Wakimbizi Zaidi wa Kiafrika na Watafuta hifadhi Wawasili Rwanda kutoka Libya

Kundi la 14 la wakimbizi 134 na waomba hifadhi waliohamishwa kutoka Libya waliwasili salama nchini Rwanda kufuatia kuhamishwa kutoka nchi hiyo ya Kaskazini mwa Afrika ambako walinaswa katika mazingira ya kutishia maisha. Kulingana na Wizara inayosimamia Usimamizi wa Dharura (MINEMA), kundi la hivi punde la wahamishwaji linajumuisha 64 kutoka Eritrea, 35 kutoka Sudan, 15 kutoka […]

Perezida Ruto yiyemeje guhuza abajenerali bahanganye muri Sudani

Kuri uyu wa Mbere, itariki 12 Kamena 2023, Perezida William Ruto yatangaje ko Kenya yafashe icyemezo cyo guhuriza hamwe abajenerali bahanganye muri Sudani kugira ngo bahoshe ikibazo cyugarije igihugu. Ruto yagize ati: “Kenya yiyemeje guhura n’abajenerali bombi ba Sudani imbonankubone kugira ngo haboneke igisubizo kirambye kuri iki kibazo”. Ruto yatangaje ko mu byumweru bibiri, hazashyirwaho […]

HRW irasabira abofisiye b’u Rwanda na M23 ibihano

Umuryango Human Rights Watch uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu urasaba amahanga gufatira ibihano abofisiye bamwe mu ngabo z’u Rwanda n’abo mu mutwe witwaje intwaro wa M23. HRM, muri raporo washyize hanze kuri uyu wa 13 Kamena 2023, watangaje ko u Rwanda rufasha M23 kandi ngo ikorera ku butaka bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo ibyaha bitandukanye birimo […]

Uganda yohereje abasirikare mu Rwanda

Igisirikare cya Uganda (UPDF) kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Kamena, cyohereje mu Rwanda itsinda ry’abasirikare bacyo aho bitabiriye imyitozo igomba guhuza Ingabo z’ibihugu byo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Brig Gen Matthew Gureme ushinzwe imyitozo muri UPDF ni we washyikirije bariya basirikare ibendera ry’igihugu mbere y’uko baza mu Rwanda. Imyitozo y’Ingabo za […]

Nyarugenge: Urukiko rwakatiye abashinjwaga ubwicanyi barimo umugore w’uwishwe

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye igihano cy’igifungo cya burundu abantu bagera kuri batanu bari bakurikiranweho icyaha cy’ubwicanyi barimo n’umugore washinjwaga kugira uruhare mu iyicwa ry’umugabo we afatanyije n’abandi bagabo. Mutatsineza Assoumpta, Uyisenga Alphonse, Rubabaza Vianney, Ndizihiwe Evariste na Habiryayo Athanase bahamijwe icyaha cyo kwica Twagirayezu Theoneste wari umugabo wa Mutatsineza Assoumpta. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi […]

Musore/mugabo niba ushaka kugumana n’umukunzi wawe irinde izi ngeso

Mu byerekeye urukundo hari igihe usanga umusore batita ku bintu birunaka , ariko nyamara ugasanga bibabaza umukunzi we ariko wenda atari abigambiriye.tugiye kurebera hamwe ibintu 4 umugabo cyangwa umusore asabwa kwirinda gukorera umukunzi we kuberako kenshi bihungabanya urukundo. 1.KUMUFATA KU NGUfU N’ubwo imibonano mpuzabitsina ifatwa nk’itemewe mbere y’uko umugabo n’umugore basezerana kubana akaramata ku bemera […]

DRC: One year after, M23 holds Bunagana

The M23 soldiers have left the town for the Sabyinyo hills. According to the spokesperson for the Ugandan soldiers stationed in Bunagana, Some of the refugees who had gone to Uganda have returned to cultivate their fields. But the border post has not been reopened with this country by the Congolese authorities. Basic necessities are […]

Abarimo umugore w’imyaka 60 barashinja FDLR kubasambanya

Abagore batandatu batuye mu bice byagenzurwaga n’umutwe witwaje intwaro wa M23 muri Repubulika ya demukarasi ya Congo barashinja umutwe witwaje intwaro wa FDLR na Nyatura Abazungu kubasambanya ku ngufu. Nk’uko bigaragara muri raporo yo kuri uyu wa 13 Kamena 2023 yakozwe n’umuryango Human Rights Watch uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu, ibi byaha byakozwe kuva mu mpera z’umwaka […]

Kigali signe un accord pour accueillir l’Agence africaine des mĂ©dicaments

Le gouvernement rwandais et la Commission de l’Union africaine (CUA) ont conclu samedi des accords pour l’Ă©tablissement du siège de la toute première Agence africaine des mĂ©dicaments à  Kigali. Le 10 juin, le Rwanda a signĂ© un accord avec l’Union africaine pour accueillir le siège de l’Agence africaine des mĂ©dicaments à  Kigali. La signature intervient […]

Dr Habineza abona ibihugu bikize bikwiye guha agahenge ibidukikije

Dr Frank Habineza avuga ko abantu bo mu bihugu bikize bafite igihwama cyinshi yo gukira, bityo ko bakeneye kukigabanya mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije. Mu kiganiro na Bwiza.com, Dr Frank Habineza, avuga ko abantu bo mu bihugu byo mu burengerazuba bw’Isi birimo iby’i Burayi na Amerika bakwiye kugabanya ingano y’ibyo bakenera byaba ibiribwa ndetse n’ibindi […]

USA: Umusenateri yemeje ko hari amajwi ya Perezida Biden n’umuhungu we baka ruswa

_methode_times_prod_web_bin_a13e73bc-dfcf-11e9-bd86-784b242a2ca8.jpg

Umusenateri wo mu ishyaka ry’Abarepubulikani, Chuck Grassley, ubwo yavugaga ijambo muri Sena, yatangaje ko hari umunyamahanga bivugwa ko yahaye ruswa Perezida Joe Biden n’umuhungu we Hunter Biden kandi hari amajwi y’ibiganiro bagiye bagirana. Kuri uyu wa Mbere ushize, Grassley yagize ati: “Umunyamahanga bivugwa ko yahaye ruswa Joe na Hunter Biden bivugwa ko afite amajwi yafashwe […]

Nyina wa Chameleone yatangiye kurwana inkundura kubera Pallaso

Prossy Mayanja nyina wa Jose Chameleone yatangiye kurwana inkundura mu binyamakuru avuga ko rubanda bakwiye kumurekera abana kuko nabo ari abantu nk’abandi.Ibi abigarutseho nyuma y’igihe gito umuhungu we Pallaso akubise umuhanzi ukizamuka Alien Skin bikaza gufata indi intera havugwa ko uyu murumuna wa Chameleone yahohoteye uyu muhanzi. Uyu mubyeyi rero yavuze ko nta muntu udakosa […]

RBA yisubije umunyamakuru yari yarirukanye azira ‘kwaka Minisitiri agacupa’

Umunyamakuru Lorenzo Christian Musangamfura yasubiye muri RBA, nyuma yo kwirukanwa muri iki kigo azira ibyafashwe nko gusaba agacupa Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango. Mu Ugushyingo umwaka ushize ni bwo uyu munyamakuru uri mu beza bakizamuka mu mikino igihugu gifite yirukanwe kuri Radiyo Rwanda, nyuma yo kubwira Minisitiri Bayisenge Jeannette ko “nta cupa rye” azi. Ni ubutumwa […]

Abasenateri batangiye gusura imidugudu y’icyitegerezo yugarijwe n’ibibazo

Abasenateri mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda batangiye urugendo mu midugudu y’icyitegerezo n’isanzwe yose hamwe 60 yatujwemo abaturage hirya no hino mu gihugu, aho baraba bagenzura ibibazo bibugarije birimo imibereho mibi. Sena imaze igihe kirekire igaragaza ko ihangayikishijwe n’ibibazo bivugwa muri iyi midugudu, ndetse mu ntangiriro z’umwaka ushize byari byarateganyijwe ko abagize komisiyo yayo idasanzwe […]

Mbappe yasizoye ngo arashaka kugurishwa PSG yabyanga akazigurisha

Rutahizamu w’Umufaransa Kylian Mbappe, yasizoye ashaka ko ikipe akinamo ya Paris Saint Germain yamugurisha, yaba itabikoze akazategereza amasezerano ye akarangira muri Sezo (Season) y’umwaka utaha akazagendera ubuntu. Kuri uyu wa mbere nibwo byatangajwe ko uyu mukinnyi Mbappe yavuze ko adashaka kongera andi masezerano n’iyi kipe kuko ashaka kujya mu yindi kipe aho bivugwa ko ashaka […]

Amerika yasabye abaturage bayo gukorera ingendo muri Uganda bari menge

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye abaturage bazo kwirinda gupfa gukorera ingendo muri Uganda, abahaba na bo bakitwararika cyane. Ni ibikubiye mu itangazo riburira Ambasade ya Amerika i Kampala yasohoye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Kamena. Mu mpamvu Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashingiyeho zisaba abaturage bazo kuba menge, harimo ibyaha bikomeje kwiyongera […]

Umugore wasambanyije umwana w’imyaka 8 yakatiwe

Umugore witwa Desderia Mbwelwa ufite imyaka 57, yahamijwe n’urukiko rwo mu karere ka Iringa icyaha cyo gusambanya umwana w’umuhungu ufite imyaka umunani akanamwanduza indwara zanduriria mu mibonano mpuzabitsina ahanishwa gufungwa imyaka 29 muri gereza. Ikinyamakuru Mwananchi cyanditse ko uyu Mbwelwa yasanze uwo mwana w’umuhungu aragiye inka amubaza bagenzi be aho bari maze uwo mwana amubwira ko badahari, uwo […]

Guverinoma ya RDC yose irasabirwa guseswa izira Bunagana

Guverinoma yose ya Repubulika ya demukarasi ya Congo iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Michel Sama Lukonde, irasabirwa guseswa izira Bunagana yafashwe n’umutwe witwaje intwaro wa M23 tariki ya 13 Kamena 2022. Sosiyete sivile yo mu mujyi wa Goma iyobowe na Marrion Ngavho isobanura ko kuva M23 yafata Bunagana icyo gihe, gufata n’ibindi bice byo mu ntara […]

Umunywanyi wa Katumbi ushinjwa gukorana na M23 n’u Rwanda arasubira mu rukiko

Iburanisha rya kabiri ry’utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Salomon Kalonda Idi Della, wo mu ishyaka Ensemble pour la RĂ©publique rya Moise Katumbi, ritegerejwe kuri uyu wa Kabiri ku bushinjacyaha bwa gisirikare nyuma y’iryo kuwa Gatandatu. Ni nyuma y’uko ku wa Mbere, umucamanza ushinzwe iperereza yari yabuze ku biro bye. Icyakora, itsinda […]

Niyo Bosco yongeye gutera urujijo ku makuru yamugonganishije na M.Irene

Niyo Bosco yongeye gushimangira ko ntacyo ashinja Irene

Mu mu mwaka ushize nibwo hatangiye gukwirakwira amakuru y’uko Niyo Bosco yashyamiranye n’uwahoze ari umujyanama we mu by’umuziki Irene Murindahabi bivugwa ko bashwanye nyuma yo kumwambura. Icyo gihe byarasakuje haba ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye bamwe bashinja Irene ko yahemukiye uyu muhanzi wari umaze kubaka izina mu ndirimbo zitandukanye. Ni nyuma y’uko kandi […]

Louise Mushikiwabo yahishuye ko yatewe ubwoba na Stéphane Dion

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, Louise Mushikiwabo, yatangaje ko yigeze guterwa ubwoba na Ambasaderi wa Canada mu Bufaransa, StĂ©phane Dion, amuhora kwanga kongerera amasezerano umunya-Canada wahoze ashinzwe ubutegetsi muri uriya muryango. Mushikiwabo yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Kamena, ubwo yaganiriraga n’itangazamakuru i Quebec muri Canada. Muri Werurwe uyu mwaka ni bwo […]

Ubushinjacyaha bwa UN bwijeje ko kuri ‘Dosiye Kabuga’ ritararenga

Umushinjacyaha Mukuru w’urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye (IRMCT) rumaze igihe ruburanisha Kabuga FĂ©licien, Serge Brammertz, bwijeje ko izuba ritararenga ku rubanza rw’uyu Munyarwanda ukekwaho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Brammertz yabimenyesheje akanama ka UN gashinzwe umutekano, i New York ubwo yabagezaga raporo y’ibikorwa by’ubushinjacyaha bwa IRMCT kuri uyu wa 12 Kamena 2023. Mu buryo […]

Yongeye guhumeka yenda gushyingurwa abaganga bari bemeje ko yapfuye

f4689e9ec5.jpg

Abari mu cyunamo cyo gushyingura umukecuru ukuze wo muri Equateur batangajwe no kubona akiri muzima. Mu cyumweru gishize, Bella Montoya, ufite imyaka 76, yatangajwe ko yapfuye nyuma yo kugira ikibazo mu bwonko. Ku wa Gatanu, amasaha atanu mbere y’uko akanguka, abavandimwe bitegura guhindura imyenda ye mbere yo gushyingurwa basanze ahumeka . Montoya ubu yasubijwe mu […]

Bemba na Lt Gen Tshiwewe basuye FARDC ku irasaniro

Minisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, yasuye ingabo z’iki gihugu ziri mu birindiro bitandukanye zimaze igihe mu mirwano n’inyeshyamba za M23. Bemba ari i Goma kuva ku wa Mbere tariki ya 12 Kamena 2023. Ibirindiro by’Ingabo za RDC yasuye ni ibiri mu gace ka Kibumba ho muri Teritwari ya Rutshuru […]