Perezida Ruto yasezeranyije Abanyakenya kubashakira imirimo myinshi mu mahanga

Perezida wa Kenya, William Ruto, yasezeranyije Abanyakenya kubashakira imirimo myinshi ku mugabane w’u Burayi, Amerika no mu burasirazuba bwo hagati mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ubushomeri. Ni isezerano yatanze kuri uyu wa 1 Gicurasi 2023, ubwo yifatanyaga n’Abanyakenya kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umurimo. Yagize ati: “Hari ibihugu byinshi cyane bidusaba abakozi b’Abanyakenya. Chancelier w’u Budage azaba […]

Igisubizo cya M23 ku bayishinje kwica abasivile 60 muri Rutshuru

Umutwe wa M23 wanyomoje ibirego by’uko hari abaturage babarirwa muri 60 waba wariciwe muri Rutshuru umaze igihe ushinjwa, uvuga ko nta shingiro bifite. Mu cyumweru gishize ni bwo ibitangazamakuru byo muri Congo na bimwe mpuzamahanga byatangaje inkuru y’uko hari imirambo 60 yabonetse mu duce twa Kashali na Kazaroho, two muri Chefferie ya Bwito muri Teritwari […]

Hari abatazi impamvu baribwa iyo bari mu gihe cy’imihango:Dore ikibitera

period-instagram_trans_nvbqzqnjv4bqqvzuuqpflyliwib6ntmjwfsvwez_ven7c6bhu2jjnt8_1_.jpg

Ni ibintu bisanzwe ko umukobwa wese ugeze mu gihe cy’ubwangavu agira imihindagurikire haba ku mubiri , mu mitekerere mu gihe nta kindi kibazo cyihariye afite. Muri iyo mihindagurikire harimo ko ajya mu mihango burikwezi.Abakobwa bamwe bagira uburibwe mbere yayo abandi bakaribwa mu gihe bayirimo, ubwo buribwe nibwo bakunze kwita dysmonerrhea mu cyongereza). Ikinyamakuru gynsurgicalsolutions.com, cyivuga […]

Le vice-ministre turc des Affaires étrangères se rendra en Ethiopie pour des entretiens

Le vice-ministre turc des Affaires Ă©trangères, Burak Akcapar, effectuera une visite de travail en à‰thiopie du 1er au 4 mai, a annoncĂ© lundi le ministère turc des Affaires Ă©trangères . Dans la capitale Addis-Abeba, Akcapar s’entretiendra avec des responsables Ă©thiopiens et de l’Union africaine. Lors des rĂ©unions entre Akcapar et les autoritĂ©s Ă©thiopiennes, le rapatriement […]

Tanzania kujenga daraja kati ya Dar es Salaam na Zanzibar

Tanzania imedhamiria kujenga daraja litakalounganisha bara na Visiwa vya Zanzibar ili kurahisisha usafirishaji wa mizigo na watu, ambalo endapo litafanyika daraja hilo la kilomita 50 litakuwa la kwanza barani Afrika . Hayo yamesemwa na Naibu Waziri wa Ujenzi na Uchukuzi Godfrey Kasekenya Bungeni leo Aprili 28, na kuongeza kuwa mazungumzo yaliyoanza Machi 11, 2023 yako […]

Tanzania igiye kubaka ikiraro cya mbere kirekire muri Afurika hejuru y’inyanja

Tanzaniya igiye kubaka ikiraro kizahuza Tanzania w’Ibirwa bya Zanzibar kugira ngo byorohereze urujya n’uruza rw’abantu n’ibicuruzwa hagati y’abaturage bayo, aho nibiramuka bikozwe, iki kiraro cya kilometero 50 kizaba ari icya mbere muri Afurika . Ibi byavuzwe na minisitiri wungirije ushinzwe imirimo n’ubwikorezi, Godfrey Kasekenya mu Nteko Ishinga Amategeko ku itariki ya 28 Mata, aho yashimangiye […]

Ikibazo cy’u Rwanda na RDC kigiye guhuriza abayobozi bo mu karere i Bujumbura

Abayobozi bo mu bihugu bigize akarere ka Afurika y’iburasirazuba bagiye guhurira i Bujumbura mu Burundi, baganire ku bibazo birimo umwuka mubi watutumbye hagati ya Repubulika ya demukarasi ya Congo. BWIZA yamenye ko iyi nama izaba guhera kuri uyu wa 2 kugeza ku wa 6 Gicurasi 2023, gusa ntabwo urutonde rw’abazahagararira ibihugu byabo rurajya ku karubanda. […]

Umusifuzi yibasiwe n’abo yasifuriraga umwe muri bo amumena amajigo

bamwirundiyeho barakubita

Muri championa yo muri Australie mu cyiciro cya mbere habereye isanganya, nyuma y’uko umusifuzi yibasiwe n’abakinnyi bamukubita umwe muri bo amukura amenyo. Ikinyamakuru smh.com.au cyatangaje ko umusifuzi witwa Khodr Yaghi, yahuye n’isanganya ku mukino wahuzaga ikipe ya ya Padstow Hornets na Greenacre Eagles aho yakubiswe n’abo yasifuriraga atabarwa n’abashinzwe umutekano ariko basanga amaze kumenwa urwasaya. […]

Kenya: Umunyeshuri wa kaminuza yishe umukunzi we bapfa inyabutatu y’urukundo

Umunyeshuri wo mu mwaka wa gatatu muri Kaminuza ya Eldoret mu gihugu cya Kenya yateye icyuma umukunzi we ubwo bari mu icumbi riri hafi y’ikigo nyuma y’amakimbirane ashingiye ku rukundo . Abapolisi bashinzwe ubugenzacyaha ( DCI ) barimo gukora iperereza ku byabereye muri iri icumbi risanzwe ari iry’abanyeshuri b’abakobwa. Uyu ukekwaho icyaha witwa Elikana Kiplagat […]

Musenyeri Kazimba abona abakirisitu badafasha abashumba badakwiye kubapfukama imbere

Umushumba w’itorero Angilikani muri Uganda (Church of Uganda), Arikiyepisikopi Stephen Kazimba, arasaba abayoboke b’itorero gufasha abashumba babo kugira ngo bakore umurimo Imana yabatumye nta nkomyi. Nk’uko Daily Monitor yabitangaje, Musenyeri Kazimba yabivuze tariki ya 28 Mata 2023 ubwo yafunguraga sitasiyo ya lisansi y’itorero Angilikani, diyosezi ya Kigezi. Yagize ati: “Ntimukemere ko abashumba banyu bagenda n’amaguru […]

RDC yongeye kwikanga ingabo z’u Rwanda zinjira ku butaka bwayo

Inama y'abaminisitiri yo ku wa 28 ni iya 96 Tshisekedi yari ayoboye

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) bwongeye kwikanga ingabo z’u Rwanda zinjira ku butaka bw’iki gihugu, muri teritwari ya Rutshuru. Minisitiri w’ingabo wa RDC, Jean Pierre Bemba, tariki ya 28 Mata ubwo yari yitabiriye inama y’abaminisitiri ya 96, yabagejejeho amakuru yahawe n’urwego rw’ubutasi rw’igisirikare. Yababwiye ko umutekano wo muri teritwari ya Rutshuru, Masisi […]

Nkore iki?Mukadata ashaka ko dusambana nyuma yo kubwirwa ko ndi kizigenza

how-to-spice-things-up-in-the-bedroom.jpg

Umukunzi wacu yatwandikiye atugisha inama y’icyo yakora nyuma y’uko ngo mukase amurarikiye ngo amusambanye yitwaje ko bamubwiye ko ari umuhanga mu mibonano mpuza bitsina. Yagize ati” Amazina yanjye ntabwo ndibuyababwire kuko hari abantu bashobora guhita bamenya bityo bikaba byakwangiza ubuzima bwite bwanjye” Ubusanzwe mfite imyaka 25 ndacyaba kwa Papa kuko niga muri kaminuza imwe ikorera […]

Perezida Zelenskyy yabwiye ingabo ze ko intambara za nyazo ari bwo zigiye kuba

Kuri iki Cyumweru, itariki 30 Mata, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yahaye icyubahiro ingabo zirinda imipaka mu gihugu atanga imidari kandi azifuriza gutsinda . “Bakundwa ndwanyi, intambara nyamukuru ziraza vuba. Tugomba kuvana igihugu cyacu n’abaturage bacu mu bucakara bw’u Burusiya, ” uyu ni Perezida Zelenskyy abwira abasirikare. Ibi yabivugiye mu birindiro bya gisirikare hatauzwe aho […]

FARDC iravuga ko yafashe abarwanyi 2 ba ADF barimo Umunyarwanda

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kiratangaza ko cyafashe, ku wa Gatandatu ushize, abarwanyi babiri ba ADF, barimo Umunyarwanda n’umugore w’umunyekongo, ubwo bashakaga kwinjira mu musigiti wo muri komini ya Mangina, uherereye ku birometero 30 ugana mu burengerazuba bw’Umujyi wa Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru . Ifatwa ryabo ryabaye ninjoro, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo […]

Colonel Doumbouya orders the opening of an air line between Conakry and Kigali

President Paul Kagame stayed in the Guinean capital as part of a work and friendship visit. Colonel Mamadi Doumbouya told his ministers on Thursday that the Rwandan leader’s stay focused on discussions on several topics of national interest for the benefit of our two countries . After the establishment of a joint Guinea-Rwanda cooperation commission, […]

Afurika y’Epfo iri kwingingira Putin kutitabira inama ya BRICS kugira ngo itazamuta muri yombi

Leta ya Afurika y’Epfo biravugwa ko yaba irimo kwinginga iy’u Burusiya, isaba ko Perezida Vladimir Putin atitabira imbonankubone inama ya BRICS iteganyijwe kubera i Durban mu rwego rwo kwirinda ko yatabwa muri yombi. Ni inama iteganyijwe kuba hagati y’itariki ya 22 n’iya 24 Kanama, ikazitabirwa n’abayobozi barimo abakuru b’ibihugu bya BrĂ©sil, u Burusiya, u Buhinde, […]

Maj. Ngoma yatangaje ko nta ruswa M23 yahaye ingabo za EAC ngo ntiziyirwanye

Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa M23 ku rwego rw’igisirikare, Major Willy Ngoma, yatangaje ko nta ruswa bahaye ingabo ziri mu mutwe wa Afurika y’iburasirazuba (EACRF) ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo. Uwari Komanda wa EACRF, Maj. Gen. Jeff Nyagah aherutse kwegura kuri iyi nshingano, asobanura ko umutekano we aho yari atuye i […]

Ku myaka 7, yarokoye bagenzi be nyuma y’uko umushoferi wari ubatwaye ataye ubwenge

Dillon Reeves warokoye bagenzi be

Muri Leta ya Michigani ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hasakaye inkuru y’umwana w’imyaka 7, watabaye ubuzima bwa bagenzi be nyuma y’uma y’uko umushoferi wari ubatwaye ataye ubwenge Bus bari barimo igata umuhanda. Uyu mwana witwa Dillon Reeves wiga mu ishuri rya “LOUISE E. Carter Middle School” ngo akimara kubona ko umushoferi ubatwaye agize […]

Kwa Tshisekedi ntibishimiye ishyirwaho rya Gen Alphaxard Muthuri nk’umugaba w’Ingabo za EACRF

Mu Cyumweru gishize Maj Gen Jeff Nyagah wari Umugaba w’Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zoherejwe kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (EACRF), yeguye ku nshingano ze. Byari nyuma yo kugaragaza impungenge z’uko umutekano we muri Congo wari ubangamiwe ndetse ukaba wari uri no mu kaga, ibyahuriranye n’igitutu yari amaze igihe ashyirwaho n’abategetsi b’i […]