubirwaho, rwari […]
Malawi: Umunyamategeko uri inyuma yo gutesha agaciro amatora ya Perezida, yanze kuba Minisitiri
Umunyamategeko wo muri Malawi wagize uruhare runini mu gutesha agaciro amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Gicurasi 2019, Mordecai Msiska yanze umwanya wa Minisitiri w’Ubutabera yahawe na Perezida mushya, Lazarus Chakwera. Peter Mutharika wari Perezida wa Malawi ni we wari watsinze ayo matora, ku majwi 38%, akurikirwa na Lazarus Chakwera wagize 35% naho Saulos Chilima agira […]
Kwibohora26: Incyuro na guverinoma itonesha mu mpamvu zatumye urugamba rutangizwa
Zimwe mu mpamvu nyamukuru zatumye ingabo zari iza FPR-Inkotanyi zitangiza urugamba rwo kubohora u Rwanda zirimo incyuro z’abanyamahanga ndetse no guca Guverinoma yasumbanyaga Abanyarwanda, itsikamira bamwe igatonesha abandi. Uru rugamba rwamaze imyaka 4 kuko rwatangiye tariki ya 1 Ukwakira 1990 rurangira tariki 4 Nyakanga 1994 ari na bwo hanahagaritswe Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu kiganiro Lt(Rtd) […]
Ethiopia ishinja Misiri gutera inkunga imyigaragambyo imaze kugwamo abarenga 80
Leta ya Ethiopia yongeye kwikoma igihugu cya Misiri ivuga ko ari cyo kiri inyuma y’imyigaragambyo imaze igihe iyogoza iki gihugu. Inkuru ya Daily nation ivuga ko Misiri iri yafashije abigaragambya guteza akavuyo mu migi itandukanye ya Ethiopia, ibintu byatumbye ibikorwa byinshi by’ubucuruzi bifunga imiryango. Ethiopia ubusanzwe imaze igihe kinini idacana uwaka n’igihugu cya Misiri. Aya […]
Kwibohora 26: Umutekano w’u Rwanda wasaguriwe n’amahanga
Imyaka 26 irashize u Rwanda rwibohoye, nyuma y’urugamba rutoroshye Ingabo zari iza RPA (Rwanda Patriotic Army) zarwanye ziharanira kubohoza igihugu cyahezaga igice kimwe cy’abaturage bacyo. Ni urugamba rwabaye umusingi w’ukongera kwiyubaka bundi bushya mu nzego zitandukanye z’igihugu, uhereye mu buzima, uburezi, ubutabera, umutekano, imibereho myiza y’abaturage n’izindi nyinshi. Urwego rw’umutekano by’umwihariko ruri mu zashyizwemo imbaraga […]
Urupfu rwa ba Perezida babiri ba USA ku itariki nk’iyi mu 1826
Thomas Jefferson na John Adams bombi bayoboye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bapfuye ku munsi umwe, ukwezi kumwe n’umwaka umwe w’1826. Amasaha atanu yonyine ni yo ari hagati y’urupfu rwa Perezida Jefferson n’urwa Thomas Adams. Thomas Jefferson na John Adams ni bamwe mu baperezida bari baragize uruhare mu mpinduramatwara y’Amerika (American Revolution), aho bahagaze bemye bakigobotora […]
Byinshi ku rugamba rwo kubohora igihugu n’icyerekezo cy’iterambere u Rwanda rwafashe
U Rwanda rwahuye n’ingaruka zikomeye zikomoka ku bukoloni. Zimwe muri zo ni nk’aho abakoloni bumvishije Abanyarwanda ko batandukanye hashingiwe ku moko. Abakoloni bagabanije Abanyarwanda mo amakoko atatu, ashingiye ku byo batunze indeshyo n’ibindi. Ayo moko twavuga, nk’Abatutsi , Abahutu n’Abatwa. Ibi byakomeye mu gihe Ababiligi bakolonije u Rwanda kuva mu mwaka1918 kugeza mu 1958. Aha […]
Uko Abajenosideri babeshye Abafaransa ngo babafashe kwigobotora Inkotanyi
Ku matariki ya 03 na 4 Nyakanga 1994, FPR-Inkotanyi yigaruriye Imijyi ya Butare na Kigali itsinze burundu ingabo za Leta y’ abicanyi. Agenda ya Minisitiri Edouard Karemera igaragaza ko ku wa 01 Nyakanga 1994 inama ya Guverinoma y’Abatabazi yateranye iyobowe na Minisitiri w’lntebe Jean Kambanda, igasuzuma imiterere y’ibibazo bari bafite. Muri byo, icyo batinzeho ni […]
Ibikorwa by’ingenzi byaranze imyidagaduro mu mezi 6 ashize
Umwaka w’2020 waratunguranye cyane uwugereranyije n’uko abantu bari bawiteze mu myaka yawubanjirije. Gutungurana kwawo gushingiye ku cyorezo cya Coronavirus cyadutse mu Bushinwa mu ntangiriro zawo bikarangira gisakaye ku Isi yose. Hafashwe ingamba zo guhangana nacyo zirimo no guhagarika ibikorwa bihuriza hamwe abantu benshi, harimo n’imyidagaduro ari nayo tugiye kugarukaho. Bikiri mu ntangiriro z’uyu mwaka ibikorwa […]
Menya uburenganzira 28 ugomba nk’Umunyarwanda
Mu gihe u Rwanda rwizihiza Umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 26, ni byiza ko buri wese amenya ubu burenganzira 28 agomba. Nk’uko itegekonshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003, ryavuguruwe mu 2015 ribigaragaza, mu mutwe wa IV, umunyarwanda afite uburenganzira bukurikikita: 1.Uburenganzira bwo kubaho: Umuntu wese afite uburenganzira bwo kubaho. Ntawe ushobora kuvutswa […]