Nyaruguru: Uwarokotse jenoside yashimiye uwari umujandarume

Kamanzi Viateur warokotse jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, ukomoka mu murenge wa Mata, mu karere ka Nyaruguru, yongeye gushimira Habinshuti Marc wari umujandarume ufite ipeti rya caporal. Habinshuti yagize uruhare rukomeye mu kurokoka kwa Kamanzi Viateur, umugore we, abana be 4 ndetse n’abandi baturanyi, bose hamwe barenga 14. Ubuhamya Kamanzi Viateur yabutangiye mu muhango wo […]
DRC: Mpinzani Franck Diongo akamatwa na vikosi vya usalama
Mpinzani wa Kongo, Franck Diongo, alikamatwa Jumanne Juni 20, 2023 huko Kinshasa, mji mkuu wa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo . Hakika, rais wa chama cha siasa cha Mouvement Lumumbiste Progressiste (MLP) alikamatwa na watu wenye silaha katika makutano ya njia za Kabinda na Huilerie. Kabla ya kukamatwa, Franck Diongo alikuwa katika maombolezo katika Hospitali […]
Perezida wa Zambia ari i Kigali

Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema, ari mu Rwanda kuva ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 20 Kamena 2023. Uyu Mukuru w’Igihugu ubwo yageraga ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Prof. Nshuti Manasseh. Perezida Hichilema yakomereje ku biro by’Umukuru w’u Rwanda, Village Urugwiro, aho yakirwa na mugenzi […]
L’économie rwandaise croà ®t de 9,2% malgré la baisse de la production vivrière
L’économie rwandaise a connu une croissance robuste de 9,2 % au premier trimestre 2023 par rapport à  la mà ªme période en 2022, comme l’a révélé un rapport de l’Institut national de la statistique du lundi 19 juin 2023 . Cette croissance est particulièrement notable compte tenu d’une baisse de 3 pour cent de la production […]
Abasora barakangurirwa kumenyekanisha avansi ya mbere y’umusoro ku nyungu no kwishyura ku gihe
Nk’uko bitangazwa n’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), avansi ya mbere y’umusoro ku nyungu imenyekanishwa hashingiwe ku byacurujwe mu kwezi kwa Mbere, ukwa Kabiri n’ukwa Gatatu muri uyu mwaka w’2023, bigakorwa unyuze ku rubuga rwa RRA www.rra.gov.rw cyangwa se ukoresheje telefone igendanwa, hanyuma iyo avansi ikishyurwa bitarenze tariki 30 z’ukwezi kwa Gatandatu 2023. Bamwe mu bajyanama mu […]
DGPR party asks Government to raise the salaries for health officers
The Chairman of Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) asks the Government to put all the collective efforts together towards increasing salaries of medical doctors and other health officers in the exact sector, and to establish a development fund for the media in order to increase its capacity. This was said on June 17th, during […]
RDC: Umunyapotiki Franck Diongo utavuga rumwe n’ubutegetsi yatawe muri yombi
Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Franck Diongo, perezida w’ishyaka rya politiki, Mouvement Lumumbiste Progressiste (MLP), yatawe muri yombi kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 20 Kamena 2023 n’abantu bitwaje intwaro batamenyekanye, kuri avenue des Huileries, ku masangano na Kabinda, abamurindaga babura icyo bakora . Impamvu z’ifatwa rye ntiziramenyekana nk’uko iyi […]
M23 ntikozwa ibyo kurambika intwaro
Umutwe wa M23 watangaje ko utarebwa na gahunda yo kurambika hasi intwaro no gusubizwa mu buzima busanzwe, mu gihe cyose utaragirana ibiganiro na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu mutwe wabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Kamena, mu itangazo ryasohowe n’umuvugizi wawo. Mu mpera z’ukwezi gushize i Bujumbura mu Burundi hateraniye […]
Somalia: Uwari umugaba mukuru w’Ingabo yirukanwe ku mirimo ye

Kuri uyu wa Mbere, Somalia yirukanye umugaba mukuru w’ingabo, Major Gen. Odawaa Yusuf Rageh, mu gihe hari amakimbirane ya politiki mu karere ka Hiran rwagati muri iki gihugu, ari naho higanje ibikorwa byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa al-Shabaab. Icyemezo cyo kwirukana Rageh cyafatiwe mu nama y’abaminisitiri yabereye i Mogadishu iyobowe na Minisitiri w’intebe, Hamza Abdi […]
Yajyanye umugabo we mu rukiko amushinja ko atera akabariro agasohora amazi
Umugore witwa Salamat Suleiman ubarizwa mu gihugu cya Zambia, yegereye ubutabera ngo ahabwe gatanya nyuma y’uko ngo umugabo we amutera akabariro agasohora amasohoro ameze nk’amazi. Ni mu gihe hari hashize amezi abiri aba bombi bashakanye, ariko umugore akimara kubona icyo kibazo ngo yahisemo kugana inzira y’urukiko aho kugana kwa muganga. Igitangazamakuru cyo muri Zambia gitangaza […]
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE i MASORO

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 29 Kamena 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye nkuko bigaragara ku mugereka. Cyamunara izabera ahakorera ishami rishinzwe kurwanya magendu (SI&ID) mu cyanya cy’inganda I Masoro. Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bwa Magerwa masaha y’akazi hagati y’itariki ya […]
Ibihugu 10 bifite abaturage bibasiwe n’agahinda gakabije kurusha abandi ku isi
Ibihugu bimwe na bimwe usanga hakunze kugaragara abaturage bibasiwe n’agahinda gakabije, ahanini bitewe n’impamvu zitandukanye zirimo kugira ubwoba bwinshi bw’ahazaza ariko ikibazo abantu bibaza n’uko ibyinshi mu bihugu 10 bya mbere bifite abibasiwe n’agahinda ari ibikize 1.Ukraine Igihugu cya Ukraine cyiza ku isonga mu bihugu bifite abaturage bugarijwe n’agahinda gakabije.Intandaro ishingirwaho kuba abaturage bari mu […]
CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE BIRIMO N’IMODOKA

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 27 Kamena 2023, saa yine za mu gitondo hazagurishwa ibicuruzwa bitandukanye, byiganjemo n’ imodoka zitandukanye. Cyamunara izabera I Gikondo , Magerwa imbere y’ububiko rusange bwa EDA. Abifuza kugura ibyo bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko bwa Magerwa masaha y’akazi hagati y’itariki ya 21 kugeza […]
USA: Ubwato bwaburiye mu bushakashatsi ku bisigazwa bya Titanic bukomeje gushakishwa
Igikorwa kinini cyo gushakisha no gutabara kirimo gukorwa mu majyaruguru ya Atalantika nyuma y’aho ubwato bugendera munsi y’amazi bwari mu bushakashatsi ku bisigazwa bya Titanic buburiwe irengero ku Cyumweru. Ubwato bw’ubushakashatsi, Polar Prince, bwabuze nyuma y’isaha n’iminota 45 bwibiye mu mazi. Igisirikare cya Amerika kigereranya ko ubu bwato bwabuze bwari busigaranye umwuka wa oxygene wamara […]
RIB irashidikanya ku cyemezo kigira umwere ukekwaho kwica ababyeyi ba Uwacu Julienne
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rurashidikanya ku cyemezo cy’urukiko Gacaca kigira umwere Nsabimana Ildephonse uzwi nka ‘Ntabarifasha’ ukekwaho kwica ababyeyi ba Uwacu Julienne (Ndabarinze Faustin na Nyirakanyana Martine) mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nyuma y’aho Ntabarifasha atawe muri yombi muri Mutarama 2023, abari bagize inteko iburanisha mu rukiko Gacaca rwa Mugongo C mu […]
Genzura neza niba ukurikiza izi nama zikurinda kwangizwa na mudasobwa
Mu buzima bwa buri munsi mudasobwa(computer) yabaye kimwe mu bikoresho dukoresha buri munsi; kuko usanga ahanini ikoreshwa ahantu hatandukanye, haba mu biro, ku bigo by’amashuri, mu masoko ndetse n’ahandi hantu henshi hatandukanye. Gusa nubwo mudasobwa ikora byinshi kandi byiza ni ngombwa kwitonda mu gihe tuyikoresha. Ibi hakubiyemo kuyifata neza uyirinda ibintu bishobora kuyangiza, nanone ukamenya […]
Amerika yongeye kwamagana ubufatanye bwa FARDC na FDLR, inihanangiriza u Rwanda
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye kwamagana ubufatanye Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) gifitanye n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR, igisaba kubuhagarika. Ni ibikubiye mu itangazo Guverinoma ya Amerika yasohoye ku wa Mbere tariki ya 19 Kamena 2023. Ni nyuma y’uko impuguke za Loni kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziheruka gusohora raporo […]
EU yakuye ku rutonde rw’ibihano uwari minisitiri n’uwari ukuriye urwego rw’ubutasi muri RDC
Inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yatangaje kuri uyu wa Mbere, itariki ya 19 Kamena 2023 ko yakuye ku rutonde rw’ibihano Abanyekongo babiri begereye uwahoze ari umukuru w’igihugu, Joseph Kabila. Abo ni Kalev Mutond wahoze ari umuyobozi w’urwego rw’ubutasi (ANR) na Emmanuel Ramazani Shadary wahoze ari Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu . Aba bantu bombi bafatiwe ibihano n’Umuryango […]
Abarundi bashakishwa baringingira u Rwanda kutabohereza
Abarundi baba mu buhungiro bashakishwa na Leta y’u Burundi kubera uruhare ibashinja muri ‘coup d’état’ yageragerejwe kuri Pierre Nkurunziza tariki ya 13 Gicurasi 2023 baringingira u Rwanda kutohereza abo rucumbikiye. Umunyapolitiki Minani Jérémie uri muri aba 34 bashakishwa kuri uyu wa 19 Kamena 2023 yatangaje ko tariki ya 7 Werurwe, mu izina rya bagenzi be, […]
Kisangani: General Tshiwewe yasanze imiti yose yohererejwe abasirikare itarabagezeho
Umugaba Mukuru w’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, Lt Gen. Christian Tshiwewe, yateguje abasirikare bibye amafaranga y’imiti ya bagenzi babo ko bazafungwa. Tshiwewe ubwo yasuraga abasirikare bari mu kigo cya Kisangani mu cyumweru gishize, yababwiye ko buri kwezi asinya ko hoherejwe amafaranga yifashishwa mu kugura ibintu bitandukanye birimo n’imiti. Uyu musirikare wavugaga mu ijwi […]
Nigeria: Perezida Tinubu yasezereye imburagihe abayobozi bose b’inzego z’umutekano
Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu, yakoze impinduka zikomeye mu ngabo z’igihugu, no mu nzego z’umutekano yirukana umuyobozi wa polisi mu gihe kitarenze ukwezi atangiye imirimo ye . Tinubu warahiriye imirimo ye kuwa 29 Gicurasi 2023, yashyizeho abayobozi bashya b’ingabo, ingabo, mu ngabo zirwanira ku butaka, mu mazi ndetse n’ingabo zirwanira mu kirere bihita bitangira kubahirizwa, […]