Igisubizo cya Tshisekedi ku kuba RDC yaca burundu umubano n’u Rwanda
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko igihugu cye nta gahunda gifite yo kuba cyaca burundu umubano ushingiye kuri dipolomasi n’u Rwanda. Tshisekedi yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Tina Salama usanzwe ari umuvugizi we. Ni ikiganiro cyatambukijwe kuri Radiyo na Televiziyo y’Igihugu bya Congo (RTNC). Kuva muri Kamena umwaka […]
Dr Habineza yiyemeje guhagurukira ikibazo cy’abaturage baturiye CIMERWA
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije [Democratic Green Party], Dr Frank Habineza, yiyemeje gutanga umusanzu w’uko ikibazo cy’abaturiye uruganda rwa CIMERWA bamaze igihe kirekire babangamiwe na cyo cyakemuka. Dr Habineza yabitangarije mu karere ka Karongi kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 08 Kamena, ahabereye kongere y’urubyiruko rwo muri ririya shyaka ku rwego rw’Intara y’Uburengerazuba. […]
Dore impamvu umugore utwite akwiye kwitwararika mu gihe agiye kurya ifi
Kurya amafi ni ingenzi mu mibereho ya muntu bitewe n’uko aba akungahaye ku ntungamubiri zitandukanye,gusa ku mugore utwite ni akarusho ariko bimusaba kwitenda mu gihe agiye kuyirya. Impamvu umugore utwite agomba kwitonda mu gihe agiye kuyirya, agomba kuzirikana ko amafi amwe abamo mercury nyinshi bityo mbere yo kuyakoresha agomba kubanza kumenya irimo uko ingana. Impamvu […]
M23 yiyemeje kuburizamo umugambi wa Leta ya RDC iteganya kwigarurira Bunagana
Umutwe wa M23 watangaje ko inzego z’umutekano zawo ziteguye guhagarika Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko itangaje gahunda isa nk’igamije kwigarurira Umujyi wa Bunagana. Ku itariki ya 05 Nyakanga Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru uyu mujyi uherereyemo yandikiye inzego zirimo urw’iperereza (ANR) ndetse n’urw’abinjira n’abasohoka (DGM) zahoze zikorera muri uriya mujyi, azisaba […]
Tshisekedi akomeje kwinginga Mnangangwa ngo amufatire Gen Numbi akekaho gushaka kumuhirika
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, akomeje kwinginga mugenzi we Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe amusaba ko yamwoherereza Gen John Numbi akekaho gucura umugambi wo kumukorera Coup d’à ‰tat. Gen Numbi yahoze ari Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mbere yo kugirwa Umugenzuzi Mukuru w’Ingabo z’icyo gihugu (FARDC). Ni […]
Leta ihangayikishijwe n’ubusinzi busigaye bwariraye no mu bagore

Muri iyi minsi hari hakomeje kuvugwa ikibazo cy’ubusinzi bukabije bwasabitse urubyiruko aho usanga abasore n’inkumi bigabije utubari dutandukanye, ariko kuri ubu n’abagore nabo batungwa agatoki ko basigaye basinda bakandika umunani. Ibi byagarutsweho na Prof.Bayisenge Jeannette Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango aho yagarukaga ku ngeso zimwe na zimwe zisigaye zisenya umuryango muri ino minsi.Muri izo harimo n’uko […]
Akari ku mutima wa Taddeo Lwanga waguzwe na APR FC
Ikipe ya APR FC nyuma y’Umurundi Nshimirimana Ismail ‘Pitchou’, yerekanye Umugande Taddeo Lwanga nk’umukinnyi wayo mushya. Lwanga wamenyekanye mu makipe atandukanye y’iwabo na Simba Sports Club yo muri Tanzania, yasinyiye APR FC amasezerano yo kuyikinira mu myaka ibiri iri imbere. APR FC yamutangaje nk’umukinnyi wayo ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Internet. Uyu mukinnyi w’imyaka 29 […]
RDC yaba igiye kwisubiza Bunagana nyuma y’umwaka igenzurwa na M23?
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Guverinoma y’iki gihugu yaba igiye kongera kugenzura Umujyi wa Bunagana, nyuma y’umwaka urenga warigaruriwe na M23. Ni nyuma y’uko Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru uyu mujyi uherereyemo yandikiye inzego zirimo urw’iperereza n’urw’abinjira n’abasohoka zahoze zikorera muri uriya mujyi, azisaba kwitegura kugaruka mu mirimo. Lt Gen […]
Kenya:Ibintu bikomeje guhindura isura hagati ya Polisi n’abigaragambya
Kuri uyu wa gatanu, abapolisi ba Kenya barashe ibyuka bya gaze biryani mu maso nyuma y’uko abayoboke ba Raila Odiga bigaragambije binubira izamuka ry’imisoro ryikubye kabiri muri iki gihugu.Aba batavuga rumwe n’ubutegetsi biraye mu mijyi minini yo hirya no hino mu gihugu bigaragambya ariko Polisi iba maso. Abagera kuri 17 bahise batabwa muri yombi mu […]
Amerika yemereye Ukraine ibisasu byaciwe mu bihugu birenga 100
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zemeye ubusabe zagejejweho na Ukraine bwo kuyiha ibisasu bizwi nka cluster munitions [cyangwa armes Ă Â sous-munitions] byaciwe mu bihugu birenga 100. Cluster munitions ni ubwoko bw’ibisasu bya Rocket biturika maze ibishashi byabyo bikabyara utundi dusasu dukwirakwira tukiri mu kirere, ku buryo twonona ahantu hanini cyane ku butaka. Utwo […]
Umunyamahanga wa mbere yambaye umwambaro wa APR FC nyuma y’imyaka 11 (Amafoto)

Umurundi Nshimirimana Ismail ‘Pitchou’ wahoze akinira Kiyovu Sports, yerekanwe nk’umunyamahanga wa mbere APR FC yasinyishije nyuma y’imyaka 11 ikinisha Abanyarwanda gusa. APR FC yemeje isinyisha ry’uyu musore ukina hagati mu kibuga ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Internet. Pitchou yasinye amasezerano y’imyaka ibiri nyuma yo gutsinda ikizamini cy’ubuzima. Nyuma yo kumwerekana byitezwe ko APR FC igomba […]