Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwa Zelensky wa Ukraine
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane yakiriye mu biro bye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine wamushyikirije ubutumwa yagenewe na mugenzi we Volodymyr Zelensky. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko uretse ubu butumwa yashyikirijwe, we na Minisitiri Dmytro Kuleba “banaganiriye ku ntambara yo muri Ukraine ndetse n’uburyo bwo gushyigikira gahunda z’amahoro zigamije kurangiza aya makimbirane.” Kuri […]
Tshisekedi yaregeye ‘Kagame n’u Rwanda’ abanye-Congo baba mu Bushinwa
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kwitwaza u Rwanda arugaragaza nka nyirabayazana y’ibibazo bimaze igihe byarayogoje igihugu cye. Tshisekedi yitwaje u Rwanda na Perezida Paul Kagame, ubwo kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Gicurasi yaganiraga n’abanye-Congo baba mu Bushinwa. Tshisekedi ari i Beijing mu murwa mukuru w’u Bushinwa, […]
Perezida Samia na Museveni bamuritse urugomero rw’amashanyarazi

Perezida Samia Suluhu wa Tanzania hamwe n’uwa Uganda, Museveni Kaguta, batangije urugomero rw’amashanyarazi rwataye amadolari ($) miliyoni 56, ruzafasha abatuye muri ibi bihugu mu kugerwaho n’ibikorwaremezo. Uru rugomero rukoresha amazi y’umugezi w’Akagera rwamuritswe kuri uyu wa 25 Gicurasi 2023, ahitwa Isingiro muri Uganda. Uru rugomero rwa Kikagati-Murongo Hydropower Plant ruzatanga kilowate 14 z’umuriro. Uyu ni […]
Kenya:Umubare w’abishwe n’inzara bategetswe kwiyiriza ubusa ugeze kuri 241
Inzego z’ubuzima muri Kenya, zikomeje gutangaza ko umunsi ku munsi zikomeje gutahura imirambo y’abashwe n’inzara nyuma yo gutegekwa na Pasiteri kwiyiriza ubusa aho kuri ubu umubare umaze kugera kuri 241. Nk’uko byatangajwe n’umunyamabanga wa Cabinet muri Kenya, CS Kithure Kindiki, atangaza ko kugeza ubu imibare ikomeje kwiyongera , aho ku munsi w’ejo kuwa 3 , […]
Ubumwe bwa Afurika ni bwo buzayiha ishema n’imbaraga zatakaye: Protais Musoni
Mu gihe umuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) urimo kwizihiza isabukuru ya 60, Umuyobozi Mukuru w’umuryango uharanira ubunyafurika (Pan-African Mouvement) mu Rwanda, Protais Musoni, yemeza ko ubumwe bw’Abanyafurika ari bwo buzagarura ishema n’ imbaraga zatatanyijwe n’amateka. Musoni yabwiye Bwiza.com ko intwari zashinze uyu muryango wa Afurika zabitekereje bizivuye ku mutima ndetse banatanga ibitambo bikomeye kugira […]
Rulindo: Barasaba ko ivuriro ryabitswemo ifumbire rikoreshwa icyo ryubakiwe
Abatuye mu kagari ka Nyirabirori, umurenge wa Tumba mu karere Rulindo barasaba ko ivuriro ry’ibanze (poste de santĂ©) ryaho ryabitswemo ifumbire mvaruganda ryakoreshwa icyatumye ryubakwa. Iri vuriro ryubatswe n’ishyirahamwe ry’abahinzi b’icyayi rizwi nka ASSOPTHE, nk’igisubizo kuri bo n’abaturage muri rusange kubera ko basanzwe bakora urugendo rurerure bajya gushaka serivisi z’ubuvuzi mu bigo nderabuzima birimo: icya […]
FERWAFA yandikiye Federasiyo y’u Burundi iyisaba rutahizamu wahamagawe n’Amavubi
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryandikiye iry’Umupira w’amaguru mu Burundi, ririsaba kwemerera Ndikumana Danny ukinayo kuza gukinira ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’. Ndikumana ukina asatira izamu asanzwe akinira ikipe ya Rukinzo FC; ndetse aheruka mu Rwanda ubwo yari kumwe n’iyi kipe mu mikino yahuzaga amakipe ya Polisi z’ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba. Amakuru avuga ko uyu […]
Uwabaye Umuvugizi wa Perezida Ndayishimiye yeguye nyuma y’amafoto yateje impaka
Alain-Diomède Nzeyimana wari umuyobozi w’ikigo gishinzwe itumanaho, ikoranabuhanga n’itangazamakuru, yeguye kuri iyi nshingano nyuma y’aho ku rubuga rwe rwa WhatsApp hagaragaye amafoto n’ikiganiro yemezaga ko bidakwiye. Nyuma y’aho aya mafoto n’iki kiganiro bikwirakwiye mu matsinda ya WhatsApp, tariki ya 14 Gicurasi 2023, Nzeyimana wabaye Umuvugizi wa Perezida Evariste Ndayishimiye yasobanuye ko koko konte ari iye. […]
Kinshasa: Polisi na Opozisiyo bongeye kumvana imitsi
Polisi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Gicurasi, yongeye gukozanyaho n’uruhande rw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi. Kuri uyu wa Kane byari byitezwe ko abanyapolitiki MoĂ ÂŻse Katumbi, Martin Fayulu, Matata Ponyo na Delly Sesanga n’ababashyigikiye bajya kwigaragambiriza imbere y’icyiciro cya Komisiyo y’amatora (CENI). Ni nyuma y’imyigaragambyo yagombaga kuba ku wa Mbere […]
Marekani kwa mara nyingine imewataka Wakongo kusitisha mawasiliano na FDLR
Marekani kwa mara nyingine tena imewataka watu wa Kongo katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo kusitisha mawasiliano na kundi la waasi la FDLR linaloipinga serikali ya Rwanda. Haya yalisemwa na Katibu wa Marekani, Antony Blinken, katika mahojiano na Rais wa RDC, FĂ©lix Tshisekedi, Mei 23, 2023, kwenye laini ya simu. Blinken alisema alimweleza Tshisekedi kwamba […]
Rwanda-Génocide: Le suspect le plus recherché arrà ªté en Afrique du Sud
Le fugitif le plus recherchĂ© accusĂ© d’avoir participĂ© au gĂ©nocide rwandais de 1994 a Ă©tĂ© arrĂ ÂŞtĂ© Ă Â Paarl, en Afrique du Sud, après des dĂ©cennies de cavale, selon les autoritĂ©s. Fulgence Kayishema a Ă©tĂ© arrĂ ÂŞtĂ© mercredi après-midi dans une opĂ©ration conjointe entre les autoritĂ©s sud-africaines et l’Ă©quipe de recherche des fugitifs du procureur, selon le […]
Ese imibonano ikozwe neza igomba kumara igihe kingana gute?
Ni kenshi, usanga abantu batandukanye by’umwihariko abashakanye bibaza igihe runaka imibonano mpuzabitsina igomba kumara.Abanga bagaragaza ko nta gihe cy’ibarwa yakagombye kumara, ahubwo icyingenzi n’uko bose bagera ku ndunduro y’ibyishimo byabo. Ubushakashatsi bwakozwe kuri couples 500 mu gihe cy’ibyumweru 4 bwagaragaje ko abagabo barangije mu gihe gito bamaze amasegonda 33 mu gihe abamaze igihe kinini bamaze […]
Kayishema wari umaze imyaka hafi 30 ashakishwa n’u Rwanda yafashwe
Inzego z’umutekano za Afurika y’Epfo zataye muri yombi Umunyarwanda Fulgence Kayishema wari umaze hafi imyaka 30 ashakishwa kubera uruhare akekwaho kugira muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nk’uko CNN yabitangaje, Kayishema yafatiwe ahitwa Paarl kuri uyu wa 24 Gicurasi 2023, bigizwemo uruhare na Polisi n’itsinda ry’ubushinjacyaha bw’urwego IRMCT rw’Umuryango w’Abibumbye rwasigariyeho urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho […]
Nyamasheke: Umugore aravuga ko yakubiswe n’abaturanyi bimuviramo gukuramo inda
Nyirabakura Julienne w’imyaka 33, utuye mu mudugudu wa Makoko, akagari ka Mubumbano, umurenge wa Kagano mu karere ka Nyamasheke arasaba Meya Mukamasabo Appolonie gukurikirana ikibazo cye, nyuma y’uko ngo akubitiwe mu kimina na bagenzi be bikamuviramo gukuramo inda y’amezi 2,5 akabura ubutabera. Aganira na Bwiza.com, Nyirabakura uvuga ko inda yakuyemo yari iy’imbyaro ya 4, akaba […]
Perezida Zelensky wa Ukraine yageneye ubutumwa Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Gicurasi, byitezwe ko yakira ubutumwa bwa mugenzi we Volodymir Oleksandrovych Zelensky wa Ukraine. Ni ubutumwa Umukuru w’Igihugu ashyikirizwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba utegerejwe i Kigali. Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yabwiye BWIZA ko Minisitiri Kuleba “araza uyu munsi […]
Bobi Wine yatangiye guhangana na Eddy Kenzo bapfa ihuriro ry’abahanzi ayoboye

Umuwanzi w’umunyapolitiki, akaba n’umunyamuziki, yatangiye guhangana n’abahanzi barimo Eddy Kenzo nyuma yo kuyobora ihuriro ry’abanzi rizwi nka Uganda National Musician Federation( UNMF). Bobi Wine avuga ko Eddy Kenzo na Sheebah Karungi,ko gushinga iryo huriro bifitanye isano no kuba ari abahanzi b’inzara.Yabigarutseho ubwo yaganiraga n’umunyamakuru ukorere kimwe mu bitangazamakuru byo muri Uganda. Eddy Kenzo uyoboye iri […]
Polisi ya Malawi imaze guta muri yombi impunzi zirenga 400 zirimo Abanyarwanda
Mu byumweru bibiri, Polisi ya Malawi imaze guta muri yombi impunzi zirenga 400 ziganjemo iz’Abanyekongo, Abarundi n’Abanyarwanda nyuma y’aho zanze kujya mu nkambi ya Dzaleka. Minisiteri y’umutekano w’imbere muri Malawi yateguje impunzi zibarirwa mu bihumbi 8 zakwiye mu bice bitandukanye by’igihugu ko nizigeza tariki ya 15 Mata 2023 zitarajya muri iyi nkambi, zizafatwa, zijyanwemo ku […]