Bemba yagaragaye mu mahanga arashisha imbunda igezweho

Minisitiri w’ingabo n’abahoze ari abasirikare wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, yagaragaye mu mahanga arashisha imbunda iri mu zigezweho. Ibiro bye bisobanura ko yabikoreye mu ruzinduko ari kugirira muri Indonesia, rwatangijwe no gusura inganda z’iki gihugu zicura intwaro z’ubwoko butandukanye kuri uyu wa 11 Gicurasi 2023. Nk’uko bigaragara mu mafoto, Minisitiri Bemba […]
Afurika y’Epfo mu iperereza ryo kumenya niba hari umuyobozi wohereje intwaro mu Burusiya
Ibiro bya Perezida wa Afurika y’Epfo byatangaje ko guverinoma igiye gushyiraho itsinda ryigenga riyobowe n’uwahoze ari umucamanza, rizakora iperereza rimenye niba koko hari uwo mu butegetsi bw’iki gihugu uherutse kohereza intwaro mu Burusiya. Ni nyuma y’aho Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zigaragarije Afurika y’Epfo impungenge z’uko ubwato bunini bwitwa Lady R bwo mu Burusiya […]
Ramaphosa yemereye RDC Ingabo zo kuyifasha kwivuna abarimo M23
Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, yijeje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo zo kuyifasha kwigobotora imitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwayo. Ramaphosa yijeje RDC izi ngabo muri iki cyumweru, ubwo yari i Windhoek muri Namibia ahaheruka kubera inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa SADC yigaga kuri Congo. Yagize ati: “Afurika y’Epfo yiteguye gutanga […]
Gukora imibonano ku mugore uri mu gihembwe cya kabiri cyo gutwita biraryoha cyane

Bisanzwe bimenyerewe ko umugore atwita amezi 9, bisobanuye ko muri ayo mezi iyo uyagabanyije mu bihembwe usanga umugore atwita ibihembwe 3. Muri ibyo bihembwe byose , umugore ufite umugabo aba yemerewe kuba yakora imibonano mpuzabitsina mu gihe yumva nta nkomyi , yumva afite ubushake. Mu gihembwe cya mbere ubwo ni ukuvuga amezi atatu ya mbere […]
Burundi: Bunyoni yaba yarahaswe ikiboko kugeza yemeye ko yashakaga guhirika ubutegetsi
Mu gihe cy’ibyumweru bibiri yamaze afungiwe muri kasho y’urwego rw’igihugu rw’ubutasi mu Burundi (SNR), ngo uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Guillaume Bunyoni, yaba yarakorewe iycarubozo kugirango yemere kuvuga abo bari bafatanyije umugambi wo gushaka guhirika ku butegetsi Perezida Ndayishimiye . Ni amakuru aturuka muri bamwe mu bakada ba CNDD-FDD agera ku rubuga UBMNews rwo mu Burundi […]
U Bwongereza bwahaye Ukraine misile ziraswa mu bilometero 250
Umunyamabanga w’u Bwongereza ushinzwe ingabo, Ben Wallace, yatangaje ko boherereje Ukraine misile ziraswa mu ntera y’ibilometero 250 zitwa Storm Shadow, kugira ngo ziyifashe kwirwanaho mu ntambara yashojweho n’u Burusiya. Wallace mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 11 Gicurasi 2023, yasobanuye ko izi misile zizaha Ukraine amahirwe yo “gusubiza imyuma ingabo z’u Burusiya ziri ku […]
Wari uziko kurya vubavuba byagutera isepfu? Dore ibindi biyitera n’uko yayihagarika
Abantu benshi usanga bagira ikibazo cyo gusepfura ariko ntibamenye uko bashobora kwivura.Ubundi kugirango umuntu asepfure biba byaturutse ku mihindagurikire y’umubiri aho usanga igice kitwa Diaphragm gisa ni kifunze bityo umwuka ukabura aho unyura. Gusepfura biterwa n’impamvu zikubiye mu mu buryo bubiri: Hari uburyo bwo mu bigaragara inyuma no mu buryo bw’imitekerereze. Mu buryo bwo mu […]
Zimbabwe iri gukusanya inkunga yo gufasha abagizweho ingaruka n’ibiza mu Rwanda
Guverinoma ya Zimbabwe iri gukusanya inkunga yo gufasha abo ibiza biherutse kugiraho ingaruka mu Rwanda, Repubulika ya demukarasi ya Congo na Malawi. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu n’imirimo rusange, July Moyo, yabimenyesheje abaminisitiri bagenzi be ubwo bari mu nama, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’itumanaho akaba n’Umuvugizi wa guverinoma, Monica Mutsvangwa, mu kiganiro n’abanyamakuru. Minisitiri Mutsvangwa yagize ati: […]
Umukinnyi wa APR FC yasabye imbabazi umusifuzi yadomye umutwe
Mugisha Bonheur ‘Casemiro’ ukina hagati mu kibuga mu kipe ya APR FC, yasabye imbabazi umusifuzi Ishimwe Didier nyuma yo gukoreshwa n’umujinya bikarangira amukubise umutwe. Byabaye kuri uyu wa Gatatu mu mukino ubanza wa ½ cy’irangiza cy’Igikombe cy’Amahoro APR FC yaguyemo miswi na Kiyovu Sports igitego 1-1. Kwitonda Alain’Bacca’ ni we wafunguriye APR FC ku gitego […]
Ingabo za Armenia n’iza Azerbaijan zongeye kurasanaho hafi y’umupaka
Kuri uyu wa Kane, Ingabo za Armenia na Azerbaijan zarasanyeho ku birindiro byazo mu gace ko ku mupaka, aho impande zombi zivuga ko abasirikare bazo bakomeretse . Armenia yavuze ko igisirikare cya Azerbaijan cyagabye igitero cy’intwaro ziremereye ku basirikare bayo hafi y’umudugudu wa Sotk ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri za mu gitondo ku isaha […]
Gakenke: Habarurema waherukaga kugwirirwa n’ikirombe yatabawe ari muzima
Umusore witwa Habarurema waherukaga kuburirwa irengero nyuma yo kugwirwa n’ikirombe cy’amabuye y’agaciro yacukuraga, yabonetse kuri uyu wa Kane ari muzima. Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 10 Gicurasi ni bwo uyu musore w’imyaka 23 y’amavuko yagwiriwe n’ikirombe kiri mu murenge wa Ruli. Ni ikirombe bivugwa ko gifite uburebure bwa metero ziri hagati ya […]
Kenya:Havumbuwe indi mirambo 12 y’abategetswe kwiyiriza ubusa ,abamaze gupfa bose ni 145

Imibare y’abakirisitu bapfiriye mu ishyamba rya Shakahora ikomeje gutumbagira nyuma y’aho kuri uyu wa Gatatu habonetse indi mirambo 12 yiyongera ku 133 yari yarabonetse. Igikorwa cyo gukomeza gushakisha abapfiriye muri iryo shyamba, ntikigeze gihagarara kuko buri gihe niko hakorwa iperereza ababonetse bagasuzumwa ngo harebwe koko niba ari inzara yaturutse ku kwiyiriza ubusa. Kuri uyu wa […]
Umunyakenya ntazigera agambanira Umunyarwanda — Mukoko ku mpamvu RDC ikwiye kuva muri EAC
Umunyekongo Fils Mukoko wiyita “Umurinzi w’urusengero rwa demokarasi”, avuga ku bibazo bya politiki na diplomasi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye guverinoma kwitandkanya n’umunryano wa EAC ikagumana na SADC gusa kuko abona ari yo yabafasha . Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 10 Gicurasi, Fils Mukoko usanzwe ri umuyoboke ukomeye […]
Inzuki zigeze kwica abantu 1000, zigabije abarokotse impanuka ya bus hafi kubica

Abantu 6, barimo umugore n’umwana we we w’imyaka 8 , bitabye imana nyuma y’uko imodoka (Bus),ihirimye mu kibaya cyari kirimo inzuki abasigaye zibahundagaraho. Mu ntangiro z’iki cyumweru, nibwo muri Nicaragua, habereye isanganya ubwo bus y’abanyeshuru yari itwaye abarenga 20, yataye umuhande imanuka mu kibaya cyari kirimo inzuki zikomoka muri afurika zirabigabiza zirabarya hafi kubura ubuzima. […]
PM Ngirente akutana na bosi wa shirika la World Vision USA

Waziri Mkuu Edouard Ngirente alifanya mkutano ‘wenye matunda’ na Edgar Sandoval, Rais na Mkurugenzi Mtendaji wa World Vision USA, ofisini kwake Jumatano. Majadiliano hayo yalilenga katika maeneo mbalimbali ya ushirikiano . Wakati wa mkutano huo, viongozi hao wawili walichunguza miradi inayohusiana na maji na usafi wa mazingira, elimu, na huduma za afya. Msisitizo mkubwa uliwekwa […]
RDC: Nyuma y’ibiza byibasiye Kalehe abasaga 5000 baburiwe irengero baracyashakishwa
Mu midugudu ya Nyamukubi na Bushsh muri Teritwari ya Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa DRC, hakomeje gushakishwa imirambo y’abantu baburiwe irengero. Ku wa gatatu mu masaha ya mbere, abakorerabushake bakomeje gushakisha nk’uko umunyamakuru wa Ouragan.cd woherejwe aho avuga. Umubare w’abahitanwe n’ibiza byibasiye iki gice uragenda urushaho kwiyongera mu gihe imirambo 423 ari yo […]
U Rwanda rwongereye amasezerano rufitanye na PSG kugeza mu 2025
Nyuma y’imyaka itatu ya mbere y’imikoranire, Paris Saint-Germain, imwe mu makipe y’umupira w’amaguru akomeye ku Isi ndetse ifite izina muri siporo yamamaza u Rwanda binyuze muri Visit Rwanda, yongereye masezerano ifitanye na RDB azageza mu 2025 . Nkuko byatangajwe ku wa Gatatu, itariki ya 10 Gicurasi, muri aya masezerano Visit Rwanda izakomeza kugaragara ku myambaaro […]
Umuntu utazwi yatwitse indege ya gisirikare y’u Burusiya abayobozi babimenyera ku mbuga nkoranyambaga
Amakuru aturuka mu bitangazamakuru byigenga byo mu Burusiya aravuga ko umuntu utazwi yinjiye mu kibuga cy’indege za gisirikare z’u Burusiya maze atwika indege yo mu bwoko bwa supersonic (igendera ku muvuduko ukubye uw’ijwi inshuro runaka), kandi abayobozi babimenya babibonye ku mbuga nkoranyambaga . Amashusho y’indege igurumana yagaragaye ku wa Mbere ku muyoboro wa Telegram wa […]
Kuvuka kuri se w’umuzungu na nyina w’umwirabura mu byashegeshe ubuzima bwa Bob Marley

Iyo uvuze injyana ya Reagge , abenshi bumva umuhanzi Bobo Nesta Marley ukomoka mu gihugu cya Jamaika. Uyu muhanzi yazamuye iyo njyana ayishyira ku rundi rwego aho mu myaka yashize n’uyu munsi usanga igikunzwe n’abatari bacye. Bob Marley ubusanzwe, yavutse taliki 6 Gashyantare 1945, aza kwitaba Imana taliki 11 Gicurasi mu 1981 aguye mu mujyi […]
Col Doumbouya yirukanye GĂ©n Sadiba Koulibaly nyuma y’amasaha 24 amugize Minisititi
Colonel Mamadi Doumbouya uyoboye GuinĂ©e-Conakry mu buryo bw’inzibacyuho yirukanye ku mirimo GĂ©n Sadiba Koulibaly, nyuma y’amasaha 24 amugize Minisititi. Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 09 Gicurasi ni bwo Doumbouya yari yagize GĂ©n Koulibaly Minisitiri ushinzwe iterambere ry’imijyi ndetse n’imiturire. Byari nyuma yo kumwambura inshingano z’Umugaba Mukuru w’Ingabo za GuinĂ©e akamusimbuza GĂ©nĂ©ral de […]