Gen Kazura yaganiriye na Lt Gen Osama Askar
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Kazura yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’Ingabo za Misiri Lt Gen Osama Askar. Gen Kazura n’itsinda ayoboye bari mu Misiri mu ruzinduko rw’akazi bari kugirira muri iki gihugu cyo mu majyaruguru ya Afurika. Aha mu Misiri bahitabiriye inama ya kabiri ya Komisiyo ishinzwe ubufatanye hagati y’Igisirikare cya […]
Musanze:Umugabo yafatanywe ingurube yishwe abwira irondo ko avuye kuyiba

Mu karere ka Musanze haravugwa inkuru y’umugabo wafatanywe ingurube yishwe, abajijwe asobanura ko yayibye ahita ajyanwa ku murenge ahajyanwa abakoze ibyaha nk’ibyo mu gihe baba bategereje urwego rwa Polisi ngo rukore akazi karwo. Uyu mugabo bicyekwa ko yari yayibye mu kagali ka Nyarutembe Umurenge wa Rugera akarere ka Nyabihu, gahana imbibe n’akarere ka Musanze, mu […]
Hashyizweho uburyo bufasha abacuruzi gucunga umutekano wa TIN zabo
Nyuma y’ubusabe bwinshi bw’abacuruzi bavugaga ko hari abantu bakoresha nimero ziranga abasora (TIN) zitari izabo mu kurangura ibicuruzwa kandi ba nyirazo batabizi, bityo bikabavangira mu mibare y’ubucuruzi bwabo cyane cyane ku bijyanye n’ibicuruzwa biri mu bubiko bwabo, Ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyashyizeho uburyo bufasha abacuruzi gucunga umutekano wa TIN, bityo bagaca ukubiri n’abamamyi babiyitirira mu […]
Bwa mbere Juvenal yagize icyo avuga nyuma y’uko Kiyovu Sports isize agatwe i Nyagatare
Perezida wa Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvenal yageneye ubutumwa abafana b’ikipe ayoboye, nyuma y’uko itsinzwe na Sunrise FC igatakaza amahirwe y’igikombe cya shampiyona yari ifite mu biganza byayo. Ku Cyumweru gishize ni bwo Kiyovu Sports yatsinzwe na Sunrise FC igitego 1-0; mu mukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona waberaga kuri Stade ya Nyagatare. Ni umukino wababaje […]
The DRC already filed new complaints at the ICC against Rwanda and the M23
The Democratic Republic of Congo has this week filed another formal complaint at the International Criminal Court (ICC) asking the court to ensure that it does not consider what it calls the military coup of its militias in eastern Congo by the Rwandan National Army (RDF) and the M23 rebels. The ICC has already had […]
La FERWAFA envisage d’ aider les personnes touchées par la catastrophe
La FĂ©dĂ©ration rwandaise de football, FERWAFA, a annoncĂ© qu’elle fournira une assistance aux habitants des provinces qui ont rĂ©cemment Ă©tĂ© frappĂ©s par des catastrophes qui ont causĂ© beaucoup de dĂ©gà ¢ts et coà »tĂ© la vie Ă Â certains. Dans les provinces de l’Ouest, du Nord et du Sud, il y a eu des catastrophes rĂ©centes qui ont […]
U Rwanda na Uganda bigiye gusubukura umushinga w’umuhanda wa gariyamoshi ubihuza
U Rwanda na Uganda byiyemeje gukorana bya hafi, mu rwego rwo kurangiza umushinga w’umuhanda wa gariyamoshi uhuza Kigali na Kampala umaze igihe utegerejwe cyane. Byatangarijwe mu nama yahurije i Kampala abayobozi bo mu bihugu bya Uganda, u Rwanda, Kenya na Sudani y’Epfo. Yigaga kuri gahunda yo kuzahura umushinga w’umuhanda wa gariyamoshi uhuza ibi bihugu. Uyu […]
Ese wari uziko umuravumba udakoreshwa mu kuvura inkorora gusa? Dore izindi ndwara 7 uvura
Umuravumba benshi bawukoresha batawuzi neza ariko nyamara iyo ugiye mu bushakashatsi ku ndwara uvura usanga zirenga 10 nyamara abenshi bakunze kuwukoresha bivura ibicurane n’inkorora gusa. Iki kimera gikunze kuboneka ku mugabane w’afurika, usanga bawukoresha cyane mu buvuzi gakondo ariko kandi ibinyabutabire biwuvamo bishobora no gukoreshwa mu buvuzi bwa kizungu. Abavuzi gakondo batandukanye bemeza ko mu […]
Nyaruguru: Umufatanyabikorwa arashimirwa uruhare mu iterambere ry’umugore

Abagore basaga 900 bibumbiye mu matsinda 33 yo mu murenge wa Ruheru mu karere ka Nyaruguru, bavuga ko kumara imyaka isaga 7 bakorana umunsi ku wundi n’umufatanyabikorwa ActionAid Rwanda, byabazamuriye imyumvire bizana ubwimvikane mu ngo zabo, bakorera hamwe bongera umusaruro w’ubuhinzi, barizigama bashora imari mu mishinga yinjiza amafaranga. Aba bagore babitangarije Bwiza ubwo bamurikaga umusaruro […]
Musanze: Abarenga 400 bararira kubera igihombo bavuga ko bashowemo

Abaturage basaga 400 bo mu karere ka Musanze, bacururizaga mu gasoko kazwi nka “Ryankandagiro” gaherereye mu mudugudu wa Gasanze, akagari ka Cyabararika mu murenge wa Muhoza, bararira ayo kwarika kubera igihombo bavuga ko batewe n’ubuyobozi bw’akarere, bakaba basaba kurenganurwa bakishyurwa ibyo batakaje bashoramo imari yabo. Ni igikorwa kitashimishije benshi, by’umwihariko abaturage bacururizaga muri aka gasoko […]
Rwanda: Ceux qui ont commis le génocide seront formés avant de reprendre une vie normale
Le gouvernement du Rwanda prĂ©voit de former les personnes impliquĂ©es dans le gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsis en vue de leur libĂ©ration, avant leur libĂ©ration. Le Ministre de l’UnitĂ© et de la ResponsabilitĂ© Civique, Dr. Bizimana Jean Damascène, a expliquĂ© aux membres de la Commission de l’UnitĂ© Rwandaise, des Droits de l’Homme et de […]
Yiyahuye nyuma yo kubura ubwishyu bw’amezi 3 y’ubukode bw’inzu
Umugabo witwa Yafesi Kalibala yiyahuye nyuma y’uko ngo abuze ubwishyu bw’amezi 3 yagombaga kwishyura nyiri nzu yari acumbitsemo.Polisi yo mu gace ka Kitovu muri Mafubila muri Uganda yatangaje ko igikora iperereza. Amakuru, avuga ko uyu Kalibala, yasanzwe yimanitse akoresheje umukandara, gusa ngo intandaro yabyo ni amashilingi ibihumbi 75 by’amezi atatu yari yananawe kwishyura.Urupfu rwe rujya […]
Tanzania: Yakatiwe kunyongwa azira gusambanya umucecuru w’imyaka 94
Muri Tanzania haravugwa inkuru y’umugabo witwa Edmund Emmanuel, wakatiwe igihano cyo kunyongwa azira gufata umucecuru w’imyaka 94 kugeza apfuye. Edmund utuye mu ntara ya Manyara, yabwiye umucamanza ko gukora iki cyaha byaturutse ku bukene yari afite, akajya ku mupfumu akamutegeka kujya gufata uwo mukecuru usanzwe ufite ubumuga bwa kugagara, bimuviramo urupfu nk’uko ikinyamakuru Mwanchi cyandikirwa muri Tanzania […]
Umunsi wa 30 wa shampiona y’u Rwanda wateje impinduka
Mu gihe habura iminsi micye ngo shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda ishyirweho akadomo muri uyu mwaka w’imikino, FERWAFA yakoze impinduka mu mikino iteganyijwe kugirango hatagira impungenge cyangwa inzitwazo zitangwa n’amakipe amwe n’amwe. Iri shyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,ryatangaje ko ku mikino y’umunsi wa 30 wa shampiyona,mu cyiciro cya mbere cy’abagabo aho kuri uyu wa Gatandatu […]
Le Sénat approuve le projet de loi modifiant la Constitution

Le SĂ©nat Rwandais a approuvĂ© les bases du projet de rĂ©forme constitutionnelle initiĂ© par le PrĂ©sident de la RĂ©publique, dans le but de combiner les Ă©lections du chef de l’Etat avec celles des dĂ©putĂ©s qui se tiendront en 2024. Le projet de loi d’amendement constitutionnel adoptĂ© par le SĂ©nat a Ă©tĂ© rĂ©cemment approuvĂ© par la […]
Abahamijwe uruhare muri jenoside bazajya bahugurwa mbere yo gusubira mu buzima busanzwe

Guverinoma y’u Rwanda irateganya kujya ihugura abahamijwe uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 bitegura gufungurwa, mbere y’uko barekurwa. Minisitiri w’ubumwe n’inshingano mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yasobanuriye abadepite bagize komisiyo y’bumwe bw’Abanyarwanda, uburenganzira bwa muntu no kurwanya jenoside ko aya mahugurwa azajya afasha aba bantu kubana neza n’abo bazasanga hanze ya gereza. Uyu muyobozi […]
Gukura igitsina mu cy’umugore by’akanya gato, kimwe mu bituma umugabo adasohora vuba
Kimwe mu bintu bitandukanye abahanga bagaragaza gifasha abashakanye, kuryoherwa no kugeza ibyishimo ku ndunduro,harimo kuba umugabo akura igitsina cye mu cy’umugore mu gihe umwe agiye kurangiza. N’ubwo hari ibindi byinshi abakora imibonano, bashobora gukora ngo ntibarangize vuba, iki cyo cyo gukura igitsina mu cy’umugore mu gihe igikorwa kigezemo hagati, ni ngenzi cyane. Iyo umugabo cyangwa […]
Lupita Nyong’o yigaramye umugore w’ikizungerezi bivugwa ko batingana

Lupita Amondi Nyong’o yigaramye umuririmbyi akaba n’umukinnyikazi wa Filme Janelle Monà ¡e, nyuma y’uko bivuzwe ko bari mu rukundo ibi bizwi nk’abaryamana bahuje ibitsina. Bigarutsweho ariko mu gihe Nyong’o kandi byari bizwi ko ari mu rukundo n’umunyamakuru Selema Masekela usanzwe ukora kuri televiziyo.Ibyay’aya makuru y’urukundo hagati y’abo bagore bombi yatangiye kuvugwa nyuma y’uko bakunda kugaragara bari […]
Perezida Kagame yirinze kuvugira byinshi mu nama ya Qatar ku kibazo cy’u Rwanda na RDC
Perezida Paul Kagame yirinze kuvugira byinshi ku kibazo cya Repubulika ya demukarasi ya Congo n’u Rwanda mu nama y’ubukungu ya Qatar, asobanura ko atari cyo cyamujyanye muri iki gihugu cyo muri Asia. Perezida Kagame yageze i Doha muri Qatar tariki ya 22 Gicurasi 2023, ahura n’abayobozi batandukanye baho n’abandi banyacyubahiro bitabiriye iyi nama, baganira ku […]
Hifashishijwe icyemezo cya Covid-19 mu gushinja Mwangachuchu ko ari Umunyarwanda
Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo bwifashishije icyemezo cy’uko umuntu yipimishije icyorezo cya Covid-19 mu guhamya ko umudepite akaba n’umunyemari, Edouard Mwangachuchu, ari Umunyarwanda. Urubanza rwakomereje mu rukiko rukuru rw’igisirikare ruri kuri gereza ya Ndolo muri Kinshasa kuri uyu wa 23 Gicurasi 2023, rushingira ku mpaka ku bwenegihugu bwa Mwangachuchu. Ubushinjacyaha buherutse kuvuga […]
RRA irahamagara abasoreshwa bari muri iri tangazo kwihutira kujya ku biro byayo i Kigali bitarenze iminsi 7

Abatumiwe kujya ku biro bikuru by’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) biherereye I Kigali ku Kimihurura , barashishikarizwa kwishyura ibirarane by’imisorore bitabaye ngombwa ko imitungo yabo itezwa cyamunara. Fungura urebe ibicuruzwa byose bigaragara muri uyu mugereka itangazo_rihamagarira_abasora_kuza_gufata_inyandikomvugo_y_ifatira_bwishyu__1_.pdf
RDC yareze u Rwanda muri ICC
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yareze u Rwanda mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), ishinja Ingabo zarwo guhohotera abaturage bayo ndetse no gusahura amabuye y’agaciro ya RDC. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo Congo Kinshasa yatanze icyo kirego biciye mu munyamabanga wa Leta ya Congo muri Minisiteri y’Ubutabera, Rose Mutombo. Ikirego yashyikirije ubushinjacyaha bwa […]